Ark super manager yibonyemo iki☹️ si wowe si murumuna wawe mwese ntakigenda 🤨 ayo mashuri wirata ataraguhaye uburere n’ikinyabupfura ni mashuri bwoko ki 😒 ubundi iyo urenze uba urenze, Melody nimumureke ari class above 👌
Baca umugani mukinyarwanda ngo umwana baramushimye ngo azi kwiruka ariruka arenga iwabo,🤣🤣🤣supper kuba tugufana turi benshi ntibivuze ko ugomba gutesha bagenzi bawe agaciro please gerageza ugarure displine
@uwimanaalice60503 жыл бұрын
Umubwiriye neza
@nshutijoe19483 жыл бұрын
Nice talk kbs
@bugingokevin96643 жыл бұрын
Nange super ndamukunda ariko ,haramagambo asigaye avuga amutesha agaciro
@itadlibra7703 жыл бұрын
Absolutely
@elodiembarirande61923 жыл бұрын
Kera naramukunda ariko aho ntanguye kubona agaya abantu atabatunze wapi vyarahindutse. Burya ubuntu burihabwa niko tuvuga mu kirundi .
@niyomukizahildifanny94933 жыл бұрын
Super gerageza ujye wubaha umuntu guhaha ntibigatume uta umuco aho uba utwereka ko ntakigenda cyawe Discipline niyambere mubyo dukora
@gadnizeyimana97333 жыл бұрын
Uvuze ukur nanga umwiyemezi
@yanisbebeto92083 жыл бұрын
Nigicucu cyanehubwo
@mr.triplen46383 жыл бұрын
Ni ukuri pe. Byerekana ko Ari injiji. Kuko utazi ubwenge ashima ubwe. Najyaga mufana, none asyigariwee😏
@benisrael73 жыл бұрын
Ubwiyemezi bukubita hasi nyirabwo!! Mbese Wabonye umuntu wiyogeza ngo ni umunyabwenge? Wapfa kwemera umupfapfa kumurutisha uwo (Imigani 26:12).
@chany99503 жыл бұрын
Ayiii hewe uramututse pe nusabe imbabazi ataruko turakurondera ahuri tu tu rero saba imbazi pls
@mmroxy21873 жыл бұрын
Abagaye super manager mutere agatoki!! Nukuri harimo no kurengera pe! 😢😢😢Usuzuguye Melody urakabya kbsa! Cool down Mehn!Ubuzima ni gatebe gatoki!!🤔🤔🤔🤔🤔🤭🤭🤭🤭
Iki kigabo narabivuze ko ntabwenge kigira bakangira umusazi. Ikigabo cyazanye iminkanyari mu maso kikivuga ubusa. Ubundi cyarongoye kikarega kwita umuntu w umugabo w ubatse uruswende. Kiyemera n amakamba akozwe mu makarito. Super you are so cheap.
@supermanagerhuuukwiyemerah40443 жыл бұрын
@@karmakarma4372 ibaze wowe n ubwenge bwawe bucagase.😂😂😂
Ngew mbona nt mutima mubi ugira arko urabura discipline p ni hafi yantayo p
@georgetusiime21053 жыл бұрын
Ibyo nibyo peee nanjye ndi umufana we ariko hano yakabije He should apologize kabs
@niyonsengajoselyne31093 жыл бұрын
Jyewe supa ndamufana cyane ariko hano hoho mpise mwana rwose gusebya undimwana ngo ninjinji koko ?
@sosojully61303 жыл бұрын
Nidispiline yumugabo 🤔
@ubumweubwiyunge85173 жыл бұрын
Utazi ubwenge ashima ubwe. Kuvuga “how do you do ?” Ngo niko kumenya ubwenge ! Uzi injiji ziba mu isi zivuga icyongereza ukuntu zingana. Uyu mu type niwe munyarwanda wa mbere wiyemera ku isi, mubo nzi. Ubundi yagiye avuga ikinyarwanda, aho kwiha rubanda avuga igifaransa n’icyongereza bipfuye.
@erickcookings3 жыл бұрын
Wikwigereranya na Melody Sha Gakumba we werekanye ko uciriritse cyane
@fridausissajohn28803 жыл бұрын
Super sinkunda ukuntu uvuze ngo ni njiji turagukunda ariko ntukanjye uvuga amagambo atari Meza Imana iguhe umugisha 🙏
@gilbertsimbikangwa72583 жыл бұрын
Atangiye kwiyemera
@semutochristine6883 жыл бұрын
@@gilbertsimbikangwa7258 rwose ibyo sibyo. Ubgo s arusha iki Melodi. Uri inkunguzi wowe. Urumnva ukuntu amutuka kweri
@TreyMax3 жыл бұрын
arko na Bruce yita abandi uko ashaka
@supermanagerhuuukwiyemerah40443 жыл бұрын
Iki kigabo narabivuze ko ntabwenge kigira bakangira umusazi. Ikigabo cyazanye iminkanyari mu maso kikivuga ubusa. Ubundi cyarongoye kikarega kwita umuntu w umugabo w ubatse uruswende. Kiyemera n amakamba akozwe mu makarito. Super you are so cheap.
@patitipatitic38143 жыл бұрын
Bande se? Urumva Melody atukana?
@josianemukeshimana66473 жыл бұрын
NTUZAGAMBANIRE BRUCE MELODY DORE KO BIGEZWEHO KANDI WAMWIHAYE☝️URITWAZA SITUATION YA MEDDY NA THE BEN NKAHO UBITAYEHO🙄🤔GASOPO☝️IYO MICO MWIHARAJE SIMYIZA MUKIZWE
@aquariumw36883 жыл бұрын
Itahiwacu yazamiwe na Nyagasani uyu siyamusubiza hasi habe namba nishyari rimuzana kuri social media kwirirwa avuga Melodie gusa gusa nkunda ko Melody atajya amusubiza amuseka gusa
@ingabirenadine4293 жыл бұрын
Ukwiye kujya iwawa kuko urutwa na mayibobo iryama mu kiraro cya nyabugogo. Uri umwanda nibyo uvuga ni umwanda gusa. Bruse melodie komeza utsinde👍👍
@rafikipatrick95523 жыл бұрын
Umurushije iki x buriya ntaho mutaniye pe iyo umunenga ukicecekera ntube nkawe Displine iba ikenewe Mama
Ubona ko I ibintu Super akoze ari iherezo rye kubafana muburyo twamufataga.... Nampe aka like kbs.... Poor displine +Ubwiyemeziiik
@jeackjun63943 жыл бұрын
Super manager uricyigoryi wa cyomanziwe Bruce melody 💙 niyoko niso wamukuye mururwo rugambo rway ubona harya uriki mugihugu umenye ahowavukiye nicyakujyanye cyangwa icyajyanyeso nakogasuzuguro kanyu wabwawe
@emeryininahazwe36663 жыл бұрын
Super niwivugire nyne mugani wa riderman naw ufise hit kur intervieu ino Burundi tukuzi ku isimbi gusa nayo indirimbo dutamba nizicamamare bruce melody ww umuzik wureke waranse
@supermanagerhuuukwiyemerah40443 жыл бұрын
Super ntakintu afite, cyakoze imyaka yo arayifite hafi 50. Ariko ubwenge buracagase. Super uruwo gusengerwa
Uyu super manager ari very disrespectful 👎👎 yavuze byishi kuri Melody, none yamwise injiji, nibindibyishi. Big up To Bruce Melody keep making us proud 🥲 we love Bruce Melody ❤️❤️
Ubundi super jye namutahuye kera,numwe muri babatutsi babahezanguni bamwe baziko ngo imana ibakunda kurusha abandi ,ngo aribo bavukana imbuto zo gutegeka 🤣,ngo ibyiza byose nibyabo ndetse nikimenyimenyi uzumve role model we ngo ni (kagonyori) mbese super Ari mugatebo kamwe na (TOM NDAHIRO, INGABIRE MARIE IMMACULEE, YOLANDA MUKAGASANA,INGABIRE EGIDIE BIBIO,JEAN DAMASCÈNE BIZIMANA)n'abandi bantu bimbwa batereye Aho bumva ibyiza byose byaba ibyabo ,gusa ndashishikariza abantu cyane cyane abahutu nabashingwacumu Bose kuba bareka bakanava kumbwa nkizi
@dansial78953 жыл бұрын
Pwaa C'est fini😕😕 uruswende n'igiki mwa bantu mwe🤭🤭🤭🤭 nibwo bwa mbere mbonye comments zikwiyama wa mugabo we😱😱😱😱 amashule se yakugeza hh udakoze 😒😒 genda Uri sans discipline 😵
@yanisbebeto92083 жыл бұрын
Ahubwo niyongera tuzanamuvuna iyingegera gusa😮
@janemk77843 жыл бұрын
Urumva mu kuvuga kwe ko ari inkirabuheli.Nta kinyabupfura ahubwo afitemo ubujiji ariwe.
@dansial78953 жыл бұрын
@@yanisbebeto9208 nukuri pe hakuvuga ubujajwa nkubwo ngubwo waceceka🤢
@mr.triplen46383 жыл бұрын
Ni umumbweti kbsaaa
@mr.triplen46383 жыл бұрын
@@janemk7784 Exactly
@merissambabazi79683 жыл бұрын
How do you live and what do you live for? That question for un educate people 😩😂 afite agashyari burimunsi sbashaka competitions, uyumugabo afite ubujiji bwishi ariwe .avanga vanga ibintu nawentazi ibyabavuga:( arisebeje agirango arigusebya Melody. ubwenge arushya Melody nubu?👎😳😂
@supermanagerhuuukwiyemerah40443 жыл бұрын
Afite ubwenge bucagase nashake azisubirire kuragira kuko nibyo bimubereye. Nta burere ntago muri iki kinyejana.
@@supermanagerhuuukwiyemerah4044 ashakisha attention kungufu, izinadye nibushati super manager se uyuyama managing nde? Ninakabi maze karanabeshya.🏃🏽♀️🏃🏽♀️
@merissambabazi79683 жыл бұрын
@@bisimwamaurice7264 kabushati karakabije karishumbukuruje kati reka nvuge Bruce Mélody ndaba mbikoze 😳🙄😂😂
@odethmbabazi73473 жыл бұрын
Ubuse kweli Super urunva ibi uvuga bifasha iki abanyarwanda.
@anithagiramahoro55883 жыл бұрын
Disi warasaze super nawe siwoe ahubwo turagusabira😭😭😭😭
@niyonkuruliliane64733 жыл бұрын
Uyu mugabo afite ikibazo mumutwe, umuntu yita mugenziwe injiji🤭🤭, gusa super manager azi kwikina kbx, yumvako murwanda ariwe mu Star aribeshya
@supermanagerhuuukwiyemerah40443 жыл бұрын
Ari beshya cyane kandi ntagikorwa nta kimwe afite, uretse kwirirwa avuga ubusa
@blacclivesmatter46373 жыл бұрын
Ubundi akora icyi? Amanaginga iki? Ko mubona yirirwa avuga ubusa gusa kuri KZbin. Aba stars bo mu Rwanda ni danger. Arutwa na Yaka. Nibura nawe arasetsa
Yabiteje ndaq, ariko Merodi muramwemera kweri. Erega wa super ni super star. Mujyemumwubaha cyane. Mwese nabahaye twa likes guys.
@aquariumw36883 жыл бұрын
Melodie arabizi kuyu abashaka kumuzamukiraho ntakindi ...ubukoroni bwuzuye mumutwe wa Super Manager umuntu wumva ko uzati Anglais ntaho warenga buriya se iriya ye yigikonyine yayirengana mu Rda harya imumva nande ko yarutwa nutayivuga haha
@kezahosine15293 жыл бұрын
@@aquariumw3688 super urakabije p uuratuka umuntuwumugabo witunze ngo ninjij ntasoni cyerek niba ahajyez harinitafari wamushyiriyeh super ndakwanze kurushah gus iga kubah ntugasuzugur umuntu udatunze ukus gus
Iki kigabo narabivuze ko ntabwenge kigira bakangira umusazi. Ikigabo cyazanye iminkanyari mu maso kikivuga ubusa. Ubundi cyarongoye kikarega kwita umuntu w umugabo w ubatse uruswende. Kiyemera n amakamba akozwe mu makarito. Super you are so cheap.
@@blacclivesmatter4637 akora iki se ko nta nakimwe ni ukwirirwa yivuga gusa. Sha naramwiyitiriye kubera muzi neza ngo njye munyomoza, mfite nibindi nzi kuri we nakomeza kurengera nzabishyira hanze
@blacclivesmatter46373 жыл бұрын
@@supermanagerhuuukwiyemerah4044 uziko bikaze. Nonese yaje aturutse he? Yamenyekanye biturutse kuki? Njye mubona mu ma interviews hano youtube gusa nayo sinyareba ngo nyarangize kuko mba numva avuga ubugoryi gusa
Gutwika byubahwe, Ntawutegetswe kukumenya uri super Kugiti cyawe ntago bitureba kuko ntibidutunze. Bruce Melody Ubahwa mubyeyi 🙌
@kundadonatien17963 жыл бұрын
Hahaha😂😂 Super manager uzi icyo bita mechanisme de defense ark va kuri Melodie kuko ni undi wundi.
@nkurunzizafrancodesanto22803 жыл бұрын
Ahubwo nsanze uyu mutipe abashaka ko Bruce melody amuvugaho 2 kwita mungenzi wawe injiji ubwo urashakako melody agutaho umwanya I wish ko melody yakureka pee nagusubize
@imenagwenore73853 жыл бұрын
Ariko ndabona Super ari kubicurika niwe ari kugabuza kwizina rya Bruce melody Ntakindi akivuga muri Interview ze atari Melody! Melody ari kugukorera umuti murino minsi
@supermanagerhuuukwiyemerah40443 жыл бұрын
Melody yakoze kera. Iki kigabo cyo kirirwa kivuga ubusa. Imyaka hafi 50 utaragira ubwenge ni ikibazo
@philbertmutayinka25133 жыл бұрын
Avuga melody kubera ari gushaka kuzamukira kwizina rye
@mukankuzijolly39133 жыл бұрын
😁😁😁narumiwe koko ese kumenya icyongereza niko kujijuka burya. Ishyari wee Bruce ndabona muzamuhitana aho bukera.
@gadnizeyimana97333 жыл бұрын
Ishyari rizabahitana Melody hejuru hejuru
@yanisbebeto92083 жыл бұрын
Ntacyo bazamutwara imana imurinyuma
@mr.triplen46383 жыл бұрын
Wenye wivu wajinyonge, Bruce hejuru iyoooooo. Amashyari azabahitana, nkuyu koko ubu aba Ari mu biki weee?! Injajwa gusa😏
@lolitaimena97823 жыл бұрын
@@mr.triplen4638 ubuv super afitiyr Melody ishyari ibyabo barabizi namwe muraho
Nimba youth of Rwanda are inspired by Super Manager vyukuri Urwanda rw’ejo rufite ikibazo
@himbazatv51443 жыл бұрын
Caneee
@letsevolve49073 жыл бұрын
Uyu mujama ateye iseseme!!! Sabin nawe ndabona aba yahawe umufungo ngo ntamubaze ibibazo kandi ngo yemere amafuti yose amubwiye!! Ifaranga ni hatari walahi...
@supermanagerhuuukwiyemerah40443 жыл бұрын
Super umuziki waramunaniye. Kdi ashaka kumenyekana yirirwa yiyahuza ibigambo, kdi nta bafana. Views agira ku ma channel atandukanye agora arebwa n abantu bamwe
Bruce melodi ahubgo numuhanga cyane kubona kugeza ubu ataragusubiza. Ahubgo niwowe njiji cyane. Mu gifaransa baravuga ngo: on reponds un imbecile par un silence. Jya muri gogle translate kuko ntiwabyumva. Bruce yubahwe
@ezrankeshimana29343 жыл бұрын
Njye nkunze comments🤷🏿♂️🤷🏿♂️
@tinyukatv81273 жыл бұрын
Super turagukunda ariko utangiye kurengera. Bruce melody yubahwe. Ubushongore nubuhanga wiratana ejo byaba umuyonga. Jyawibuka iyo uva nibyahabereye.
@nzabonimanadamien37433 жыл бұрын
Super naho yakora arasuzugura nokwiyemera aravuga agiye kuzamera nkaherode mbega Bruce merode ndamwera kundirimbo super niyanamukurikira ndi America 🙏🇱🇷🇨🇩
Melody is very talented more than many singers in Rwanda so in one word super manager don't hide it u hate Bruce melody
@sendegeyansengiyera6473 жыл бұрын
Buriya ni uko mutapfa kubimenya ariko Super Manager afite trouble psychologique kuko umuntu muzima arareka ibikorwa bye bikamwamamaza kandi ntiyirirwa yitaka. Nkurikije ibyo avuga arwaye indrwara bita “mythomanie”
@Never-h5h3 жыл бұрын
Super👈👈👈👈 uritakariza igikundiro mubantu Reka gutuka uriya mupagasi rwose.. wowe itwikire kubwawe please reka uriya musaza wibishegu. Ahubwo iyo umwita Mr Bishegu Bruce
@josephniyonsaba71873 жыл бұрын
Sha yabiteje tuuu. Mwese nabahaye utu likes guys.
@uwimanaalice60503 жыл бұрын
Super uziko mbonye ko nta muco ufite ntasoni uratuka umuntu Wu mugabo witunze ufite na bana🤦🤦 mbabarira ndakwingize uzasabe Bruce imbabazi kuko urakabije nukuri 🙏🙏🙏🙏🙏
Arikina gusa ubu se we yize angahe koko mbere yuko abwira abantu ngo ninjiji
@amazonclearing39583 жыл бұрын
Super Manager ndamwemera sana mbona ari Intergent sana nkunda gukurikirana Speec ze God Blesse you Brother Ujye ubonera aho abandi baburiye muhungu wanjye ndi umusaza nitwa Dieudonne Gikondo Magerwa Compony Amazon C&F Ltd my Adress
@biralibakali49223 жыл бұрын
Ndagusabye uzasabe Bruce mélodie imbabazi uvuze nabi pe kandi nangendumufana wawe nanga ikintu cyagukuraho icyubahiro turagukunda rwose ariko kuvuganeza abandi nishema super uzabireke pe
@supermanagerhuuukwiyemerah40443 жыл бұрын
Bruce ntamwanya afitiye iki kigabo gisaziye ubusa.
@benignenishimwe62113 жыл бұрын
@@supermanagerhuuukwiyemerah4044 😅😅😅😅🙌
@NgwiSabius-show3 жыл бұрын
Being old-timer doesn’t mean to have wisdom! This man act bossy and put others down , what hell! A successful man is a man with a good character , and I think he doesn’t know the definition of success, but lemme give to you the meaning of it: success is to measure by what you do compare to others instead to finish what you have assigned to do, you can beat the iron but start punching hard but through matching the conscious and subconscious mind you control your temper. They said fool are those who think they are too wise enough to stop learning and the enemy of success is not failure but success itself, when you give a man a power, man and sex you will know who he is. This niga freak out my mind as if he is peachy. No way man , your words describe how you’ve parented and how good you can show respect to others, nothing is harder than riding a horse in ocean when you’re wasted. As man’s heart as he is . Be the agent of change and live the life that impact others mentally, physically , financially and emotionally even spiritually . Am Dr. Myles
@reneleking35623 жыл бұрын
Uyu mugabo afite imvugo mbi kandi ni umunyeshyali arwaye Melody. Ubwo rero super something uzagaruke aha usabe imbabazi ku mugaragaro Melody kuko umutukiye ku mugaragaro kandi ni umugabo witunze ntumutunze.
Uyu mu type yagiraga ibitekerezo ariko ari arrogant ndetse ishyari rizatuma agwa hasi. Kbsa natagabanya azajya ku rwego rw' ibitekerezo bimwe na Yakamwana
@raymondiradukunda753 жыл бұрын
iyi mbobo super kweli iriyumva kbs 🤣🤣🤣
@mr.triplen46383 жыл бұрын
Ni umutimbwe kbsaaa 😏
@raymondiradukunda753 жыл бұрын
@@mr.triplen4638 umwe wambere akanikurikira
@lolitaimena97823 жыл бұрын
Imbobo imenya Indi😄😄😄
@raymondiradukunda753 жыл бұрын
@@lolitaimena9782 hahaha you're right ✅ 🤣
@kayitesipeace9663 жыл бұрын
Super manager Bruce melodies ntiwagera aho agez Wana tuza