Рет қаралды 25,616
Bamwe mu bapasiteri birukanwe muri ADEPR baravuga ko bagenzi babo batatu batawe muri yombi na polisi ubwo bari babasanze mu nama igamije guhuriza hamwe imbaraga kugirango basubizwe mu nshingano.
Baravuga ko iyi nama yasheshwe na polisi itarangiye ariko ngo ntibacika intege mu guharanira uburenganzira bwabo.
Barasaba gusubizwa mu nshingo bitaba ibyo bakajyana iri torero mu manza.
Ubuyobozi bw’urwego rw’igihugu rw’imiyoborere RGB buravuga ko aba bapasiteri birukanwe byemewe n’amategeko bityo ko uwaba atarishimiye umwanzuro yagana inkiko.