Notice how he had his wedding ring on here ariko manawe 😭😭😭 nihatari kabisa
@nemaliliane92413 жыл бұрын
Nabera nje mubambere
@kingroxan69643 жыл бұрын
Igituma Yuda yakoz icaha nuko atameny ico yagomba gukora inyuma yo gukora icaha yans kwihana ngwasabe ikigongwe Imana, kucaha yakoze ariko na petero yarakoze icaha co kwihakana Yesu naco nyene Cabaye icaha gusa agirirwa Ubuntu asaba imbabazi. Yuda yarakwiy gusaba imbabazi arik aca ahitamwo kwiyahura.nuko kuri mfis hagati ya Yuda n'a petero murakoze Imana ibahezagire
@ikitakwishekiragukiza8167 Жыл бұрын
Icyo kibwa gitwaye ikibwakazi se bahu?
@sunshinetv5372 жыл бұрын
Mt 5:28 [28]Jyeweho ndababwira yuko umuntu wese ureba umugore akamwifuza, aba amaze gusambana na we mu mutima we.
@DUHUMURIZANYE3 жыл бұрын
Well done Zacharia and Annet. Blessings
@Sbg-df6xv Жыл бұрын
Imana izabubakire! Amagambo abaca intege muyime amatwi, gutandukana numugore mubyaranye kuba mwatandukana ugashaka undi si wowe wambere nturi nuwanyuma ufite impamvu. Icyo nkwifuriza nuko icyo wabuze kuwambere Imana izakiguhe muri Annette ariko ntuzibagirwe ko umuntu akosa nawe uzamubere umugabo mwiza. Good luck in your marriage.
@tetagisozi2060 Жыл бұрын
ngaho
@allysempiga4985 Жыл бұрын
Well said 👏 Soso , Nyagasani azabubakire urugo rwabo kuko nibyo bahisemo, Kandi gukundana kwabo nta cyaha kirimo , sibo bambere sibo banyuma much love ❤ @Bishop Gafaranga and Annet Murava
mpise nsekaaa reka baziguhe uzamenya icyo zimaze 🤣🤣🤣🤣🥰🥰
@cyizanoah42833 жыл бұрын
Uziko ntayindi idea bagira uretse like like sha aba ba viewers nta musaruro kbsa
@KHALLY_2503 жыл бұрын
Zinjiriza money online
@angelshyaka90943 жыл бұрын
Mugira amagambo yubwenge kbs gusa Annette Imana iguhe umugisha pe uracyaramya nka kera
@faithshow84243 жыл бұрын
ijambo ry'Imana rivugako urebye umgore cyangwa umukobwa akamwifuza abayameze gusambana mwibicahirya bene da
@nzaborevocat6756 Жыл бұрын
Kumber ibi byacaga amarenga?
@syridionntawiganayo72412 жыл бұрын
Ndabakomeje mu muhamagaro wanyu mwese! Hanyuma ku bya Yuda, kuba byaranditswe ko azagambana, ntabwo byari ukubimwaturiraho ngo azabisohoze, kuko ashobora kuba atari yaranigeze amenya ayo mateka amutegereje...byahanuwe ko bizagenda gutyo byonyine! Ni nkanjye ubwanjye uwabona ikibi nzagwamo akacyandika ntaragikora. Kuba cyaranditswe mbere y'uko ngikora kdi nyuma bikaba ari ko bigenda, ni ubushake n'umutimanama wanjye nabikoranye si uko byari byarahanuwe...dufite uburenganzira bwo guhitamo iki tukareka kiriya nta rwitwazo kuko n'Imana yaduhaye uburenganzira bwacu ngo tubukoreshe.......
@adonaiadonai87533 жыл бұрын
6Ni cyo gituma dukomera umutima iteka, kandi tukamenya yuko iyo turi iwacu mu mubiri, tuba dutuye kure y'Umwami wacu 8nyamara dukomera umutima kandi icyo turushaho gukunda ni ukwitandukanya n'uyu mubiri, kugira ngo twibanire n'Umwami wacu. 9Ni cyo gituma tugira umwete wo kumunezeza, iyo turi iwacu mu mubiri cyangwa tudahari. 10 Kuko twese dukwiriye kuzagaragarizwa imbere y'intebe y'imanza ya Kristo, kugira ngo umuntu wese ahabwe ibikwiriye ibyo yakoze akiri mu mubiri, ari ibyiza cyangwa ibibi. 2abakorinto 5
@paxafrika36963 жыл бұрын
Gafaranga njye ndamukunda cyane. Cyera nar nzi ko atari umukiristu ko ahubwo ari umukinnyi wa Filimi. Nsigaye mbona ukuntu yigisha atuje bikanshimisha.
Gafaranga yabiririmbye neza, ngo bya bihe: Azabaze intumwa Petero na Pawulo ku bijyanye no gutunganya inyuma h'umugore, ntibakajye bahumuriza abantu bari mu makosa, Gafaranga yavuze ko nta juru afite, yavuze neza, niyongere asubire muri bibiliya, amenye amahame agenga abari mu rugendo bajya mw'ijuru.