@@muclosusu284 icyo ntemeranya nawe ni uko ari gushaka gusa nudefanda icyaha cye nkaho ari Imana yari yarabipanze kugira ngo imwigishe , Imana koko iratwigisha ariko ntitwoshya gukora ibyaha ntanubwo ibitwoherezamo ahubwo yemera ko tugeragezwa na satani twayisunga ikaturwanirira cg twanagwa mu cyaha tukacyemera ntahantu na hato twidefanze cg duhakanye amahitamo yacu mabi . iteka iyo tugarutse turi sincere iratubabarira . Imana yaduhaye amahitamo ku bushake bwacu iyo duhisemo nabi ntabwo aba ariyo ibikoze ikindi kandi iyo twiyemeje gutanga ubuhamya bwibibi twakoze nyine tubivuga byose tukagagaraza ububi bwacu tudasize na gato , erega abantu turi babi ntidukwiye kwigira beza mu gihe dukeneye umucunguzi waducungura . bose bakoze ibyaha ntibyashyikira ubwiza bwImana . ibi byose mbivugiye atari uguca imanza ahubwo nanjye ni uko nabonye umutumirwa hari aho yavuze ngo ni Imana yashatse ko ajya mu buraya .
@jacklinemugisha44633 жыл бұрын
Buriya umuntu wese avuze ubuzimabwe hano beshyi twararushye turasuzugurwa ubuzima bwumuntu nibagaryiwe nanjye ahankubwiye ibyanjye wakumirwa bisuba ibyo byawe ariko yesu yarankuyeyo ubushimimana ba mumburayi murafrinca narahahezagiriwe kandi ntarize nishyuri 1 ubu nibukaho yesu yankuye nkumirwa komera mukobwa wa yesu ntawamukoreye yesu go yikorere amaboko komera urumuntu undasazwe kubera yesu
@safarijerimiah31383 жыл бұрын
Uwo ntabwo yabureka kuko ararya, kdi ntacyo Ari cyo!!
@GM-op2sl3 жыл бұрын
Hashima yesu wagukijije reka mbabwire bavandimwe murimo mumukira urubanza ko akiri indaya ngewe ndabona yarabiretse kuko ntabwo wavuga ibi kdi ukibirimo ikindi kdi nibyiza kumva ukuri kumuntu kureka amabwirwe kdi burya gukira imanza abandi sibyiza kuko mwijuru hari Imana izi byose
@rindaishema73933 жыл бұрын
ubuzima ni urugendo rukoze isomo, bityo ntawavuga ko yatsinze ku bwe. Mana weeeee, buriya uwagira icyo ashaka kuvuga yakibwira Imana. N ubwo amahitamo ari aya muntu, ariko ibitubaho byinshi si ibyo duhitamo, cg umunt aba yaharuriye umuhanda 100%. Icyo dusabwa ni ukwisunga imbaraga z itagaragara ku maso, nayo ikikorera ibyayo. He kubaho uterana ibuye, niba warahiriwe ntubeshye imbaga ko ushoboye. Ni amahirwe wagize. Twese Imana iradukunda, kandi idukorera ibihwanye n ibidukwiriye. Uyu mudamu rero yahuye na byinshi uwibwita ko abashije yamunenga, ariko uru rugendo yagenze nahumure. Komeza ugambirire ibyiza niho Imana izagusanga mu mpinduka y inzira igoranye, aho ihera iba inzira y impinduka nziza mu buzima bw umuryaaango mwiza mushya. Imana ibane naaawe.
@mugabeyvette36103 жыл бұрын
Sabin Merci ku mettant les choses au clair 👌Ntabwo Boite de nuit, arimubyaha, nabajyayo ntabwo ikibajyana ari kimwe, nikimwe nabajya mubyumba by amasengesho, ntabwo Bose baba bagiye gusenga, Gusa ababarokore barabeshya 🤷♀️ il faut assumé, kugeza ubu à la fin ntakintu kizima numvise 😏🤔
Abantu bakwiriye kumenya ko SELF-PITY ari intwaro igusenya, umuntu afite ubushobozi bwo gukora ikintu icyo ari cyose itandukaniro ni choice icyo uhitamo nicyo ubacyo, ubuzima bubi s’ikibazo ikibazo n’ukudatekereza kubuhindura, birumvikana neza ko gukorera 25k utashobora kuba munzu itajyanye na salary Icyo ntabwo ari ikibazo ahubwo wagombaga gukomeza kurwana nkuko watangiye. Wahisemo neza kuva mubuzima bw’uburaya imbere niheza kdi muri byose Imana iri kumwe nawe ntukisuzugure gira intumbero, self discipline, kwiga ntibirangira n’ubu wabikora ni just guhitamo kubikora keep growing spiritually future ni nziza
@spgeneralsupply30293 жыл бұрын
Ntibazi ko isi yameze amenyo...
@vitalnara41863 жыл бұрын
Joselyne i encourage you and congratulate you. You are a strong and great lady. Evry zone cane fail every time. You have been very string. You can be a model of good behaviour in changement by praying. Thanks
@Papalain3 жыл бұрын
Uyu yanyuze mu buraya agiye kw’igisha ubukristu. Imana yaragowe cyane
@umutoni16573 жыл бұрын
Nanjye byancanze aho yavuze aho. Yavuze ngo yaparitse ibyagakiza agiye muburaya ARONGERA ngo yari umusirikare wa Kristu ngo yaranabwirizaga ngo ibi bintu ubikorera iki???? Nigute wabwiriza abantu uziko biri bukwambure amafaranga? Yavuze ko yagiye muri ubwo buzima kubera ubuzima ibyo kubwiriza urumva atari ukwiyicira isoko? Ninko kwirukana abackients be????🤦🏾♀️🤦🏾♀️🤷🏾♀️ Inkuruze ntago zihura ariko icyo ntemeranya nacyo nukuvuga ko Imana ariyo yamujyanye mu buraya. Niyemere ko yaguye kandi ntakibazo kirimo twese turi abantu abari bumuseke araba ari abamarayika. Niwe wafashe icyo cyemezo nkuko yabyivugiye nishimiye ko yafashe nikindi cyo kubivamo. Nagerageze afate responsibility ntagire isoni twese dukeneye YESU.
Ese ubundi ni nde wababwiye ko dukeneye ayo marorerwa baba baraciyemo mujye mujya kubivugira nu nsengero.Aha twe tuba dushaka kwisekera cg kumenya ibindi tutazi bifite akamaro ...
Uzanshake rata tujye twiganirira ndumva hari byinshi duhuje
@isarosalama2023 жыл бұрын
Sukorata akazikabi nuburaya nokuroga
@olivekabahire2753 жыл бұрын
Ubuse aziko gatunze benshi hanze ugakora aruta uwamunuje ayo mashuri ibihumbi magan268 uwabiguha ntiwagakora nibangahe bize bayahebwa ntimugasuzugure akazi akaxi kabi ni ukuroga nuburaya no kugambana
@tuyisengejeanne77553 жыл бұрын
yego rata JOSELI,kujya mu buraya byari kugirango uhakure irindi somo,hhhhhh
@nikkiiliza59883 жыл бұрын
It is never too late to change your ways forgive yourself and be confident.
@muhoziaimee6603 Жыл бұрын
Sabin uyu muntu wawe se ko yasubiye mu mwuga wuburaya asigaye akora Come Again n’ijoro arko ufite gahunda aramutahana cg agashaka Lodge so wakongera ukamuganiriza ukareba ko yabivamo kuko arahembwa.
@CU-ji9lz4 ай бұрын
😂
@Richard-pb7mt3 жыл бұрын
Mwige ku giribanga Kandi iyo muri imbere za kamera mujyemugirumupaka mubyomuvuga mutandukanye I torero na Camera ariko ndagukunda Joselyne
@gandi45113 жыл бұрын
Imana ikujyana mu bintu?? Ntusiguye neza. Ni yo yakujanye mu buraya ngo ni uko wayitako imiragwe??? Oya yarakuretse ukurikira irari ryawe. Sha sinzi uko Imana muyifata! Imana ni yo yaguhamagariye kuba indaya kugira ngo ubwirize indaya??? Muje mumbabarira. Gusa iherezo rya vyose, tuzoje tibuka kwihana.