Icirwa ndahakuye nuko irugo rwubakwa na 2 umugabo n'umugore.kandi kugira urugo rugende neza murugo haba hakwiye kuba communication hagati y'umugabo n'umugore!! Madame keshi uba ukwiye kumenya ko abagenzi bose atari beza!! Good is good all the time!! ibihe bibi mubuzima bw'umuntu nibihe vyiza bibaho!! Love from Burundi 🇧🇮!! Sabin thank u so much!!
@bellab19243 жыл бұрын
Iki kiganiro meze nkuwicaye mu ishuri!uyu mugore imana imuhe umugisha aratwigishije adufunguye amaso
Nukuri muratwubatse, Imana ihe umugisha uyumubyeyi numutware we muribyose, muminsi basigaje kuriyisi. Amen
@joannahgatete30543 жыл бұрын
Such innocent girl 👧 . Harabagore bamajini koko eh! Niyompamvuntanshuti z akadasohoka z abagore njyira wapi. Inshuti yanjye ni Yesu niwe tuganira nkamubwira byose
Icyo nkuyemo ni uko ari umugore ari umugabo bagomba kwirinda inshuti mbi. Kdi abagore si bo baba inshuti mbi Gusa kuko hari na benshi bahemukirwa n'abagabo. Icyo tutemeranywa ni uko kumva ko ibyo umugabo yakoraga we yari afite raison. Kuguca inyuma ni icyaha noneho kugukubita bikaba amahano. Ni byiza kwihangana ku mugore ark ntibikwiye ko abahungu bacu tubarera tubereka ko bo bakwiye guhubuka ngo ikibaye cyose bakubite. Ntibikabe rwose. Niba umugore ari ituze ry'umugabo ntibivuze ko umugabo agomba kuba stress y umugore. Oya rwose
@faithiagift66143 жыл бұрын
Ibyo umudamu yavuze nibyo hano hanze arabantu bashuka abandi badamu kandi ukabizera kandi bashaka ko usenya.. Nikuba amaso no gusenga.. Story nziza cyane. Merci madame. Imana iguhe umugisha for being open
Niyo si turimo nshuti ,imfubyi turihangana tukemera byose kuko Imana idushakira ibitambo kuko no gupfa biba bishoboka
@uwayezumariegrace77293 жыл бұрын
Byose byari byiza usibye kuvuga ko uwakubiswe agomba kumva ko aramakosa ye. Ntawufite uburenganzira bwo gukubita uwo bashakanye wa!!!
@nikkiiliza59883 жыл бұрын
100%agree. Urebye neza uwo mugabo yigiraga marayika kdi ariwe mubi. Agaca inyuma akanarwana. Umugore nawe agafata agakomeza kuko yari amutunze. Ese ibi ntibyakatwigishije gutoza abana bacu kwitunga aho kwicara ngo batungwe n' abagabo ko ari ho hava gusuzugurwa no gukubitwa. Dukwiye gushakira ikibazo aho kiri. Umugabo cg umugore wawe hari abazamwifuza byanze bikunze ariko kugira ngo babagereho nibo bazabigiramo uruhare. So, the are the ones to blame not the outsiders.
@copdancy15293 жыл бұрын
Commentaires nziza cyane pe!
@lilianekayitare63 жыл бұрын
Muvuze neza cyaneee. Commentaires zanyu ndazikunze cyane. Rwose ntampamvu nimwe yemerera umugabo gukubita umugore we surtout ko yabaga yanamuciye inyuma. Kdi umugore ntiyagombye kumva ko ariwe wabiteraga umugabo we.
@johngoldenhabimana1733 жыл бұрын
Ndemeranya nawe abantu benshi bahohotewe igihe kirekire bageraho bakumva aribo ba nyirabayazana. Nta muntu n'umwe ukwiye gukubitwa uko byagenda kose.
@lumumbagustave52823 жыл бұрын
Ikibazo:kera umugabo yakubitaga umugore bikarangira ubusabane bugakomeza Ubu abagabo ntibakubita abagore ariko nibwo babanye nabi na zagatanya nyinshi Ni iki cyiza?
@JJE773 жыл бұрын
Byiza cyane bibe icyigisho kubana bacyubaka batazi abantu hanze aha, ariko ntitubabwiye ngo ntimukagire inshuti kuko inshuti ningirakamaro . Sawuda urakoze pe hari benshi ukuye mubujiji
@ Nyakuri ndakumva ariko nanone ntibyakubuza kugira inshuti gusa ukamenya aho ushyiraho limit, abantu bose buzuye trauma niho havamo urwango mbese ni birebire gusa uko abantu bazajya babahoka bakavuga story Zabo niko nabandi bazahumuka
@rosenayiga77353 жыл бұрын
@@mukundanenyakuri9398 5ijiiikkkoikkkkkkkkkkkkkil
@espoirejane4463 жыл бұрын
Sha nanjye narazinutswe, nigeze kujya kwereka abakobwa babiri bava inda imwe umu cher wanjye ,mukuru w uwo wundi atangira ataka murumuna we ngo ni mwiza afite mu akanwa hasa ni ahimbwa ,ni ubwambere numvise ko mu ikinyarwanda ngo kugira mu akanwa nk ah imbwa bisobanura kuba mwiza 😱😱🤮 koko nibyo pe uwo murumuna we afite umunwa muremure ni urwasaya nk urw imbwa .....ingegero ni nyinshi, nkunda abantu ariko ubu ndi sure ko ,ntazongera kugira umugore nzana mu ubuzima bwanjye
@GG-sd3ei3 жыл бұрын
Disi nta nshuti yumugore yo kwizera , Barahemuka ,kuko tubizera cyane .bagore ,twigire hano plz .
@bizimanaemile62873 жыл бұрын
Inyigisho z'ubuzima bw'abubatse
@nathanndamage1733 жыл бұрын
Sauda urakoze kudusangiza iyi story yawe. Ijambo ryi Mana riratubwira ngo uwizera umwana wu muntu avumwe. Ikosa ribabaje ni ukubona umugabo agukubita nku kubita umujura,ibyo ni agasuzuguro. Ushobora gukangara umuntu buke ariko gukubita cyane ni ubujyinga. Umuntu wese wubatse ibyo bibazo ahura nabyo. Ikindi mugomba kumenya abagore ba ba nyafrica batanu batatu baba ari abarozi babiri nibo bazima.
@kalisahope18713 жыл бұрын
Imana yarakoze kukurinda ,kuko uwomugore atakwishe cg agusaze ,ukaba ukiri murwawe God is good all the time
@Hubbs5673 жыл бұрын
Inama nkuye muriki kiganiro: please aba papa babanyarwanda nabanyafrika en general ndabinginze mujye mukora uko mushoboye abakobwa banyu mwabyaye mubashyire mwishuli, mub encourager bagere kure hashoboka mubarememo self confidence bakure bazi ko bashoboye kuba self sufficient etc nyuma mubashyingire ari abakobwa bajijutse bafatanya nabo bashatse kubaka urugo rwiza. Ubujiji ni source yibibi byinshi biba ku mwana wumukobwa.
@nkundiye343 жыл бұрын
Uvuze ukuri kose kabsa abagore benshi batunzwe nabagabo niyoho hava no kubasuzugura abakobwa mwige cyane Kandi mwishakemo ibisubizo mureke gutega amaboko kubagabo
@mig67253 жыл бұрын
Sheje Eddie ibi uvuze nukuri kandi ninama nziza cyane kuri buri mwari, nubwo utaba warabonye amahirwe yokwiga ariko ushobora kuba wakora akazi kuburyo udategera burikimwe kumugabo.
@ndamaze19843 жыл бұрын
Nturabana n'injiji yize ngo ikwivangire ubwayoooooo! Iby'abagore ni birebire ariko nibo bubaka kdi ni nabo basenya.
Uraokoze mugore mwiza kubuhamya bwawe,abenshi dufite intambara nk,izawe kdi zivuye kunshuti mbi,ariko mu ijuru hari Imana izisoza
@pascasientandikiye70063 жыл бұрын
Pole sana Madame. Ico abagore dukwiye kumenya ni uko umugore ashaka kugutwara umugabo abanza kukugira umugenzi. Abagore dukwiye kumenya ubwenge.
@dhrj.nijoehire74833 жыл бұрын
Urakoze cyane kuvuga neza abarundi... Au moins toi tu es honetes et reconnaissantes ! Iyo bakureka ukavuga , abadusebya Massamba nabandi bakumva ko tutangwa nabose
Nibwo bwenge di sukubanga ahubwo nukugirango urugo rwawe ruramuke have urumuhanga komerezaho
@annemariebihirabake6444 Жыл бұрын
Madame Sawuda yarahuye n'ishetani y'umugore kandi nawe ari une Ange. Tres belle aussi, waouuuh. Sabin merci nawe
@neemaagnes88163 жыл бұрын
Ngusabiye umugisha utagabanyije mubyeyi mwiza uranyigishije mubuzima nubwo undijije nu kuri ndagukunze
@kariyobaker9617 Жыл бұрын
A painful but educative story. However I wonder why she couldn't listen to advice from three very wise people in her life, including her own husband ! I wacu hano i Mbarara, Uganda, baca umugani ngo: "Amatwi arimwo urupfu ntiyumva" !
@uwayezumariegrace77293 жыл бұрын
Kirazira: guca inyuma uwo mwashakanye, no kumukubita. Abashakanye mushake umwanya munganire, mubwizanye ukuli...bagabo, badamu mukunde kandi mwubahe abo mubana nabo...gusambana ni umwanda, azabireke Burundu. Be happy and yourself...
@solangeumunyana24703 жыл бұрын
Kuva aho nabereye ibyo nsigaye numva hanze aha,ni danger.
@TheBizuzu3 жыл бұрын
Solange Umunyana Urantwengeje gushika🤣😂🤣😂...Erega Yesu Kristo Ari kw'irembo...Isi igeze habi pe
Powerful educational show today Good job Sabin Keep up Be blessed
@alexrwandatv10612 жыл бұрын
Qdhi8
@marykampiire78343 жыл бұрын
Mwakoze pee yesu abampere umugisha
@Empower1tv3 жыл бұрын
Urakoze cane Maman!!! Natwe turagukundaaa
@4c4ever773 жыл бұрын
Ma Cherie suada! Uko nagukundaga ngiye kubikuba inshuro icumi, uraduhuguye cyane! Ko utabwiye Sabin ngo akuremere kuri ya channel yawe, agakora pinning. Nzaza kukureba hahandi ukorera twiganirire, ikindi umuntu wagukoreye make up yabikoze beza cyane!