Maman Urwagasabo ndakwinginze cyane uzadukorere isesengura kuri za public toilette ziri muri za gare zitegerwamo imodoka zose zo murwanda . Kuko insengero zagomba Kuba zafata akarorero ka za toilette zahantu hahurira abantu benshi kandi byagira akamaro kanini cyane mubikozeho ikiganiro zi
Njyewe numva nifuza kubona Mutesi Scovia pe Ndamukunda cyane ni intwari umunyamakuru w' umwuga
@Benizungu77742 ай бұрын
Nta libraries cg amazu yosomero centers za buri karere cg ahubwo nimirenge., nta amatorero yigisha umuco wakinyarwanda imbyino nibindi bijyanye nibitaramo gakondo nibindi bjtandukanye,mumuco wa kinyarwanda,!! Hari weakness cg icyuho kinini mubijyanye nimyidagaduro iboneye bijyanye numuco,ndetse nuburyo bwimyidagaduro
@SandraUmuhoza-c2v2 ай бұрын
Murwanda cyokora mugenda kubuzima bwabantu mugakabya, nonese massage body to body irabareba sakazi x igikuru suko idakira under 18 namwe murakabya pe
@UNKNOWN-gn5tf2 ай бұрын
Bariya bagore n'abagabo babambaye ubusa ku karubanda ku ma swimming pool bo kuki badafatwa hagafatwa abambaye ubusa babyina ninjoro?
@MUKANYANDWIALphonsine-jb7bq2 ай бұрын
ugereranyije ibidahura rwose wariwabona Kuma swimming se hari ama bonsa? Kndi ntekereza ko Kuma swimming baba bambaye pikni ahandi rero baba bambaye uko bavutse🤔
@papitephilemon4422 ай бұрын
Gusa leta sinzi impamvu iha umuntu wananiwe kwita kurugorwe ngo imuhe inshingano zokuyobora abandi bantu.Scovia muzatunge itoroshi muba DG bayobora ibitaro uzasanga abenshi ari abananiwe ingo zabo birirwa bububa mubagore babandi cg mudukobwa.niyo mpamvu mpamya ntashidikanya ko Dr Pascal ari inyuma yurupfu rwuwo mwana
Scovia we wavugaga utarabona ishyano ryaguye pe.ubusa buri buri nukuri
@User20237Vigilant2 ай бұрын
> Scovia, ushingira kuki uvuga ko mu Rwanda tugira Summer season? Tugira ibihe 4 ,Icyi ( Grande saison seche), niyo wita “summer= Eté” se, ntaho bihuriye. Yego umenya byoseee ariko “geo-physics” ubanza ari ikibazo. Uzegere Niyitegeka Gratien akubwire ibihe byo mu Rwanda. Nta Summer nta Winter” hiver “ Biturutse ko nta “ Solstice / Equinox”. > Ikindi rwose ukunda kuvugisha i 81, n’imvugo nyandagazi: “ Ngo umugore uvuga nk’isasu riva mu mbunda” koko! Ko ubundi wize communication bipfira he !
I Kigali hari uburaya bwinshi!!! Aho kugira ngo abanyarwandakazi bajye bahora burira indege bajya za nigeria kuraya leta nishyireho.vitrines ziri officiel abanyamahanga bajye baza bagure umusoro.utangwe kuko uburaya buriho.niyindi niveau. Abakobwa bacu ni beza bazinjiza kurusha ningagi. Naho ubundi uburaya burimo.clandestinité ntacyo buzamarira abo bakobwa kandi baramaze kubwinjiramo. Na leta ntizabashobora bamaze gusara ibintu bavugira nokumbuga nkoranyambaga ntakimwaro!!!
@bugingojeanbaptiste21542 ай бұрын
Icyo twita Uburengazira tugomba kukitondera.Ni ukurenga inzira nyine.Human rights is not always the purpose to be a human sometimes may be always the right to do wrong things the way we desire them.
izo nsengero se zamaze iko ko ubukozibwibibi bwahozeho kdi zihari? ahubwo bazazifunge zose
@BeatriceNtirenganya2 ай бұрын
Z
@ManirihoJimmy-kh4qf2 ай бұрын
Sicovia we urashoboye kuki utamaye umuyobozi koko igihugu cyari kuba paradizo
@Mukarusagara2 ай бұрын
Bambaye ubusa nyine ntaho babahishe ni ubusa bwambaye ubundi ntabwenge bundi ntandangaciro ni ibihomora byo mu mujyi byarenzwe
@EricAldo-d2u2 ай бұрын
Mbega
@KabuyePeter2 ай бұрын
Not cultural to dance while nude. Owner and customers must be answerable!
@alphonsemuhire78652 ай бұрын
Sinzi ibyo murimo abo murabaziza ubusa pe ....ubwo noneho mwirengagije aba birwa kuri social media muzi ko arizo zikurikirwa nabantu beshi kd mubazi neza sinzi ibyo mwigira ahubwo ndabona ari ukugenda kuri nyiri akabari .
@TiganaaJ2 ай бұрын
Ibi ni ubukunguzi....yewe niyo mpamvu Uwiteka agiye kudusura....natebuke natebuke tutarahagwa
@KagaboDuffDufite2 ай бұрын
Bavandi sukubanga kandisukubakunda icyonishimira nuko murabanyabwenge kandi mugakoresha ubwenge. 5 W Irakora kabisa
@nyabyendamodeste2 ай бұрын
Violation of public moral
@nkingiyeismael15382 ай бұрын
Bahohotewe kuko nimirimo bishakiye.
@jackymuhoza54782 ай бұрын
Ntabwo yakwica umuntu dogiteri uko tumuzi aradukoresha
Kuki utemera ko bahahereye kko? Imyemerere yanyu iba hanze yanyu (mu kajagari k'insengero)? Cg mu bwonko bwanyu?
@israeljosua11602 ай бұрын
Birakaze
@bugingojeanbaptiste21542 ай бұрын
Abashaka gukora uburaya bene ako kageni batwangiriza umuco wajemo ico.Leta rwose jye ndayishimira kuca uwo mwanda. bajye bajya muri iyo mahanga bakorereyo ibyo biterasoni.Turashaka isuku mu bitekerezo, ku mubiri, mu mugi wacu ndetse no kuri Roho.U Rwanda ni u rwa 'Kristu Umwami" Umwami Kigeli wa III RUDAHIGWA Leopierre yarutuye Kristu Umwami.Nta mwanda dukeneye mu Rwanda rwacu.Any kind of evil go to Hell.