MWUMVE UKUNTU NATUMWE💔IBYA BARIYERI YA 2 BITEYE UBWOBA😭UWARIYE ICYACUMI😭NTA MUPASTERI UZAYIRENGA😭...

  Рет қаралды 9,735

NYIGISHA TV

NYIGISHA TV

Күн бұрын

#Pamphile_0785781442 #Beulah_Uwashyingiwe
Abagenzi barangije igihugu kiroga, bagera mu gihugu cyitwa Beulah, risobanura ngo Uwashyingiwe (Yesaya 62:4). Icyo gihugu kirimo ikirere cyiza cyane kinezeza ugihumeka. Inzira y'abajya mu ijuru ikinyuragamo; bamara iminsi baharuhukiye. Bumvaga inyoni ziRIRIMBA iteka, bakabona iminsi yose uburabyo burabya, bakumva inuma ziguguza. Muri icyo gihugu izuba riva ku manywa na nijoro; abakigezemo baba barenze igikombe cy’igicucu cy’urupfu. Kandi cya gihanda Bwihebe ntikibasha kuhagera; Kandi Abagenzi bahageze baba bitegeye ururembo bajyamo, ndetse bahahurira na bamwe bo muri urwo rurembo, kuko abarabagirana bamenyereye kugendagenda muri icyo gihugu, kuko gifatanye n’icyo mu ijuru.
USHAKA GUFATANYA NATWE MU BURYO UBWO ARI BYOSE TUVUGISHE KURI 0785781442
Email:beulahministry2012@gmail.com

Пікірлер: 177
@Ndumukristu
@Ndumukristu 3 ай бұрын
Ese kuki Ubutumwa bukomeye gutya , Ndetse bwabasha kurimbuza umuntu kuki butanditswe muri bible, ko ubu butumwa butavuzwe n'intumwa twatumwe ho twe aba nyamahanga?, ese aho Amategeko ndetse n'ubuntu byose tubitwarane byose bizadukiza? Ese ubwo tuzaheshwa ubugingo n'ibyo nyuma y'amaraso y'igiciro ya Yesu kristo yatumeneye?
@aumwali3426
@aumwali3426 3 ай бұрын
Ikindi kibazo nibaza ko ibyinshi utabisanga muri bible abandi bo bazabimenya bate
@MUKESHIMANAFRANCINE-b3i
@MUKESHIMANAFRANCINE-b3i 3 ай бұрын
Bivuze ngo buri faranga ryose ryatunyuze muntoki kuva ku myaka 8 kugeza ubu, nimyaka yose twejeje mu mirima kuva icyo gihe kugeza ubu, n' amatungo yose tworoye kuva icyo gihe kugeza ubu, uravuzengo nukubara ayo madeni yose tukayishyura hatabuzemo na kamwe kugirango twandikirwe izo VVV mu gitabo cy' Ibyacumi, ndetse tugatanga na 1/5 cyabyo nk' amande y' ubukererwe. Ntababeshye hatabayeho imbabazi z' IMANA benshi cyane twasigara. Ubwo amaraso ya yesu ntahagije . IMANA idusure idusobanurire ibi bintu byadutse kubw' abahanuzi, bitigeze byigishwa abakristo mu nsengero nkuko Ari kubivuga, cg ngo bibe byanditswe neza muri bible nkuko Ari kubivuga. Kuko Bible nibwo buhanuzi butavangiye, Kandi ntahantu nahamwe handitwe ko udatanga Ibyacumi atazajya mu ijuru. Ikindi nuko abahanuzi mubivugaho bitandukanye. Iyi ni very big challenge ku mugenzi wese uri kujya mu ijuru. Kuko uduciye intege ngo nta mbabazi ahubwo ni ukwishyura amadeni abenshi tutanibuka umubare wayo.
@sarahirankunda1662
@sarahirankunda1662 3 ай бұрын
Reka Reka ibi bintu atubwira binyuranye nigisobanuro cyagakiza dutange uko dushoboye dukundane dukunde Imana urukundo rusesa urubanza.Nukuvugako nurwaza umwana mubitaro uzajya wishyura umwenda wibitaro nuwicyacumi?
@aumwali3426
@aumwali3426 3 ай бұрын
Sha aha ntawazarijyamo pe.iyi Mana itababarira icyacumi se.nuwakubwira ngo wibuke ibyo watunze mumwaka ntiwabyibuka.ariko nkurikije uko asobanura imirongo ya bible imwe wagiramgo akoresha bon sens.
@mugisha719
@mugisha719 3 ай бұрын
Sinumvishije bavuga igihe wabatirijwe ahari
@kundwa4978
@kundwa4978 3 ай бұрын
Iyi Mana ibereka buri munsi ko dufite amatwi arimo amabuye koko .yazarangiruriye ahirengeye igakura urujijo kubisobanuro bw abahanuzi
@KalisaBaptiste
@KalisaBaptiste 3 ай бұрын
Nakunze uburyo afite ubutumwa bwiza ariko uko mkomeza kuryoherwa mbukurikira Niko ndikwisanga mubibazo ntabonera ibisubizo,adufashe ajye ahuza 100%ibyo utubwira nibiri muri bible,hamwe nogusubiza ibibazo muburyo buri wese anyurwa.courage!!!
@KalisaBaptiste
@KalisaBaptiste 3 ай бұрын
Twizereko part 3 ejo Nayo tuzayibona nkaka tukirangije wenda ibyo Ubu tutari kumva tuzabisobanukirwa niturangiza ibice byose,tnks
@danielimanishimwe3777
@danielimanishimwe3777 3 ай бұрын
Bati uko njye nkurikira Niko ndushaho kwisanga mubibazo!!!
@MUKESHIMANAFRANCINE-b3i
@MUKESHIMANAFRANCINE-b3i 3 ай бұрын
Ese umushahara utangirwa icyacumi gute. Mumfashe kuko ngize challenges nyinshi ku cyacumi. Ubuse koko ndaherahe kandi ko nshaka ubugingo.
@kizzamary8556
@kizzamary8556 3 ай бұрын
Ibihumbi 100 utanga (ibihumbi 10) Umushahara wibihumbi 50 ubwo (icya 10 ni 5000)
@oliveZimm
@oliveZimm 3 ай бұрын
kuko amategeko yatanzwe na Mose, ariko ubuntu n'ukuri byo byazanywe na Yesu Kristo. (Yohana 1 : 17) Dukizwa ku bw’ubuntu bw’Imana si amategeko. Rero dukwiye kuyoborwa n’itegeko ry’Umwuks ryatubatuye mu byaha rikatuzana mu mudendezo wa Kristo. harya ngo utazishyura ibyacumi yariye azarimbuka? ndatangaye pe. none se igitambo Yesu yatanze ku musaraba cyaba kibaye impfabusa? ariko muziko Umeuka w’Imana ashobora no kuntegeka gutanga arenze 1/10 ku byo naronse? twemere kwigira ku birenge bya Yesu ubundi tuyoborwe n’Umwuka wera w’Imana naho ubundi ibisigaye bivanga abana b’Imana ni byinshi cyane😭😭
@Innocent768
@Innocent768 3 ай бұрын
Ubutunzi nimirimo bubyara sibwo butanga ijuru Kandi ijuru nimirimo buratandukanye imirimo namakamba Kandi amakamba nayo sijuru
@olivekayitesi1640
@olivekayitesi1640 3 ай бұрын
Niguha 40.000frws yo kwishyura inzu uzayatangamo 4000 hanyuma usigaremo4000 nyiramazu?
@albineuwimpuhwe8751
@albineuwimpuhwe8751 3 ай бұрын
Ese ubundi icyacumi gitangwa mukihe gihe? Ni buri kwezi? Cyangwa ni rimwe mumwaka? Icyacumi gitangwa kugishoro? Cyangwa kunyungu?
@MUKESHIMANAFRANCINE-b3i
@MUKESHIMANAFRANCINE-b3i 3 ай бұрын
Bagusubize numvireho.
@uwizeyimanaaurelie3252
@uwizeyimanaaurelie3252 3 ай бұрын
Ese 1/10 gitangwa ryari? Ni buri mwaka cg buri kwezi? Ese uwatijwe mu mazi magari niwe ukibazwa gusa?
@kizzamary8556
@kizzamary8556 3 ай бұрын
😂😂umuntu wese asabwe gutanga icya 10 waba warabatijwe cy utarabatijwe. Icyangombwa nuko uba wakoze ukagira icyo ufata cg winjiza mu ntoki zawe. Mbese ni ugutora 1/10 mu butunzi bwawe ubonye. Ntibisaba ukwezi cg umwaka. Nubwo waba ukora winjiza buri munsi ugomba gukuraho icya 10 buri uko uyafashe. Ariko si mu gishoro hoya ni yayandi ubara nk inyungu. Mbese mu mugisha Imana iba iguhaye niho nawe utora ugatanga
@kizzamary8556
@kizzamary8556 3 ай бұрын
Niba worora inkoko zigaturaga abana5 cg 10 ubwo urafatamo 1 utange . Waha umukene nawe akorora cg ukayigurisha ugafashisha abandi
@cecileuwimana8149
@cecileuwimana8149 3 ай бұрын
Tuzizera iby,Imana idusaba mu ijambo ntituzemera amayerekwa ayariyo yose kandi umwuka wera arahari kumuntu ufite inyota yo gukiranuka
@SBT_24
@SBT_24 3 ай бұрын
Gal 3:10,13 [10]Abīringira imirimo itegetswe n'amategeko bose ni ibivume, kuko byanditswe ngo “Havumwe umuntu wese udahirimbanira ibyanditswe mu gitabo cy'amategeko byose ngo abikore.” [13]Kristo yaducunguriye kugira ngo dukizwe umuvumo w'amategeko, ahindutse ikivume ku bwacu (kuko byanditswe ngo “Havumwe umuntu wese umanitswe ku giti”) Yesu yapfuye kuko tutabasha kwikiza ariko turarwana no kwikiza
@levasedhonneur2615
@levasedhonneur2615 3 ай бұрын
Mana yanjye!!!! Nyamara mwirinde, mushishoze ijuru aba bantu bajyamo, hari #Ijuru n' #Amajuru. Birashoboka ko aya mayerekwa aba atari amahimbano, ariko akomoka muri rimwe mu majuru adakomoka mu ijuru rya Data wa twese.
@munyanezaaimable-w1s
@munyanezaaimable-w1s 3 ай бұрын
Rwose,simpinyura ibihanurwa ariko ndabona ubu butumwa buje guhagarika imitima yabakristu, nkuko byagenze muri ibyakozwe nintumwa ibice 15.
@MUKESHIMANAFRANCINE-b3i
@MUKESHIMANAFRANCINE-b3i 3 ай бұрын
Muradu challenginga pe. Ndasaba Mwuka wera ngo aze ansobanurire ibi bintu byicyacumi. Kuko narinziko icyacumi cyandikwa mu gitabo cy' imirimo nkindi mirimo myiza yose dukora. Mutumwa ibitandukanye mukaducanga.
@TheCharity.
@TheCharity. 3 ай бұрын
Dore uko uzajya utanga icyacumi cyawe: Ujye ureba abakene cg umukene muturanye umugurire kawunga n’ibirayi, umutangire Mitiweli, niba afite umwana uri kwiga umutangire Minerval, etc...
@Ndumukristu
@Ndumukristu 3 ай бұрын
8 Ariko nihagira ubabwiriza ubutumwa butari ubwo twababwirije, ari twe cyangwa ndetse marayika uvuye mu ijuru, avumwe. 9 Nk'uko twabanje kubivuga na none nongeye kubivuga nti"Niba umuntu ababwira ubutumwa budahura n'ubwo mwemeye mbere avumwe." (Abagalatiya 1:8;9)
@NyiranzirikiJeannedarc
@NyiranzirikiJeannedarc 3 ай бұрын
Erega yanavuzeko atazanywe no gukuraho amategeko ahubwo yaje kuyakomeza ikindi yaravuzengo ibya kayizari mubihe kayizari iby'lmana mubihe lmana.
@cecileuwimana8149
@cecileuwimana8149 3 ай бұрын
Kuvangirwa birashoboka icyonzicyo
@DedithNimbona
@DedithNimbona 3 ай бұрын
Pamphi nanje ndi mu ruhand rwaw kuk ndumva ntanyuzw nubwo buhanuzi
@TuyishimeJoseph-t4y
@TuyishimeJoseph-t4y 3 ай бұрын
Ndabaramukije mwizina rya Yesu harikintu nshakako muzadusobanurira neza komuvuzengo umuntu aramutse afashe 1/10 Akagiha ubabaye ngontibazo Kandi bavugako bitemewe umugomba kubanza gutanga 1/10 hanyuma akabona kujya gufasha ubabaye ibibintu bivugwa bitandukanye nukuzabisobanura neza
@asnh8163
@asnh8163 3 ай бұрын
"Ngo icyacumi nicyo gikatira ikibanza mwijuru umuntu azabamo"? Byanditsehe muri bibiliya?
@kizzamary8556
@kizzamary8556 3 ай бұрын
Senga ubaze umwuka wera ( ngo atunihira iminiho ku Mana)
@beckythehustler2981
@beckythehustler2981 3 ай бұрын
Ayo mazu menshi niba atari ayacu kuko mubisesenguye nanjye nibarize yesu yayatubwiriraga iki?,no kubaka inzu mu isi byaranze Yesu nabirebe ntakibanza nabona mu ijuru kubwimirimo yategetswe namategeko,kubw'imbabazi ze zihoraho iteka nzaba muri ayo mazu,icyakora ngerageza uko nshoboye ngo nkiranuke ariko ntaho byangeza rwose nta maraso ye,abahisemo amategeko nimuyakore yose uko ari magana angahe
@ClaudineUwingeneye
@ClaudineUwingeneye 3 ай бұрын
Wibitindaho uyumuntu ntabwo yatumwe n' lmana uzasome Abaroma 3: 20 -28. Umuntu atsindishirizwa no kwizera muvandimwe ntabwo atsindishirizwa n' lmirimo.
@nyirahabinezaberthilde3735
@nyirahabinezaberthilde3735 3 ай бұрын
Abrahamu se ko yatangaga icyacumi mu matungo yatangaga 1/2?
@NshimiyimanaDamien-ie1bw
@NshimiyimanaDamien-ie1bw 3 ай бұрын
😂😂😂
@sarahirankunda1662
@sarahirankunda1662 3 ай бұрын
Nyaboneka bavandimwe twitondere amayerekwa yo muriyi minsi uyu muntu aho gufasha abakristo arabahabura. Icyacumi no mwisezerano ryakera cyari cyarabananiye ntibigeze bagitanga neza aho muri luka 11 Yesu yavugagako batangaga icyacumi cyimboga kuko zidahenda ariko ntibatangaga icyacumi cya zahabu bari batunze ntibatangaga icyacumi cyamafaranga ibintu ubigize itegeko umusaruro nibyaha ariko uwo Yesu yakoze kumutima arenza icyacumi kandi bikamunezeza. Nimugarura itegeko ryicyacumi mutangire mwubahirize nisabato kandi mubikore neza ntaburyarya turebe ababishobora mbega mbega ????
@munyanezaaimable-w1s
@munyanezaaimable-w1s 3 ай бұрын
Nusoma igitabo cya abagalatiya urabona ubu butumwa bunyuranye, ntabwo dukizwa ni miririmo itegetswe na mategeko, Ibi birajya gusa nisezerano rya kera .
@TheCharity.
@TheCharity. 3 ай бұрын
Uvuze neza.✅ Uyu musore ndibaza uwamutumye bikanyobera.
@jeanfreddyuwizeyimana5354
@jeanfreddyuwizeyimana5354 3 ай бұрын
Ese itorero ryambere tubona mubyakozwe n'Intumwa kobatatanga icyacumu ahubwo umwe wese akazana ubutunzi bwe bagasangirira hamwe urugero Ananiya na Safira ntibazize kudatanga cangwa gutaga icyacumi cyituzuye ahubwo bazize kubesha ko ikiguzi c'isambu yabo cyuzuye.Rero ibyo birakemangwa.
@TheCharity.
@TheCharity. 3 ай бұрын
Uvuze neza.👍
@bravekis9095
@bravekis9095 3 ай бұрын
Cyakora ntawabura icyo atanga pe !
@KalisaBaptiste
@KalisaBaptiste 3 ай бұрын
Nonese kirya gisambo cyihaniye kumusaraba cyizaba muyihe nzu?ko ntacyacumi cyatanze?ese ukizwa kumunota wanyuma yarabatijwe akagwa, akatura mbere yokwitaba IMana akizera Yesu kristo nkumwami numukiza WE azabuzwa kujya mwijuru nicyacumi atatanze ?najyayose azaba mukirere ko ntakibabanza azaba ahafite?
@juliettemutambarungu8028
@juliettemutambarungu8028 3 ай бұрын
Arko rero ndumva bitanoroshye ndumva igitambo cya Yesu gikeneye inyunganizi. Twaba dusubiye mugihe cy'isezerano rya cyera rero ni sabato tuyikurikize. Mbambona arko tuzanacanganyikirwa Uwiteka adutabare pe adufate ndumva bikomeye peee. Yesu dutabare utube hafi
@ديفا-ص1ح
@ديفا-ص1ح 3 ай бұрын
Amen lman ishimwecane Kandiyongere idushoboze murivyose dukomeze Kuyikiranukiracan🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇸🇦🇸🇦🙏🙏🙏
@paulinkambanda427
@paulinkambanda427 3 ай бұрын
Kimwe mu icumi ni itegeko Imana yatanze. Kumvira amategeko y'Imana niko gukiranuka. Umukiranutsi rero azabeshwaho no kwizera. Kudakiranuka kuri kimwe mu icumi ni icyaha, iyo kitihanwe ubugingo buzava he !?
@CultureInkino
@CultureInkino 3 ай бұрын
Ndatangara cane kubantu berekwa kuko umwe wese azana ubuhanuzi bwiwe none se lmana ni zingahe KO biri wese imwereka ibyiwe atawuhuza nundi
@DivineImanizabayo
@DivineImanizabayo 3 ай бұрын
Nange mbanumiwe pee. ntakubeshye iyerekwa rye namaze kuripinga
@ChantoNkusi
@ChantoNkusi 3 ай бұрын
Nanjye iyonumvise abantu baza bavuga ngo berwtswe baramvanga kuberako buriwese azana ibye ! Dusabe umwaka wera adufashe gusobanukirwa bible tumenyeneza icyoyigisha ,naho ibyamayerekwa ntawukwiye kubyubakaho!
@NzamwitaJeanbosco-d4o
@NzamwitaJeanbosco-d4o 3 ай бұрын
A abaroma 5:1-3 inyigisho zihagarika imitima yabizera Kandi amabonecyerwa yose sukuri ubuse abayislam nibavuga ko Muhammad Imana yamuboneke Kandi ibyishi bizera birwanya umwami yesu nukwitonda musome Abagalatiya 5:16-26 muzameya byishi
@ephremntampaka5417
@ephremntampaka5417 3 ай бұрын
Hari n'abandi babonekewe na Bikiramariya Kandi ari umugabekazi wo mu ijuru w'umudayimoni soma Yeremiya44:12-16 urasobanukirwa ko amayerekwa yose atava ku Mana umuremyi w'isi n'ijuru.
@CultureInkino
@CultureInkino 3 ай бұрын
Hari amajuru angahe KOko
@furahamucumashyinge4784
@furahamucumashyinge4784 3 ай бұрын
God bless you 🙏 Uwiteka azashoboze ndaginzi ibice byose maze inyogerere iminsi yo kubaho migure imihigo nahize nishyure ni cyacumi cyayo ni bindi mbitunganye🙏
@Fran-tf7lj
@Fran-tf7lj 3 ай бұрын
A great eye opener indeed. Imana idushoboze nukuri kuyumvira nokuyikorera mukuri. Thank you for sharing.
@ephremntampaka5417
@ephremntampaka5417 3 ай бұрын
hari aho YESU YIGEZE YAKA ICYA CUMI YITONDE AHUBWO ? ESE INTUMWA ZA YESU KRISTO ZIGEZE ZIGISABA UYU ARASHAKA KUTUGIRA IMBATA Y'AMATEGEKO SOMA ABAGALATIYA 3:2,3
@aumwali3426
@aumwali3426 3 ай бұрын
Aha Yesu yaburijwemo.iri juru ryajyamo mbarwa.Yesu yavuzeko murugo rwa data harimo amazu menshi... ubwo icyacumi kizubaka hehe.ndumva yaragiye gutegurwa ayo mazu ahari deja?
@DivineImanizabayo
@DivineImanizabayo 3 ай бұрын
Umvugiye ibintu
@MUKESHIMANAFRANCINE-b3i
@MUKESHIMANAFRANCINE-b3i 3 ай бұрын
Ahubwose ko hari abantu bakizwa bagahita bataha , abo bantu bajya muyahe mazu ko nta byacumi baba bagatanze. ???
@ephremntampaka5417
@ephremntampaka5417 3 ай бұрын
AMAHEREZO AZADUSUBIZA NO MU GUTAMBA IBITAMBO NK'UKO NABYO BYANDITSE MURI BIBLE CYANE ABALEWI
@celineyankurige8442
@celineyankurige8442 3 ай бұрын
bivuzeko dushatse twajya duha ababaye ,nabakene icyacumi, aho kugiha aba pastors ?
@Deborah562
@Deborah562 3 ай бұрын
Ntibisobanutse neza rwose Pamphile yabajije neza Ibibazo nanjye narimo ndibaza. Ariko nubundi ikiganiro kirangyiye ntari nasobanukirwa...Yenda nzagyenda nsobanukirwa mubindi Bice. Ntawamenya.
@lodvkakanazayire6235
@lodvkakanazayire6235 3 ай бұрын
Reka dutegereze 😢 kko pamphile aramubaza ark nkasigara ntanyuzwe
@devmuk5485
@devmuk5485 3 ай бұрын
Niba inzu tuzabamo zubakwa na maturo nicyacumi Yesu yaba yateguye ayahe ko yasize avuze ngo kwa Data hariyo amazu menshi ???
@NakureSarah
@NakureSarah 3 ай бұрын
Pamphi njyewe nasabaga udukorere comparaison yibyo wigishije ku cyacumi ubushize nibyo uwo mugabo arikuvuga ko yagihaweho ubutumwa kuko ndumva binyobeye
@BowasiNDAYIZIGAMIYE
@BowasiNDAYIZIGAMIYE 3 ай бұрын
Icacumi kondiko ndacubakisha urushengero ndabireke canka mbandanye ndasavye munyishure. Jewe ndiko ndacubakisha Ingoro y'IMANA. None ndabigenze gute?❤
@MUKESHIMANAFRANCINE-b3i
@MUKESHIMANAFRANCINE-b3i 3 ай бұрын
Pamhi ndemeranywa nawe rwose kuri avi yawe. Icyacumi ntabwo gisimbira amaraso ya yesu. Ahubwo giherebwa ingororano nkindi mirimo yose tuzapimirwa. Mwuka Wera adusura adusobanurire. Adukure mu rungabangabo rw' icyacumi abahanuzi batandukanye mugenda mudushyiramo. Imana ibahe umugisha.
@MADAMEJohnkitabi
@MADAMEJohnkitabi 3 ай бұрын
Udasobanukiwe,icyacumi ubwo nta juru ategereje,lmana itwigishe,naho ubundi ntibyoroshye
@enfantdedieu4347
@enfantdedieu4347 3 ай бұрын
Hari ibyaha bisaba REPARATION ,sinumva impaka za Pamphile , Uwakijijwe utaba muri SANCTIFICATION azabona Imana ??Pamphile ansubize . Urya icyacumi si umujura se?
@danielimanishimwe3777
@danielimanishimwe3777 3 ай бұрын
Mukobwa ndagowe!!!njye noneho kuva navuka sindagitanga narimwe!!ndumva no mw,ijuru bizansaba gukodesha pee!!!ese pasteur wee!!icyo cyacumi agihande?
@KAWERAYvette
@KAWERAYvette 2 ай бұрын
Arikose ko 1/10 ntaho tugisanga mu mategeko 10 y'Imana, ubwo ni mumategeko yande😢. Nonese ko Bibiriya ivugango ntacyaha Imana itababarira keretse gutuka Umwuka wera, none nikuki 1/10 utaragitanze atababarirwa😢
@olivekayitesi1640
@olivekayitesi1640 3 ай бұрын
Uyu muhungu yabyishe kuko iyo avuga ati ni uko Imana yampaye message ntajye gusobanura ibyo Imana yamubwiye. Kuko ijambo ari gutanga biterwa na contexte ryavuzwemo. Murakoze
@kizzamary8556
@kizzamary8556 3 ай бұрын
MANA Weeee 😢 NYESU ati: Ni njye NZIRA, UKURI N'UBUGINGO. sinaje gukuraho AMATEGEKO ahubwo naje KUYAKOMEZA❤ Dusabe MWUKA WERA adusobanurire aho tudasobanukiwe neza😊 Mugenzuze BIBILIYA
@NAKUREProvidence
@NAKUREProvidence 2 ай бұрын
Nubwo nabonye uhagurukijwe no gutera amabuye Pamphile, ariko ubyemere ko wayobye. Uraza gusubiza abantu mu isezerano rya kera, ngo 1/10 nicyo gifungura compte y'imirimo, bivuze ko Abraham yemewe n'Imana kubwo kwizera kwe byatumye Imana imuha amasezerano, aruko yamaze gutanga icyacumi?
@mamatuyi8628
@mamatuyi8628 3 ай бұрын
Ariko se uyumuntu byukuri yarabonekewe koko? Nudasoma bibilia yamenya koko ibyavuga ntakuri kurimo!! Ariburanya akitsinda! Gutanga inka,ingurube,inkoko, ndumiwe!!!!
@NyirahabimanaJeanette-pk3jb
@NyirahabimanaJeanette-pk3jb 3 ай бұрын
Yego gutanga bizana umugisha nibyo ariko haricyo nibaza niba kujya mwijuru aribi byose twumvise YESU KUMUSARABA nawe ATI nijye nzira nukuri nubugingo pamphi dukurikize iki twumve ibihe biraducanga peeee
@princechris5487
@princechris5487 3 ай бұрын
Oya concept yawe yicyacumi, I can't agree with you totally, erekana Aho intumwa zatangiye icyacumi, Nowadays umulewi Ninde ngo ahabwe icyacumi? 1 Pet 2:9 [9]Ariko mwebweho muri ubwoko bwatoranijwe, abatambyi b'ubwami, ishyanga ryera n'abantu Imana yaronse, kugira ngo mwamamaze ishimwe ry'Iyabahamagaye, ikabakura mu mwijima ikabageza mu mucyo wayo w'itangaza. Muzansubize niba Kristo yaratugize abatambyi abamwizera nibande bakwiye icyacumi nabatagikwiye?
@ClaudineUwingeneye
@ClaudineUwingeneye 3 ай бұрын
Ndumva rwose ibyuvuga Ari ikinyoma pe kuberako ntaho tubona muri bible hatwerekako tuzajyanwa mw' ijuru ni uko twatanze icyacumi ahubwo woe ugitanga uba uhinyuye igitambo cya kristo Yesu ko kidahagije ushaka kucyunganira😢😢 mureke kwikoreza abantu imitwaro namwe ubwanyu mutabasha kwikorera ( Mariko 7 uzahasome),iyo Mana yabikweretse si Data watwese kuko we yashimwe kudukirisha Umwana we ariwe turo n' igitambo kiyihumurira neza. .ndakwingingira lmana ngo ikugirire Ubuntu bwayo Usobanukirwe neza igitambo cya kristo Yesu dusanga mubaheburayo ibice 9 , ndetse n' igice 10.ubundi urebe icyo abantu bazazira mubaheburayo mubaheburayo 10: 26-29.
@godefroidbankuwiha9
@godefroidbankuwiha9 3 ай бұрын
Ico mbona Ku ca 10 c'ibitungwa biragoye. Exemple Ku nka ntiwokwigera urenza 1. Nk'ubu nguze inka 1 ikavyara n'ukuvuga iyo ivyaye noca ndayitangako ica cumi mpaka. Nokwamana inka 1. Ikindi ko numvise ko n'imbata,ingurube n'ibishuhe vyotangirwa ikigira 10 kandi nziko bibiliya yabishize mu bizira ubwo kubitangira ica 10 ntiwoba ukoze icaha?
@JesusIsTheKing1968
@JesusIsTheKing1968 3 ай бұрын
Eeh Ko numva bitoroshye, Ubwo ijuru ryazajyamo nde? Ninde utari warya icyacumi? Nari nzi ko icyaha kitababarirwa ari ugutuka Umwukawwera none ngo no kudatanga icyacumi! Birancanze pe.
@lamamuke
@lamamuke 3 ай бұрын
Yemwe yemwe mwitondere ibivugwa kuko gutanga icyacumi si agakiza si ninzira yagakiza kuko iyo biba bityo bi byo Kristo nintumwa bari kuba barabanje kutubwiriza. Isezerano rya kera siryo Kristo yatuzaniye ahubwo yatuzaniye ubugingo buhoraho Kandi ubugingo buhoraho ni ukumenya ko Kristo atanga ubugingo, ababarira ibyaha akaba no kutumenyesha ko Imana yatubabaririye muri we. Imbabazi z' Imana zibonerwa mu kwizera Yesu w'i Nazareti wabambwe ku bw'ibyaha by' abari mu is yose!!!!! Turasabwa kujijuka bitari ibyo imyuka Iyobya ya sekibi azaduheza mu rujijo. Umwami Yesu adutabare tumerewe nabi.
@jeanclaudesinzobatohana289
@jeanclaudesinzobatohana289 3 ай бұрын
Burya ba paulo (ndavuga eglise primitive)nabo batanga icacumi canke batora icacumi? Umengo mu vyakozwe n'intumwa ntahantu nahamwe dusoma ko intumwa zigeze zisaba icacumi. Uyu muntu ariko araducanga. Pasteur yotanga icacumi c'icacumi yahawe kiba ari rwiwe?
@TheCharity.
@TheCharity. 3 ай бұрын
*#DAMIYANI**, aho gusubiza ikibazo Pamphile akubajije ahubwo urahita utondagura imirongo n’imirongo, nuko bikarangira nta gisubizo gitomoye utanze.🤔*
@KarangiraJmv
@KarangiraJmv 3 ай бұрын
Abantu mukurikiye ubu butumwa ,undusha gusobanukirwa ansobanurire,amafranga y,inguzanyo (loan) atangirwa icyacumi?
@jeanfreddyuwizeyimana5354
@jeanfreddyuwizeyimana5354 3 ай бұрын
Ese itorero ryambere tubona mubyakozwe n'Intumwa kobatatanga icyacumu ahubwo umwe wese akazana ubutunzi bwe bagasangirira hamwe urugero Ananiya na Safira ntibazize kudatanga cangwa gutaga icyacumi cyituzuye ahubwo bazize kubesha ko ikiguzi c'isambu yabo cyuzuye.Rero ibyo birakemangwa.
@FfuffufFry
@FfuffufFry 3 ай бұрын
Ariko njyewe mfite ikibazo none bibiliya ivuga ko umuntu wese izina rye ritanditse mugitabo cy'ubugingo atazareba Imana .none niba uri mugitabo ukaba watambutse izo bariyeri zimazi icyi ? None uba ugiye kongera kwihana ?ikindi icyacumi ko bibiliya yerekana uko cyatangwaga nkanumva harimo icyacumi na gatatu?noneho bigeze kumatungo birancanga pe .Ese Mwuka Wera duhabwa yaba amaze iki niba atakwigisha cg ngo akuyobore utunganye byose ukabyibutswa upfuye ?
@EmmanuelByukusenge-gd6jq
@EmmanuelByukusenge-gd6jq 3 ай бұрын
Urabeshya wowe Pamphiile uzadurumirire wa mugabo w,irutsiro uherutse cg wamusore w,irubavu wajyaga ikuzimu naho uwo arabeshya.
@MunyanezaEmable
@MunyanezaEmable 3 ай бұрын
Niba mwarumvise amayerekwa ya Ellen g white ibi bintu birasa rwose Ubuse bitandukaniyehe ni inyigisho y'isabato , yo mubadive urebye ukuntu bayigisha bemeza ko umuntu utayiruhuka atazajya mu ijuru, uyu mwuka weretse g white niwo weretse uyu,
@elieniyoyitungira8331
@elieniyoyitungira8331 3 ай бұрын
Pamphile urazubwege umubajije neza ntiyoreka kuba umunya Rwanda ahubwo urahanwa canke Aka kwaka ICO yaguhaye arikwo kubura wamugisha umuntu habwa yagitanze
@cecileuwimana8149
@cecileuwimana8149 3 ай бұрын
Nonese niba icyacumi kigomorora imigisha yo mwisi? Kidatanga ubugingo ?kuki utagitanga atazabona ubugingo?
@olivekayitesi1640
@olivekayitesi1640 3 ай бұрын
Aribyo abamugaye n'abakene ntibazajya mu ijuru. Uziko hari umuntu umara ukwezi atarabona na salaire ya 5000frws?
@KalisaBaptiste
@KalisaBaptiste 3 ай бұрын
Eseko Jesus Christ yavuzeko icyaha kitababarirwa arugutuka umwuka wera ubwo noguhiga ntuhigure nabyo nugutuka umwuka wera kuburyo wakatura ntubibabarirwe?
@sebudandimediatrice389
@sebudandimediatrice389 3 ай бұрын
Mumbarize Pamphile we Kuko bitandukanye nibyo wavuze. Uyu mwana mbona afite imyumvire mike
@mbasic336
@mbasic336 3 ай бұрын
Mwenedata rekeraho gusobanura ubutumwa buvuge uko wabihawe we kubisobanura uko ubyumva kuko uri kubisobanura ugahuza imirongo idahura
@HakizimanaNepo
@HakizimanaNepo 3 ай бұрын
Arko nanjye turi kumwe pamf ubwo se umuntu ko yamara imyaka myinshi atibuka numubare wibyo yakwishyura ngo hakajyaho ni mpongano dusubiye mubya kera kdi ubusambanyi ntibugerekweho impongano ntekerexa ko ibicumuro byose Ari kimwe
@cecileuwimana8149
@cecileuwimana8149 3 ай бұрын
Ariko ubwo utarasobanuriwe icyacumi ntarubanza? Gusa numva kujya mwijuru haraho hazamo ibiguzi
@dushimiyimanajoselyne3808
@dushimiyimanajoselyne3808 3 ай бұрын
Nonese ufite iyerekwa wese riba rivuye ku Mana? Uyu mugabo ndumva abivurunze akabivangavanga ahubwo yaca abantu intege agatuma basubira inyuma niba ari Imana imutumye asenge byumvikane neza.
@ndamyantoine
@ndamyantoine 3 ай бұрын
Kwizera kutagira imirimo kubba gupfuye no kuvugako ukijijwe udakora ibyimana ishaka ngo wahawe umwuka wera ntibifatika ukora ibyo Imana ishaka niwe wi Imana
@thakianezerwa
@thakianezerwa 3 ай бұрын
Ugira amagambo menshi wa musore we.vuga ivyo watumwe nubwo bidasobanutse neza dukeneye no kwumva ibindi
@tuyisengeclaudine4787
@tuyisengeclaudine4787 3 ай бұрын
Icyakoza uri umuhanga pe,ukurikije ukuntu usobanura nuko uvuga imirongo ya bibiliya mumutwe.
@ephremntampaka5417
@ephremntampaka5417 3 ай бұрын
ESE UMURYANGO YESU AKOMOKAMO NI UWA NDE? NI KWA LEWI CG NI KWA YUDA? YITONDE ATABA YARAVANGIWE
@albineuwimpuhwe8751
@albineuwimpuhwe8751 3 ай бұрын
Nonese niba umuntu ufite inka 2 agomba gutanga mo imwe, ubwo icyo ni icyacumi? Cyangwa ni 1/2?
@gasasiragaetan996
@gasasiragaetan996 3 ай бұрын
Iyo usomye abaheb 10:5-10 usanga bihabanye n'ibyo uvuga ku maturo kuko imbabazi ziruta ibitambo abaroma 10:9-10 (niwatuza akanwa kawe ko Yesu ari umwami ukwizera mu mutima wawe ko yamuzuye uzakizwa....) ibyacumi n'indi mirimo ntekereza ko bitakwambura ubugingo ahubwo byakwambura ingororano n'amakamba
@MUKESHIMANAFRANCINE-b3i
@MUKESHIMANAFRANCINE-b3i 3 ай бұрын
Yesu ashimwe mwenedata. Ibi uvuga nange Niko mbyumva. IMANA idufashe cyane.
@mauriceniyikora8102
@mauriceniyikora8102 3 ай бұрын
Gutanga ingurube koko ho icyacumi ntago byemewe . Itungo rizira riguranwa iritazira
@nyirahabinezaberthilde3735
@nyirahabinezaberthilde3735 3 ай бұрын
Ufite Inka 2 atange imwe?ubwo se ni icyacumi? Aho uratubeshye.
@KayobotseAlbert
@KayobotseAlbert 3 ай бұрын
Murakoze. None mu kirundi sinasobanukiwe ijambo akanyerezo.
@EmmanuelByukusenge-gd6jq
@EmmanuelByukusenge-gd6jq 3 ай бұрын
Uzatuzanire wamugabo wavuze yuko hadutse abahanuzi b,ibinyoma
@Innocent768
@Innocent768 3 ай бұрын
Umuntu yajya mwijuru ariko akabura amakamba kuko amakamba nimirimo twakoze
@murekateteclementine-x1e
@murekateteclementine-x1e 3 ай бұрын
NDAGUSHIMYE MANA KO NGEZA MUNZU YAWE NGUGIRIREHO UMUGISHA AMEN
@ALICEUWANTEGE-v8e
@ALICEUWANTEGE-v8e 3 ай бұрын
Merci pamphile,uwo mukozi w Imana ahabwe umugisha nayo
@olivekayitesi1640
@olivekayitesi1640 3 ай бұрын
Alabaho bamuha 200 y'ikibiriti 300 y'umunyu etc..
@sebudandimediatrice389
@sebudandimediatrice389 3 ай бұрын
Uyu muntu yaravangiwe nagende abeshye ahandi hatari kuri Beula
@RachelleAkiteretse
@RachelleAkiteretse 3 ай бұрын
None uwutagira amahera yo kugura iyo nzu bizogenda gute?
@sebudandimediatrice389
@sebudandimediatrice389 3 ай бұрын
Uyu mwana rwose????? Mu ijuru habayo abatambyi??
@sebudandimediatrice389
@sebudandimediatrice389 3 ай бұрын
Bonnes questions Pamphile
@christella5092
@christella5092 3 ай бұрын
Ubaye nkawamupasteur yavuzati uwushigikira inyubako yurusengero izinaryiwe rica ryandikwa mugitabo CUbugingo nejobundi yigishije Brianne ko abatijwe imirimo yiwe azokora ubu izohora yandikwa mugitabo cubugingo ndumva muhuje nuyumupasteur kbx gusa ayomarembo nayijuru ryakangahe?????ko haramajuru 3??
@beckythehustler2981
@beckythehustler2981 3 ай бұрын
Ubu mba numiwe p 😂ikindi abantu bavuga inkiko na barriere mu ijuru sindagerayo ariko nibwirako uwatambutse ahambere aba agiye rwose kuko nta bujurire bubayo,cg purgatory utambuka ute barrier ya mbere nubundi ikurikiye utari buyicike😢
@sebudandimediatrice389
@sebudandimediatrice389 3 ай бұрын
Ntabwo icyacumi aricyo gicungura umuntu
@nyirahabinezaberthilde3735
@nyirahabinezaberthilde3735 3 ай бұрын
Abakene cg abashomeri nta juru se
@Léon_iz-f
@Léon_iz-f 3 ай бұрын
Ubwo ntamukene uzabona ijuru?
@Léon_iz-f
@Léon_iz-f 3 ай бұрын
Ubwo ntamukene uzabona ijuru?
@jeaninekamikazi8751
@jeaninekamikazi8751 3 ай бұрын
Amen
@olivekayitesi1640
@olivekayitesi1640 3 ай бұрын
Ndumva ari uko mbyumva
@MajyambereOnesphore
@MajyambereOnesphore 3 ай бұрын
Urimo kubeshyaaaa
@Innocent768
@Innocent768 3 ай бұрын
Ubwo buhanuzi sibwo
@nyirahabinezaberthilde3735
@nyirahabinezaberthilde3735 3 ай бұрын
Ufite imodoka se?
@Lecombatdelafoi
@Lecombatdelafoi 3 ай бұрын
𝘼𝙢𝙖𝙯𝙪 𝙔𝙚𝙨𝙪 𝙘𝙝𝙧𝙞𝙨𝙩𝙤 𝙮𝙖𝙫𝙪𝙯𝙚 𝙣𝙜𝙤 𝙣𝙩𝙞𝙮𝙖𝙧𝙞 𝙖𝙮𝙖𝙘𝙮𝙪?𝙣𝙜𝙤 𝙮𝙖𝙧𝙞 𝙖𝙮𝙖𝙗𝙖𝙣𝙙𝙚?😢😢𝙤𝙤𝙝 𝙨𝙚𝙞𝙜𝙣𝙚𝙪𝙧 !!
Running With Bigger And Bigger Lunchlys
00:18
MrBeast
Рет қаралды 113 МЛН
АЗАРТНИК 4 |СЕЗОН 4 Серия
36:20
Inter Production
Рет қаралды 491 М.
Will A Guitar Boat Hold My Weight?
00:20
MrBeast
Рет қаралды 253 МЛН
Новый уровень твоей сосиски
00:33
Кушать Хочу
Рет қаралды 4,9 МЛН
Ntihagire ubashuka mwitondere ibyo mwumvise/pst.Emmanuel NGENDAHIMANA.
38:46
Umushinga Wa Christo
Рет қаралды 1,4 М.
Ibitero 1: KIGELI IV Rwabugiri by Mwanafunzi na MUNANA
26:45
RedBlue JD
Рет қаралды 59 М.
Running With Bigger And Bigger Lunchlys
00:18
MrBeast
Рет қаралды 113 МЛН