Nkurikije ibisobanuro muri gutanga, amaturo Imana yangaga yari ayabayicumuyeho. Kuko uretse no kuba bacumuye hari naho yabwiraga abatambyi ati umuntu uzemezwa n'umutima we azabe ariwe mwakira ituro rye.
@micomanasseh34973 жыл бұрын
Mu nsengero.
@jeandedieukaremera90163 жыл бұрын
Ariko se bwiza TV mufite micro phone imwe kuburyo umunyamakuru uvuga bituma atumvikana kweli, ahandi ni Sawa
@kayirangamarcel49353 жыл бұрын
Muzatubarize Michel ukuntu kimwe mu icuri ari igitambo? Ndabona arimo kuvanga ibintu atera confusion abateze amatwi. Niba kimwe mu icumi ari igitambo, akaba avuga ko abakristo bakwiriye kugitanga, Yesu yaba yarabambiwe ubusa, kuko yasimbuye ibitambo byose. Ubundi kandi ibintu byo guhuza ubutambyi n'igipasitoro rwose ntabwo ari ubutumwa bwiza bwa Yesu Kristo.
Ndumiwe gusa. Ukuri kwapfukireanywe, iyo ari ukw'Imana, kwishakira inzira. Michel nzi neza ko n'ubundi yigishaga ibyo gutanga kimwe mu icumi, azi neza ko ari ukwikoreza abaKristo imitwaro itabareba rwose. Kimwe mu icumi cyabarirwaga mu bitegekwa n'amategeko y'imihango, kandi ayo ntabwo areba twebwe abanyamahanga bahindukiriye Imana kubwa Kristo Yesu. Ngo Imana irakariye abatura?!🤔🙆♀️ Rwose Michel niyerure avuge ukuri, areke kuguma mu kinyoma yigishije igihe kirekire.