Father nyagasani we urihejuru yabyose aguhe umugisha❤
@mathildeneza8453 жыл бұрын
De bonnes questions Sabin. Natwe ntitwaridusabukiwe nkaba Catholiques
@arafatharafath10593 жыл бұрын
Amagambo ya padri aragongana aravuga ko yesu yuko ari imana ati numwana w'Imana arongera ati Maria nubyeyi w'Imana Sasa mubaze uti ninde waremye Maria
@angelique58673 жыл бұрын
Oui nonese mwemerako Yezu ari Imana ? Sasa iyo Mana yaje gutereta matrice🤷♀️ Isanga Mariya ariwe wayibyara ku isi ndumva yaranagize ibise😅 kuba yariswe Yezu ntibyamubujije ubu Mana bwe ibi tubyumvikanaho🤷♀️ kucyi mushaka kubumwambura munda ya Mariya ? Sha! Mariya yabyaye Imana pe!
Sabin Kuri twe Katholiek, Magnificat iraduhagije Nkunva agaciro ka Bikiramariya kandi nawe urabizi. Umwitozo Ujye uramuka uyiririmba mbere yuko usohoka munzu uzunce ukuntu wirirwa uryohewe nkutagituye kuri iyi si .uzagerageze ukora uyu mwitozo uzambwira
@mukundwa80713 жыл бұрын
Amen
@patrickmulage175314 күн бұрын
❤❤❤❤❤❤ urakoze cane
@dorotheenimbona70613 жыл бұрын
Murakoze. Ariko n'a Islam iremeza KO ariw nyina wa yezu kandi ari isugi. Ico batemera nuko yezu ari imana. Ngo ni intumwa
@thenewcreation41403 жыл бұрын
Padiri aratubwiye pe Nuko ndi kure nobasavye tugakorana ikiganiro tugakoresha ivyanditswe vyera Mbega yobazi umugani wumworo nutunzi bisigura kwihana ni mwisi Après la mort pas de sarvation
Yesu cg yezu niwe twahawe ho dukirizwamwo. Ubwo rero nyina wamubyaye ntacyo adufasha mumibereho yacu yaburimusi. Nkuko yesu kumusaba dusenga tudakwiye gupfukamira bya bishushanyo bakoze. Ngo ni yesu na bikiramariya tuba twishe itegeko rya kabiri. Biriya nibyabantu babubye. Naya mafoto ya yezu na yabakinyi ba filime bafata. Ngo ni yezu babandi mubona ngo ni filime za yezu. Tungomba kujyendera mu byanditse ataribyabantu bakoresha amarangamutima
@lisanden73203 жыл бұрын
Ariko Nijyezi we, uvuga ukuri iyo uvuga ko atagupfukamira ibishishanyo nyamara kuvuga ko uwabyaye Yesu atacyo adufashya simbyumva. Buriya urasuzugura maman wawe wakubyaye ukubaha so wenyine?
@@jeandedieukayinamura3762 Umunyabyaha se akiza ibyaha ate?
@niyigenaeliane26193 жыл бұрын
Ijambo ryImana litubwirako icyo muzaboha munsi ko no mwijuru kizaba kibotse
@claudenkumbuyinka34123 жыл бұрын
Mariya n'Umuntu kimwe Nabandi Yarapfuye ntiyazuka
@jeandedieuhategekimana20583 жыл бұрын
Mbese numuntu nka mama wawe?
@Sapuna3693 жыл бұрын
😂 😂 😂 😂 Umwanya muto ngo yesu n Imana undi ngo ni umwana wimana🤔🤔🤔🤔🤔ngo Maria yabyaye Imana 😱😥😥😥 nge gusubiramo Aya magabombo numva arimvugo nyandagazi igihe Maria yaratwite YEZU (IMANA) amezi icyenda ubwo mwisi no mwijuru nta Mana yari Hari 😥😥😢 agahinda karanyishe ...... Ndavuga byishi kuriyi myemerere iteye ubwoba 😭😭😭
@kajagitv16603 жыл бұрын
IMANA ibera hose icyarimwe
@Sapuna3693 жыл бұрын
@@kajagitv1660 I cyubahiro ifite kirarenze kuburyo Ntamuntu wabyara Imana
@kajagitv16603 жыл бұрын
Bibiliya ibivuga neza iti:mbere na mbere hariho Jambo kdi Jambo yahoranye Ni IMANA kdi Jambo uwo yari IMANA kdi tuzi ko Jambo Ari YEZU reka tubiharire iyo mwijuru kuko wa mugani imyemerere iba itandukanye kdi ukuri Niko kuzatubatura IMANA irenze uburyo tuyitekereza kdi yigaragaza muburyo butandukanye niyo mpamvu yitwa IMANA Dawidi we yaravuze ngo Ni Yaaaa yaramaze kubona ko IMANA irenze uko tubyumva
@Happyvoici3 жыл бұрын
Maria mubyeyi w Imana ,,,🙈🙈🙈🙈🙈 Biratangaje ukuntu Imana ifite umubyeyi Ndabasabira kwa Nyagasani kuza sobanukirwa neza uko Imana itagira umubyiyi
Aba katolike haribyo bavuga bikancanga none ko bikiramaliya ariwe wabyaye yezu. Kuki mwongera mukamwita ngo ni umubyeyi w Imana??? Imana ntakintu kubaho igereranywa nacyo!! Ntibyara kdi ntibyarwa ntimukavanga ubintu.aba islamu babisobanura neza nemeranya nabo yesu cg yesu uko wamwita kose n intumwa y Imana kuko Imana niyo ntumwa yambere yohereje ku isi ngo abigishe inzira igana ku Mana .rero si umwana w Imana at all!
@ntakisanimanatheresa40203 жыл бұрын
Ipfirurwo nokuhakanya apuu
@bettyladouce30293 жыл бұрын
@@jameseric7123yesu n intumwa y Imana we na Muhammed impamvu Islam u yigisha kuri Muhammed cyane yaje nyuma ya yesu kdi nawe yaje ashimangir ibyo intumwa yambere yamubanjirije ariwe yesu aho nasengera hose ngewe ntiwanyemeza uburyo yesu ari umwana aw Imana ngo mbyemere .Imana niyo yaremye byose niyo ifite byose mubiganza byayo kubera iki mushobora gusenga yesu kdi ushobora byose ariwe Imana ahari??abantu benci hari aho tuyoba.
@wibabarajosephine91862 жыл бұрын
Yezu nu mwana w'lmana wi lmana kandi akaba lmana we wizuye ku musaraba
@propertyv62403 жыл бұрын
Wapi sha . Yesu yabyawe na Yosef naho ibya mariya kubyara atarigeze akora sex byo ni bullshit.😁🤗