Byari byiza nuko ushizemo Gitwaza😢 ntamunsi Gitwaza atigisha kuri Yesu
@IRANZIKhadidja24 күн бұрын
Ba yesu babaye benshi murikigihe
@JNissi-pu2rq23 күн бұрын
@@IRANZIKhadidja Kor 11 : 4 kuko iyo haje umuntu ubabwira Yesu wundi tutababwiye, mukakira undi mwuka mutakiriye mbere, cyangwa ubundi butumwa mutemeye mumwihanganira mubikunze, ariko jye ko mutanyihanganira, For read more download the Bible using this link: 1) Undi Yesu 2) Undi mwuka 3) Ubundi butumwa Abenshi ntibabizi bihorere ariko ni uko badashaka kumva ukuri kubera gushaka gomerwa no gukunda ibyoroshye. Abantu birirwa bavuga ngo Yesu bamwe bakibwira ko ari KRISTO.
@JNissi-pu2rq23 күн бұрын
Kor 11 : 4 kuko iyo haje umuntu ubabwira Yesu wundi tutababwiye, mukakira undi mwuka mutakiriye mbere, cyangwa ubundi butumwa mutemeye mumwihanganira mubikunze, ariko jye ko mutanyihanganira, For read more download the Bible using this link:
@lizalyne242523 күн бұрын
@@IRANZIKhadidjamurabarwayi! Nonese uyuwe twamenya avuga uwuhe Yesu
@kingstonontariotravailazed814122 күн бұрын
Habaho ba yesu benshi muvandimwe !
@chantalmukamucyo573224 күн бұрын
Turakwumva cyane
@petronillawanipendanakintu292122 күн бұрын
Birandyohera cyane!Bible study ni ryari?Ndi i Musanze.God bless you a lot!
@marima970824 күн бұрын
Abakurikira bariyza ni ba bndi bafite amaso ntibabona, bafite Amatwi ntibumve... Nta kundi twabagenza. Bakurikiwe na benshi barimbuza. Gusa Urufatiro rwo ruracyahagaze,kandi rwanditseho ngo : UWITEKA AZI ABE
@AHERACYANE24 күн бұрын
Mignonne nange kumushyikira mumwuka byaranzepe😢
@JojoJoy-fv2gh24 күн бұрын
Ariko se buriya ni gute abantu batabona ko mignone ari umusatanique koko? 🤔😭😭
@KavughoAngelique21 күн бұрын
😢😢😢 ese mushingira kuki muvugako Mignonne adakorera Imana Koko?
@JojoJoy-fv2gh21 күн бұрын
@@KavughoAngelique abafite amaso y Umwuka Wera barabibona cyane pe
Mukoze cane mu hezagirwe mu komrze ku dusobanura ayo majsmbo ku ko arivyinshi tu tazi
@giseleuwera970822 күн бұрын
Wa mutype urinjiji peeeee ,nyuma yizindi,numenya Title yubukire cg poste Daniel na Yosefu,na Dawidi,na Abraham uzahita umenya ko abakijijwe ataribo bakwiye kuba mubuzima bubi.Imana yafashe ibintu byose ibirunda muri Kristo irangije iramuduha,Umwemera rero agomba kugira ubuzima bwiza ,numudendezo,nubutunzi.nawe iyaba udafite ubwo butunzi ntuba usa gutyo.