Bitunguranye Padiri avuze igituma ingofero ya Papa iriho 666 | Maraya ukomeeye| Itotezwa rigiye kuza

  Рет қаралды 238,751

ZABURI NSHYA

ZABURI NSHYA

3 жыл бұрын

#KILIZIYA_GATULIKA #ZABURI_NSHYA
/ @zaburinshya
Yesu ashimwe ! Iyi ni ZABURI NSHYA (Ishakiro ry' ubutumwa bwiza), urubuga rudashingiye ku idini, runyuzwaho ubutumwa bwiza bwa Yesu Kristo, binyuze mu buryo butandukanye. Hanyuma muramutse mushaka kugira inama mutugira, habaye hari igitekerezo mwifuza kudusangiza, cyangwa se indi nyunganizi, mwaduhamagara kuri Numero ya Zaburi nshya cyangwa mukatwandikira kuri: +250786388010, +250780736553 na +250722803600 (izi numero zombi ziba kuri whatsapp, Facebook: Zaburi nshya, Email: thicingenzi2@gmail.com
Uwakumva yifuje kudutera inkunga ngo umurimo dukora urusheho kugenda neza (Donation) yakoresha:
-ECOBANK ACCOUNT: 0013013810358301 (NTAGANZWA Plaisir)
-Moble Money: 0786388010 (NTAGANZWA Plaisir)
Murakoze cyane ! Imana ibahe umugisha

Пікірлер: 519
@pascalgirukwayo3576
@pascalgirukwayo3576 3 жыл бұрын
Abapadiri barize cyane. Ni abahanga rwose kuko bize philosophie biga na theologie, ibyo bavuga kandi bigisha barabizi cyane, ntabwo wabagereranya n'abantu batazi aho itorero ritandukanira na Kiliziya. Imana irinde abapadiri bacu. Ndifuza ko amatorero yajya yigisha abashumba bayo nk'uko kiliziya gatolika itegura kandi ikigisha abapadiri bayo.
@nteziryayoprisca8376
@nteziryayoprisca8376 3 жыл бұрын
Yego kwiga nibyiza kd ukamenya ariko mubyagakiza ndakurahiye abize menshi sibo basisobanukiwe.muzabibona Imana niba ikidutije ubuzima
@mukagisagaraalphonsine156
@mukagisagaraalphonsine156 3 жыл бұрын
Ikiganiro cyiza cyane cyuzuyemo ubwenge n'ikinyabupfura ku mpande zose. Imana ibahe umugisha.
@rukundoandre3890
@rukundoandre3890 3 жыл бұрын
Ahabwe icyubahiro kuko niyo itanga Umugisha.
@asiimwedavid5963
@asiimwedavid5963 3 жыл бұрын
Yes
@ntaganiratheokwitonda3716
@ntaganiratheokwitonda3716 3 жыл бұрын
Padiri Imana imuhe umugisha cyane kubwo gusobanura mu ituze iby'ubu bwiru.
@callixtengiruwonsanga8147
@callixtengiruwonsanga8147 3 жыл бұрын
Wateguye neza ikiganiro. Kandi uri polite rwose, mukoze ikiganiro cyiza. Imana ibahe umugisha
@francinenyiransabimana6933
@francinenyiransabimana6933 3 жыл бұрын
Padiri arakoze cyane Imana imuhe umugisha. Kandi nawe Pasteur Yezu aguhe umugisha kuko wararezwe pe
@niyomugaboferdinand5526
@niyomugaboferdinand5526 3 жыл бұрын
yego rwose pe Imana ibahe umugisha
@jafabanda6382
@jafabanda6382 3 жыл бұрын
Munyamakuru ndabona padiri akwemeje cyane. Nanjye nuko ikiganiro cyari cyiza cyane. Abapadiri ntiwabatsinda kuko barize cyane. Bitandukanye na babatekamutwe bava mubusinzi, uburaya, ubujura bagahita bigira ababishop.
@jeanpacha6302
@jeanpacha6302 3 жыл бұрын
Wakoze kutuzanira Padiri kuba abakatolike ntapfunwe bidutera kandi tuzi Ko nta satani dukorera buri wese Abe uwejejejwe mû itorero arimo
@musafirijosue3573
@musafirijosue3573 3 жыл бұрын
Padiri yakabaye yaragaragaje isomo nibura rimwe aho yezu yadusabye kureka isabato ngo turuhuke ku cyumweru , ibyo avuga ngo yesu yarivuguruje ku jambo yavuze ngo ndi kumwe na mwe kugeza ku mperuka y'isi. Njye mbona ibyo avuga ari ukudusiga mu rungabangabo pe yari kwivuguruza ate atarigeze ategeka kuruhuka icyumweru, burya amategeko y'Imana ntabwo azavaho inyuguti cyangwa agace kayo gato. Murakoze
@josephinenyirabbakobbbwa2596
@josephinenyirabbakobbbwa2596 3 жыл бұрын
Mugize ikiganiro cyiza. Gusa buri dini rizi ibanga rya Kristo,uretse ko hari ba Maraya bazanamo ibisenya ukuri kwa Yezu Kristo.Ariko bitabuza abazi ukuri ko batazaboneka muri rya Koraniro Yezu azaza gutwara. Kandi mujye mwibuka ko turwana n,indi myuka itagaragara ,ishaka ko tutamenya ukuri. Abigisha iby,Imana mujye mwibuka ko bambaye umubiri.Padiri Imana yamuhumekeyemo yashubije neza cyane. Imana ikomeze ibane nawe
@pizzalover1057
@pizzalover1057 3 жыл бұрын
Pamfir ugize neza cyane ko wazanye Padri rwose abantu nibareke gutoteza Gatolika bayicira imanza kuko Yesu areba mu mutima wa buri wese si eglise cg itorero buri wese niyihane kugiti cye be gucirana imanza
@mariemuhire9285
@mariemuhire9285 3 жыл бұрын
Igihe kandi kiregereje cyane ngo Yesu agaruke. Abafite amatwi bumve ibyo Umwuka abwira amatorero nk’uko biri mu Ibyahishuwe igice cya 13
@twizerimanam.goretti5080
@twizerimanam.goretti5080 3 жыл бұрын
Muhabwe umugisha. muminsi yanyuma benshi bazavuga ibyo bishakiye.Padiri waratowe rwose Imana iguhe umugisha
@kwihanganaregine5571
@kwihanganaregine5571 3 жыл бұрын
Padiri abisobanuye neza cyane atuvanye mu rujijo abirirwa bavuga ibyo batazi batarize n'amateka rero babyitondere
@emmanuelkundimana466
@emmanuelkundimana466 3 жыл бұрын
Abavuga ko ari ugusebanya ni ukwitsindishiriza ibyanditswe byera birisobanura nukomeza gusoma haba yohana na Daniel Marayika yahitaga amusobanurira rero tureke kwibeshya cyane ijambo ry'Imana n'umuyobozi
@rukundogivens453
@rukundogivens453 3 жыл бұрын
namwe banyamakuru ba zaburi nshya turabashimiye cyane yezu ababe hafi muri byose murakoze cyane
@ikazetv2192
@ikazetv2192 3 жыл бұрын
Uyu mu Padiri rwose Imana imuhe umugisha. Urasobanura neza ibintu nanjye ndushijeho kubyumva neza. Urasobanutse Padi be blessed🙏🙏🙏🙏🙏
@Mukambayire-Tharcilla
@Mukambayire-Tharcilla 9 ай бұрын
Zaburi shya ndabashimiye cyane kuba mwahaye umwanya ngo basonure kuri uwo mubare abanyamatorero bari kwitwaza ngo basebye kiliziya gatolika . Turabashimiye
@nkeshacrispin7910
@nkeshacrispin7910 3 жыл бұрын
Nshimiye umunyamakuru wa Zaburi Nshya uburyo abaza n'ikinyabupfura, nshimiye na Padiri wasubije nubuhanga bwinshi. God bless you.
@uwizeyimanainnocent7622
@uwizeyimanainnocent7622 3 жыл бұрын
Murakoze,muzatubarize kukijyanye numubatizo wo kugahanga utandukanye nuko byakorwaga mugihe cya yohani umubatiza
@elysenshimiyimana6486
@elysenshimiyimana6486 3 жыл бұрын
Nishimiye cyane iki kiganiro zaburi shya imana ikomeze kubashyigikira Hari byinshi Nungukiyemo Gusaa wateguye ikiganiro Utarasomye pe Padili Akurusha Cyaneee Ubumenyi mumateka Yibyiyoboka Mana Soma Ikikiganiro muzongere mugicukumbure birushijeho Yagiye Akuburizamwo pe kugeraho wasaga nushatse kubura ibyusubiza cg ubaza Gusa Padili Numuganga
@elysenshimiyimana6486
@elysenshimiyimana6486 3 жыл бұрын
Imana ibahe umugisha
@elysenshimiyimana6486
@elysenshimiyimana6486 3 жыл бұрын
Imana ibahe umugisha
@ftrfrt8154
@ftrfrt8154 3 жыл бұрын
😃😃😃😃Oya yarasomye niho ubumenyi bwiwe bugarukira .abapadiri bafata umwanya uhagije wokwiga bible.abo nabo bakizwa kumus umwe bagahita buguruza amasengero.wumva bomenya ivyimbitse gute ? ??abapadiri bekleziya bubahweee😍😍😍😍
@ancillaniyonizeye6758
@ancillaniyonizeye6758 3 жыл бұрын
Iyaba vyakunda nari kugira j'aime nk'ijana. ..
@dusengeolive6589
@dusengeolive6589 3 жыл бұрын
Ikiganiro kiza cyabayobowe mubyukuri n Umwuka Wera,urangwa n umutuzo. Vraiment padiri,n umugabo wakubazaga bravooo. Kd ibisobanuroo uduhaye birumvikana. Ikiganiro cyabayobowe nUmwuka kd bize, bitandukanye kure niby abakozi b Imana bacishahooo ,iyo uri umukizi ntukore neza ishinganoumukoresha araguhagarik cg see akagukata,ariko kuba uwatoranijwe nImana ikakuragiz ubushyo Ntiyagutererana.
@carolinenakirutimana1559
@carolinenakirutimana1559 3 жыл бұрын
Uwo mugabo yariko arabaza patiri afise diciplin kandi avuga make kandi yitonze .Imana yamuhaye guca bugufi No gukurikirana inyishu bamuhaye. 🙋
@nduwayezujeanclaudejeancla4164
@nduwayezujeanclaudejeancla4164 3 жыл бұрын
Murakoze cyane.Tuve mu ntambara y'amadini dukurikire Christ
@GodIsKing1090
@GodIsKing1090 3 жыл бұрын
Hari itandukaniro rikomeye riri hagati y'intambara y'amadini no kubwira abantu ukuri ncuti yanjye! Guhana amakuru ku ngingo runaka ni byiza cyane rwose kandi umuntu ahitamo ariko agereranyije. Reka dushake ukuri!
@niyitegekapaul7994
@niyitegekapaul7994 3 жыл бұрын
Mugire amahoro y'Imana. Murakoze ku bw'iki kiganiro cyanyu. Gusa hari Icyo nshaka kuvuga kuko mwakoresheje ibimenyetso bya gihanuzi biri muri Daniyeli n'ibyahishuwe mu buryo butari bwo. Ibyo byatumye mutanga umwanzuro upfuye udahuje n'ibysnditswe byera. None se koko anti Kristo ni nde? Ntibishoboka ko yaba umwami w'abami Neuro. Reka dusuzume ibyo bimenyetso bimuranga.
@evaristntahompagaze6192
@evaristntahompagaze6192 3 жыл бұрын
Imana ishimwe cane Padiri kudusesengurira ibintu vyinshi tutari tuzi. Ariko mfise akabazo: None ubwo Bwami busanzwe bwo mwisi butoteza Eclesia;kutadusesenguriye intambara ukoyashize abachristo barimwo batotezwa. Kobitobaarinaho iyo Empire yoba yagize coup d'Etat iyabachristo(eclesia) igahita iyiyitirira amazina yayo. Ariko abeneyo bwite barishwe. Mbivuze muriyo mvugo ngira murantahura iconshaka kuvuga. Kuko ngo iyo utsinzwe batsindaho. Amen
@ireneniyongira5495
@ireneniyongira5495 Жыл бұрын
Murakoze cyane mbashije gukuramo inyigisho ikomeye , Nyagasani abahe umugisha utagabanije mwese.
@gigitv425
@gigitv425 3 жыл бұрын
Padiri Imana igihe umugisha,ishyaka ry'ingoro y'uhoraho uzarihorane
@anthonychikumbi469
@anthonychikumbi469 3 жыл бұрын
Murikuganira nabwo muriguhungurana mubyanditse byera lmana ibabafashe kugira musobanucyirwe na bibiliya ngusa ibyemere cyangwa ureke ijombo ryimana niribeshya bibiliya nukuri imyinvire niyo itandukanye isi iri kwiherezo ndasaba imana NGO ifashe kugira twige bibiliya uko bikwiriye yesu nabwo yajeguraho ibyanditse ahubwo yaje kubikomeza nkuko tubisaga matayo 5:17
@nyiresthertv8572
@nyiresthertv8572 3 жыл бұрын
Wakoze cyane Padiri gusobanura ku byo bagoreka aha hanze
@epiphaniebatalingaya9232
@epiphaniebatalingaya9232 3 жыл бұрын
Ndanyuzwe rwose Padiri arakoze kandi Imana ibahe umugisha.
@mukankubanaperpetue4840
@mukankubanaperpetue4840 3 жыл бұрын
Buriya avuze iki? Ko ntakintu avuze cyanditse muri Bible? Ni inyigisho za Roma aduhaye ariko
@iradukundajeanclement3434
@iradukundajeanclement3434 3 жыл бұрын
Ese wemera padiri cg wemera Imana?
@mrugwizalaur2315
@mrugwizalaur2315 3 жыл бұрын
Imana iguhe umugisha Pamphile ugize neza kutuzanira padiri kandi nawe nahabwe umugisha mwinshi
@abimanasolange595
@abimanasolange595 3 жыл бұрын
Mutubarize bavuga ko kuri aritari harimo amagufa ya mutagatifu baba baritiriye kiriziya ibyo nukuri?ni solange
@sabreenasabreen10
@sabreenasabreen10 3 жыл бұрын
Amen murakoze
@sabreenasabreen10
@sabreenasabreen10 3 жыл бұрын
Amen
@mukampogazijosephine7155
@mukampogazijosephine7155 Жыл бұрын
Imana ishimweeeeeee,Padiri adukuye mu rujijo.bajyaga basebya umuyobozi wa Kiriziya bikatubabaza tukayoberwa iyo babikura,Dusanze babiterwa no kutumvira umutimanama wabo igihe basoma ijambo ry'Imana.kdi byaragaragaye ko abenshi bagoreka ijambo ry'Imana, baba bagamije inyungu zabo bwite. Pamfire wakoze kutuzanira Padiri.
@speciosemukamwiza695
@speciosemukamwiza695 2 жыл бұрын
murakoze cyane Padiri ndanyuzwe! muzadusobanurire kubiryanye nabantu bagera imbere yamashusho bagasenga. cyane cyane nko muri Eglise aho ari kdi tuziko Nyagasani YEZU aba ahari
@fabricesemahoro2360
@fabricesemahoro2360 3 жыл бұрын
Merci bcp père d'avoir donné la lumière
@beracahnkurunziza6463
@beracahnkurunziza6463 3 жыл бұрын
N'appelez personne pere ...Matt 23:9
@jasminemusabyeyesu8064
@jasminemusabyeyesu8064 3 жыл бұрын
Murakoze cyane Padiri n'umunyamakuru ariko njye nifitiye ikibazo kubyo Padiri yabuze ati Kiliziya ntiyigeze irenganya cg itoteza abakirisitu.
@musafirijosue3573
@musafirijosue3573 3 жыл бұрын
Ikindi ndamushimiye cyane kuko uko asobanura bituma uzubwenge ushaka kumenya ukuri utiziritse ku madini ya kavukire waheraho ukora ubushakashatsi. Murakoze
@henriettesebera3173
@henriettesebera3173 3 жыл бұрын
Zaburi Nshya mwakoze cyane kuzana ibi biganiro!! Gusa mwibanze mugosobanura amagambo niyo mibare ya 666 ntimwinjira mu buhanuzi icyo bwahanuraga mubihe bizaza aribyo dushobora kuba aribyo twagezemo ubu nkurikije imyaka ishize ubwo buhanuzi bubayeho!!! Abafite impano yo gusobanura ubuhanuzi ch ibyahanuwe nabo baze bashyireho akabo. Buri wese rero nasabe Umwuka Wera kumusobanurira kuko hari byinshi byahanuwe bitangiye kugaragara!!
@twizerimanajeanclaude1049
@twizerimanajeanclaude1049 3 жыл бұрын
Mwakoze cyane Pamphile kutuzanira Padiri kugira ngo turusheho kunguka ibyo tutari tuzi. kandi mukuri reka abantu tuve mu makimbirane y'amadini. nyamara akenshi turema ayo makimbirane kandi natwe ubwacu tutejejwe mu mitima yacu! Imana niyo izaducira urubanza buri wese nacunge izamu rye ariryo gukiranuka.Amen
@irakozesolange3908
@irakozesolange3908 3 жыл бұрын
Sha ivy'amadini ntitwari dukwiye kubitindaho, kuk nitwataha iwacu mw'ijuru kwa Yezu ntazotubaza Aho twasengera ahubwo azotubaza ibikogwa vyiza twakoze.mureke guta umwanya muvyamadini
@yobokadavid3503
@yobokadavid3503 3 жыл бұрын
Ntabwo iby'Imana bisobanurwa na Philosophy ahubwo risobanurwa n'Umwuka Wera. Hanyuma guhuza Papa na Petero ntaho bihuriye. Hanyuma dusome Matayo 23:9-11. Imana ibahe umugisha!
@niyitegekapaul7994
@niyitegekapaul7994 3 жыл бұрын
Bite n'isabato. Mbese koko Yesu yayivayeho? ISABATO MU ISEZERANO RYA KERA. Bibiliya ihishura neza ko isabato yambere yizihijwe n’umuryango mushya nyuma y’irema,ubwo Imana yaruhukanaga n’abantu yari imaze kurema.“Ijuru n’isi n’ibirimo byinshi byose birangira kuremwa,ku munsi wa karindwi Imana irangiza imirimo yakoze,iruhuka ku munsi wa karindwi imirimo yayo yose yakoze.Imana iha umugisha umunsi wa karindwi iraweza,kuko ariwo Imana yaruhukiyemo imirimo yakoze yose.”(Itangiriro2:1-3).Isabato igaragazwa nk’umunsi udasanzwe, kuko Imana yawurobanuye mu yindi, ikawugira umwihariko.Kugira ngo igaragaze agaciro k’ibyo yari imaze kurema,Imana yatoranije umunsi wa karindwi iraweza, kugira ngo ihe umuntu ikitegererezo, kandi yifuzaga ko umuntu azajya aruhuka kuri uwo munsi,azirikana ko ari ikiremwa cy’Imana.Bityo rero iyo twizihiza isabato, tuba duhamya ko Imana ari yo Muremyi w’ibiriho byose natwe turimo. Kuva kuri Adamu, Isabato yakomeje kuziririzwa kugeza mu gihe cy’Abisirayeli. Nyuma y’igihe kirekire babaye mu buretwa bwo mu Misiri, Abisirayeli bibagiwe Imana yabo,bifatanya n’abanyamisiri gusenga ibigirwamana. Nyamara n’ubwo byari bimeze gutwo, Imana yakomeje isezerano yari yaragiranye n’Aburahamu,maze nyuma y’imyaka Magana ane na mirongo itatu, Mose ahamagarirwa kujya kwa Farawo, kugira ngo akureyo Ubwoko bw’Uwiteka.Imana yashimye kubanyuza mu rugendo rurerure rw’ubutayu, kugira ngo ibamaremo imico y’abanyegiputa bari baranduye.Abisirayeli bageze mu butayu bwa Sinayi, Imana yahamagariye Mose kuzamuka umusozi kugirango imushyikirize amategeko. Byari bikwiriye kongera kwibutswa amategeko y’Imana, kuko hari hashize igihe kirekire bari mu buretwa bw’ abanyegiputa.Murutonde rw’amategeko cumi bahawe,irya kane ryabibutsaga kweza umunsi w’isabato muri ayamagambo: “Wibuke kweza umunsi w’isabato,mu minsi itandatu ujye ukora, abe ariyo ukoreramo imirimo yawe yose.Ariko uwa karindwi ni wo sabato y’Uwiteka Imana yawe.Nukagire umurimo wose uwukoramo, wowe ubwawe, cyangwa umuhungu wawe, cyangwa umukobwa wawe, cyangwa umugaragu wawe, cyangwa umuja wawe,cyangwa itungo ryawe, cyangwa umunyamahanga wawe uri iwanyu.Kuko iminsi itandatu ari yo Uwiteka yaremeyemo ijuru n’isi n’inyanja n’ibirimo byose akaruhuka ku wa karindwi.Nicyo cyatumye aha umugisha umunsi w’isabato akaweza.” (Kuva20:8- 11). Nkuko iri somo ribigaragaza,isabato ntivuga ikiruhuko gusa,ahubwo inadutegeka gukora. Muri iritegeko, niho honyine hagaragaza ubutware bw’Imana nk’Umurenyi, kandi rikanagaragaza ubuturo bwayo, izina ryayo, n’ububasha ifite bwo guhindura ibintu byari bisanzwe ikabigira bishya.Rero mugihe turuhuka isabato tuba duhamya ko Imana ariyo ibasha kurema bushya imitima yacu, kubwa Kristo waducunguje amaraso ye.
@terezanikuzwe747
@terezanikuzwe747 9 ай бұрын
Nonese nshuti wemera ko Imana yohereje Umwana wayo ngo aze kuvugurura ibyariho
@primebagarure2705
@primebagarure2705 3 жыл бұрын
Ikiganiro kiraryoshe. Abakristu bose bari muri Ecclesia ishingiye ku nyigisho z'abatumwa. Abigisha amadini hari aho barengerwa bakagira umutima w'idini (w'amacakubiri) kurusha kugira umutima wa Kristu ubwiwe. Dukwiye kugendera itegeko/icagezwe c'Imana kurusha kwishimira idini iy'ariyo yose. Mwakoze cane Padiri na Pamphile. Imana ibahe umugisha From Burundi
@jeanboscontawukuriryayo627
@jeanboscontawukuriryayo627 3 жыл бұрын
Iki kiganiro nagikurikiranye cyose nsobanukirwa kurushaho ndafashwa pe nsanze amadini dupfa ubusa dukwiye gushyira hamwe tugasenyera umugozi umwe turushaho kubaha Imana nkabagenzi bajya mu ijuru murakoze kubusesenguzi mwadukoreye muyobowe numwuka wera Imana ibahe umugisha.
@ishimwedavid3626
@ishimwedavid3626 3 жыл бұрын
Ntacyo wasobanucyiwe ubujiji ni bwose
@andrenahimana2067
@andrenahimana2067 3 жыл бұрын
Mwiriwe neza bantu bimana murakoze cane rwose ikuntu muduhishuriye byinshi kandi bitwubaka mukwakira ijambo ry,imana mwatubgiye byinshi tutar tumenyereye ariko byaratushimishije cyana rwose,ariko padiri watusobanurira ibatisimu yemeweko twumva hirya no hino bavuga ko mubatiza namazi yo mukikombe kandi Yesu yabatijwe mumazi menhi ngo ababatijwe nagakombe ngo ntibazabona unwami bwimana wabidusobanurira nkuko wasobanuye ibisebanyo kuri Papa kuko twashimye ibisobanuro watanze. Komera padiri.
@rugabaprimo7225
@rugabaprimo7225 3 жыл бұрын
Iki kiganiro kiranshimisheje cyane kuko kirimo ubwenge. Imana ibahe umugisha n'ubwenge kumpande zombi zateguye iki kiganiro. Nanjye ndabasabako mwakomeza kugirana ibiganiro byinshi birambuye kugirango turusheho gusobanukirwa ko twese turi abavandimwe muri Christo Yesu
@louisrwandekwe4963
@louisrwandekwe4963 3 жыл бұрын
Murakoze ku kiganiro. uzashake n'umu pasitori w'umudive akubwire iby'Isabato kandi asobanure niby'ubwo buhanuzi bwa Roma kugira ngo tuzumve impande zose.
@donasbaributsa604
@donasbaributsa604 3 жыл бұрын
PADIRI Murakoze cyane,nuwo Munyamakuru afite uburere
@mukankubanaperpetue4840
@mukankubanaperpetue4840 3 жыл бұрын
Ahubwo Roma yabonye igiye gitakaza abayoboke ihitamo guhindura ubutegetsi bwayo ibuhuza n'ibyidini kugirango okomeze kugira POWER. Ariko kubabibona neza ni yo ni yayindi ntacyahindutse.niyo mpanvu yakomeje kizana iminsi mikuru ya gipagani iyizana mu itorero, ibya indulgencia bagurishaga bahise bahinduramo ko ushobora kuvuga ndakuramutsamariya na dawe uri mu ijuru nyinshi ngo ukire ibyaha. Bazana za Noheri na za pasika mbese mbyinshi cyane bitarimo le christianisme
@dativamukakabanda3150
@dativamukakabanda3150 2 жыл бұрын
Wakoze Panfile , na padiri Imana imuhe umugisha mushyize urumuri muri icyo kigisho .
@ceciliakabayire3972
@ceciliakabayire3972 3 жыл бұрын
IMANA ishimwe Padiri ikiganiro ugize ndizera ko cyadyoheye benshi cyane. Ufite ubusobanuro bw'umvikana ku muntu wese ufungutse umutima. Ntibihagaralire aha
@venerandariziki22
@venerandariziki22 3 жыл бұрын
Merci beaucoup Père, Ugizeneza gusobanura ibyo ababantu barwanya kiriziya KATOLIKE. Kuvuga ibyo batazi si byiza rwose. IMANA YONYINE NIYO IZADUCIRA URUBANZA KUMUNSI WANYUMA BAMWE BAZAKORWA NISONI. QUE DIEU VOUS PROTÈGE ET VOUS GARDE amen amen 🛐🛐🛐🙏🙏🙏✝️✝️✝️
@simbavimberesalvator9442
@simbavimberesalvator9442 3 жыл бұрын
Ariko se abantu mutahura gt??
@twagirimanapatrice4518
@twagirimanapatrice4518 3 жыл бұрын
Uyu mupadiri yemeza abantu ko PETERO yabaye PAPA koko ? Petero ntiyigeze aba umunyagaturika rwose, ntiyigeze avuga amashapure .
@trophainamagogwa9991
@trophainamagogwa9991 3 жыл бұрын
Usitumie Tablet tena kusoma neno la Mungu si vizuri
@HabimanaErize-hc9lw
@HabimanaErize-hc9lw 9 ай бұрын
Urabenshya yesu yampaye umwuka wera amenyesha ko mumwaka wa 2027 amadini yose azahurira muri gaturika atikiristo itangire ikore kumugaragaro
@brigittengendankazi861
@brigittengendankazi861 3 жыл бұрын
Padiri imana iguhe umugisha,uri umuhanga,numumenyesha makuru uritonda ubaza mukinyabufura,mwese hamwe muhezagirwe.
@raggadee77
@raggadee77 3 жыл бұрын
Padri abisobanuye neza ati Kiliziya nikoraniro ridatoranya!bivugango ni ikoraniro ryaba Kristo n'abapagani! Ngaho munyumvire iryo koraniro iryo ariryo! Bavandimwe mujye murondora mu byanditswe nibwo muzamenya ukuri kandi ukuru niko kuzababatura. Ibyo wemera ujye ubipimisha Bibiliya! Muri Yesaya hati" musange amateko nibiyahamya nibatavuga ibihwanye nayo nta museke uzabatambikira"
@kayoberajackson4970
@kayoberajackson4970 3 жыл бұрын
Urakoze cane munya makuru kubaza patiri kubijanye ninyamaswa koko abantu tura shushanya🙏kuko na satani tura mushushanya twavyemeye duhebe vyogu shushanya patiri akwiye kutubwira iyo papa yakuye ingingo yumugabo kurongora uyundi mugabo nimba atari cagi koko🤷
@charlottefuraha7108
@charlottefuraha7108 3 жыл бұрын
Ndishimye cyane padiri asobanuye neza cyane.
@timekuli2614
@timekuli2614 3 жыл бұрын
Murakoze cyane Padiri
@gahungujeanpaul4688
@gahungujeanpaul4688 3 жыл бұрын
Imana ibahe imigisha y' iburyo bwose
@nteziryayoprisca8376
@nteziryayoprisca8376 3 жыл бұрын
Bible iti umuntu wese izina rye ritanditswe mugitabo cyubugingo azaramya inyamaswa nigishushyanyo cyayo.kd kuramya inyamaswa nigishushanyo cyayo bisobanuye kumvira abantu kuruta Imana kd bigana kukurimbuka.mwukawera adushoboze kwandikisha amazina yacu mugitabo cyubugingo niho ubuhungiro buri gusa.idini ryose umuntu asengeramo ntirizamukiza ikizamukiza nukuba izina rye ryanditse mugitabo cyubugingo
@munezeroaurore4340
@munezeroaurore4340 3 жыл бұрын
Murakoze kukiganiro cyiza muduhaye ubu nibwo butumwa dukeneye muri iki gihe.
@pizzalover1057
@pizzalover1057 3 жыл бұрын
Pamfir rwose Imana izaguhe ijuru kuko ntukunda amacakubili niyumvira ko wagomeje kumva ibivugwa kuli gatolika ugashaka kumenya ukuli kandi rwose ibisobanuro Padri atanze birumvikana kandi byuzuye ubwenge
@kasasilasebyuma3807
@kasasilasebyuma3807 3 жыл бұрын
Nimba najambo ry'Imana riri muri wowe bazakuyobya nshuti,,,arimo kubabeshya naho wowe uramushima?isomere bibilia reka gusomerwa
@assielkaruranga6330
@assielkaruranga6330 3 жыл бұрын
Iya abakristo bahuraga muri ubu buryo bakaganira bagamije kubaka UBUMWE, bakaganira bagamije kuvugana mu rukundo ibyo batumvikanaho, bakaganira bagamije gushaka gushyira hamwe.
@thicientubingenzi
@thicientubingenzi 3 жыл бұрын
Murakoze cyane ku kiganiro cyiza. Muzashake ukuntu mumuhuza na Pastor Peter Musisi ujya utugezaho inyigisho za stigmatized knowledge batuganirize.
@nteziryayoprisca8376
@nteziryayoprisca8376 3 жыл бұрын
Hashya KBS hhhh
@niyoraph189
@niyoraph189 3 жыл бұрын
Padiri afite byinshi atwunguye mu bwenge bwinshi, gusa byasaba umuntu wabicukumbuye cyane (bajya kunganya ubumenyi) ariko utabibona kimwe nawe. Ariko wazamubaza niba iriya title ya nyiri ubutungane ihabwa papa atabonako igenewe Imana yonyine gusa rikaba naryo ryashyirwa mu mazina atuka Imana.
@aristidetapirgapira9829
@aristidetapirgapira9829 3 жыл бұрын
Hariya ni question ya Leadership kuko niwe Muyobozi w Ikirenga wa Kiliziya Gatolika kugira ngo igire umurongo abakristu bose bagenderaho kuko iyo abantu bariho badafite umuyobozi havuka ubuyobe !
@charlesdushimirimana16
@charlesdushimirimana16 3 жыл бұрын
Urakoze cyane Padi. Sobanurira abo bafite ubumenyi bucye buvanze n'ubuyobe bafata ibintu macuri!
@angelinagikundiro8268
@angelinagikundiro8268 2 жыл бұрын
Urakoze Padiri wacu ku magambo meza uvuze cywangwa ubasobanuriye abantu , nukuri aya madini arakabije cyane kuvuga ibyo batazi , ubwo nu bujiji gusa , rero ni ngombwa gusobanukirwa tuyobowe na Roho , Nutagatifu., ataribyo nukuri benshi baAviranwaho , bwira advantitse bo Mana batwaye agahinda nukuri .
@godmercy9664
@godmercy9664 3 жыл бұрын
HALELUJAH HALELUJA, urakoze ZABULI SHYA, UTUZANIYE PADILI UMUNTU W,IMANA, PADILI,TURAGUSHIMIYE CYANE USUBIJE NEZA, NGEWE IBYO USUBIJE BYOSE, NALIMBIZI NSOMA BIBILUYA NTAGATIFU, IYO MAZE GUSOMA, NSUBIRA GUSOMA IBYANDITSE HASI BISOBANURA NEZA IBYO UMAZE GUSOMA, NKUNVA NYUZWE pe, Mbabazwa nuko abiyita abarokore bita Abagatolika Abapagane, icyo nacyo mukiganiro gitaha muzakitubwireha. RERO barokore nkuko mubyiyita muge. MUnasoma BIBILIYA NTAGATIFU igusobanulira neza ibyo umAze gusoma ukanyurwa pe..IMANA IHE IMIGISHA ITAGABANYIJE KILIZIYA GATOLIKA, NA ZABULI SHYA N,ABAKOZI BAYO. MWESE NOHELI NZINZA N UMWAKA MUSHYA MUHIRE 2021.NDI MULI HOLANDE
@mariemuhire9285
@mariemuhire9285 3 жыл бұрын
Mwibuke ko Satani ari gukora cyane muri iyi minsi yanyuma kugirango ayobye n’intore. Imana itabare! Dukwiriye gusenga cyane, Imana igasobanurira abayo.
@nkurunzizapontien4070
@nkurunzizapontien4070 3 жыл бұрын
Padiri muzamuhuze numwe mubagorozi bakore Debat niho bizasobanuka neza. Niba ushaka kumenya iby inyamaswa yavuye munyanja ndetse no mugitaka sura urubuga www.ivugurura n ubugorozi.org. urahamenyera byinci.
@mukankubanaperpetue4840
@mukankubanaperpetue4840 3 жыл бұрын
Uruguma rwayishe ni igihe papa Piyo wa VI( 6) afatwa akajyanwa i Valence muri France agafungirwayo agapfa mugihe ubufaransa bwari bubonye ubwigenge mu 1789
@rutinkuba3799
@rutinkuba3799 3 жыл бұрын
Uku ni ukuri nuko batabisoma
@kagabaalex4700
@kagabaalex4700 3 жыл бұрын
Uku Niko kuri wavuze
@pascaltuyishime4858
@pascaltuyishime4858 3 жыл бұрын
Bizakomeza bibacange tu, hama abavugaga ko ari Jean Paul II. abahirika muratuvanga
@berwajane6513
@berwajane6513 3 жыл бұрын
Padiri, urakoze cyane kuko ubisobanuye neza rwose.
@berwajane6513
@berwajane6513 3 жыл бұрын
Tuje dutega amatwi y'umutima, Yezu Kristu adusobanurire kandi arabikora.
@justineuwamariya6644
@justineuwamariya6644 3 жыл бұрын
Ikiganiro cyiza cyane rwose
@esperancendayikunda5313
@esperancendayikunda5313 3 жыл бұрын
Pamphile , Imana iguhe umugisha kurico kiganiro ciza uduhaye kandi très intéressante. Ubutaha uzobicarike hamwe na Pasteur Antoine Rutayisire kugira twumve itandukaniro ry'Ivyahishuwe muri Eklésia n'itorero. Muhezagirwe.
@animeedits-vy4kd
@animeedits-vy4kd 3 жыл бұрын
Padiri rwose urumuntu wumugabo ubisobanuye neza knd birumvinkana knd birumvikanako wize kndufite nijambo nyimana uwiteka akomeze akwagure.
@simbavimberesalvator9442
@simbavimberesalvator9442 3 жыл бұрын
Atab'umugabo siko nomba udatahura.???ni système.
@mukayirangaregine7831
@mukayirangaregine7831 3 жыл бұрын
Murakoze pe, iki kiganiro kizace no kuri Pacis T V dukomeze twungurane ibitekerezo maze aho gusenyana twubakane tureke gusebanya pe.
@charlottefuraha7108
@charlottefuraha7108 3 жыл бұрын
Mufite ubwenge cyane Imana ibahe umugisha
@mariemuhire9285
@mariemuhire9285 3 жыл бұрын
Mumenye neza ko Satani ari gukora uko ashoboye kwose ngo ayobye n’intore! Uzi ubwenge yisengere Imana imusobanurire. Niba ukunda Imana by’ukuri uzasobanukirwa.
@fah2939
@fah2939 3 жыл бұрын
No
@twagirimanapatrice4518
@twagirimanapatrice4518 3 жыл бұрын
Uyu mupadiri yemeza abantu ko PETERO yabaye PAPA koko ? Petero ntiyigeze aba umunyagaturika rwose, ntiyigeze avuga amashapure .
@honoreoresteizere942
@honoreoresteizere942 3 жыл бұрын
Mwarahabye kuko mutamenye,ibyanditswe byera (mbega uburyo mubeshyera ibyanditsebyera:Yesaya:8:20 ntamucyo uzabatambikira, nibamwirenga amagambo akomeye,yukuri kw'Imana umuremyi.
@gastondiuedonne8977
@gastondiuedonne8977 3 жыл бұрын
Niki kikubwira ko wowe utayobye iyobokere twe utureke
@kivumukibuye361
@kivumukibuye361 3 жыл бұрын
ABIRIRWA BACIRA ANDI MADINI IMANZA, NIBYO BIZATUMA BARIMBUKA.
@nitangacamaradevenuste1128
@nitangacamaradevenuste1128 3 жыл бұрын
Padiri we! Babwire wenda natumva! Gusa uwo munyamakuru wa zaburi nshya bravo kbx
@SartiifirimeBurundi
@SartiifirimeBurundi 3 жыл бұрын
Patinukuri. Warizepe. Imana. Iguhumugisha
@ancillaniyonizeye6758
@ancillaniyonizeye6758 3 жыл бұрын
Shimwa Yezu! Uzi impamvu ngushimiye.
@niyitegekapaul7994
@niyitegekapaul7994 3 жыл бұрын
Muri Daniyeli igice cya 2 tuhasoma ibyerekeye iherezo ry’amateka y’isi.Binyuze mu nzozi umwami wa Babuloni witwa Nebukadinezali yarose, Imana yahishuye urukurikirane rw’ubwami bw’isi n’uko bwagombaga guhanguka bugasimburwa n’ubundi.Icyo gishushanyo Nebukadinezali yarose, cyari kigizwe n’umutwe w’izahabu, amaboko n’igituza byari ifeza , inda n’ibibero byari umuringa, amaguru yari ibyuma naho ibirenge byari igice cy’ibumba n’igice cy’ibyuma (Daniel 2:32,33).Igihe Daniyeli yasobanuriraga umwami izo nzozi yamubwiye ko uwo mutwe ari Nebukadinezali kandi amubwira ko azakurikirwa n’ubundi bwami(Daniel 2:38,39).Ibyo bigaragaza ko umutwe w’icyo gishushanyo wari ubwami bwa Babuloni. Igice cya 2 cya Daniyeli giyuye neza na Daniyeli igice cya 7.Mu gice cya 2 umwami wa Babuloni ni we wahawe iyerekwa, ariko ubusobanuro bwaryo Imana yabuhishuriye umuhanuzi wayo Daniyeli.Mu gice cya 7 ho ni Daniyeli ubwe uhabwa iyerekwa kandi agahabwa n’ubusobanuro bwaryo.Igihe Daniyeli yahabwaga iryo yerekwa, Imana yamusubiriyemo ibyo yari yahishuriye umwami wa Babuloni. Ibimenyetso bikoreshwa muri Daniyeli 7 Bibiliya itanga ubusobanuro bwabyo. 1.Umuyaga =intambara (Yesaya21:1,2 ; Yeremiya 25:32;49:36,37). 2.Inyamaswa= umwami cyangwa ubwami (Daniyeli 7:17). 3. Ihembe= umwami cyangwa umutegetsi (Daniyeli8:21). 4.Amazi= amahanga/abantu benshi(Ibyahishuwe 17:15). Mu iyerekwa Daniyeli yabonye imiyaga ine yo mu ijuru ihubukira mu nyanja nini,maze havamo inyamaswa nini enye (4) zidasangiye ubwoko.Iya mbere yasaga n’Intare, iya kabiri yasaga n’Idubu, iya gatatu yasaga n’Ingwe naho iya kane yari iteye ubwoba kandi ntiyigeze abona inyamaswa yo mu ishyamba yayigereranya nayo (Daniyeli7:4-8).Iyo miyaga ishushanya intambara zabaye hagati y’amahanga atandukanye maze hakomokamo ubwami bune butandukanye. Nk’uko Nebukadinezali yeretswe igishushanyo kigizwe n’ibice bine, niko na Daniyeli yeretswe inyamaswa enye.Ibi bice byombi bifitanye isano ikomeye.Intare yashushanyaga umwami bwa Babuloni.Bwaje guhangurwa n’umwami w’Abamedi n’Abaperesi witwa Kuro wari warahanuwe mu gihe kirekire mbere y’uko avuka (Yesaya 45:1).Ubwo bwami nibwo bwashushanywaga n’Idubu yegutse uruhande rumwe.Kweguka uruhande rumwe byerekana ko ubwami bw’Abaperesi bwari bukomeye kurusha ubw’Abamedi.Ingwe yashushanyaga ubwami bw’Ubugiriki.Imitwe ine y’iyo nyamaswa ishushanya abami bane bigabanyije ubwami bw’Ubugiriki nyuma y’urupfu rw’umwami wabwo wa mbere witwa Alexandre Mukuru. Naho inyamaswa ya kane yashushanyaga ubwami bwa Roma mpagani. Igihe Daniyeli yahabwaga ubusobanuro bw’ibyo yeretswe yatinze ku nyamaswa ya kane.Yari inyamaboko, iteye ubwoba, kandi yaconshomeraga ibintu byose ikabimenagura ibisigaye ikabisiribangisha amajanja yayo.Yari ifite amahembe 10, ariko atatu yaje kurandurwa hameramo agahembe gato karakura kaba rinini.Ako gahembe kari gatangaje kuko kari gafite amaso nk’ay’umuntu, n’akanwa kavuga ibikomeye.Ayo mahembe10 ashushanya ubwami10 bwigabanyije ubwami bwa Roma imaze kugwa.Ubwo bwami 10 bukomoka mu Bulayi kuko ariho hari hatuwe cyane igihe Daniyeli yahabwaga iri yerekwa.Kurandurwa kw’amahembe 3, bigaragaza ko muri ubwo bwami 10, butatu buzakurwamo bugasimburwa n’agahembe gato.Ubwo bwami10 ni ubu bukurikira: Abafaransa , Abongereza , Abasuwise, Abaporutigare, Abagage, Ababiligi, Abesipanyoli, Abaheruri, Abavandari n’Abositorogoti.Ubwami bwakuweho ni Abaheruri, Abavandari, n’Abositorogoti.Ubu bwami uko ari butatu ntibukiboneka ku ikarita y’isi kuko bwakuweho n’agahembe gato. Mu gice cya 8 cya Daniyeli yongera kwerekwa Imfizi y’intama n’Isekurume y’ihene.Imfizi y’intama yari ifite amahembe abiri mu ruhanga rwayo ashushanya ubwami bw’Abamedi n’Abaperesi.Isekurume y’ihene yo yari ifite ihembe rirerire mu ruhanga rwayo rishushanya umwami w’Ubugiriki wa mbere.Iryo hembe riravunika, rigasimburwa n’andi 4, ari bo bami bane bigabanyije ubwami bw’ubugiriki.Abo bami ni aba bakurikira: Lisimakusi, Selewukusi, Kasanderi na Pitoremi.Kuri rimwe muri ayo mahembe 4 hashamitseho agahembe gato karakura cyane, ndetse karikuza kagera mu ngabo z’ijuru, kandi kagaragara gasiribanga ubuturo bwera.Ku bwami bwa Selewukusi niho hashamika agahembe gato.Daniyeli yabwiwe ko igihe ubwo bwami buzaba bwenda gushira, hazima umwami umenya ibitamenyekana, kandi azaba afite imbaraga zitarize.Uwo mwami yagombaga kuba atandukanye n’abandi bamubanjirije bose, kuko agaragara arimbura ubwoko bw’abera, kandi akigaragaza nk’Imana (Daniyeli 8:8-25).
@sisysylve9674
@sisysylve9674 Жыл бұрын
Mrc bcp Pamphile,n'abandi ujye ubabwira basobanuze ibyo badasobanukiwe
@kasasilasebyuma3807
@kasasilasebyuma3807 3 жыл бұрын
Murakoze,ndagirango nyakubhw padiri adakomeza kuyobya abantu,Petero ntabwo yari papa,kuko imyizerere ,imigenzo ,intego ,ubutumwa,umwuka etc ntabwo bihuye nibyabanyagaturika! reka kutubeshya.Ijambo yabwiwe ngo kururwo rutare niho nzubaka inzu yanjye(itorero)(kanisa)yarashatse kuvuga '''"'kuguhishurirwa kwigisubizo yariyashubije""""itorero ryubakiye kwijambo ariwe Yesu noguhishurirwa Numwuka Wera.Ragira intama zanjye """"" mugihe intumwa zatangiraga gutotezwa uhereye kumunsi wa Pentecote byaringombwa ko havamo umwe ubahagarariye bataratatanira kwisi yose.Uribuka igihe petero byamugoye kumva agakiza ku banyamahanga?agasubizwa mubayahudi ngo ariho akorera?Ese izindi ntumwa zabwirizaga ziri hasi yubuyobozi bwa petero?reka kutubeshya ?muzayobya impumyi ariko abisomera bibilia bayobowe numwuka wera bazakomeza guhishurirwa kuvuye mwijuru.Nimba kiliziya ariryotorero ryasizwe nintumwa ese gusenga ibishushanyo,umusaraba,umubatizo wo kugahanga ,gusengera abapfu,kutemera ko umuntu yakizwa akyambaye umubili ,kubatiza abana bato etc mwabikuyehe?ko mbona byinshi mukora bitandukanye na Bibilia! ese dukoresha bibilia imwe?
@ancillaniyonizeye6758
@ancillaniyonizeye6758 3 жыл бұрын
Shimwa Yezu waduhereye abasaserdoti ubwenge n'ubushishozi.Shimwa kandi ko wahaye uwo munyamakuru urupfasoni (ikinyamakuru)
@vedastemurayirekaber5403
@vedastemurayirekaber5403 3 жыл бұрын
naho ibyo kuvuga ngo Roma ntiyari kwisebya uti twemera ko bibiliya ari ijambo ry'Imana kandi irwanya ijambo ry'Imana kandi ntawuzagira icyo ahinduraho cyangwa ngo yongereho kuko uzabikora azagubwaho n'Ishyano!ndagirango nkubwireko n'udahumuka ishyano rizakugwaho!Soma muri bibiliya mugitabo cy'iyimukamisiri 20:3-17 umbwire icyo mwashingiyeho muhindura Amategeko y'Imana yanditse muri bibiliya ntagatifu!
@jeannemukandengo5926
@jeannemukandengo5926 3 жыл бұрын
Murakoze cyane kuko hari beshi bayobye
@jeanclaudenshimirimana5790
@jeanclaudenshimirimana5790 3 жыл бұрын
Murakoz cn bakozi b'Imana, musiguye vyinshi knd mubwitonzi no mubigenga ntangere. Abari muntambara zamadini nibakumbure bikebuke
@eustachengendahayo6527
@eustachengendahayo6527 3 жыл бұрын
Padiri aba afite skills! bitandukanye no muri ya madini yadutse ho bihagije kuba uzi kuvuza ingoma no kuririmba ama koras maze ugahita ugirwa pastori
@mariemuhire9285
@mariemuhire9285 3 жыл бұрын
Ntabwo Imana yitaye ku idini, Imana icyo ishyize imbere ni ijambo ryayo, n’amategeko yayo.
@kasasilasebyuma3807
@kasasilasebyuma3807 3 жыл бұрын
Ese uzi idini icyo ari cyo? Idini ninzira ishyitsa abantu kuMana ,iyo iyo nzira iyobya abantu Imana birayibabaza ,niyo mpamvu Yesu yayasanzeho akabereka iyukuri iyo ariyo(kumwizera ,bagakiranuka,bagakurikiza amabwiriza yandi avuga kururwo rugendo yatangije)soma bibilia neza uzasanga ibyo gaturika ikora byose bitandukanye nijambo ry'Imana,,
@b-monde
@b-monde 2 жыл бұрын
Murakoze rwose iki kiganiro nigiyemo byinshi pe
@rajabuashumani5800
@rajabuashumani5800 3 жыл бұрын
Tubanje kubasuhuza kandi tubashimira kubisobanuro mwaduhaye. Muzadusobanurire 1. Impamvu twibuka ivuka rya Yesu Krito le 25/12 2. Umubatizo wo kwibiza cyangwa kugahanga aho bitandukaniye. 3. Kugira umuntu umutagatifu 4. Kubabarira umukristu ibyaha bye ndetse nabitabye Imana. Murakoze nahubutaha
@purcheriemukankima9663
@purcheriemukankima9663 3 жыл бұрын
Muzatubarize biba Papa ari uwasigariyeho Krìsto Yesu ni gute yashyigikira ko abagore nabagore babana abagabo nabagabo babana. Ese YESU yanyuranya nukuri kandi ariwe waremye umuntu agashyingira ADAMU nä.EVA
@uwijurureponse1055
@uwijurureponse1055 3 жыл бұрын
Icyi kiganiro ni cyiza cyane. Uyu mupadiri rwose avuga neza akanasubiza neza. Gusa amadini apfa ubusa peee
@HabimanaErize-hc9lw
@HabimanaErize-hc9lw 9 ай бұрын
Muve murujijo musenge yesu yavuze ko azatwoherereza umwuka wera azaduhishurira byonse nibyenda kubaho 666 bivuga icyutuzuye umuntu wese utari muri,7 ntabwo aricyuzuye ku uwiteka niwe 666 soma neza ibyahishuwe igice13-18
@lucumuhire1390
@lucumuhire1390 3 жыл бұрын
Erega wowe uvuga abadiventiste, ngo nibo basobanura ibya Roma, nta go aribo reference ku byahishuwe, nubwo usanga babisobanurana kubongama bashakamo kiliziya Gatolika ngo n'abana bayo yita aba malaya , ngo abatubahiriza i sabato. Byibura kuba batemera ko abantu bapfa roho zabo zikajya mw'ijuru mu gihe bakijwijwe by'ukuri, aho baratakaye cyane kuko ibyahishuwe bishingikiriza birabavuguruza ubwabo, ikindi kugendera kw'ijambo rya salomo ngo abapfuye barasinziriye ntacyo bazi, ntago batera agatambwe ngo barebe ko Yezu yafunguye inzira igana ijuru igihe apfuye, inva zigakinguka , ikiza n'uko abantu bafatanya kwiga neza batagamije gushakamo ibyo bajomba bagenzi babo no gusebanya
@manizampaelie2470
@manizampaelie2470 3 жыл бұрын
Ntimukabeshyere Imana mwitwaje Imana. Uretse no kubeshyera Imana,niryo jambo Padri ni ikibazo. Imana izahana abavanga politiki y, isi niyobokamana.
@amidaberta6844
@amidaberta6844 3 жыл бұрын
Imanishimwe kubamenyukuri
@topnews4179
@topnews4179 2 жыл бұрын
Padiri Claudien rwose ndagushimye usobanuye ibintu neza cyane. Utabyumva ni akazi ke
@ubuzimabwomucyaro2998
@ubuzimabwomucyaro2998 3 жыл бұрын
Murakoze cyane PADI imana iguhe umugisha kuriki kiganiro cyiza uduhaye, ndizera neza KO abasenga imana byukuri batagenzwa no gusebanya basobanukiwe
@niyitegekapaul7994
@niyitegekapaul7994 3 жыл бұрын
Mbere y’uko Mose ahabwa ibisate bibiri by’amategeko yandikishijwe urutoki rw’Imana ubwayo,Imana yongeye gusubira mu itegeko rya kane ryonyine, ibona kubimuha.Uku gusubirwamo kw’itegeko rya kane mu mategeko cumi y’Imana, bigaragaza gushimangirwa gukomeye kw’iryo tegeko. Imana yahisemo kurihamya nk’ikimenyetso cyayo kuko yari izi ko hazabaho kugerageza kurihindura, kugira ngo hatazigera habaho urwitwazo. “Uwiteka abwira Mose ati:Kandi ubwire abisirayeli uti:Ntimukabure kuziririza amasabato yanjye, kuko ariyo kimenyetso hagati yanjye namwe mu bihe byanyu byose,kugira ngo mumenye ko ndi Uwiteka ubeza. Nuko mujye muziririza isabato kuko ari iyera kuri mwe, uyiziruye ntakabure kwicwa. Umuntu wese uzagira umurimo akora kuri yo azakurwe mu bwoko bwe.Mu minsi itandatu abe arimo imirimo ijya ikorwa; ariko uwa karindwi ni isabato yo kuruhuka yerejwe Uwiteka.Uzagira umurimo akora ku isabato ntakabure kwicwa. Nuko Abisiraheli bajye baziririza isabato, bajye bayitondera mu bihe byabo byose ibe isezerano ridakuka. Ni ikimenyetso cy’iteka ryose hagati yanjye n’Abisirayeli, kuko iminsi itandatu ariyo Uwiteka yaremeyemo ijuri n’isi,ku wa karindwi akarorera akaruhuka.Amaze kuvuganira na Mose ku musozi Sinayi, Uwiteka amuha ibisate by’amabuye bibiri biriho ibihamya,byandikishijwe urutoki rw’Imana.” (Kuva31:12-18). Imana ubwayo ni yo yihamirije ko isabato ari ikimenyetso hagati yayo n’ubwoko bwayo.Mu gihe cy’Abisirayeli,uwahangaraga kuyizirura yagombaga gupfa atewe amabuye.Kubw’urukundo rw’Imana yakuyeho igihano cyo kwicwa,ariko uwinangira akanga kumvira amategeko yayo, ntazarokoka urubanza rw’Imana ubwo Kristo azaba agarutse.Ikomeza guhamya ibyo muri Ezekiel iti:“Maze kandi mbaha n’amasabato yanjye,ngo abe ikimenyetso hagati yanjye nabo,kugira ngo bamenye ko arinjye Uwiteka ubeza.Ariko abinzu y’Isirayeli barangomeye bari mu butayu; ntibagendera mu mategeko yanjye, kandi banze n’amateka yanjye, ariyo abeshaho uyakomeza; n’amasabato yanjye barayaziruye cyane;ni ko kuvuga yuko nzabasukaho uburakari bwanjye bari mu butayu,kugira ngo mbarimbure.” (Ezekiel 20:12,13).
Mama vs Son vs Daddy 😭🤣
00:13
DADDYSON SHOW
Рет қаралды 31 МЛН
Slow motion boy #shorts by Tsuriki Show
00:14
Tsuriki Show
Рет қаралды 8 МЛН
Курение вредит здоровью
0:28
ЮРИЧ
Рет қаралды 4,1 МЛН
Она была безумно рада от увиденного 🤯
0:29
Фильмы I Сериалы
Рет қаралды 2 МЛН
Best Toilet Gadgets and #Hacks you must try!!💩💩
0:49
Poly Holy Yow
Рет қаралды 4,9 МЛН
天使妈妈拍到了什么大家吓一跳?#火影忍者 #佐助 #家庭
0:23