Si nzonjyera ku kwima chr wanjye urakoze kunyigisha Sarah mwiza
@user-fe1yl8gd7kАй бұрын
Nonese urwaye 🤣🤣
@user-pg6xi6nk2mАй бұрын
Namwimaga ntarwaye pe
@mukashyakaannefelicite906Ай бұрын
Hhhhhhhhh ngo ntuzongera kumwima biterwa nuko yagufashe yaguhaye care se ugirango wamwima uwo mwanya ?harigihe abagore twishyiraho amakosa Kandi byatewe n'abagabo baba badashobotse bategereje ko abagore Aribo biteretera
@AHishakiyeSwalhaАй бұрын
ManshaAllah 😍😍 Allah aguhe umugisha Sarah
@user-dg4xp5ii7oАй бұрын
My love Sarah wangeee urakoze cyne Nukuri ngiye guhita nkanda subscribe Sarah kuri film yawe kuko ufite mind yigisha abantu love you ndabizi uhuguye benshi❤
@user-sp3xt8po7nАй бұрын
Sha uri nakeza sha!
@gisarojohn2777Ай бұрын
Sarah utite ubwenge bwinshi kbs.Kandi uvuga utuje. Courage
@Zawadibintdjuma-c2eАй бұрын
As Muslim am here for you sarah❤❤❤
@safiaomar429Ай бұрын
Asalaam alaykum wa rahmatullah wa barakatuh sister. Thank you for your
Sara erega yagiye urumugore wa kabiri birangira amwegukanye rata burimo urabizi
@williamdeo2888Ай бұрын
Uyu mukobwa arasobanutse
@j.u7846Ай бұрын
Ugomba gutunara nyine ngo batagushyiraho abandi 3! Twe abachrist imibonano siyo dushyira imbere kuko hari byinshi dushingiraho twubaka. Naho sex ni imwe muri partie y ibikenewe mu rugo. Ubuse ntabishaka ni ngombwa ko mbikora? Cg mugenzi wanjye ananiwe atabishaka? Iyo ni violence rimwe na rimwe rwose. Byose ni ku bwumvikane,naho kubaho nkuri muri competition rwose ndabihakanye
@Jdmcs19-81Ай бұрын
Mwigishijwe nabi ntimwamenya ukuri , muhagarare muhangane na za gatanya za buri munsi abantu bari kunyuramo bataramara umwaka bambaranye impeta mu madini n'amatorero ya gikirisitu, abo mwita abatizera bigaramiye.
@UmuganwasarahАй бұрын
@@Jdmcs19-81 Nibicare bige
@niyomucyonadine387Ай бұрын
Uvuzukuri erega aba Islam ntampamvu yagatanya kuko baba bafite Beshi cg bemerewe Beshi niyompamvu abayandi madini gatanya igaragara nahwabandi bo ahitanjya kuwundi iyundibashwanye
@GIRANEZATV1111Ай бұрын
Akantu k'abamalaika Bose baba barimo kukuvuma Niko kabi.
@Gogo_Irisa-fr8om.Ай бұрын
😂😂😂
@user-vr9uh6uq5tАй бұрын
😂😂😂😂
@niyomucyonadine387Ай бұрын
Mutesi urakemera ? Birimuri bibiliya yera ?erega abamarayika baratandukanye hari babandi batanjyira ibisubizo byabasenga aribo dayimoni zizerera mucyirere ubanzarabo bizera
@gilbertngoga6166Ай бұрын
Nkoze subscrib kuko uyu mu mama ndamukunda uko akina
@United4ever1Ай бұрын
Ko yabaye inzobe 😁
@user-wt7gl8xw6sАй бұрын
Nabikigalx nukabaze ubusa😊
@United4ever1Ай бұрын
@@user-wt7gl8xw6s 😅
@camaladeemmycd2638Ай бұрын
Abasiramukazi bubahwe
@Jdmcs19-81Ай бұрын
Baba barigishijwe neza bakiri bato philosophie y'abagabo n'uburyo bashobora kubatwara hagamijwe kubaka kurusha inyigisho na philosophies zihabwa abakirisitu kuri iyo ngingo. Ni nayo mpamvu gatanya zivuza ubuhuha muri christianisme kurusha izibuvuza muri Islam.
@abarenzetvАй бұрын
Nibyo kbx😂😂😂
@rosenyirahabimana60Ай бұрын
Mutoni wowe wajyaga ukuzaho Karim none ngo! 😂😂😂😂
@HusenNsengiyumvaАй бұрын
Urabizi neza se?
@rosenyirahabimana60Ай бұрын
@@HusenNsengiyumva Ntubizi muri Seburikoko?
@HusenNsengiyumvaАй бұрын
@@rosenyirahabimana60 umva nyine ko ari muri sebu
@rosenyirahabimana60Ай бұрын
@@HusenNsengiyumva Hahahaha
@HusenNsengiyumvaАй бұрын
@@rosenyirahabimana60 gusa nubwo ndi umusilamu nanjye ndabizi ko bubaha abagabo babo nubwo ntabyera ngo de ark baragerageza pe
@mukashyakaannefelicite906Ай бұрын
Iyi si turimo ntagihe ibibazo by'ingo bitazabaho ntihazagire ukubeshya ngo bari mu ijuru rito 😂😂😂uko mbyumva iyo uri muzima,usenga cash zihari ubuzima burakomeza , ibindi mumbwira ntabwo nabyumva byaba akarisho mwese mufite cash
@user-tb2jg5qx6nАй бұрын
Ark ntukavuge ngo papa sava yarubatse nn Koko ntakindi akora usibye flm ntiyabaye mwarimu, akavugira Inka,agakora mumakwe killerman siwe wavuze ngo sinama ntiyatunga umuntu ntahandi ashakira
@HusenNsengiyumvaАй бұрын
Nonese uwo killaman usibye muri cinema ashakirahe handi uzi
@nyiranezajeanne766Ай бұрын
Ese ubundi uba umwimira iki?! iyo umwimye abishaka c uba wumva iriya mitsi aribuyigire ate?!😏
@mariembasabireАй бұрын
😂😂😂😂😂😂 ,ngo iyo umwimye abamarayika barakuvuma, nyamara muri Islam ndabona bigisha kubaka neza urugo pe