Mwahindura title ntabwo yavuze ko batariye itunda, ahubwo yavuze ko bazize icyo babaye cyo mbere yo kurya itunda. Bariye itunda ariko sicyo cyaha, icyaha Adamu na Eva bakoze ni ukutumvira, uko kutumvira nibyo byatumye bakora ibikorwa bibi birimo no kurya itunda ryabuzanijwe. *Banze kumvira Imana babisoresha gushyira mu bikorwa uko kutumvira*
@caudetheophile78873 жыл бұрын
Musabihe kuzahura numwami yesu muri cyagitamo cyabera ndamukunda cyanee
Iyi Title mwayikuye he? Mwahimbiye muzehe ibyo atavuze Ntiyahakanye ko bariye itunda Muyihindure mureke kuyobya abantu b' Imana (Muramenye mutaba mwarabikoreye gushaka views) Tubashimiye ko mwatunganije iki cyigisho gusa iyi Title muyikosore. Murakoze.
@yoramhategeka69793 жыл бұрын
🙏
@ndikuryayojeanpaul12813 жыл бұрын
Pastor mpyisi, nagirango munyibutse icyo u Rwanda ntirurara inze cg umwanzi w'u Rwanda ntazarwambara umugono bivuga. Mwarabisobanuye kera kuri radio gusa simbyibuka, murakoze.
@VibeStream.7TV3 жыл бұрын
Ariko ninde wareberetse timetable y'imana!? In front of your creator all you need is to keep silent!
@20Gerch3 жыл бұрын
Hello Ndabaza Adamu yararemwe noe Eva tubonako arurubavurw 'Adamu Imana yaremwemo Eva nkibaza NGO ubwo Eva we ntiyaremwe murubavurw'Adamu? Kowatubwiyengo Evangontiyaremwe? Ikibazopfite nicyo
@bosconiyongabo9487 Жыл бұрын
Bit
@benjaminhabarurema7203 жыл бұрын
Ese mwajya mudufasha kumenya uko ibi biganiro bikurikirana muri naming. kuburyo umuntu yabona icyabanje nicyakurikiyeho.