Together we can do might thing. Ibi byereke abatajya batang’umusanzu ko baretse ubuhemu ababyeyi bacu bitangiye igihugu nabo bobona icyo bafungura. Dukore nicyo twagendeye hanze.
Mutware ndamwibuka Mumibunda iwacu Murushasha na grand frère Ntebutsi turabasuhuje cyane
@NshimimanaRwiyereka16 күн бұрын
courage❤❤
@muhozachristian-zo5ys17 күн бұрын
Ese mwakoreye ikiganiro kwisararo ko hasakuza
@ntazikanehemie707318 күн бұрын
Abahemu bari hose nk'uko n'abazima bari hose. Ikindi abasigaye hari igihe bibwira ko abavuye mu Gihugu Bose bafite ubushobozi kandi hari abari mu bukene bikomeye. Ese abasigaranye Inka z'abavandimwe bakazirya bakazimara na Mai itaratera bo mubavugaho iki?
@RwikoMu18 күн бұрын
Mwiriwe Amakuru Uzo koreshe salongo umunsi wa gatanu mubumbishe ama dafari nimuara maze mwubakisha inzu zabashitsi nizo abategetsi bararamwo mukagira nki hotel mwubakiza aho kwiyuhagirira nicyuba cyu mwanda ndetse mugakora aho kurira humwe cyangwe rusangi kuko aba bami babongereza na batware babo bazoza baza ho iwacyu ndetse mwokwiga oguteka ukazana abatetsi bavuye I bukavu batekeye aba missionnaire cyangwe muri hotel Residence boza aho bakagira nkukwezi bakabigisha gutera abashitsi bicyubahiro kuko ibyokurya turabifite ariko mukwiye kujya kwiga guteka ndetse nabari muri kenya ni bugande bobyiga kuko ndandikira museveni azigishe abanyamulenge uko batera abategetsi ndetse nabari muri USA bobyiga bamara bakabicyuranurira mumasomo ya ruguru nka Duke na Duchess wu bwogereza yoza aho iwacyu kuko bemeye ko abanyamulenge ari abongereza cyane mwobatekera ibyokurya byabakwe gusha amata amavuta yinka imyubati yikivundu bakayitekana ibi shurushuru niya kabenge niya kiharage bamara bagateka umutsima wi bigore bidasekujye imonyi kuko ari umusenyi wotera indwara mushake abikorera amajyajya ni ciment na mamatera mwamara mugashaka inkeri nu bukara bya kampebure no kwikuza Buri kanisa rizaryubaka nki byumba 50 kandi atagerekeranijye kuko agerekeranijye Bisabye uwabyigiye kugirago ntizihongoke zifite ama wese naho biyuhagira ndetse ni bibuga cyi ndege rwokwagurwa mwofata amasomo yo guteka neza ibyokurya bigezweho mukoreshejye ururobo arirwo internet online. Mwobgiga muri benshi abasore abagabo na bagore kugira inyamizingu ntibaze baduseka cyangwe I buhima ngo iwacyu ntamutegetsi wohagera ngwaharare nubwo inka zisa nkaho ari nke mwoshaka amata yagakondera ni kidoho nu mutsima wi bigori ni biyiko ni kanya ni mbugita byo kumeza Ntabwo nabaye cyohereza museveni uru rwandiko ariko muzorugeze kubanyamulenge bose uko abajapani abafaransa uko abongereza na bataliano aba norvegian aba Swedish abandi banyafrika bateka nkaza nandos restaurant cyangwe iza bajapani ngiyubee na ba china. I wish UK authorities can train banyamulenge in cuisine so UK can learn Banyamulenge kitchen and banyamulenge can learn others kitchen for prepare our land to receive others nations even USA Psalm 101;102 Sebagabo Nkiko Gad.
imulenge haracyari abagunga, turi bsmwe bantu bsnjye. mukomeze kuba abanyembaraga, iyi si ysratuboneye.
@user-cm3nd7um3l20 күн бұрын
turi absgenzi niko kuri, Rip justin. ntakundi ni ukwiremamo ibyiringiro
@MvugozizaFidele22 күн бұрын
Pole sana banyamurenge murirusage
@josephgatunzi167022 күн бұрын
Poleni sana ndugu zangu🙏🏼
@NdizeyeNkubiri22 күн бұрын
Pôle sana
@user-vo1sc4dt4n22 күн бұрын
Murakoze kuduso banurira murwanda ndagirango mutumare impungenge kubyiswe lkibina cya u niba mufite amakuru kuri byo mudufashe
@RwikoMu22 күн бұрын
Ndashaka kubwira umuryago wasizwe wo wihangane umuryago wa Justin urugo rwe na bavandimwe nabo bakoranaga numuryago wabanyamulenge bari Portland Maine Bihagane cyane Yesu Kristo niwe uhorahoza imitima ibabaye Mwizina rya family yanjye nanjye unwanted turavuze Mwihagane Amarira yacyu tuzoyahozwa dushitse mwijuru Mugire Umukiza mugire amata nu munsi mwiza Uwiteka akomeze kurinda umuryago usizwe na banyamulenge muri r usage nu bwoko bwacyu Muzosomere umuryago irojambo ryo muri biblia yera Jeremiah 31:19-21 Yari Sebagabo Nkiko Gad.