ABAKOBWA MWITONDERE ABADIASPORA😥NAKUNDANYE N'UMUGABO NTUNGURWA NA BABY SHOWER Y'UMUGORE WE|FOFO

  Рет қаралды 126,599

ISIMBI TV

ISIMBI TV

Күн бұрын

☑️ISIMBI PICTURES: / isimbipictures
☑️ISIMBI TV: / isimbi__tv
☑️ISIMBI WEBSITE: isimbi.rw/
#IsimbiTV_0784838126

Пікірлер: 412
@ISIMBITV
@ISIMBITV 2 ай бұрын
KANDA HANO UREBE VIDEO YA FOFO I BURAYI: kzbin.info/www/bejne/m3O4o5eZYqqfrqssi=kNWTPXZK4bTLPXdS
@chezzoamam6811
@chezzoamam6811 2 ай бұрын
She looks very natural 100% I love it 😍😍😍😍
@fn2921
@fn2921 2 ай бұрын
I don't care what anyone says! Kuba muri Europe, muri America canke Canada is not all about living in beautiful houses or walking on beautiful roads. It's all about living in countries that have good SYSTEMS. Ibindi byose depend on how you have set up your life. Abantu benshi birabagora kubera ko batamenyereye gu planinga ubuzima kubera ko muri kamere tutabitojwe. I'm grateful to be living here because I have learned so much and I love the person I have become. I always remember what our president said: Tuzahahe ibyiza, ibibi tuzabibarekere😅. What a man!!! I mean our president👍🏻 So Sabin ubutaha uzabaze uti how is THE SYSTEM works for people living in these countries? Then, uzamenya why people are still taking huge risks just to come here. That's all I have to say. And for anyone who gets the opportunity to come to live in these countries GOOD LUCK❤
@diagfinamix1861
@diagfinamix1861 2 ай бұрын
Iyi comment iriko ibwira nde ? Rubanda nya Rwanda cyangwa rubanda mva mahanga, nimwiteho ibyanyu disi n'indimi ny Africa ntizibuza umuntu kuba uwateye imbere mumibereho.
@rawfiledude
@rawfiledude 2 ай бұрын
True that brother, I believe that it’s our responsibility nkabantu baba hanze guhaha ibyiza tukagaruka duteza imbere igihugu cyacu in direct investments, start ups and adoptions of so called good systems we chase abroad.
@fabriceuwimana4833
@fabriceuwimana4833 2 ай бұрын
Commentaire nziza cyane irimo ubwenge. Nubwo ahantu hafite icyo havuga mu buzima bw'umuntu ariko ibihindura ubuzima bwe bituruka muri we kurenza ibindi byose.
@edenfrancis3324
@edenfrancis3324 2 ай бұрын
Uvuze ikinyarwanda waba iki?
@Ethan00477
@Ethan00477 2 ай бұрын
Wari warashize kweri😂 ubwose aho hari iki kiri special?which system? Kugaburirwa nk'umwana iyo byanze? Health Insurance? Mu Rwanda ibyo birahari byose, niba aribyo bintu bitangaje
@Rubuka264
@Rubuka264 2 ай бұрын
Sabin na fofo. Mu Rwanda na Africa yose tubayeho kubw'imiryango tuvukamo. Niyo mpamvu benshi bemera kubaho mu buzima bubi kugira ba support their family members zasigaye muri Africa. Ikibazo n'abiyemera ko bakize kandi babayeho muri struggle. Ikindi, ubuzima bw'iburayi burahenze. Ibyo fofo avuga ngo ntufona umukunzi ngo umubure. Uramubura kabisa. Si buri musi ariko bibaho. Mwoye guca intege abantu bikundanira no kubankanisha
@MsDenaiz
@MsDenaiz 2 ай бұрын
Sabin ati hari umugabo wishimira koza ibyombo? None se abagore bo ugirango hari ibyishimo bakuramo? Byose ni inshingano z'urugo mugomba kumvikana uko muzikora. Mu Rwanda nuko haba hari umuntu murugo ubafasha. Ntago mwese mwaba mwiriwe mukazi ngo hama nimutaha umwe yicare arebe TV undi ateke, yoze ibyombo, amenye abana, akorope, amese/atere ipasi... ababishobora chapeau.
@bellyb1250
@bellyb1250 2 ай бұрын
Suko ,ariko burya na éducation itangwa kubahungu twebwe murugo basaza banjye bigishijwe byose, guteka, gukoropa gutera ipasi byose barabikoraga kabisa
@chantalvumilia9779
@chantalvumilia9779 2 ай бұрын
Arega kunda mugenzi wawe nkuko wikunda .niba umugabo akora numugore agakora bombi baba bagiye gukorera urugo no murugo rero uko bombi bababarushye bagomba nogufatanya kugirango bose babone nergie ejo basasubiza kukazi.najye ntuye Belgique abahungu bajye mbigisha gukora akazi komurugo.nubufatanye ntabwo arubuganzwa .
@solangesoso3100
@solangesoso3100 2 ай бұрын
Thanks 🎉
@Hilaire-u3l
@Hilaire-u3l 2 ай бұрын
Turi hanze kubera gushaka ubuzima naho Home is Best(Rwanda).
@Jeanclaude-y7g
@Jeanclaude-y7g 2 ай бұрын
Saben buriya koza amasagani sikibazo kuko uba wayaririyeho kandi umugore ashonora kuba ananiwe kandi wowe wenda utakoze , numva rero ntacyo gufatanya , ahubwo mudafatanyije numva byaba aricyo kibazo , kandi kwambika pampa umwana wawe ntakibazo kirimo kuko yitayeho umwanda nyina adahari wabikora rwose ibyo sikibazo . Kandi ashobora kubahari ariko ananiwe cyane .rero ibyo mubivuga kuko mutazi ubuzima bwahano .
@larissairakoze2429
@larissairakoze2429 2 ай бұрын
Ma chérie ..quand il y aura des enfants 😊😊😊 reviens nous parler☺️☺️ là tu sauras exactement les sacrifices zurugo❤...
@dianekamariza2399
@dianekamariza2399 2 ай бұрын
Exactly
@UmuhozaMarieLaurence
@UmuhozaMarieLaurence 2 ай бұрын
aba jo❤ mukunda Sabin munkandire kwifoto mbashe kwivana mubudhomeri wowe ubikoze IMANA ikugwirize amafaranga❤❤❤❤
@HabicigombaEmelyne-vl2pj
@HabicigombaEmelyne-vl2pj 2 ай бұрын
Burya ibi bintu birahemba gt??mumpe Ayo makuru
@umutoniwasemyriam9881
@umutoniwasemyriam9881 2 ай бұрын
Umu graceroom oyeeeeee❤️❤️
@rawfiledude
@rawfiledude 2 ай бұрын
Sabin ndagusuhuje nakubwira ati komerezaho courage cyane. Nugaruka muri Brussels bikunze tugahura ngasangiza abanyarwanda kugirirwa neza kw’Imana. Mfite imyaka 24 ariko ubuzima bwange mbona bwabera isoko yibyiringiro kuri benshi. Nabaye mu Rwanda, Uganda, Kenya, Burundi, Mozambique, Swaziland, Cyprus, Romania, France na Belgium. Kubera impamvu nyinshi ariko bikubiye mukuba impunzi or asylum seeker kandi nyamara ntacyo mpunga ahubwo ari ugushaka ubuzima. Murakoze!
@NihorehoSandrine
@NihorehoSandrine 2 ай бұрын
Ariko Jew ndumurindi nkeneye unyishure woba waraburonse,nukuri wararush imana yoba yarabuguhaye vyoba arisawaa
@nyiramugishaconsolee2247
@nyiramugishaconsolee2247 2 ай бұрын
Twekotuzubatse neza ikintu niba cyarakwangiye wicyangisha abandi umudiaspora tubanye neza kandi umwanya wose mushakiye ndamubona niyo arimukazi turavugana ahubwo ninawe ashaka akambura ubworero uwutaguha umwanya abafite abandi yawuhaye
@inor8458
@inor8458 2 ай бұрын
Sabin rega ntituyobewe ko u Rwanda ari rwiza ndetse cyane. Kuko njyewe ndahakumbura nkenda gusara. Ariko se uzaba Rwanda ukore iki? Ukurehe akazi? Ubushomeri buri Rwanda nibwo butuma tujya gushakishiriza imahanga ariko kuri coté social ntago haruta iwacu rwose. Iyo umaze kubona icyo wagiye gushaka ugaruka iwanyu ukubaka ukiteza imbere. Imahanga biroroshye ko wakora saving dans 5 ans ukaza ukubaka inzu nziza cyane iwanyu. Ariko biragoye ko urubyiruko ruri Kigali kuri salaire ye yakorera amafranga akubaka dans 5 ans.
@uwizeyeclaudine3306
@uwizeyeclaudine3306 2 ай бұрын
Inaha dukorera muri moins😅
@jeanclaudengirishya7189
@jeanclaudengirishya7189 2 ай бұрын
nokurya ni danger
@DAMIEN-u8i
@DAMIEN-u8i 2 ай бұрын
Yemwe, amahanga tuyabamo kandi nimeza kuko umuntu abona amafaranga. Abantu bazababwira ko atari meza ariko bakayagumamo. Hanze wakora akazi koroheje ukabona 1.5M rwf no kurenza cyane , Rwanda se manager wa bank akorera angahe? Ntibakabashuke. Ikibazo gikomeye hanze abantu baba bigunze kandi, ntitubona umwanya wokunezerwa mumafaranga....niyompamvu umuntu afata vacance akaza Rwanda. Bajye babashuka mwemere. Umuntu utaterwa ikibazo nokuba africa, nuwuva mumuryango ukomeye uzamufasha kubona akazi kintica ntikize agakorera amafaranga azatuma yigira. Ubuse ko the Ben yagiye America akazana amadolali ntiyarongoye Pamera? Iyo atajyayo ngo arebeko Pamela amwemera....aleweeee
@UmukunziFlora
@UmukunziFlora 2 ай бұрын
Yego rata,uwangezayo 😂
@Lana-r4b7s
@Lana-r4b7s 2 ай бұрын
Uvuze ukuri
@uwizeyeclaudine3306
@uwizeyeclaudine3306 2 ай бұрын
Aleweee😅😅
@umwizamagali9993
@umwizamagali9993 2 ай бұрын
Babwire rata 😅😅😅
@UwamahoroJeannette-op8bp
@UwamahoroJeannette-op8bp 2 ай бұрын
Urumunyakuri tumenyane❤😂😂
@k.judith5584
@k.judith5584 2 ай бұрын
Nugaruka tuzasurane nuye Asse uri umugore wu muhanga setu❤❤
@k.judith5584
@k.judith5584 2 ай бұрын
Umugore uzi ubwenge,abantu tugire urukundo ,ukuri,kwizerana ibindi ibyo bavuga ngo umugabo ufite frs ntacyo bivuze icya mbere nugushyira hamwe
@FurahaBlandine-s9r
@FurahaBlandine-s9r 2 ай бұрын
Sabin mujye munaganira muganize abagabo si ngombwa ngo Abe Umu diaspora . Nabagabo bomurwanda basigaye bahemuka cyaneeee. Nakundanye numusore twari tumaranye imyaka itanu. yanyeretse umuryango we ,ampuza nincuti ze twapangaga kubana umwaka utaha gusa natunguwe no gusa naje gusanga arumugabo wabana babiri n'umugore wisezerano.ikirenze nuko nasanze umuryango yambwiye ko aruwe nasanze ntanicyo bapfana.iyisi iragoye
@vallloyd9653
@vallloyd9653 2 ай бұрын
Pole sana 😢
@Uwimanalice
@Uwimanalice 2 ай бұрын
Mu Rwanda biroroshye kumenya umuntu gusa hari ukwihishamo Cg ni uwitwa shyaka Steven atereta kubi kandi abeshya afite umugore witwa jane 🤣🤣🤣 ndabarabuye
@bellyb1250
@bellyb1250 2 ай бұрын
😢😢😢😢 ooh lala ihangane mama yarahemutse ariko humura Imana izaguha ugukwiliye
@umuhozaclementine1955
@umuhozaclementine1955 Ай бұрын
😂😂😂​@@Uwimanalice
@themixtvRw
@themixtvRw 2 ай бұрын
😂😂😂😂😂 umunyarwanda wahiriwe nurugendo bagenzi bange 😂😂😂😂😂 ahahaaaa nice to you Dada. Subuhanga cg amagambo meza kurenza abo byanze ahubwo ni Ineza y'Imana sha 🤣
@balancedlifetv
@balancedlifetv 2 ай бұрын
Yego rwose byose bibaho kubera Imana ❤❤
@denisehaguma535
@denisehaguma535 2 ай бұрын
Agree 100/100
@estherihirwe9856
@estherihirwe9856 2 ай бұрын
I agree with U kbs; ingo zino nyinshi zizize gukunda €€€ cyane kuburyo couples zibaho zidahura, bahora biruka inyuma y'amafranga bikarangira byose bibaye impfabusa... n'abana usanga baratereye iyo basa nkaho birera...
@Baptiste-official
@Baptiste-official 2 ай бұрын
buriya rero iyo uTAri mu Rwanda niho umenya neza u Rwanda urwarirwo, Mana wee i miss my Home nukuri
@InezaNice-nf5ul
@InezaNice-nf5ul 2 ай бұрын
Cyanee nukuri home sweet home 😢😢
@girukwishakaevelyne4470
@girukwishakaevelyne4470 2 ай бұрын
@Baptist😂 nukuri pe iyo ukiri Mu Rwanda wunva ntabirenze ariko ubyunva umaze kuhava. Nkumbuye I wacu weee 🇷🇼
@rwandamum8323
@rwandamum8323 2 ай бұрын
​@@girukwishakaevelyne4470😂😂😂 muhame hamwe.baravuga ngo amahanga arahanda.bamwe ntibabyunva.
@girukwishakaevelyne4470
@girukwishakaevelyne4470 2 ай бұрын
@@rwandamum8323😂😂😂Ukaba uradukocoye twagiye guhaha umunsi nu mwe tukagaruka I wacu.
@balancedlifetv
@balancedlifetv 2 ай бұрын
❤❤❤❤pole sana
@UWASEFrancoise-e5d
@UWASEFrancoise-e5d 2 ай бұрын
Wouww uri mwiza mam, nkunze ukuntu uri naturelle cyane❤
@nsajohn8094
@nsajohn8094 2 ай бұрын
Uziko mbona atanatoboye 😂😂
@blessedgirl1252
@blessedgirl1252 2 ай бұрын
Ariko it is a matter of adjusting na environment kuko iyo wambutse inyanja ntibigukuraho kuba umugabo ariko hanze abantu barafashanya unless umugore adakora, naho mwese mukora mutaha murushye umwe yakoze ibyombo undi atetse cg umugore agateka, anoza ibyombo, umugabo akoza abana kuko mwese muba mwagiye mukazi. Nti abigereranya nomuri africa kuko umugore arakora ariko atashye asanga abakozi batetse, hari numukozi ureberera abana
@bainganasam663
@bainganasam663 2 ай бұрын
So cute So interesting So beautiful So shinning So smart So nice ❤❤❤
@savedbygrace3230
@savedbygrace3230 2 ай бұрын
Madame, with all due respect, nukwitondera iki kintu cy'uko ngo mariages z'abazungu zose ari contract. Ntabwo ari bose, hari abazungu bashakana bakabana for life kandi bagasazana, hari many families ziyubashe cyane kandi bubaha family values. Let us just clarify this. Thank you.
@Uwimanalice
@Uwimanalice 2 ай бұрын
Ariko abantu bajye bavuga expérience zabo apana gushira mubwinshi uyumugore ntagihe aramara muburayi pe nta struggle yaciyemo,ntarabyara ngo agire challenges z’umu bébé sinzi impamvu yashyize muri rusange Ushobora kuba umugabo mubanye Neza pe kandi ninabyo mubihe byambere Ese nyuma birangiye nabi byose ntabwo tubiteganya Ariko uvuga uziga,abatandukana suko baba bataragize ibyo bihe none iyo wigenuye isi irakota 🤣🤣
@sanaa92
@sanaa92 Ай бұрын
Barabeshya byo cyane byindengakamere
@chantaltiaho9390
@chantaltiaho9390 2 ай бұрын
Bite Sabin, abantu bose baba iburayi ntibakora amajoro.Maze imyaka 35 ino kandi ni myaka 33 narashatse.Romance irahari nyinshi. Biva kubantu nuko abantu babaye ho.Tout le monde ne souffre pas en Europe. Hari abantu benshi babaye ino kandi babaye ho neza, biva uko abantu bageze ino ou icyo baje gukora. Umbarire. Merci
@inezaaline2494
@inezaaline2494 2 ай бұрын
Nuko uhamaze igihe,abagiye vuba ntakintu bariho ubuzima buragoye.Abagiye muriyo myaka yawe rwose ibintu n'uburyohe Kandi kuryoherwa murugo akenshi bijyana nigihari
@bellyb1250
@bellyb1250 2 ай бұрын
​@inezaaline2494 ibintu bishobora kugorana iyo ukiza kuko uba utaramenyera kandi ntampapuro urabona byo biragora ariko iyo uzibonye uzi icyakuzanye ubaho neza
@kigalirwanda8564
@kigalirwanda8564 2 ай бұрын
Yemwe ubuzima bwo mu mahanga si kimwe nubwo mu Rda gusa ni ngombwa kubyumva ko ari ugufatanya kuko iyo umuntu akora ari 1 mu mahanga ntacyo mwageraho, mufite abana ntimwabaha icyo bifuza, ntimwazajya muri vacances Nanone ntimwajya ku kazi ngo mutahe nijoro mwembi hari abana , ngo ureke Mama akore byose wicaye uri umuntu mukuru kandi umukunda Ubuzima bukwereka ko niba uri responsable ufasha mugenzi wawe bikagenda neza mukaruhuka kuko uwanga ibyombo ashobora ibindi Ikindi abantu benshi baza gushaka mu Rda baba bafite imico mibi bigoranye ko yabona uwo yifuza cg se afite uburanga buke😅 (sibyo Fofo😊) Mu Rda haba abana beza kandi benshi baba nabo bashaka aba diaspora kubera udufaranga no kumva bashaka ubundi buzima Kuko uwo baba hamwe ntiyamushukisha udufaranga duke twa salon n'ibindi Icya nyuma rero mugore mwiza Belgique ntago ari référence y'ubuzima bwa Europe😅
@mukayisengadiane94
@mukayisengadiane94 2 ай бұрын
Uwanyijyanirayo peeee
@inor8458
@inor8458 2 ай бұрын
Byose uvuze ni ukuri
@blessedgirl1252
@blessedgirl1252 2 ай бұрын
Ariko it is a matter of adjusting na environment kuko iyo wambutse inyanja ntibigukuraho kuba umugabo ariko hanze abantu barafashanya unless umugore adakora, naho mwese mukora mutaha murushye umwe yakoze ibyombo undi atetse cg umugore agateka, anoza ibyombo, umugabo akoza abana kuko mwese muba mwagiye mukazi. Nti abigereranya nomuri africa kuko umugore arakora ariko atashye asanga abakozi batetse, hari numukozi ureberera abana rero hanze biragoye kuba umugore yakora akanatunganya ibyo murugo wenyine.
@carinemanirambona2708
@carinemanirambona2708 2 ай бұрын
Urabikora gose abagabo beshi baratuvunisha ariko harinabagobo bafasha abagore pe.
@aimeekleine8764
@aimeekleine8764 2 ай бұрын
Niyo waba Uri umugore Uri murugo udafite akazi nta mpamvu yuko umugabo atagufasha Imirimo yo murugo pe. Umugabo udafasha umugore we iburayi aba yikunda Kndi aba Ari ikigwari 😮
@reeniyig4841
@reeniyig4841 2 ай бұрын
Abazungu ntabwo marriage zabo ziri contractual,that's not true. Ahubwo bo ntibihambira nkatwe. Ikindi they dont tolerate cheating. Twe umugabo aguca inyuma a million times ukababarira. Ariko bararambana kandi baba bishimye cyanee. Barasazana,barikumwe..
@balancedlifetv
@balancedlifetv 2 ай бұрын
Fofo uvuze ukuri umuntu iyo yiyerekanye uko atari ukabivumbura ntibiryoha na mba. Bana bato meitonde,ngo hari n’abari ku miti ya HIV/AIDS bakakujyana batakubwiye ukabimenya warsgezeyo ubukwe bwararangiye ukabimenya mubana💔💔💔Mubyitondere bakundwa ibishashagirana byose ntibiba ari zahabu 🙏❤️❤️❤️❤️
@dorotheuwamaria5107
@dorotheuwamaria5107 2 ай бұрын
Nibitonde we😭😭😭
@Larose1988
@Larose1988 2 ай бұрын
Imana idufashe kweli 🧎‍♀️🧎‍♀️🧎‍♀️🧎‍♀️🙏🙏🙏​@@dorotheuwamaria5107
@yvns5379
@yvns5379 2 ай бұрын
turabasuhuje mwese mwese muba mwibanga rikomeye cyane😂😂😂😂
@olivenyirarukundo
@olivenyirarukundo 2 ай бұрын
Uyu mudamu ndamukunda pe, ariko ndumva namukosora kubyo avuze kuburyo abantu baba busy, umaze igihe gito uzabibona, ndumva hari twinshi nakosora ariko kanguhe umwanya wokubibona
@Blandine-eb7wn
@Blandine-eb7wn 2 ай бұрын
True sintuye Europe ariko nibaza ko USA naho hari ubuzima buri similar busy tuyibamo madam ukageraho nawe ukibura! Udafite abana birumvikana ariko ufite abana dropping to school, going to work, pick up from school, yenda nawe ujya ku ishuri plus game z'abana after school. Muza kugera home 8 to 9 pm kandi mugomba gutegura dinner get ready for bed mufite the same schedule next day!! Lol uzayibona iyo busy utumva umwaka 1 muri marriage ni toto!
@mukankurangablandine1152
@mukankurangablandine1152 2 ай бұрын
Rero Sabin ibyo wivugisha ngo ntiwakoza ibyombo? Nonese utuzi twinshi two mumahanga ko harimo no koza ibyombo ubwo wakoza ibyo muri resto iby'iwawe bikakunanira? Ubundi iyo ugiye mu mahanga imico yo muri africa cyane ku bagabo mugomba kuyibagirwa kuko ubuzima muba murimo nibwo bubaha uburyo bwo kubanamo
@janviermuhire689
@janviermuhire689 2 ай бұрын
Ikindi hano tuna dufite nimashini zoza ibyombo mba numva bitarenze
@kamalizaines8409
@kamalizaines8409 2 ай бұрын
Nanjye iyo numva abantu bahora bavuga ngo koza ibyombo kdi hari machines jye biranyobera😂 ariko niba mu Rda udashobora kudafasha umugore wawe mu Rda no muri Europe byakugora. N'uko mbyumva🤷🏼‍♀️
@martheusabwimana9811
@martheusabwimana9811 2 ай бұрын
Aho uratubeshye Sabin, niba ufite umugore cg umugabo iburayi ntabwo kuzana undi muntu yego mwasezerana mu Rda ariko ambassade ibona ko ufite umugore cg umugabo iburayi kuko nibo bakora process ya viza.
@rene7406
@rene7406 2 ай бұрын
Oui ntabwo bibaho kuko nanjye nabinyuzemo ibyo yaravuze ntabwo abizi neza
@bbbuthee4
@bbbuthee4 11 күн бұрын
Abantu beza baracyabaho❤
@jeanclaudengirishya7189
@jeanclaudengirishya7189 2 ай бұрын
mu Rwanda niheza kubafite ifaranga abandi wapiiii
@bellyb1250
@bellyb1250 2 ай бұрын
😂😂😂😂😂 wabaretse se 😂😂 uvuze ukuli
@Mila-vu1yr
@Mila-vu1yr 2 ай бұрын
Hari ibintu uvuga nkumva ko utamaze imyaka myinshi i Burayi ikindi ata bana uraronka. Kuza mu Rwanda buri mwaka bwo ni ubukire nuko ubishoboye ntawutabishaka. Ikindi umaze kuronka abana kuza buri mwaka ntuzobishobora amafranga atwarwa na vyinshi iyo ufise abana kandi biranaruhisha. Wivugira nk' umugore nyene akiri muto mu rugo ataragira uruvyaro mu mahanga ngo yumve uko bimeze.
@Fadelords
@Fadelords 2 ай бұрын
Yego rwose ,wongereho ntabwo ushobora gukura abana mu ishuri nta mpamvu zifatika ,utegereza vacances z'abana
@Karisazaramba21
@Karisazaramba21 2 ай бұрын
Urabona ko avuga ibyo atazi rwose
@Mr.danger97
@Mr.danger97 2 ай бұрын
Njye ngiye kuzuza 10 ans hano gusibirayo nishida Nama tickets🤔 nyihera subscribe cherie uraba ukoze cyane
@Uwimanalice
@Uwimanalice 2 ай бұрын
Nanjye naringiye kubimubwira eeega abatajyayo burimwaka suko nta fr bafite ahubwo ureba igifite inyungu kurusha ikindi
@BriallantAdison
@BriallantAdison 2 ай бұрын
Thk u fofo na breminga ubugabo wange ubayo ko atamfasha kuko ambwirako ubuzima bukimugoye sibyumve ariko ubu ndanyuzwe
@beliseirumva9749
@beliseirumva9749 2 ай бұрын
Useka neza,jya umwenyura kenshi❤
@masimbi56
@masimbi56 2 ай бұрын
Ariko Sabin, nawe koko uracyatereza nk'abasaza b'abanyarwanda? Kwoza amasahani, guteka, gukoropa, kumesa rwose ni ibintu bisanzwe! Ubikora nabi iminsi ya mbere ariko ugera aho ukabimenya! Jyewe narabikoze muri Canada na Sweden, ku buryo n'ubu umukozi agiye nabyikorera sinaburara! Guhindurira umwana pamper byo rwose narabikoze abana banjye bakiri bato, muri 1988, 1989 ntaragera no mu Burayi
@Nikuzenadine-z6q
@Nikuzenadine-z6q 2 ай бұрын
Ikinu mbonye Nuko Fofo arimwiza anaseka neza😂
@Johnsoncarter-zx1lu
@Johnsoncarter-zx1lu 2 ай бұрын
You are not experienced in modern countries like Europe or northern America. Say thank to your Julien. But as long as he will work alone, guess what could happen 😢😮, think not good for you. Make yourself to go to work for contributing bills paying
@DAMIEN-u8i
@DAMIEN-u8i 2 ай бұрын
Abakobwa bose bigira abanajuwa cyangwa ko barenze , abasore barabatinya bigatuma bagumirwa. Abageze mumahanga abasore babatinyirako batumva bigirako barenze.
@MuhozaLiliane-v4l
@MuhozaLiliane-v4l 2 ай бұрын
Sha mwabantumwe usibye yesu we nyine wagutabara naho umintu arakubeshya kbs kuburyo kumuvumbura bigoranye kbs, ngewen na kundanye nu mu diaspora tumara 3 years ntaziko abana nu mugore kd naragiye iwabo mabukwe ubona anyishimiye bitavugwa kd abizi nezako umuhunguwe afite umugore hanze, inkuru yange ninde kbs ,ariko nashimye Imana ko nabivumbeye ntarabana nawe kd nkabimenye umunsi yaje ngo tubane kubwo amahirwe y,Imana ndabimenya kd isaha yose nashaka kuvugana nawe yaramvugishaga rwose no kuri video call tukavugana pe
@godisgoodgodisgood1109
@godisgoodgodisgood1109 2 ай бұрын
Yesu wee, pole sana muvandi. Imana yarakurokoye pe. Ariko abagabo ni abana babi pe. Courage uzibonera undi mwiza
@MuhozaLiliane-v4l
@MuhozaLiliane-v4l 2 ай бұрын
Yego rata​@@godisgoodgodisgood1109
@GorretiMukamusoni
@GorretiMukamusoni 2 ай бұрын
Kbx urabatubwiriye abanyafrica Urakoze kandi fofo ndagunda cyane ❤ ❤
@maximeteevee2760
@maximeteevee2760 2 ай бұрын
koza ibyombo si ikibazo, ikibazo ni ukubyoza bakagusuzugura, as long as you're appreciated for all the work you do, you wana do even more
@Imran-p6l
@Imran-p6l 2 ай бұрын
Erega, ingo zisenyuka kubwinshi muriyi myaka, nuko abagore batacyemera agaciro k'umugabo murigo. Umgore ntagoha umugabo agaciro karemano. Burya mujye mutinya icyashyizweho n'imana.
@nyiramukirediamant1132
@nyiramukirediamant1132 2 ай бұрын
Uzirinde mecap yuko Imana yayigukoreye rimwe yakurema
@benimanaclaire6467
@benimanaclaire6467 2 ай бұрын
Byose bikorerwa murukundo n'ubwumvikane byoseeee umugabo yabikora Iyo twese dukora no murugo dushyira hamwe kugirango turyamire rimwe ntawe uvunitse kurusha undi
@bellauyisenga6736
@bellauyisenga6736 2 ай бұрын
Nubwambere Nteye comment kw Sabin , gusa nkunda gukurikira ibiganiro byanyu kd ndanabakunda. Fofo uri umuntu mwiza kd ufite ukuri gusesuye🎉nagukunze cyaneee. Mukomeze mugubwe neza🙏
@balancedlifetv
@balancedlifetv 2 ай бұрын
❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
@Bucura1946
@Bucura1946 2 ай бұрын
Sabin akazi kaba inaha urumva koko ntabwo umugore yagakora wenyine Mujye mumenyako abagabo banaturusha imbaraga iyo ni imiteto ya Kgli ubu naba mvuye kubyara umugabo yanyitaho ngo nahindutse aba agomba kumfasha ntabimutegetse ahubwo abagabo bose Bari hanze biyumvemo inshingano zo gufasha abagore babo
@nibaclemy431
@nibaclemy431 2 ай бұрын
Nahose ubundi mwa mfura mwe umuntu yaguha amafaranga ukayanga ? Reka njye ntayo nakanga mba nifitiye ubukene ubwo rero ngize Imana umuntu akantamo nawe urabyumva ko nayakira sakindi ikazaba ibyara ikindi😂😊
@suzannenahabandi6872
@suzannenahabandi6872 2 ай бұрын
Oya kwubaka ni umugisha n Imana ibitanga ne jugez pas
@bellyb1250
@bellyb1250 2 ай бұрын
Nukuli pe
@CHRISTIANKARASI
@CHRISTIANKARASI Ай бұрын
Ariko ibyo muvuga koko!None se koko ubundi murumva guteka ibyo mwese muri burye n’abana bawe ari big deal?koza amasahane muza kuriraho ni ibya danger?koza abana bawe ni ikibazo?Ibyo byose ndabikora. Ariko rero na none ncishamo nkigira muby’abagabo kandi n’akazi nkagakora. Mwikomeza life rwose,nubwo ubuzima buvunanye cyane kubera umwanya muto.
@UweraDenyse-j5h
@UweraDenyse-j5h 2 ай бұрын
Aba SANDREW ndabakunda 💜💜💜
@Urucabanaofficial
@Urucabanaofficial 2 ай бұрын
Cya Fofo cyarashaje disi mperuka Kamakanika ariko kacyiryaho agafoto😂😂😂
@zariank4763
@zariank4763 2 ай бұрын
Ndi D’accord na Fofo nta muntu uba busy yo agukunda Abo bakora muri hospital nibo bavugira kuri phone Kandi muri Europe ahantu hose mugira 30 min 1h ya pause
@Fadelords
@Fadelords 2 ай бұрын
Ariko abazungu ni mukababeshyere kubyerekeye divorce . Mbwirira uwo muntu ngo bucya bwitwa ejo ,nimba ari femme au foyer nabyo ni umwuga yahisemo ,famille nyinshi zibayeho neza aho muri Belgique kandi bafashanya muri byose ,icyangobwa ni communication .
@balancedlifetv
@balancedlifetv 2 ай бұрын
Vraiment ❤❤❤❤
@AurelieFayida12926
@AurelieFayida12926 2 ай бұрын
Aracyari muhyahya murri byose erega!! ntawukunda divorce abo bazungu ntimukababehyere hariho abubaka kandi izo contrats ngo zbimyaka yo kubana nyoberwa aho mubikura !
@kigalirwanda8564
@kigalirwanda8564 2 ай бұрын
@@AurelieFayida12926 Nanjye njya nibaza aho bakura inkuru za contract pe nsaziye i Mahanga ntaho ndazumva Mariage ni akaramata hakabaho igihe bipfa baka divorça nk'ahandi hose
@Co-br5up
@Co-br5up 2 ай бұрын
Ibyo byo nta muntu ugukunda wakuburira umwanya ngo ni diaspora. Nanjye umugabo wanjye ntiyajyaga awumburira, ariko sasa mbega challenges nahuye nzazo mpageze😂😂😂 sinazivugira kuri Camera biteye ubwoba
@abatarisangagroup3903
@abatarisangagroup3903 2 ай бұрын
Yoo pole bambe challenge ibikomere byishe abantu
@vallloyd9653
@vallloyd9653 2 ай бұрын
It's ok ubuzima burakomeza 😅uzambaze hhhhh
@abatarisangagroup3903
@abatarisangagroup3903 2 ай бұрын
@@vallloyd9653 yeweeee inteye amatsiko nanjye uzambaze hhhhh gusa Imana injya itanga ihumure
@Co-br5up
@Co-br5up 2 ай бұрын
@@abatarisangagroup3903 Jyewe kereka hari nka Camera Bakemerako batangaragaza insura ndetse n'ijwi bakarihindura. Naho ubundi sinabivuga biteye ubwoba nagahinda.
@UwaseShemsa-s3e
@UwaseShemsa-s3e 2 ай бұрын
@@Co-br5upihangane chr.
@KayitesiYvonne
@KayitesiYvonne 2 ай бұрын
Ariko rero afite amongereza menshi cyane
@valentineishimwe2795
@valentineishimwe2795 2 ай бұрын
She is beautiful 😍 ❤
@FurahaBlandine-s9r
@FurahaBlandine-s9r 2 ай бұрын
Ndagukunda
@christellekabanyana6345
@christellekabanyana6345 2 ай бұрын
Sha Ivyo uwo mugore avuga sinzi iyo abikura cnk aho atuye ngira kubuzi bwabo baremerewe gufata ama phone, USA suko ushobora kumara 4hrs without phone, none iyo umukunzi wawe agushatse murayo 4hrs ataphone ufise wamwitaba gt?😊..Ewe Fofo sha ngira ahubaye ukora muri office...Nashaka kukubwirako bibaho caaane ko umukunzi yakubura cnk ukamuha amasaha azaza araguhamagarako kugira ntakubure.
@Myv-z5d
@Myv-z5d 2 ай бұрын
Ibyo nibisanzwe rwose bibaho Nanjye byambayeho ntaziko afite umugore ntungurwa nuko umugore wiwe yanyandikiye antuka ngo muvire kumugabo let’s be careful kuba diaspora
@christopherukundo4883
@christopherukundo4883 2 ай бұрын
Mwagiye mutereta abintaha ko abasore duhari
@angepamella224
@angepamella224 2 ай бұрын
Ukuri kuzuyeee🙌
@balancedlifetv
@balancedlifetv 2 ай бұрын
❤❤❤❤❤❤❤
@sylviekazage197
@sylviekazage197 2 ай бұрын
Aho Fofo ariko arabesha, bivana nakazi ukora! Ukora mumashule ntufata télephone, ico nemeza iyo ufashe pause yogufungura urahamagara canke ukandika. Mais ko uhamagaye bahita bitaba, sivyo
@Fadelords
@Fadelords 2 ай бұрын
Muri hôpital avuga birabujijwe kunjya kuri téléphone yawe noneho kubera COVID ,hygiène hospitalière babishyize ku rwego rwo hejuru ,ikindi sibyiza kuba uri kumwe n'abantu ukavuga ururimi batumva ,ariko ntibivuzeko umuntu agushatse biri urgence wamwihorera ,ushakako ubigenze ukamuha nka 3 minutes. Pause zibaho ariko hari igihe uba ufata pause hamwe nabo mukorana mukaganira.Ubwo nyuma y 'akazi akuboneye umwanya uhagije sibyo biri byiza.
@nyirambarushimanaclementin9723
@nyirambarushimanaclementin9723 Ай бұрын
Ahubwo mundangire umudiasipor wumugabo ukuze kuko nange ndakuze ndi umupfakazi kandi nshaka kubaka mfite abana ariko ntinya umu divorce ariko aramutse yarapfakaye nkange twakibanira kuko ndakeka ko abadiasipora bose atari babi kandi atariko babeshya ndashaka umuntu wumurokore kuko nange ndiwe winyanga mugayo ❤
@irakozedivin-y3e
@irakozedivin-y3e 2 ай бұрын
Sha ni babitondere pe nidayimoni mbi pe bazabimbaze nanjye ndumiwe ubihamwa pe Sabin abo badiasporant gabo wumva nimbwa gusu gusu.
@bellyb1250
@bellyb1250 2 ай бұрын
Byakugendekeye bite
@benjaminmunyaneza1174
@benjaminmunyaneza1174 2 ай бұрын
You have natural beauty,don't change it!I beg u.I have a natural wife,natural blackish,i don't like too much make up!
@Umuhoza199
@Umuhoza199 2 ай бұрын
Make up is not good I don’t know why many people they are addicted with
@nyiramukirediamant1132
@nyiramukirediamant1132 2 ай бұрын
Ushoborakuba uvugukuri madame
@benimanaclaire6467
@benimanaclaire6467 2 ай бұрын
Sabin uze Canada tukwereke uko kubikora kandi mumahoro
@abizeyimanabrigitte5068
@abizeyimanabrigitte5068 Ай бұрын
❤❤
@vanesaandreya2556
@vanesaandreya2556 2 ай бұрын
Ariko ibyo uvuga ntabwo nemeranya nawe. Kw’isi hose iyo ukoze mariage ni jusqu’à la mort vous séparez. Divorce rero n’ibyago bigwirira abashakanye. Yego kubera amategeko , cyane cyane kuba kubaho kwawe financièrement bidaterwa n’uwo mwashakanye , hari igihe byihuta. Kuko n’ubwo tuvuga , hari abagore benshi babayeho nabi mu ngo zabo , bakubitwa amanywa n’ijoro , umugabo yamubyariyeho abandi bana , afite inshoreke kuri buri musozi , ariko kuko ntaho afite ajya kuko nta bushobozi , yarugumyemo.
@EsperanceNdayikeza-g2l
@EsperanceNdayikeza-g2l 2 ай бұрын
Sabin urihenz kuk mm mur dossier uradepozamwo attestation de divorce urigusaba visa dans le regroupement familial
@nyirakamanabetty783
@nyirakamanabetty783 2 ай бұрын
fofo ndamukunda nari naramubuze pe komeza ugubwe neza
@KayigiJudith-nz5fy
@KayigiJudith-nz5fy Ай бұрын
Ngewe nasize nsezeranye, asigarana nundibmukobwa, iyo ntamwohererezaga amafaranga ntiyamvugishaga, kugeza igihe mushicyiwe wubatse yangiriye impuhwe ambwiza ukuri, ko mubura arikumwe numu copine we, amafaranga yose nakoreye nkihagera nayakoresha mushakira ibyangombwa , nkora muri hiver, nkora akazi kagoye, amasaha 12😢nanataha nokumubona kuri telephone nkamubura, cyakora mushikiwe amaze kumbwiza ukuri anyereka namafoto nahise mbivamo, mushikiwe arubatse afite abana 4, uwo muntu ntabwo yasenyera musaza we, kandi nubukuntu yitwaraga byarabinyerekaga uretse gihamya ntarimfite, ubu igitangaje ntashaka kumpa divorse, rimwe yarambwiyengo ko ba Mama babacaga inyuma ngo bakabazanira nabana ngo barasenyaga 😅, hari abantu mubuzima batazi icyo bashakape, mais bon après tout la vie continue.
@esperancenyiramahoro59
@esperancenyiramahoro59 2 ай бұрын
Abakobwa bakunda amafaranga nibobagwa mubishuko kenshi
@balancedlifetv
@balancedlifetv 2 ай бұрын
❤❤❤❤ibyo byo
@remesha
@remesha 2 ай бұрын
Sabin, uraza unyisurire jewe nikaribu ntacomfise mpisha tuzosangira ibijumbu
@yisabriel
@yisabriel 2 ай бұрын
Twarasenganaga mukobwa mwiza uzi ubwenge pe!
@mureraangel309
@mureraangel309 2 ай бұрын
Fofo ilove you, nkunda ukuntu uba usa nta make up rwose nanjye nuko nimerera nkunda kuba nta make up rwose
@anitau6771
@anitau6771 2 ай бұрын
Njye ndashaka kumva abakobwa baba diaspora bakundana nabahungu bo murwana mbega 😂😂😂💀💀💀😩😩😩yooooo
@Sifamuhoza
@Sifamuhoza 2 ай бұрын
😂😂😂Urabeshye KBs Keretse niba ari ahongaho uba USA baba ahantu heza
@hugohope6567
@hugohope6567 2 ай бұрын
Inzu tuzishyura imyaka 30 lol utongeyeho nindi bills nyinshi aha system nugukora nkumutima
@vallloyd9653
@vallloyd9653 2 ай бұрын
KBs peee 😢, ariko iyo ubishaka ura refinancing ukayishira kuri 15 years
@umutonifrancine9268
@umutonifrancine9268 2 ай бұрын
😂😂😂😂😂😂umva pe!!! Ugerageza gushaka amakuru yose ashoboka ikindi nawe ugasenga Imana kuko biratinda ukabimenya....ikindi reba n'imyaka kuko nayo iri mubintu byatuma ugira amakenga....gusa abakobwa😂bage bitonda
@uwizeyejeanne7155
@uwizeyejeanne7155 2 ай бұрын
Ifaranga ry'abadiaspora rizadukoraho😮😮😮
@valentineishimwe2795
@valentineishimwe2795 2 ай бұрын
Cyane
@balancedlifetv
@balancedlifetv 2 ай бұрын
😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂
@balancedlifetv
@balancedlifetv 2 ай бұрын
@@valentineishimwe2795😂😂😂😂😂😂😂baje kubarabura muhumure❤❤
@lolitaimena9782
@lolitaimena9782 2 ай бұрын
😂😂😂😂😂
@dorotheuwamaria5107
@dorotheuwamaria5107 2 ай бұрын
😅😅😅😅😅
@alphonsineuwamahoro2748
@alphonsineuwamahoro2748 2 ай бұрын
Ibaze pe inzara70 euro😢 naturally beauty yubahwe🎉
@rene7406
@rene7406 2 ай бұрын
Sabin ntabwo aribyo, ntabwo wagira umugabo cg umugore hano muri France mwasezeranye ngo usezerane nundi murwanda noneho umueane hano ngonikunde, kuko Ambassade ya France ibanza gukora enquête niba ntawundi mwasezeranye mbere yokuguha visa. Kandi niyo uvuzeko mwatandukanye ugomba kwerekana ikemezo cyurukiko cyuko rwaguhaye gatanya. Ibyo rero waruvuze ntabwo bibaho .
@ggx290
@ggx290 Ай бұрын
Njyewe icyo nakubwira wa mukobwa we twe tujya Europe dushaka amafranga kuko murwanda ntakazi wabona kaguhemba nibura 1500&200$ ariko muri Europe urakabona ukaba wanakora saving.Niba ubayo ntakintu ukora nyine uba murugo ni challenge kuri wowe .
@ManishimwePacifique-vy5jm
@ManishimwePacifique-vy5jm 2 ай бұрын
sabin wibuke ko twese tutagira igeno rimwe nkuko bamwe bibahira abandi bikanga buri wese ajye yivugira njyewe seko ariho mba mbaye iki meze neza cyane kandi mbona ntabirenze akazi murugo nkumugore nibisanzwe ahubwo mbona mu rwanda ariho bikaze cyane niba uwo mugabo ataguhaye umwanya ubwo afite abandi yawuhaye ariko nukuri ntimugasebye abantu ngo hanze nihabi amahirwe yanjye siyo ntabirenze ubuse mu rwanda babura guhemuka hose barahemuka divorce ntaho zitaba ariko nukuri niba byarakurumbiye wisebya abandi
@inor8458
@inor8458 2 ай бұрын
I mahanga tubaho du struggling tuba muri za colocation uba ukodesha icyumba gusa. Iyo rero uje kigali kuko amafranga uzanye ahita aba menci niyo mpamvu ukodesha inzu nziza kugirango wiyibagize byabindi uba waciyemo bukomeye iyo imahanga. Ibintu imahanga birahenda ntimukagirenga ntibihenze. Twe twamenye ubwenge iyo tuje kigali tugura inkweto nimyenda tukabijyana kuko imahanga biba bihenze pe. Usanga ari za Og. Kdi twimentereye chinese zo muri chic.
@solangemukeshimana9946
@solangemukeshimana9946 2 ай бұрын
Aho hantu batemera ko abashyitsi babasura nihe?? America turashinganye da mumazu yacu haraka
@MukabayongaOdette
@MukabayongaOdette 2 ай бұрын
Fofo ndagukunda cyane
@balancedlifetv
@balancedlifetv 2 ай бұрын
❤❤❤❤
@co476
@co476 2 ай бұрын
Erega muzanitegereze abasore bose baza gushaka I rwanda abenshi muribo aba arinzazame , injiji, cg bafite ubwenge buke muri society babamo bityo kubona abakobwa babemera aho batuye bashingiye kubwenge bikaba ingorabahizi. Barabengwa peee😂😂😂 then bakaza gushukisha abana bato bikenereye ifaranga ntabindi bitekerezo cg se akenshi ugasanga n'indaya nyine zidafite izindi ndanga gaciro. Abo bagabo akenshi aba aribisaza kubo barigushaka cg arinjiji nyine mubigaragara yaba anavuga ukabyunva neza ko ubwenge bwe budasamaje. Hanyuma bakivugisha ngo turigushaka abirwanda kuko aribo bafite umuco gusumba abiburayi😂😂😂😂😂 !! None c we ntuba uzamujyana akaba uwiburayi??
@Nova7726
@Nova7726 2 ай бұрын
Ntushyire abantu Bose mu gatebo kamwe harimo abantu sérieux babazana kandi bakubakana njye ndamufite w'inshuti babanye neza cyane ariko ibyo uvuga nabyo bibaho ariko wituka abasore Bose baza gushakira mu Rwanda uko ibivuze siko .
@co476
@co476 2 ай бұрын
​@@Nova7726 Rwose ibyo uvuze nibyo sibose gusa akenshi abenshi baba bameze uko!
@balancedlifetv
@balancedlifetv 2 ай бұрын
😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂❤❤❤❤
@balancedlifetv
@balancedlifetv 2 ай бұрын
@@Nova7726❤❤❤❤❤Ngirango yavuze en général da
@balancedlifetv
@balancedlifetv 2 ай бұрын
@@co476❤❤❤❤
@NtagungiraARemy
@NtagungiraARemy 2 ай бұрын
None credit card hano se buri bank yayiguha,sha mujye mureka ayo masaziro se kgli wayakora uhembwa 30$_100$_500$, mugihe hanze ayabona 30$/hrs,
@TetaPaec
@TetaPaec 2 ай бұрын
Ndagukunda peeeeeeeeeeeeeee mukobwa mwiza
@jeanclaudengirishya7189
@jeanclaudengirishya7189 2 ай бұрын
ako gakweto nisawa cyane
@Ladymartha1978
@Ladymartha1978 2 ай бұрын
Sabin inzu ntituzishyura mumyaka 7 ahubwo tuzishyura mu myaka 30, hanyuma ubuzima isi hose buragoye ntawageze iyo ajya.
@alphansalu1282
@alphansalu1282 2 ай бұрын
Sha mwagiye mureka mwabantu mwe None muragirango turuhuke tuzarye iki
@wecando4925
@wecando4925 2 ай бұрын
Ese ubundi ko mwatwawe namafaranga, shinga udususu hasi mukore mukore kwirukira amafaranga kuko wirukira amafaranga ugakomereka umutima kuburyo nuwugukunda atakurya utemera, mugume hamwe nababwira iki.
Ozoda - Lada ( Official Music Video 2024 )
06:07
Ozoda
Рет қаралды 29 МЛН
Flipping Robot vs Heavier And Heavier Objects
00:34
Mark Rober
Рет қаралды 36 МЛН
Help Me Celebrate! 😍🙏
00:35
Alan Chikin Chow
Рет қаралды 83 МЛН