Рет қаралды 457,939
Nsanzimana ni umwana wabaye icyamamare ku isi yose kubera isura idasanzwe yavukanye, Ubwo Afrimax Twamusuraga bwa mbere twasanze ari umwana utinya abantu kuko mucyaro iwabo aho babaga bamuhezaga bigatuma abaho mubwigunge gusa kuri ubu we na mama we bahinduriwe ubuzima bava mu kazu babagamo bubakirwa indi nzu nziza uyu munsi Nsanzimana yabonye ishuli rimwakira aho azajya yigana nabandi bana bavukanye ubumuga mu ishuli ryitwa Ubumwe Community Center, Mama we akaba asaba nubundi ko mwamufasha akajya abona uko ajya gusura umwana we.
THIS VIDEO STRICTLY FOR EDUCATION PURPOSE
#Mama_we_0781834213