Urakoz Cyn mvnd kubwo inama uduhaye ubataha, uzatubwir ukunt wakorey professional cartificate uge in deep tubash kumeny uko twayishak. Thank you so much.
Kuki abantu bari gukora interview murino minsi bari gutinda kubasubiza
@jesira_panel21 күн бұрын
Nta gusubiza muri rusange kuko byashoboka ko abakozi ari bake, abatanga application ari besnhi , mu by' ukuri kumenya 100% impamvu biragoye kereka ukoze ubucumbuzi. Ni ikibazo muri rusange ariko bo bonyine abanyafrica benshi barimo gutaka. Nzakora akavideo kabivugaho trick irimo
@jesira_panel17 күн бұрын
@@ClaudeHabonimana-o3x yego ariko ndacyeka abari barabuze appointment ari abazashaka kuza kwiga. None se wabashije gutanga gukora appointment? Inama nakugira kuko ubona iminsi irimo kwegera wasaba document zindi ku kazi ! Naho visa interview ujya Tanzania ku barundi n' abanyarwanda mu gihe embassy yo mu rwanda itari yatangira gukora.
@jesira_panel17 күн бұрын
@@ClaudeHabonimana-o3x yego ndumva appointment iyo uyisaba utareba aho igihugu uturutseho ahubwo ireba igihugu usabamo appointment means Tanzania. Rero wazabikora ukajya kuri ya website naberetse konsulat.gov.pl noneho ugahiramo Work visa then ukajya muri tondo ya appointment date ukuzuza form ... garo video nakoze byerekana uko wuzuza form gusa hazazamo itandukaniro kuko nakoresheje iy' umunyeshuri.
@jesira_panel16 күн бұрын
@@ClaudeHabonimana-o3x ese usaba appointment gute ntazi uko ubigenza biragoye kumenya uko nagufasha pe . Kuko byose bikorerwa kuri Konsulat.gov.pl ... wagerageje ibiki biranga ?
Live long nigga yacu next tuganirize kumunsi wa interview of work visa nibikubiyemo byose urugero: habazwa ibi hagakurikiraho ibi urugero ncyeka ko habaho body check up ubundi ugategereza results mugihe runaka kitajya munsi yiminsi runaka ugendeye kubihugu byo muri Schengen area, vamos Chico
@@dieudonexavier6355 mwanyandikira kuri email :[email protected] , murakoze
@nyc559525 күн бұрын
Helooo ni sawa muvqndimwe?hama narishaka kuvugana naw wampa num yaw cank mail?
@jesira_panel25 күн бұрын
@@nyc5595 hello muvandi nyandikira kuri email ariyo [email protected], murakoze
@nyc559525 күн бұрын
Ndakeneye Mail yaw cank whatsapp contact mfite ibibazo nshaka kukubaza
@akimanajeandedieu145827 күн бұрын
Ese umusa muma dossier yose agomba kujyana kuri embassy niyihe igira agaciro kurusha izindi hagati ya healthy insurance na bank statement (hano kuri bank statement byibura amafranga macye yanyuma yaba ariho yaba nkangahe?
@jesira_panel27 күн бұрын
Nta document nimwe yabura ngo rireme zose ni ingenzi. Ndumva Hejuru ya 13miliions byaba bibaye at masters level . ariko sinumva n'impamvu washaka kugira document usiga. Ubundi rero kwanga ko Umuntu akubaza dossier ukayibura utwara nyinshi izikenewe ukanarenzaho hhhh
@akimanajeandedieu145827 күн бұрын
@@jesira_panel minimum amount kuri bank statement se kuri work visa
@jesira_panel27 күн бұрын
@@akimanajeandedieu1458 I think no minimum requirement for work visa kuko uba uzatunga n'akazi. icyo numva niko akazi kaba kgamboa guhuza na minimmum wage tu.
@akimanajeandedieu145827 күн бұрын
Love from nyanza district baba
@jesira_panel27 күн бұрын
Murakoze rwose kandi Mzee Imana ibahe umugisha
@homeof_entertainmentАй бұрын
wampaye number yawe ya whatsupp birihutirwa kbc ndi muri poland bampaye bampaye nawa scholarship nanjye gusa nta admission mfite kuko iyo nari mfite intake yacu barayi cancellinze kubera babuze abanyeshuri babuze ama visa rero nshaka guhindura ishuri muri poltechnical public universities muri masters mfasha umpe number yawe kbc tuvugane nkubaze
@jesira_panelАй бұрын
@@homeof_entertainment I gave you my email bro nyandikira kuri [email protected]
@jesira_panelАй бұрын
Then I will gave you my number from there.
@jesira_panelАй бұрын
Or send me an Google meet invite I will join maze numve issue ufite menye niba hari advise naguha.
@homeof_entertainmentАй бұрын
wampaye email cyangwa whatsupp nakubonaho ndi muri poland nanjye nabonye iyi scholarship uyu mwaka haricyo nshaka kubaza byihutirwa
@jesira_panelАй бұрын
You can wrote to me kuri [email protected] Ndaza kugusubiza tondo. Ahubwo ni wowe waduha amakuru menshi gusa twazavugana nta kibazo
@NBenaliАй бұрын
Hy bro, urakoz kubwa amakuru uduhaye nonese. Nonese umunt aguhaye bank statement ntasano mufitanye wabigenza guke. Kombona Ari ingenz cyn gushyira isazo ryumu sponser.
@jesira_panelАй бұрын
@@NBenali Muvandi iki kibazo kirakomeye pe . Icyo gihe ubwo yayagushyirira kuri konti ... gusa biragoye pe. Kuko urumva hari ibyo amategeko ateganya gusa ndacyeka wagerageza ukabyandika mu ibaruwa ukirinda gushyiramo isano. Noteri yabyanga ubwo nyine ugashaka indi option. Murakoze
@BisaboAlineАй бұрын
Ese buriya ntabwo umuntu yashaka umuntu umusonanurira mugihe atazi English uze kunsobanurira brother
@jesira_panelАй бұрын
None se muvandi , naho wazajya wazajyana ugusobanurira. Ntabwo Interview iba ikanganye rero inama nakugira ni uko uramutse ushaka kujya hanze wabanza ukihugura ku rurimi rukoresha mu gihugu ushaka kujyamo byibuze. Nta muntu nzi wabikoze nkuko, ahari byashoboka sinzi ni ugushaka amakuru gusa ukuri guhari ni uko ikinyarwanda cyo kidahagije kireka ugiye ahantu bavuga ikinyarwanda ariko wazivuza gute, wazahaha gute. Icyongereza ni ururimi mpuzamahanga aho ugeze hose ntabwo ubura umuntu muvugana byibuze
@BisaboAlineАй бұрын
Ese buriya umuntu utaza English ashobora kubona viza ? Yabigenza gute ?
@jesira_panelАй бұрын
Mfite ubwoba ko interview akenshi iba mu cyongereza. icyakora byaterwa n'igihugu ushaka kujyamo , gusa akenshi navuga ko bisaba ko Uba uzi hagati y'icyongereza n'igifaransa. Kuko igihugu waba ugiyemo ntabwo bavuga ikinyarwanda. murakoze ni uko byumva.
Ok bro we need you more than this incase ibyutubwira turi interested nabyo…..
@guitguevara2 ай бұрын
I was suggesting sorry bibay bikunda cause this is more public sometimes these issues haribyo wabaza and people know more unnecessary about it your plans
@jesira_panel2 ай бұрын
@@guitguevara got it ndabyumva...reka nyishyire kuri kuri channel.
@knownnns2 ай бұрын
wazatubwiye kuri sponsorship letter
@knownnns2 ай бұрын
kugiranngo yemerwe
@jesira_panel2 ай бұрын
@@knownnns I will work on that today for sure
@knownnns2 ай бұрын
@@jesira_panel Thank you bro!
@IGpazho1k2 ай бұрын
Ko appointement ntazirimo muzibona gute??? Wampa link?
@jesira_panel2 ай бұрын
@@IGpazho1k ndatekereza ko bari bafunguye appointment kugeza le 12/08/2024 ubwo ni ukuzajya mugerageza kureba uko iminsi iza. Murakoze
Oya muvandi ntabwo ari uguteta kuko navuze uko byumva kd mbibona ugeranyije ni uko abantu benshi baba bicyeka. Kd rwose ndumva amarangamutima yawe, Imana iguhumurize. Murakoze
@levinelaviston74843 ай бұрын
Cg se niba watugira inama yo kudasaba visa ya poland watubwira nkawe ubifiteho neza amakuru
@levinelaviston74843 ай бұрын
Nge nabazaga visa kuba nyarwanda cg aba tanzania ntg barikuzitanga? Tubwire ingamba zikomeye bashize mugutanga visa
@levinelaviston74843 ай бұрын
Ubwo se biza affectinga iki kuri visa yo gukora?
@uwizeyephilippe183 ай бұрын
Hello brother, We thank you for your advice. Ese waduhaye amakuru yibindi bihugu muri Europe biri affordable bitagoye cyane twashakishirizamo. Ukatwereka nuburyo twazajya twikorera application ta admission.
@jesira_panel3 ай бұрын
Murakoze, nzabikora rwose ndaza kurageza
@uwizeyephilippe183 ай бұрын
Courage kbx niwowe dufite kumutima. Gusa group WhatsApp ntago tuyibona?
@EmileNdizeye-c4j3 ай бұрын
Ubu se sinatakaye
@jesira_panel3 ай бұрын
Ntabwo numvishe ikibazo cyawe neza. wakongera ukambaza , arko ndatekereza ko igihe kigihari bitewe nta guvika intege.
@knownnns3 ай бұрын
legalisation ya academic documents wayikoreye rimwe na interview?
@jesira_panel3 ай бұрын
Niba nibuka neza usaba appointment nshya yindi but bafite separate system, link uzayibona nujya gukora interview... Good Luck
@knownnns3 ай бұрын
@@jesira_panel Thank you, bro!
@knownnns3 ай бұрын
@@jesira_panel Ariko you can go muri interview utarakora legalisation ya embassy? cg bisaba ko uyikora mbere ya interview
@EmileNdizeye-c4j3 ай бұрын
Number umuntu yakubonaho ni iyihe
@Nealrwanda3 ай бұрын
Hello my Friend, None se aba Nyarwanda VISA Bazisubijeho?
@jesira_panel3 ай бұрын
Ntabwo ikibazo cyawe ndimo kucyumva neza pe
@jeanbaptistenshimyumuremyi88583 ай бұрын
Urakoze cyane rata utubwije ukuri.wampaye Whatsapp yawe Koko plse.tnks
@CyizaEric-rz4rd3 ай бұрын
Hhh bazikuyeho se barazibona nkabandi Bose ibyo namagambo abandi barazibura
@emmyhorus69854 ай бұрын
Sha cyakoze uvugishukuri bro
@akarikumutimaradegonda31974 ай бұрын
Hello
@liveandrelax14 ай бұрын
Keep it up brother, you are doing a great joy indeed, Hanyuma wanadufasha Kumenya uburyo Umuntu Yabona work permit nta commisionary ibayeho, thanks.
@nsabimanaxavier4 ай бұрын
Slama muvandimwe ese kuriya ama agency afasha abantu gushakira abantu akazi hanze ngo poland cyangwa hungry ukagenda uri umukozi biriya nibyo cyangwa baba babeshya nsobanurira urakoze cyn
@jesira_panel4 ай бұрын
Hari abaza banyuze muri agency koko, ariko birumvikana ko ababivuga bose atariko babifitiye ubwo bushobozi. Njyewe ku rwanjye ruhande nakugira inama yo kubaza umuntu waje muri iyo nzira kd nabwo wizeye apana gutya uhurira n' umuntu online ngo uramwiziye kwirinda Scam. Then bakaba bakugira inama.
@jesira_panel4 ай бұрын
Kuko hari n' abantu baba bari hano badafite akazi nabo ukumva ngo bararanga utuzi hhhh.then wakumva bimeze bityo nanjye yamfasha. Iyi niyo mpamvu nirinze kuba nagira uwo mbwira ngo iyi agency cg iriya abantu bose siko aribo abo kwizerwa.
@nsabimanaxavier4 ай бұрын
Urakoze cyn kubwinama waduhaye kwirinda ba scam nokubaza amakuru cyn
@nsabimanaxavier4 ай бұрын
Nonese ko ariho uri kowandusha kumenya umuntu waba akora ahongaho Kandi yarazanywe na agency runaka ntabwo wabingiramo ukazampa amakuru yizewe cyangwa ukaduhuza
@mushayijankotanyimoussa8884 ай бұрын
Hey appointment ntago zigitangwa poland cz yaba Tanzania or kenya
@jesira_panel4 ай бұрын
Nk' abanyarwanda cg abarundi na Tanzania ndumva na Malawi tugomba gukoresha embassy ya Tanzania. Ndumva last time Embassy yo muri Kenya yarimo itanga appointment but gukoresha iya Kenya cg iyahandi byagusaba kwerekana residence permit. We must wait
@newtrendstv19184 ай бұрын
Wampaye number yawe ?
@jesira_panel4 ай бұрын
Hello Muvandi , byaba byiza wihanganye ukambariza hano kugirango n' abandi bibafashe ahari. Secondly, aho kuguha number kd wenda nazagusubiza vuba ntabwo byaba ari sawa. Sinzi niba iki gisubizo ari cyiza. Ubundi ndaza gushaka Instagram gusa nayo nyikoresha gake gashoboka
@newtrendstv19184 ай бұрын
Wampaye number yawe ?
@newtrendstv19184 ай бұрын
Wampaye number yawe ?
@jesira_panel4 ай бұрын
Mutwihanganire nabonye igice kibanza twagikoze nabi😅. We will do our best to fix this technical problem next time.