KANDA HANO UREBE VIDEO YA FOFO I BURAYI: kzbin.info/www/bejne/m3O4o5eZYqqfrqssi=kNWTPXZK4bTLPXdS
@chezzoamam68112 ай бұрын
She looks very natural 100% I love it 😍😍😍😍
@fn29212 ай бұрын
I don't care what anyone says! Kuba muri Europe, muri America canke Canada is not all about living in beautiful houses or walking on beautiful roads. It's all about living in countries that have good SYSTEMS. Ibindi byose depend on how you have set up your life. Abantu benshi birabagora kubera ko batamenyereye gu planinga ubuzima kubera ko muri kamere tutabitojwe. I'm grateful to be living here because I have learned so much and I love the person I have become. I always remember what our president said: Tuzahahe ibyiza, ibibi tuzabibarekere😅. What a man!!! I mean our president👍🏻 So Sabin ubutaha uzabaze uti how is THE SYSTEM works for people living in these countries? Then, uzamenya why people are still taking huge risks just to come here. That's all I have to say. And for anyone who gets the opportunity to come to live in these countries GOOD LUCK❤
@diagfinamix18612 ай бұрын
Iyi comment iriko ibwira nde ? Rubanda nya Rwanda cyangwa rubanda mva mahanga, nimwiteho ibyanyu disi n'indimi ny Africa ntizibuza umuntu kuba uwateye imbere mumibereho.
@rawfiledude2 ай бұрын
True that brother, I believe that it’s our responsibility nkabantu baba hanze guhaha ibyiza tukagaruka duteza imbere igihugu cyacu in direct investments, start ups and adoptions of so called good systems we chase abroad.
Wari warashize kweri😂 ubwose aho hari iki kiri special?which system? Kugaburirwa nk'umwana iyo byanze? Health Insurance? Mu Rwanda ibyo birahari byose, niba aribyo bintu bitangaje
@Rubuka2642 ай бұрын
Sabin na fofo. Mu Rwanda na Africa yose tubayeho kubw'imiryango tuvukamo. Niyo mpamvu benshi bemera kubaho mu buzima bubi kugira ba support their family members zasigaye muri Africa. Ikibazo n'abiyemera ko bakize kandi babayeho muri struggle. Ikindi, ubuzima bw'iburayi burahenze. Ibyo fofo avuga ngo ntufona umukunzi ngo umubure. Uramubura kabisa. Si buri musi ariko bibaho. Mwoye guca intege abantu bikundanira no kubankanisha
@MsDenaiz2 ай бұрын
Sabin ati hari umugabo wishimira koza ibyombo? None se abagore bo ugirango hari ibyishimo bakuramo? Byose ni inshingano z'urugo mugomba kumvikana uko muzikora. Mu Rwanda nuko haba hari umuntu murugo ubafasha. Ntago mwese mwaba mwiriwe mukazi ngo hama nimutaha umwe yicare arebe TV undi ateke, yoze ibyombo, amenye abana, akorope, amese/atere ipasi... ababishobora chapeau.
@bellyb12502 ай бұрын
Suko ,ariko burya na éducation itangwa kubahungu twebwe murugo basaza banjye bigishijwe byose, guteka, gukoropa gutera ipasi byose barabikoraga kabisa
Mu Rwanda biroroshye kumenya umuntu gusa hari ukwihishamo Cg ni uwitwa shyaka Steven atereta kubi kandi abeshya afite umugore witwa jane 🤣🤣🤣 ndabarabuye
@@rwandamum8323😂😂😂Ukaba uradukocoye twagiye guhaha umunsi nu mwe tukagaruka I wacu.
@balancedlifetv2 ай бұрын
❤❤❤❤pole sana
@UWASEFrancoise-e5d2 ай бұрын
Wouww uri mwiza mam, nkunze ukuntu uri naturelle cyane❤
@nsajohn80942 ай бұрын
Uziko mbona atanatoboye 😂😂
@blessedgirl12522 ай бұрын
Ariko it is a matter of adjusting na environment kuko iyo wambutse inyanja ntibigukuraho kuba umugabo ariko hanze abantu barafashanya unless umugore adakora, naho mwese mukora mutaha murushye umwe yakoze ibyombo undi atetse cg umugore agateka, anoza ibyombo, umugabo akoza abana kuko mwese muba mwagiye mukazi. Nti abigereranya nomuri africa kuko umugore arakora ariko atashye asanga abakozi batetse, hari numukozi ureberera abana
@bainganasam6632 ай бұрын
So cute So interesting So beautiful So shinning So smart So nice ❤❤❤
@savedbygrace32302 ай бұрын
Madame, with all due respect, nukwitondera iki kintu cy'uko ngo mariages z'abazungu zose ari contract. Ntabwo ari bose, hari abazungu bashakana bakabana for life kandi bagasazana, hari many families ziyubashe cyane kandi bubaha family values. Let us just clarify this. Thank you.
@Uwimanalice2 ай бұрын
Ariko abantu bajye bavuga expérience zabo apana gushira mubwinshi uyumugore ntagihe aramara muburayi pe nta struggle yaciyemo,ntarabyara ngo agire challenges z’umu bébé sinzi impamvu yashyize muri rusange Ushobora kuba umugabo mubanye Neza pe kandi ninabyo mubihe byambere Ese nyuma birangiye nabi byose ntabwo tubiteganya Ariko uvuga uziga,abatandukana suko baba bataragize ibyo bihe none iyo wigenuye isi irakota 🤣🤣
@sanaa92Ай бұрын
Barabeshya byo cyane byindengakamere
@chantaltiaho93902 ай бұрын
Bite Sabin, abantu bose baba iburayi ntibakora amajoro.Maze imyaka 35 ino kandi ni myaka 33 narashatse.Romance irahari nyinshi. Biva kubantu nuko abantu babaye ho.Tout le monde ne souffre pas en Europe. Hari abantu benshi babaye ino kandi babaye ho neza, biva uko abantu bageze ino ou icyo baje gukora. Umbarire. Merci
Yemwe ubuzima bwo mu mahanga si kimwe nubwo mu Rda gusa ni ngombwa kubyumva ko ari ugufatanya kuko iyo umuntu akora ari 1 mu mahanga ntacyo mwageraho, mufite abana ntimwabaha icyo bifuza, ntimwazajya muri vacances Nanone ntimwajya ku kazi ngo mutahe nijoro mwembi hari abana , ngo ureke Mama akore byose wicaye uri umuntu mukuru kandi umukunda Ubuzima bukwereka ko niba uri responsable ufasha mugenzi wawe bikagenda neza mukaruhuka kuko uwanga ibyombo ashobora ibindi Ikindi abantu benshi baza gushaka mu Rda baba bafite imico mibi bigoranye ko yabona uwo yifuza cg se afite uburanga buke😅 (sibyo Fofo😊) Mu Rda haba abana beza kandi benshi baba nabo bashaka aba diaspora kubera udufaranga no kumva bashaka ubundi buzima Kuko uwo baba hamwe ntiyamushukisha udufaranga duke twa salon n'ibindi Icya nyuma rero mugore mwiza Belgique ntago ari référence y'ubuzima bwa Europe😅
@mukayisengadiane942 ай бұрын
Uwanyijyanirayo peeee
@inor84582 ай бұрын
Byose uvuze ni ukuri
@blessedgirl12522 ай бұрын
Ariko it is a matter of adjusting na environment kuko iyo wambutse inyanja ntibigukuraho kuba umugabo ariko hanze abantu barafashanya unless umugore adakora, naho mwese mukora mutaha murushye umwe yakoze ibyombo undi atetse cg umugore agateka, anoza ibyombo, umugabo akoza abana kuko mwese muba mwagiye mukazi. Nti abigereranya nomuri africa kuko umugore arakora ariko atashye asanga abakozi batetse, hari numukozi ureberera abana rero hanze biragoye kuba umugore yakora akanatunganya ibyo murugo wenyine.
Niyo waba Uri umugore Uri murugo udafite akazi nta mpamvu yuko umugabo atagufasha Imirimo yo murugo pe. Umugabo udafasha umugore we iburayi aba yikunda Kndi aba Ari ikigwari 😮
@reeniyig48412 ай бұрын
Abazungu ntabwo marriage zabo ziri contractual,that's not true. Ahubwo bo ntibihambira nkatwe. Ikindi they dont tolerate cheating. Twe umugabo aguca inyuma a million times ukababarira. Ariko bararambana kandi baba bishimye cyanee. Barasazana,barikumwe..
@balancedlifetv2 ай бұрын
Fofo uvuze ukuri umuntu iyo yiyerekanye uko atari ukabivumbura ntibiryoha na mba. Bana bato meitonde,ngo hari n’abari ku miti ya HIV/AIDS bakakujyana batakubwiye ukabimenya warsgezeyo ubukwe bwararangiye ukabimenya mubana💔💔💔Mubyitondere bakundwa ibishashagirana byose ntibiba ari zahabu 🙏❤️❤️❤️❤️
True sintuye Europe ariko nibaza ko USA naho hari ubuzima buri similar busy tuyibamo madam ukageraho nawe ukibura! Udafite abana birumvikana ariko ufite abana dropping to school, going to work, pick up from school, yenda nawe ujya ku ishuri plus game z'abana after school. Muza kugera home 8 to 9 pm kandi mugomba gutegura dinner get ready for bed mufite the same schedule next day!! Lol uzayibona iyo busy utumva umwaka 1 muri marriage ni toto!
@mukankurangablandine11522 ай бұрын
Rero Sabin ibyo wivugisha ngo ntiwakoza ibyombo? Nonese utuzi twinshi two mumahanga ko harimo no koza ibyombo ubwo wakoza ibyo muri resto iby'iwawe bikakunanira? Ubundi iyo ugiye mu mahanga imico yo muri africa cyane ku bagabo mugomba kuyibagirwa kuko ubuzima muba murimo nibwo bubaha uburyo bwo kubanamo
@janviermuhire6892 ай бұрын
Ikindi hano tuna dufite nimashini zoza ibyombo mba numva bitarenze
@kamalizaines84092 ай бұрын
Nanjye iyo numva abantu bahora bavuga ngo koza ibyombo kdi hari machines jye biranyobera😂 ariko niba mu Rda udashobora kudafasha umugore wawe mu Rda no muri Europe byakugora. N'uko mbyumva🤷🏼♀️
@martheusabwimana98112 ай бұрын
Aho uratubeshye Sabin, niba ufite umugore cg umugabo iburayi ntabwo kuzana undi muntu yego mwasezerana mu Rda ariko ambassade ibona ko ufite umugore cg umugabo iburayi kuko nibo bakora process ya viza.
Hari ibintu uvuga nkumva ko utamaze imyaka myinshi i Burayi ikindi ata bana uraronka. Kuza mu Rwanda buri mwaka bwo ni ubukire nuko ubishoboye ntawutabishaka. Ikindi umaze kuronka abana kuza buri mwaka ntuzobishobora amafranga atwarwa na vyinshi iyo ufise abana kandi biranaruhisha. Wivugira nk' umugore nyene akiri muto mu rugo ataragira uruvyaro mu mahanga ngo yumve uko bimeze.
@Fadelords2 ай бұрын
Yego rwose ,wongereho ntabwo ushobora gukura abana mu ishuri nta mpamvu zifatika ,utegereza vacances z'abana
@Karisazaramba212 ай бұрын
Urabona ko avuga ibyo atazi rwose
@Mr.danger972 ай бұрын
Njye ngiye kuzuza 10 ans hano gusibirayo nishida Nama tickets🤔 nyihera subscribe cherie uraba ukoze cyane
Thk u fofo na breminga ubugabo wange ubayo ko atamfasha kuko ambwirako ubuzima bukimugoye sibyumve ariko ubu ndanyuzwe
@beliseirumva97492 ай бұрын
Useka neza,jya umwenyura kenshi❤
@masimbi562 ай бұрын
Ariko Sabin, nawe koko uracyatereza nk'abasaza b'abanyarwanda? Kwoza amasahani, guteka, gukoropa, kumesa rwose ni ibintu bisanzwe! Ubikora nabi iminsi ya mbere ariko ugera aho ukabimenya! Jyewe narabikoze muri Canada na Sweden, ku buryo n'ubu umukozi agiye nabyikorera sinaburara! Guhindurira umwana pamper byo rwose narabikoze abana banjye bakiri bato, muri 1988, 1989 ntaragera no mu Burayi
@Nikuzenadine-z6q2 ай бұрын
Ikinu mbonye Nuko Fofo arimwiza anaseka neza😂
@Johnsoncarter-zx1lu2 ай бұрын
You are not experienced in modern countries like Europe or northern America. Say thank to your Julien. But as long as he will work alone, guess what could happen 😢😮, think not good for you. Make yourself to go to work for contributing bills paying
Ndi D’accord na Fofo nta muntu uba busy yo agukunda Abo bakora muri hospital nibo bavugira kuri phone Kandi muri Europe ahantu hose mugira 30 min 1h ya pause
@Fadelords2 ай бұрын
Ariko abazungu ni mukababeshyere kubyerekeye divorce . Mbwirira uwo muntu ngo bucya bwitwa ejo ,nimba ari femme au foyer nabyo ni umwuga yahisemo ,famille nyinshi zibayeho neza aho muri Belgique kandi bafashanya muri byose ,icyangobwa ni communication .