@@athanasiebampire420 yooooh Imana ikuruhure mu izina rya Yezu Kristu umwami wacu🙏
@william49453 жыл бұрын
Hello, nibyo pe ndabyemera Aline ko wababaye, kuvuga akababaro waciyemo birumvikana pe kandi biraruhura cyane. Rwose uri umubyeyi gerageza kugabanya kunyura ku miyoboro yose ikorera mu Rda, benshi bazi ibibera mu ngo, ibyo uvuga byose uwo uvuga ko ari mubi ni nyirakuru w'abana bawe, ubwo ibyo urimo ntabwo ufasha abana. Abana bazakenera kuganira na nyirakuru n'abandi baturuka ku ruhande rw' umugabo. Wikikunda ngo wibagirwe cg hagire abandi bahungabanwa no kuruhuka kwawe. Ibibazo dufite n'uburyo tubisohora bishobora guhungabanya abandi
@niragirevalentine45543 жыл бұрын
Umva reka umwana wumunyarwanda yiruhukire,abantu ntitwakira ibintu kitwe no kuruhuka ntibica munzira zimwe kandi umwana udakuriye kubabyeyi bombi nubundi ntacyo atamenya.rata wabaye nkange uzashake tuyage chr.
@oliviaolivia66463 жыл бұрын
Oya sha umuntu wagusenyera urugo aba akwishe kabiri akaguhamba urora
@MMathy1163 жыл бұрын
Ukuri ni ukuri...
@william49453 жыл бұрын
Ndabyemera ko aba aguhambye urora, none se igisubizo ni kiriya? Buriya haribyo dukora tugasenya ibiri inyuma yacu, iyaba twatekerezaga buri gihe ko inyuma yacu hari abakeneye ibyo twe tutabonye ubuzima bwaba bwiza kurushaho. Akenshi dushaka kwirebaho cyane kurusha uko twakwita kubari inyuma yacu
@mutuyimanaflorentine1302 жыл бұрын
Agahwa Kari kuwundi karahandurika pe,mureke avuge nimukuru ,azi ibyo avuga nimpamvu yabyo.Hari uwo byabaho we ntiyihangane .
@douglasmubirigi44143 жыл бұрын
Baravuga ngo ntuka judginge based on one side of the story ariko ikigaragara nuko nkurikije intanga gaciro uvuga, umugabo wawe yabuze umugore muzima pe. Yarahombye nubwo nawe for sure ntiwishimye ikigaragara ntiwagiye kubaka ushaka gusenya uwahombye cyane niwe rwose.
@update6533 жыл бұрын
Iririre, jyenda wifatire
@douglasmubirigi44143 жыл бұрын
@@update653 kubaka sikintu cyoroshye kandi benshi basenya kubera kutarerwa neza cg se kumenya agaciro kumuryango, amagambo uno mu maman avuze ubaye uzi kumva wamenya ko umuntu utashobora kubaka ntiyanabivuga, izo ni ntangagaciro benshi batanasobanukirwa. Abaye abesha ayo magambo ahagazeho ntiyayavuga. Kuko ntagaciro yayaha. Umuryango urenze agaciro n' ibyifuzo byumuntu umwe mubawugize and that's where most ppl make a huge mistake.
@uwimbabaziseraphine25643 жыл бұрын
Urukundo rw' umugore n' umuhungu rutangira umwana akiri muto, rugakomeza gukura , nkuko bigora gutandukana hagati yabakundanye ari bakuru niko bigora gutandukana hagati ya Maman n' umuhungu we, bifata igihe kirekire ngo batane, bisaba rimwe na rimwe kwihangana no kuba kure ye, kuko iyo bari kumwe ntibyakunda, ikindi nabagabo bakishakamo uko bagabanya uwo mubana naba Maman, kandi ntihabe guhangana kuko iyo muhangana mubaho nkabakeba muhuje umugabo 🤷sorry kubakomerekejwe naba Belle Mère.🙏
@innocentdushimimana54573 жыл бұрын
Ajye abanza asobanure neza! Umwana umwe? Umwana wakabiri? Umwana wagatatu? Umwana wakane? Uwo mugabo koko ni shitani? Nibyiza TV zigiye zakira imbande zombi. Kugirango abana bazashobore kwiyubaka.
@@espoirejane446 Sha ba mabukwe akenshi bashobora kukurwaza umutwe pe 😂 Kuko aba yaramenyereye gufata Decision zumuhungu we muri project ze. akenshi iyo ashatse umugore. Umukecuru akomeza kwivanga akumva ko hagomba gukorwa ibyo ashaka cg umuhungu we agomba kumumenyesha mbere yuko ikintu cyose gikorwa. Ngewe nigira nkigipfamatwi yamara kugenda nkabwira umugabo Nti Uge umenya ko nashakanye nawe gusa. Ntago nigeze nshakana na mama wawe. ibikorwa murugo rwacu ni imyanzuro yacu Ntago ari imyanzuro yiwanyu😉
@espoirejane4463 жыл бұрын
@@aimeekleine8764 ariko urumva ko ubikora neza ,kuko nyirabukwe w umuntu uko biri kose ni uwo kubahwa erega aba yarakubyariye umugabo. Njyewe imiryango myinshi nzi mbona abakazana ari babi mbireba ni amaso yanjye...... Erega nyokobukwe aba anashaje nabyo aba agomba kubyubahirwa kuko avuga abintu agereranyije ni igihe cye pe.
Sha njyewe nashatswe n'umurundi ababyeyi be na bene wabo bose banter'ibyatsi ko ndi Rwandaise mais basanze ibyo biyunvira kurinjye ari différent, kdi nagize amahirwe umugabo wanjye arankunda babuze aho baduca.
@wecando49253 жыл бұрын
@@jeannedarcngoga2016 byiza cyane nabandi bakwiye kukuvaza canke ibanga yakoresheje, uretse nibyo abantu bafatira kumpande zose bagahorana uburere mutibagiye namako, kandj koko mubyukuri amako akomoka kuri satani kuko Imana yaremye umuntu umwe Adam. Eva ava muri Adam. Rero umuntu yokwibaza ayomoko aho yavuye ukabura.
reka ntakure habaho. njye n'umugabo twarimutse tubasiga mu rwanda twambuka ama fleuve na ma océan, mpita niruhutsa nti ndabacitse, ariko biranga. gusa nagiraga muramukazi wanjye umwe unkunda, rimwe abyira musazawe ariwe mugabo wanjye ati natarekana niwabo ntarugo azubaka. kubwamahirwe yaje kurekana nabo arampindukira dukomeza kwubaka. ubu tumeze neza pe. gusa naje kwongera kumugirinama yo kugarura relation yiwe n'abiwabo kuko na none sinishimiraga kubona batavugana kubera njye. byarakunze, ubu bimeze meza ntakyo bakwongera kunkorera kuko babonyeko umugabo anshigikiye. yes ntabwo bankunda ndabizi mais turubahana c'est tout et c'est ce qui est important
ubwo se uvuze uko ushingiye kuki ? iyaba waruziko hari izi meze neza zibanye neza .kdi zirikumwe na Yesu Kristo.
@rurangwachristianalain63573 жыл бұрын
Ntago navuze ko Ari zose ariko,ntimunyumve nabi
@CM-gh3jy3 жыл бұрын
Kabisa
@kinghimself14143 жыл бұрын
Uyumu mere muzamugarure atubwire neza store yiwe kk ari street nka madam wange yarababajwe gusa nimba iwabo baribishoboye umugabo yashakaga bamutware na family yiwe bahageze bamutesha agaciro
Sorry sister for everything happened to you... that happened the same to me And I divorce in 2018 . Komeza wigishe abagore na bakobwa Na ba papa na ba maman Togomba gukundana nogufashanya Nokotibagirwako niba urine umugabo Orongoye umukobwa , nukuvuga ko atakiri muri family ye ahubwo nukumukunda kuku yinjiye muri family y,umugabo .
@alicemunyemana-yx3bv10 ай бұрын
Abagorebeza bahuranibigeragezo nukuri.ariko banyirabukwe babantu batisubiyeho bazahuranimana kuko nibigeragezo pe
Iyo uri uri umwana mwiza bahita babona ko ari uburyarya wabagirira neza bakabona ko ari ukwibombarika jye byambayeho donc kuba umwana mwiza kwanjye kwitanga nkabitangira nkabakunda ariko bakavuga ngo nuburyarya ngo nikugira mbikundishweho ibaze umuntu kumugirira neza akagomba gutekereza impamvu wamugiriy neza ntanatekereze ikiza agatekereza ibibi.ibyo byakubayeho nibyo byambayeho kumva nta jambo ugira murugo ntagaciro uko nanjye nibyo nabayemo.
@namungolubala17883 жыл бұрын
MUNGU AKULINDE DADA YANGU TENA POLE SANA KWA SHIDA ULIZOZIPATA DADA UKIOLEWA NA KIJANA MWENYEKUSIKIYA .MAMAYAKE HAMUWEZI KUJENGA BUNYUMBA NAMIMI BWANAYANGU ALIKUWAKA VILE ALAKINI YEYE ALIKUWAKA ANANI PROTEGE NDIYOKWAMAANA TULIJENGA BUYUMBABWETU MPAKA AKALETEYA KIJANAWAKE MWENGINE MWANAMUKE KIJANAWAKE AKAMKATALA HUYOMWANAMUKE HAPOHAPO AKANICHUKIYA NA AKACHUKIYA KIJANAWAKE PIYA MPAKALEO TUKOBIEN SANA NA MUMEWANGU TENA TUKO NA WAJUKUU 4 FOUR KWASASA NIKO CANADA NA MIMI NAGUPA POLESANA NDUGU YANGU MUNGU IKOPAMOJA NAWEWE
She is a Strong Woman! Ibyo wakora Utiringiye Imana Byose n’Ubusa!
@sumutunge3 жыл бұрын
Aline weee.... uranshimishije pe, nkuzi muri izo steps zose, Imana yarakwubatse, iraguhindura, kandi seriously, you gained alot of maturity and you are building many people by your testimony. I love you more and undestand now what you went through even that moment you came back in Rwanda, was really not you acting the way you did, it was alot of pain and dissapointment. I am glad that you have your feet strongly on earth, don't mind about men, raise your kids, stay happy and keep serving God. You will be rewarded by him alone! I love you! 😍😍😍