NUMERO WACAHO BAKAGUFASHA KUGURA ITIKE: +250780611582
@chancechance409311 ай бұрын
Ese uyu mugore ukuntu arimwiza birenzeeeeeeeee Ubundi nyoberwa icyo abantu baba bibaza peeee, uri mwizaaaa cyaaaaneeeee, shn nimwizaaaa, abajya babona ukuntu uyu mudamu arimwiza mumpe like pe. Nice couple rwoseee ndumufana kuva cyera
@mamaal694911 ай бұрын
Nimwiza peeeuuu Asuka neza Asuka neza ,arisoneye, afite amaso meza ,agira courage mukazi sana ❤ rero sinibaza abajya bamwibazaho kuba yashakana na Nick!!bose ni beza
@nirenganira843311 ай бұрын
Nukuri nimwiza
@MINOUCHEMIREILLE11 ай бұрын
😂😂😂😂😂
@lolitaimena978211 ай бұрын
@@MINOUCHEMIREILLE😂😂😂😂😂😂😂
@MINOUCHEMIREILLE11 ай бұрын
😅😅😅😳😳😳
@ishimwegisele864111 ай бұрын
Cyakoze sinkunda gutera comment ariko umuntu wifata akandika ngo umuntu ni mubi ntasoni ufite ubwose uyumu mama ni mubi hehe urimwiza cyane mugore mwiza Kandi nu mugabo wawe yaguhisemo kuko urimwiza cyane Kandi ukwiye ibyiza rero umuntu ukwitako uri mubi sinzi ibyo ashatse kuvuga uri mwiza cyane mubyeyi❤
@marcelinehabandi31511 ай бұрын
Abantu twabuze ihero ryimiti kweli, None nkuyu mumama bamuhoriki koko
@UmuhozaFrancoise-bl3he11 ай бұрын
Finally ndabafana ndishimye kubabona together. Umugore mwiza n uwifitiye ikizere. Umugabo uri proud y umugore we ntako asa
@angemutoni149611 ай бұрын
Uyu mubyeyi ni imfura cyaane, yaransohoye muri Mariage, covid ikirangira ari très discipline, afite ubwitonzi, classe. Mpora nibuka yuko ntashatse numèro yanyu ngo mbashimire rwose tunasangire icyayi
Nick umugore wae numwiza aratuje aline uri mwiza pueh ufite numuco bakuveho rwose uri mwiza pueh abavugako uri mubi nabifuzako nick yari gushaka slay queen nick love her byindani pueh❤❤❤❤❤❤❤
Aline ni umugore wa Amahoro cyaneeeeee muzi kuva cyera akomeze kumbeshya mwiza uko Umunsi icya ukaza ni nka ya vino uko isaza ariko irushaho kuryoha❤️❤️❤️ni munambane bavandimwe 💃💃💃❤️
I Burundi naho tuvuga abasore urets k har intara bavuga ngo imisore Turakundana🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮❤️❤️❤️❤️❤️❤️
@AriellaMukiza-p9s11 ай бұрын
Uvuze Yesu nkukunda birushirije wee.ubundi nagira uri umu musulman.mvuze uko kuko duhuje ukwemera,ariko simvuze ko aba musulman ntubaha ukwemera kwabo.ntimuntere amabuye.umwe wese agura ukwemera kwiwe.mwahisemwo neza❤
@heyjuju84211 ай бұрын
Wooow, Aline na Nick muraberewe rwose! Aline rwose ndakuzi kuri Apape wari uzi ubwenge rwose, nongeye kukubona ubyina mu Rukerereza, Wooow! Rwose ndifuza ko igihe nikigera uzigisha abana abanyarwanda bari ku isi yose❤
@turereanualite183011 ай бұрын
Ndabakunda intayoberana nababaza niba bitabakundira ko mwashyira Ishami I Nyamata mukadutoreza abana
Nakunze ukuntu Nick yita ku mugore we , ni imfura pe no mu bihe bigoye , ntabwo umeze nka bandi ba stars wicisha bugufi , occasion nakubonye naratunguwe 🎉🎉 keep shining you made a nice couple
Ark nkunda ukuntu abantu baza ku isimbi tv bateguye kbs😘😘😘😘
@abizeyimanaacquiline942311 ай бұрын
Ariko Nick ari series Sabin arashaka kumwinjirira nkuko ajya abikora abandi Nick agahita amucecekesha ntashaka ko abamenyera ababaza ibyo yiboneye byose nibiri particular
Beauty lies in the eyes of the beholder, mubantu bose habamo amoko yose ( hari inzobe nziza ndetse nigikara kiza and vice verse, ariko twese uko imana yaturemye turi beza.
@TAMU2211 ай бұрын
Mufite ishaza 😂
@gakwisijeanmarievianney203811 ай бұрын
Asa na Kayirebwa uyu mudamu rwose ni umunyarwandakazi mwiza
Ariko basi uyu mugore afite amaso meza koko. Akanaseka neza kubi. Couple yanyu ndayikunda pe.
@Donjean-e5u11 ай бұрын
Aline we hobeee ndakwibutse imugunga na ba cyitatire na goreti babyina wee twarurungano number yawe please from Belgium..ni butse yandirimbo na maman wawe ATI yemwe bavandimwe rero ma,nimuhaguruke, rero ma,bikiramariya aturi imbere..
@Alexolive404311 ай бұрын
Oh!Nick na Madamu ndabishimiye muri beza mukomeze mutere imbere ubundi Sabin ni wowe wanjye komeza utuzanire amacouple nkunda love story z'amacouples.
@medianeniyonkuru47911 ай бұрын
Umugore w'uburanga bwiza utagira umutima ni nk'impeta y'izahabu ikwikirwa mu mazuru y'ingurube! Rero nukur uyu mubyeyi si mubi kuko uvuga ko ari mubi azareme umeze nkawe iyo Imana yahuje abantu biba byabaye Yesu mbere nambere mwa mfura mwe mwubake nezaa