@@xfred536niwe ubazi burya umuntu navuga inkuru ye urinde wo kumuhakanya.nturumva se havugwa amarozi hagati yabo?abantu babaye babi hari umuntu ubutifuriza undi gutera imbere.burya turindwa n'Imana suko abatwifuriza ibibi baba badahari ariko ikaturinda.
@ManziEmmanuel-pc5vh2 ай бұрын
Irene na philpeter nibo batangije ibintu byo gusebya abahanzi munyungu zo kuzamura melody. Bibasira muburyo buziguye the Ben cyane. Na meddy mo gake.
@kaberaericdeo1182 ай бұрын
Ni byiza Radio Umwezi nize iye mu kibuga nkizindi radios zabanje, izane abo banyamakuru bose muvuze ni kundwa ni byiza nizana gusenya B.B Kigali FM ntibizakunda kuko ni ikinyamakuru na company biteye ukwabyo yahungabana gato ariko banyirayo bazi neza ko abo bakoresha batazabahamana. Nta kibazo rero Jado Castar na David bahora biteguye
@Icyapatv12 ай бұрын
Nyiri Oasis, icara utekereze kabiri ku Mukada+ Mucambuzi, Si non..🙅
@umutesiyvette69722 ай бұрын
Nonese umukada na Mucambuzi babaye amahoro ko ntabazi bashyiraho ibiganiro byabereye ahandi!!!! Imiriro tumenyereye iri hehe? Muze vuba mutubwire turabakumbuye 🔥🔥🔥🔥