Kuba iyi ntama yavuga nta gitangaje kuko satani afite uburyo bwinshi bwo gukora . Ikigaragara irimo amajini n,amadayimoni. Buriya murabona ari intama ariko ishobora kuba ari umuntu ufite ishusho y,intama. Nimudakizwa ngo mwakire Yesu Kristo nk,umucunguzi wanyu izabamara.
@deonduwimana7362 жыл бұрын
Ego cane ni bakizwe kuko irimwo ibanga rindi ryabadayimoni
@ChantalNsanzumubyeyi5 ай бұрын
Muratubeshya pe
@vanessa29344 жыл бұрын
Yeah iyi ntama Hari imihango n, imigenzo yayikoreweho. Ahubwo mwitonde.
Intama ivuga? ntabwo byoroshye! uko byagenda kose bayikoreyeho imihango ya gipagani! ese ubundi ko numva idashobora kugurishwa yumva amaherezo yayo ari ayahe? ese niba asenga Imana ntiyareba uko yayikuraho kuko natareba neza izamukoraho! nako yikururiye dayimoni kandi izamukoraho byanze bikunze.
@kantengwaadela52464 ай бұрын
Hari mushuti wange
@IribagizaDezange Жыл бұрын
I'm Patrick live in Uganda so guys we really like vibes
@okss25052 жыл бұрын
Ayo ni amagambo!! Kuki mutayivugishije se ngo tubyemere,mwa njiji mwe, Wa munyamakuru we nawe uri injiji!! Ibyo bakubwiye ubyemeye ute kdi batayivugishije ngo ubyumve?