Ese ayo madini ko yadutse muri 30years ishize, mbere ntaho basengeraga he?
@jeandedieuuwingabiye82515 сағат бұрын
Ibyo uvuga ni ukuri p
@GikundiroNikore13 сағат бұрын
Mbabajwe numuriro wa pantekonte pe ukuri urukundo byawo nubwo ntasengeragayo sinzabyibagirwa
@Hope-o8c8 сағат бұрын
Nyamara ibi ntibitunguye ababa hafi y'Uwiteka ku karago, ndetse byagejejwe no kurizi mbuga n'abakozi be n'abahanuzi(bake ba nyabo batari abibinyoma beze)Ibi ntibizatesha inzira y'agakiza umukristo nyawe,usanzwe azi ko iyo nzira itoroshe,ibirura byinjiriye Itorero nibyo bizakomeza inzira yurupfu bibamo.
@MarcelineUwamugirz3 сағат бұрын
harinandi bagombe bayafunge ni menshi cyake
@intekerezo20238 сағат бұрын
Ese byashoboka ko habaho idini risenga ritaka abantu Amafaranga/ridasahura abantu,ahubwo rigamije kujyana abantu mu ijuru gusa?
@NgogaBienvenuPTvN.R7 сағат бұрын
Nibagusubize basi bakemake
@tuyishimirereverien62505 сағат бұрын
Ibyo ubaza ntibyakunda kuko mugihe ubuzima bwose bwo mu isi busaba gukora ibiteza imbere umunyarwanda, n'amadini n'amatorero basabwa gukora ibikorwa bisaba Frw menshii. Ni byiza rero kutaba umuhezanguni kuri ibyoo ahubwo tukarebera hamwe uko fundraising mu matorero ku bikorwa byayo byakorwaa, umuyoboke atabangamiwee
@tuyishimirereverien62505 сағат бұрын
Byashoboka ko usengera mu Itorero / Idini ubasha; - Kwigishirizamo umwana wawe!, - Kwivuriza mo!, - Gusangamo abagufasha kubona ibya ngombwa mu buzima!, - ...... Amadini afite umumaro munini rwosee
@nikobigendaadrien7914Сағат бұрын
@@intekerezo2023 Oya. Bakenera ka OMOko gukora isuku, imyenda y'imihango, kubaka insengero, imibereho y'ubafasha ... Amaturo yo arakenerwa, ikibazo ni ikizere wagirira uyacunga.
@abrwanda5 сағат бұрын
Rwose bakomeze bahagariike nayandi bateka imitwe Nta gukinira mu b'Imana . ntabwo ari business gukorera Imana
Waribeshye! Uri muri Kristo Yesu neza ni we utunganye! Kuba uhagaze neza imbere y' abantu ntibivuze ko utunganye.Wikibeshya turagana ijuru ntitugana isi.
@nikobigendaadrien7914Сағат бұрын
@@ndayizeyefidele Ntimubipfe, uwabonye aheza age yikirira ahe abandi amahoro!
@Ntawihishimana6 минут бұрын
Kontumvamo abahamya bayehova ubwo ntakimenyane kirimo koko aha ibintu birakaze
@kamayiresejassimine1521Минут бұрын
Ntakavuyo bagira rwose nta nicyo batwaye
@MagnifiqueJeanluc5 сағат бұрын
Ya madini ya kera makeya niyo akomeza
@nikobigendaadrien79147 сағат бұрын
Ibisobanuro Leta yatanze birumvikana rwose. Nibage muri ADEPR cg Metho, cg berure bacishe make tubakire mu Muryango Mutagatifu.
@tuyishimirereverien62505 сағат бұрын
Urifuza ko bayasenya kugirango abayarimo baze iwanyu se?/ Ntibyaba aribyo ahubwo hakenewe amahoro n'umutuzo muri bo kugirango nawe ugire umutuzo
@nikobigendaadrien79144 сағат бұрын
Duciye akabogi nakumvisha ukuntu amadini nk'icumi yaba ahagije mu Rwanda, abantu bagakora indi mirimo.🖐️
@tuyishimirereverien62504 сағат бұрын
@@nikobigendaadrien7914 Imyemerere ni ikintu gikomeye cyane. Kandi itegeko ryacu ritanga ubwisanzure pe, ubwo rero uyagize 10 hari abo waba ubujije uburenganzira bwaboo. Niko mbibona
@dudu.3327 сағат бұрын
Nyamara ABAHAMYA BA YEHOVA ntawe bajya baka amafrw. Ndetse nta mwanya wo gutura bagira, gusa iyo ufite umutima wo gufasha hari utu boxes ushyiramo inkunga yawe ntawukubwirije.
@Usxjklg3 сағат бұрын
Bavuga ubutumwa bwande?
@UsengimanaAlain14 минут бұрын
Bahamya ibyayehova imana yukuri numwana wayo yesu
@dudu.3322 минут бұрын
@@Usxjklg bavuga ubutumwa bya YEHOVA (IMANA)
@intekerezo20238 сағат бұрын
Ese byashoboka ko habaho idini risenga ritaka abantu Amafaranga/ridasahura abantu,ahubwo rigamije kujyana abantu mu ijuru gusa?
@peacerugira7 сағат бұрын
23 Ubwo nagendagendaga nitegereza ibyo musenga, nasanze igicaniro cyanditsweho ngo 'ICY'IMANA ITAMENYWA.' Nuko iyo musenga mutayizi ni yo mbabwira. 24 Imana yaremye isi n'ibiyirimo byose, Iyo kuko ari yo Mwami w'ijuru n'isi, ntiba mu nsengero zubatswe n'abantu, 25 kandi ntikorerwa n'amaboko y'abantu nk'ugira icyo akennye, kuko ari yo yahaye bose ubugingo no guhumeka n'ibindi byose. 26 Kandi yaremye amahanga yose y'abantu bakomoka ku muntu umwe, ibakwiza mu isi yose. Ni na yo yashyizeho ibihe by'imyaka ko bikuranwa uko yategetse, igabaniriza abantu ingabano z'aho batuye, 27 kugira ngo bashake Imana ngo ahari babashe kuyibona bakabakabye, kandi koko ntiri kure y'umuntu wese muri twe, 28 kuko ari muri yo dufite ubugingo bwacu, tugenda turiho, nk'uko bamwe bo mu bahimbyi b'indirimbo banyu bavuze bati 'Turi urubyaro rwayo.' 29 "Nuko rero ubwo turi urubyaro rw'Imana, ntidukwiriye kwibwira yuko Imana isa n'izahabu cyangwa ifeza cyangwa ibuye, cyangwa ikindi kibajijwe n'ubukorikori bw'abantu n'ubwenge bwabo. 30 Nuko iyo minsi yo kujijwa Imana yarayirengagije, ariko noneho itegeka abantu bose bari hose kwihana, (Ibyakozwe n'Intumwa 17:23;30)
@peacerugira7 сағат бұрын
23 Ubwo nagendagendaga nitegereza ibyo musenga, nasanze igicaniro cyanditsweho ngo 'ICY'IMANA ITAMENYWA.' Nuko iyo musenga mutayizi ni yo mbabwira. 24 Imana yaremye isi n'ibiyirimo byose, Iyo kuko ari yo Mwami w'ijuru n'isi, ntiba mu nsengero zubatswe n'abantu, 25 kandi ntikorerwa n'amaboko y'abantu nk'ugira icyo akennye, kuko ari yo yahaye bose ubugingo no guhumeka n'ibindi byose. 26 Kandi yaremye amahanga yose y'abantu bakomoka ku muntu umwe, ibakwiza mu isi yose. Ni na yo yashyizeho ibihe by'imyaka ko bikuranwa uko yategetse, igabaniriza abantu ingabano z'aho batuye, 27 kugira ngo bashake Imana ngo ahari babashe kuyibona bakabakabye, kandi koko ntiri kure y'umuntu wese muri twe, 28 kuko ari muri yo dufite ubugingo bwacu, tugenda turiho, nk'uko bamwe bo mu bahimbyi b'indirimbo banyu bavuze bati 'Turi urubyaro rwayo.' 29 "Nuko rero ubwo turi urubyaro rw'Imana, ntidukwiriye kwibwira yuko Imana isa n'izahabu cyangwa ifeza cyangwa ibuye, cyangwa ikindi kibajijwe n'ubukorikori bw'abantu n'ubwenge bwabo. 30 Nuko iyo minsi yo kujijwa Imana yarayirengagije, ariko noneho itegeka abantu bose bari hose kwihana, (Ibyakozwe n'Intumwa 17:23;30)