ACTS 2:42-43
25:19
21 күн бұрын
Romans 8:26
0:31
2 ай бұрын
Gathering of Rivivalists
3:32
2 ай бұрын
Spiritual hunger by Eric Rugazura
15:53
intercession
12:42
3 ай бұрын
prayer time
20:43
3 ай бұрын
gusezera chance
1:35
3 ай бұрын
kumtafuta mungu
1:06
4 ай бұрын
Gathering of Revivalists
7:22
4 ай бұрын
NINAJUA MAWAZO UNAYO NIWAZIA
0:47
Gathering of Revivalists
0:38
4 ай бұрын
a Praying Generation
0:55
4 ай бұрын
bible promises
0:34
5 ай бұрын
family Altars by Eric Rugazura
20:42
spiritual limitations
0:59
5 ай бұрын
gathering of Revivalists
0:58
5 ай бұрын
CRYING FOR REVIVAL
10:17
5 ай бұрын
teach us to pray
1:28
5 ай бұрын
Пікірлер
@Emma-qe7ql
@Emma-qe7ql 3 күн бұрын
Iki cyakabiri, uzagisubiremo neza, wongere wige: Yesu niwe Data, niwe Mwuka wera! Obviously, Imana: Ufite Ubwenge niwe Yesu, Kandi ikagira Umwuka wawe ariwo mwuka wera! Rero Ubutumwa ntago bibaho. Yesu, Umwuka wera, Data watwese it is One. Ariko courage pe, Kandi nibyiza mukomere aho, it is good initiave!!!
@user-kw6ru6mn3w
@user-kw6ru6mn3w 13 күн бұрын
iyooo hhhhh yehova Sha ntagomumuzi
@user-yf5wd1fh7b
@user-yf5wd1fh7b 15 күн бұрын
I regret following you
@WaiswaMartin-cd8pc
@WaiswaMartin-cd8pc 15 күн бұрын
Reka mvuge ku izina ry'Imana gusa wenda izindi ngingo namwe muzashake ba nyir'ubwite bazibasobanurire. Andi mazina y'icyubahiro y'Imana yagiye iyahabwa n'abantu cg nk'uko wabivuze ikayiyita bitewe n'imimerere ariko yatubwiye izina ryayo bwite ikoresheje Bible. 1. Kuva 3:14,15 (aha tuzirikane ko Imana itavuganaga na Musa mu kinyarwanda kuko musa ntacyo yari azi ku buryo yamubwira ngo nitwa "Ndiho" nk'uko bamwe babivuga). Ushaka kumenya icyo "Ndiho" bivuze wasoma Yeremiya 1:6 ukareba ibisobanuro ahagana hasi muri Bibiliya Yera 2. Yeremiya 36:23 (Imana yashakaga kuvuga irihe mu mazina yayo igihe yavugaga ngo izina ryange rikomeye?) 3. Matayo 6:9,10 (Yesu ati: Data wa twese uri mu ijuru "izina ryawe ryubahwe". Ni irihe zina ry'Imana Yesu yifuza ko abantu bose bubaha? 4. Yohana 17:26 (Nabamenyesheje izina ryawe: ni irihe zina ry'Imana Yesu yamenyesheje abantu igihe yari ari hano ku Isi?), uribuka igisubizo yahaye umuntu wari umubajije ngo: itegeko rikomeye kurusha ayandi ni irihe? Matayo 22:36-40. Yamusubiriyemo amagambo aboneka mu mategeko (Gutegeka kwa kabiri 6:5), none se Imana yari yabwiye Mose ngo abwire abisirayeli ko yitwa nde? Subira ku murongo twahereyeho
@WaiswaMartin-cd8pc
@WaiswaMartin-cd8pc 15 күн бұрын
Bana bato, ndabashimira ubutwari mwagize bwo kuvuga ku myizerere y'abahamya ba Yehova. Gusa amakuru mubafiteho ku ni ayo mwahawe n'abantu batabazi neza. Nabagira inama yo kubegera bakabaha ukuri kuri izo ngingo. Ikindi nabasaba ni ugukora ubushakashatsi muri Bible yanyu hanyuma mukagaruka mutubwira ibyo mwasomye muri Bible aho kuzana ibitekerezo byanyu hano. Sindabona umuhamya wa Yehova wigisha ibyo atekereza, buri gihe berekana imirongo yo muri Bible babikuyemo. Wenda wabashinja gusobanura nabi imirongo ya Bible ariko kuvuga ko bigisha ibinyoma kandi babikura muri Bible waba wiyambitse ubusa kuko waba ugaragaje ko utajya usoma Bible cg se ahubwo ukaba utayemera! Byanshimisha ubutaha musubiyemo iyi ngingo mukagaragaza muti: bigisha ko ... nyamara Bible yo ivuga ko... (umurongo wa Bible), ariko na byo mukabikora mwabanje kuganira n'ababahagarariye mu gace muherereyemo. Murakoze cyane
@UwimanaSonia-lq5ik
@UwimanaSonia-lq5ik 16 күн бұрын
Esubwo muribuka ko nabafunganye umutwe Imana bakanga kumenya ukuri ntacyo muzireguza? Ijambo riti muzamenya ukuri kdi ukuri ni kristo umwana w'Imana nzima nimumumenya azababatura . Ohhh naringizengo muri kutuyobya Izi message zanjye nanditse rigenewe umuhamya wese uzagera kuri iki kiganiro
@UwimanaSonia-lq5ik
@UwimanaSonia-lq5ik 16 күн бұрын
Ubwo se usobanuye iki? Ijambo ry'Imana rivuga iki ?kuva 6;3 hanyuma yeremiya;16;21 none kuba Imana izina ryayo bwite ngo ni yehova mubikura he? Ntimutuyobye Yehova nizina rusange nkuko uhoraho.
@inemahonore5173
@inemahonore5173 17 күн бұрын
Abahamya ba yehova❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
@davidmutiheba7366
@davidmutiheba7366 18 күн бұрын
Mukoze nk'ibyabo kuko murashaka kutokora ijisho ry'abandi kdi iryanyu ririmo umugogo. Mubanze mugenzuze Bibiliya Kandi Bibiliya yose imyumvire mufite ku rupfu rw'iteka,ku myaka 1000 y'ingoma y'abera, kuko ndumva hari byinshi mutazi cga Wenda mwirengagiza. Murakoze!
@davidmutiheba7366
@davidmutiheba7366 17 күн бұрын
Kuvuga ko abantu bazashya iteka ryose badashiraho ni uguha isura y'umwicanyi ruharwa Imana yacu yo yivugiye iti" Ndirahiye sinezezwa no gupfa k'umunyabyaha " Mugye muca imanza z'ukuri.
@NdayambajeFred-kv1jp
@NdayambajeFred-kv1jp 21 күн бұрын
Bro waratanye pe.urababaje Ibyo byose uvuga Tanga ingero zanditse muri bible ureke kuduha ibyo wizera utanaz
@uwimanabenex3030
@uwimanabenex3030 21 күн бұрын
Mwayobye mukiri bato kbsa. Mureke kubeshya abantu ahubwo mubashake babigishe , ibikoma bibarimo mubyo mubabeshyera muzagaruka byabashizemo
@TwagirumukizaTheophille
@TwagirumukizaTheophille 23 күн бұрын
Uriburanya ukitsinda
@jeanpaulndacyayisenga1352
@jeanpaulndacyayisenga1352 25 күн бұрын
AKO NDUMIWE KABISA , BIRANTANGAJE NDETSE BIRANANTUNGUYE MBE MWA EJOBUNDI TUZIRANYE AHA IKIGARI URIRIMBA HIP HOP BIKANGA AKAKANYA ABAYE PASTOR? GUSA MUBIGARAGARA NTUZI IBYUVUGA NAWE IBYARIBYO NUGUTEKA IMITWE BYAYINDA YUBU PE!!! SINDI UMUYOHOVA NUNYITEGEREZA URANYIBUKA NEZA MWISHURI ARIKO RWOSE NAGENZUYE INYANDIKO ZABAYEHOVA NUBU NDACYAZIGENZURA KUKO UBUTUMWA BWABO NGENDA NKURAMO BYINSHI NABIHUZA NIZINDI NYANDIKO NKABONA BIDASIGANA MUBIGARAGARA UHARABITSE IDINI PE UZABANZE WIGE IBYABO NEZA UBONE KUVUGA KURIBO??? NGO NTAGO BEMERA UBUTATU BUTAGATIFU???? NTANABAZI KUBUSOBANURA NKABO NAHO IBYAMAZINA Y'IMANA YO NTIYAKABAYE IKIBAZO KUKO MUBIGARAGARA IFITE MENSHI MURI BIBILIA YAGIYE YITWA.. NUSOMA NEZA UZASANGA UBWO YASUBIZAGA MOSE YARAMUBWIYENGO UGENDE UBWIRE ABISIRAHERI KO NITWA NDIHO...ese ubwo muyo wavuze yose iryo rihuye nirihe kweri? ABAYEHOVA WABONYE BAHAKANA AYO MAZINA YANDI KOKO? RUGAZU HAVE RWOSE VA MUBYO UDASOBANUKIWE CG UBANZE WIGE NEZA IBYAMADINI MBERE YUKO UGIRA ICYO UYAVUGAHO.
@user-gw1kg4wy6r
@user-gw1kg4wy6r Ай бұрын
Ivya madini ndabona bigiye gufata iyindi nteraguko ndabona bamwebose bikwegerako mumadiniyabo
@mugemaalex2417
@mugemaalex2417 Ай бұрын
Ndumukristo ariko ibyo murigusobanura sibyo soma yesaya 9:5 handitse ko yesu ari bata watwese
@turatsinzeemmy8393
@turatsinzeemmy8393 Ай бұрын
Ugerageze u some ubu butumwa buraha ntabwo uzongera gukora amakosa nkaya
@turatsinzeemmy8393
@turatsinzeemmy8393 Ай бұрын
Ese nkubwo uri munyamakuruki cg uri umufana nturi numukrisiko byonyine nibyo uvuga nibinyoma wabwiwe iba wanasomaga byibuze
@ugiriwaboadelphine1818
@ugiriwaboadelphine1818 Ай бұрын
Muri ibijuju ubyo muvuga ntabyo muzi
@CyizaIrene-jm1px
@CyizaIrene-jm1px Ай бұрын
Gusa ntambwenge mugira aho ubumenyi.bwanyubugarukira kubyanditswe .niho ubwabahamya bakiribatobutangirira
@gilberthabanabakize9981
@gilberthabanabakize9981 Ай бұрын
Ukomeze usome n'Ibyahishuwe 21:1-4
@gilberthabanabakize9981
@gilberthabanabakize9981 Ай бұрын
Abera b'Imana bazamara imyaka 1000 mu Ijuru ntabwo ari ku Isi, soma Ibyahishuwe 20, nyuma nibwo bazaza mu Isi nshya, mwavuze ibyinshi biribyo ariko ibyo mwongere musome. Murakoze
@SaMaitre1
@SaMaitre1 Ай бұрын
Mwaretse kuyobyabanu ahubwo mubegere babigishe
@UwizeyimanaLeah-ie7xf
@UwizeyimanaLeah-ie7xf Ай бұрын
Imana.yatubwiyinzinarye.ikoreshejebibiriya.musome.yemuriyesaya.42.-5.8.musome
@Ubukristobwukuri777
@Ubukristobwukuri777 Ай бұрын
Agakiza ni iki? Ese muragafite
@NizeyimanaPierre-mb3ji
@NizeyimanaPierre-mb3ji Ай бұрын
Ndumva mutakabaye muca imanza, ngewe ndabona ari nkokwibasira idini ryaba yehova,nimubareke niba bayobya abantu Umuremyi wabantu nibintu azabibabaza.
@user-mm9xu2ub1j
@user-mm9xu2ub1j 2 ай бұрын
Sha abahamya no kubibasira ubwabyo nikimenyetso cyuko turidini ryukuri
@user-mm9xu2ub1j
@user-mm9xu2ub1j 2 ай бұрын
Reka mbabwire muribishwiiii, byujuje ibyangombwa kwibasira idini runaka mwabuze ibyo murogotwa disii hhh kuvuga nabi yehova uzirengere ibizakubahooo
@UwizeyimanaLeah-ie7xf
@UwizeyimanaLeah-ie7xf Ай бұрын
Gusa.musore.imanikubabarire.nawesiwowe.Esewemerabibiriya?nibuyemera.soma..yesaya.42..5.8.
@BienvenueNSANZINEZA
@BienvenueNSANZINEZA 2 ай бұрын
You are children's in Jehovah's witness and you don't now who is Jehovah.😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢
@itangishakaplacide3875
@itangishakaplacide3875 2 ай бұрын
😮ncuti uko ni ugusebanya kuko abakorisayi 1:14-16
@user-ky9sp1if7v
@user-ky9sp1if7v 3 ай бұрын
YEHOVA niryo niryo zina ryayo ayo yandi mazina nayicubahiro yo kuyisingiza muri make namatazirano ariko izina ryayo bwite ni Yehova
@gisingerialexis191
@gisingerialexis191 3 ай бұрын
Ubwose ushingiye kuki units abanyabinyoma? Uzabanze umenye bibiriya nyuma ubone kubura abanyabinyoma.isi yose ihindutse abahamya izi ntambara ziriho ntizabaho.
@FurahaCyakemwa
@FurahaCyakemwa 3 ай бұрын
Nonese niba yesu atararemwe kdi uvugako har Imana data iruta yesu ubwo we yavuyehe?ntukayobye
@MusoniMorise-mr5hk
@MusoniMorise-mr5hk 3 ай бұрын
Nimwe baswa bambere numvise mubijyanye na Biriya!! Ariko iyo utagira abo wibasira nibura twari kukumva nkumuswa uzanzwe, ariko ibibyo turabyita ubucucu.
@mbonigabajeanpaul7337
@mbonigabajeanpaul7337 3 ай бұрын
Ibyo muvuga byose ni ukuri 100% kuko byanditse mu bibikiya yera kandi Bibiliya niryo Jambo twese tugenderaho
@PhilbertNAHIMANA
@PhilbertNAHIMANA 3 ай бұрын
🎉abahamya ba yehova nibo bari mw'idini ryukuri ayasigaye ni baburoni hahambaye,reka reka gutuka abimana yemera reka kurogota
@ntihemukarwubusisi441
@ntihemukarwubusisi441 3 ай бұрын
Nemera ko abanyabyaha bazarimbuka. Kuvugango ba zashya iteka ryose bihabanye n'iri jambo ngo "Imana ni Urukundo". Bibaye nk'uko mubivuga, Interahamwe zaba ziyirusha ubupfura. Muzabanze musome Bible neza.
@byiringirogedeon4009
@byiringirogedeon4009 3 ай бұрын
😂😂😂 cyokoza ndumiwe pe gumana ibyawe bro abahamya ba yehova nidini ryukuri
@UmerAdnan-xw5jo
@UmerAdnan-xw5jo 4 ай бұрын
My brother got 9/10
@R.E.MTV1
@R.E.MTV1 4 ай бұрын
Thank you
@user-mw3mu1tc9m
@user-mw3mu1tc9m 4 ай бұрын
Sha iyuva uri ikirofa gikwije condition. Abahamya urabazi? Genda umbwire satani wagutumye gusebya abahamya KO atavyo washobora.
@ubumenyinyabwo
@ubumenyinyabwo 4 ай бұрын
Jye nta dini ngira arko.Abahamya ba Yehiva nibo nimero yambere mubantu bagira ubwenge mumyigishirize yabo
@user-rc8hs2bu2f
@user-rc8hs2bu2f 4 ай бұрын
Ibinyoma mufite mubabeshyera nibyinshi mwashakiye ahandi Koko kobatarya iwanyu ntibanarare iwanyu
@user-rc8hs2bu2f
@user-rc8hs2bu2f 4 ай бұрын
Muri bato ya mumyaka intekerezo nkeya Imana ibababarire kwisi haramadini menshi urugero Isram,Hindu,Judaism , Catholic , protestant Nandi menshi kugira uwowibasira kandi afite ubuzima gatozi yakurega,ukamuha impozamarira rero ibyo murimo nubuyobe
@danny-chris-lyrics-maker
@danny-chris-lyrics-maker 4 ай бұрын
Ndakubwizukuri ntuzasibe ibinkubwiye kuko woe usabwa kwiga bible neza
@danny-chris-lyrics-maker
@danny-chris-lyrics-maker 4 ай бұрын
Hhhh😂😂😂😂😂😂 woe rugazura shakira ahandi kbx uziko imana woe uvuga imeze nkingabo za congo nibihuha nkuko nae uvuga. Ibihuha
@danny-chris-lyrics-maker
@danny-chris-lyrics-maker 4 ай бұрын
Toka wakigoryiwe woe uyobya abantu😢😢😢😢
@danny-chris-lyrics-maker
@danny-chris-lyrics-maker 4 ай бұрын
😢😢😢 unteye agahinda kbx kandi wasanga uri pasteri disi icyo ukwiye kumenya nuko.( Yhwy)Ari yehova akaba yitwa adonai el shadai elohimu ayo mazina yose nayimana ikindi uzajyakwiga nukumenya gusesengura amagambo Ari muri yohana kuko tuyasanga nomwitangiriro ESE icyiswe nice conference waba ukizi hhhhh reka nkwibutseko iyi conference niyo yavuyemo ubutatu uze nokwibuka KO yesu yivugiyeko igihe kigezengo umwana wumuntu apfe kd unibukeko imana itagira office biguhe isomo KO yesu Ari uwambere mubyaremwe nimana ariko yesu Atari imana kuko nawe yasengaga imana kd ntamana yisenga kd yesu yasenze imana NGO imurenze igikombe kd yesu yararemwe kuko imana itabyara naho jambo witwaje we umusobanurirwe nitangiriro igce cyambere chose ugisome neza noeh uzamenyako yesu atigeze arema bivugako mugihe habazwaga ibizima nabakuru KO yesu ariwe witanze niba wibuka ninde wakoresheje iyo nama reka nkwibutseko woe uyobya abantu kuburyo bwimbitse pe niba ushaka kumva KO woe uvuga ibyo utazi ahubwo utari numukristu yewe ntabwo Uzi ibijyanye ninyigisho zibyanditswe byera habe mamba noeh uwo mukobwa murikumwe umubwire ashakire views na subscribe ahandi muve mukuyobya imbaga nyamwinshi kd ubwire na satani wagutumye ngo hayoba usanze ayobye kd niba harinumurimo ushinzwe mwidini bakwibeshyeho niba iyo Chanel yanyu ikorera murwanda nukuri mukeneye inama nyinshi cyane pe😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢👹👹👹👹👹👹👹👹 woe ntabwo Uzi imana ntaniyo wamenya uticaye ngo wige ntabwo nduwejejwe ark ndumukristo usanzwe ark Uzi ibyo nigishijwe muzampagare ubundo ubwo buyobe nkwigishe ukuri kuribyo +250785683290
@CyizaDonath
@CyizaDonath 4 ай бұрын
Izina ry'Imana mukinyarwanda ni Imana naho mu Giheburayo ni Yehova none twigisha muruhe rurimi ibi nukwiyobya Uzi abo uyobya twigishe ukuri tudahangana kuko igifite ukuri nukumenya
@user-lr6fh1ve2p
@user-lr6fh1ve2p 4 ай бұрын
M urashaka kubaho
@user-lr6fh1ve2p
@user-lr6fh1ve2p 4 ай бұрын
Zibaaaaaaa mwamadini ibinyoma mwe a puuuu
@user-hy4ci7xt7l
@user-hy4ci7xt7l 4 ай бұрын
Umva ukuntu urumuswa urasebanya utazi nahobiba mwabaswa niba mwiye meje gusebana mukoreshe bibiriy ibanyomoze
@user-hy4ci7xt7l
@user-hy4ci7xt7l 4 ай бұрын
Basenga imana yukuri ntabakora ubugoryi nkubwo aradi madini baba mena ntasoni