Ddumba ibyo avuze nukuri 100%, nanjye mba Europe ark ingigo zose avuze nukuri 🙏🙏🙏🙏🙏
@ak48.094 жыл бұрын
Ddumba has really told the truth. I'm Ugandan living in Texas. Everything he said is true. I lived in Rwanda for 2years, still learning the language. Good job to you ladies!!
@emmakay38834 жыл бұрын
AK 48.0 AKA 48 , Texas where, I am in Fort Worth hit me on my email, if possible..ekayitare@lincolnucasf.edu
@ak48.094 жыл бұрын
@@emmakay3883 uh! Nice I live in Dallas. I will reach out and hopefully see you after things get back to normal.
@maombihakiza58584 жыл бұрын
yaaaa Ubivuzeneza cyane nshimye TBT kbs nahano Finlnd nikobimeze mumibereho ijyihari namafaranga ariko kunezerwa nigake kbs nkabaje turi hejuru yimyaka 17 dukumbura Afrika cyane kuko harijyihe inshuti zacu ariho zasigaye bikaba impamvu yokuhatekereza.
@bigirimanaabubakari35544 жыл бұрын
So interesting, everywhere has challenges,gusa Kuba muri Diaspora hari some Advantage kandi nabwo bisaba mumutwe. Guys you are doing excellent job. TRUTH BE TOLD 🇷🇼
@Afroxidental1234 жыл бұрын
Ok njye maze kumva iki kiganiro, ariko ngiye gutanga comment yanjye mu cyongereza no mu kinyarwanda. Mba muri Canada nanjye, mu ntara ya Quebec. Niho mvuka, ni n'aho nakuriye, nagiye mu Rwanda inshuro 4 (my last time was last summer) so the points I'm going to give take into account my experience as a Canadian-Rwandan. There are some points I agree with Ddumba, nkuko iyo umuntu ari umunebwe cg umukene mu Rwanda, azongera abe umukene cg umunebwe aramutse agize amahirwe wo kuza muri Canada. Ariko iyo point nayo ikeneye balance, kuko njye impanvu abadiaspora bakunda gusubira muri Canada cg USA, ni kubera ko system yaho iri already built for the easy development of the person. Opportunities aho ziba ziri nyinshi kdi amahirwe muri Canada wo kwicwa n'inzara, nk'urugero, ni hasi cyane ugereranyije n'ayo mu Rwanda. Niyo mpanvu usanga abapapa n'abamama mu Rwanda bakunda kwohereza abana babo ngo bajye kwiga muri Canada kuko system iba iri already built. Ddumba ukuntu avuze yuko system muri Canada iri made kugirango ube trapped ntago aribyo unless you let it trap you. It's all about wisdom as he said. Ariko njye ndi umwe muri bo bashaka kuzasubira mu Rwanda in the next 3 years, ariko ndabanza gutakinga advantage of the system Canada offers me, and see how some parts of it can be applied in Rwanda, without pretending to change the whole system. Because Rwanda is a civilization as a whole, and has to be considered as such. There are great things in Canada that can be brought in Rwanda, but it takes wisdom to put them in place buhoro buhoro. Ku byerekeranye n'abagore na rights bafite, I think he's exaggerating. Bafite droits, ariko mu buzima bwa buri munsi, as a man, I don't feel less valued than a woman. Those scenarios of divorce happen because two stupid people got together, thinking they could get advantage of each other in a dishonest way (the man downgrading the woman, the woman sucking everything from the man). Njye nzi imiryango myinshi y'Abanyarwanda where the two parents are still together for many years, kandi nibo the majority mu Banyarwanda nzi baba muri Canada. Impanvu usanga abana babo babaye ibirara n'uko ubuzima muri Canada bushobora gutuma utamenya abo abana bawe bagendana, icyo bumva, abo baganirana, kubera ko umubyeyi arazindutse, akajya ku kazi, akagaruka atinze, agateka, akarya n'abana babo, bagahita bajya mu bintu byabo and life keeps going. No time to educate, to follow up, anything. But as I keep saying, wisdom and responsibilization, from the parent as well as from the child. Musenge, mubahe Imana, the rest, he's gonna take care of it.
@gerardnizigama1154 жыл бұрын
Uvuze ukuri pe. Ahubwo Juliet na Clair bari bakwiye Gusuma iyi comment yawe. Ni 100% right. Njye mbaye muri Canada imyaka irenga 30 commentaire natanze ihuye niyo yawe, warahavukiye, nanjye nahageze ndi muto cyane ndahakurira. Nicyo gituma twahuje commentaire pe. DDUMBA yabesheye Canadian system cyane. Nimba Canada yabaye igihugu cya kabiri mubuzima bwiza muri 2018, icyambere cyabaye Suisse, nivyo pe ndabyemeza koko, kandi iyo rapport y'isi yose yagizwe n'ababizi neza. It is a system of opportunity. Mu myaka nka 25 ishize njya muri Afrika every year. Ibyo wavuze kuri comparison you are totally right. I am asking Clair and Juliet to carefully read your comment, which is exactly like my long one I made. Wagira ngo ntabyanditse tikumwe. As you said it might not be very easy to implement some changes in Rwanda based on Canadian way, it is two different systems and it requires caution and gradually and at the end you will make your contribution using the best inspiration you got from Canada. Again I congratulate you for saying the naked truth without bias. Imana iguhezagire, we need honest people. Like you
@edisonwaza77394 жыл бұрын
Murakoze kabisa for your I deas kbx kdi nibyiza kabisa
@OneMuntu4 жыл бұрын
I believe ko ibyo Ddumba arikuvuga ni perspective yumuntu wakuriye murwanda akagya canada cgw se mumahanga, nibyo ahura nabyo. Uko mbyumva ngewe, mbona abana bakuriye hanze nabakuriye murwanda ntibakumva ibintu kimwe coz they we're brought up in two different worlds. Niyo wazagya ugya murwanda buri mwaka, Hari ukuntu uzumva ibintu bitandukanye nuko uwakuriye murwanda (niyo yamara 30y) azabyumva.
Wé Semitego nyaruka tu je kwa Mario saison yatanguye reka Abo bamyakigali
@gilbertmugemanyi71834 жыл бұрын
It’s true ibyo ababwiye kandi DDumba is smart true
@Sunshine-ms4ih Жыл бұрын
This guy is wise burya kabisa. Najyaga mubona asetsa but I had never actually heard him talk for a long time.
@GasanaLawFirm2 жыл бұрын
This man is so wise and so honest. Avuze byinshi cyane by'ukuri.
@africaagain29974 жыл бұрын
Ddumba ibyo avuga ni ukuri . Mba Europpe . Nawe nibyiza muganiwe from now to invest there never be later . Africa ifte potection nyinshi. TBT iki kiganiro nuyu mutipe nibyiza kuko bizaza bitanga figure yomumahanga uko hateye. Kumva ko buriwese ashobora gushaka ubuzima bugakunda depend na courager yawe. Thaxx.
@KIZAPictures4 жыл бұрын
Thank Dumba kutubwira muri macye!!!! we wait part2
@landryruberintwari13164 жыл бұрын
Clair and Juliet you are doing great, keep it up. Love from burundi
kbx ahoho uraduhuguye nanjye mba numva mfite inzozi zo kuzagera us ahubwo inzira bicamo nizihe mujye munaduha information y uko umuntu yagerayo thanks Dduma.
Mr Ddumba you are meaning the real, thank you kbsa Mrs Juliety and Mrs Claire ilove the way how you seat down and think to whom we may have a conversation with its agreat job may God bless You
@Kabuzebasiza4 жыл бұрын
Ikindi kibazo!!! nkubwo wavuze i Kinyarwanda, uziko ntumbise ibyo uvuze!
@UwimanaPaul-zl1gc8 ай бұрын
Hello! Mwurakoze ! Mwaduhaye nimero ya Dumba?
@Allanc55564 жыл бұрын
Mr Ddumba, respect man. Uvuze ukuri kuri bamwe May be is shocking but kubandi babibayemwo is hitting to the spot(May be counselling theurapy who knows). Thanks to the TBT team have invited you🙏🏾
@uwamahoroemmanuel75454 жыл бұрын
Courage TBT, mwakoze kuzana Ddumba...love u
@eddienziza91773 жыл бұрын
TBT is soo dope .Juliet and Claire ba presenting neza cyaneee with constructive common sense.highly energetic flamboyant biryoheye amatwi binafite aho bishingiye
@Richard-pb7mt4 жыл бұрын
T B T Vraiment ndishimye Muzamugarure Kuko Avuzeukuri kuri 100%Dumba ndagukunzesana Ndumunye Congo mbera muri Sweden ariko system zababazungu nizimwe. Ahubwo igikuru twubahe ibihugubyachu. Merci T B T Rwanda
@smjl15164 жыл бұрын
Ddumba urakoze kutuvugira. Iyo video muyihererekene bose bayimve uko ubuzima bumeze bareke kujya badutesha umutwe.Urakoze cyane Ddumba namwe abanyamakuru
@allanrusty97074 жыл бұрын
This guy has alot of wisdom & content.. type of people to be invited we pray you bring such mind captivative people more often#part 2 should come Asap pliz en pliz
@stellabatamuriza65554 жыл бұрын
THANKS so much for explaining to our people because no matter how we try to explain to them they will never understand how we feel it's west of time the way I'm from Burundi living in America
@richardsangwa21464 жыл бұрын
Monsieur Ddumba Semitego ndagushimiye cyane ibyo uvuze birenze Kuba ukuli 100% MBA I Burayi nagiye Canada marayo 3 ans nahavuye kibuno mpa amaguru.. ntaheza nkiwanyu. twakwiye kugira neza ibihugu byacu muri Afrique twese hamwe dufatanyije tukareka kugwa mu buhenda abana abazungu badushukisha nshimiye n'abajournalistes ni beza elles sont très professionnelles babaza ibibazo byiza byubaka bikanigisha byungura ubumenyi n'ubushishozi. Might God bless you all.
@kwizerajeandelapaix69034 жыл бұрын
Wooow iyi interview ibaye ntoya disi
@SN-rn4cw4 жыл бұрын
Yeah we need part 2 kabisa!
@Kabuzebasiza4 жыл бұрын
Ddumba Kbsa avuze ukuri kwinshi...very honest...system hafi ya zose z'abazungu ni zimwe ibintu byinshi yavuze abantu baba hanze biyumvamo haba Europe cg North America...gusa nyine kuba umushomeri n'ubushake niyo difference ikindi icyo yibagiwe kuvuga nuko hanze haba abakobwa bake bene wacu ! Kandi abakobwa nta dini bagira hari igihe usanga tanto bari ku datinga abanyamahanga twe abanyarwanda b'abagabo dukunda gustikinga kuby'iwacu..naho abirukankira hanze burya hari imyaka itari myiza kujya hanze..nimba uri over 25 think twice ..bitwara igihe kumva systems minimum 10 years... already uba ugeze 35 ubwo namwe gutangira ubuzima @ 35 sinzi uko abandi babyumva!
@bajenezaemmanuel33234 жыл бұрын
Ndi canada aho Ddumba aba 100% ibyo ababwiye nukuri cyane
@jamilairakoze66003 жыл бұрын
Nshya ndipfuz kuhashika kwer
@rdtvonline54264 жыл бұрын
Ddumba Asante Sanaa ikiganiro ciza cane
@napoleonnimbesha31384 жыл бұрын
Woou avuze ukuri.. Nuko bimeze p.. Th most African people bibaza ko Kuba (gutura) muri diaspora ko biri easy but that's not true at all.. Home Sweet home.. It's so hard outside there. Let's build out continent. @Africa it's really a paradise..
Burya uzarye ubusa ariko uriwanyu!Great show kabisa
@shemathierry79354 жыл бұрын
He’s really gusa nanone ntago ari ubuzi bubi Coz hari n abantu bakora mu ma office bafite ubuzi bwiza cyane bakora mu ma Call Center no muma Office bakora he hose kandi baba bahemba amafaranga menshi cyane so wivuga ngo nubuzi bubi cyane Secondly hano ibwa n ipusi bifite agaciro cyane kuko habanza Umwna ,umugore then Ibwa n ipusi, then Umugabo aza nyuma
@julesmuhire4634 жыл бұрын
Ikiganiro ni cyiza cyane. Gusa kubera umuco wacu, hari ibyo twita ko ari imirimo mibi ariko ahandi atari ko ifatwa. Noneho iyo ugiye muri communism system, ugasanga ukubura umuhanda, utwara taxi, ukora muri kaminuza, n'indi mirimo ukeka ko ikomeye muri Leta, ugasanga bahembwa amafaranga angana (or almost), ni bwo ubona ko umurimo wose ari umurimo.
@mugungagodfrey11264 жыл бұрын
Uwo mutype komuzi muri social media za uganda Ring Rapper wamusigiye nde papa big up oli wakabi mkn
@eddienziza91773 жыл бұрын
Truest of truth.abisobanuye nezaaaaaà
@parfaitnahimana91784 жыл бұрын
Very true that!!!
@auxanendanyuzwe19834 жыл бұрын
Ibyo DDumba avuze ni ukuri rwose.kandi abanyarwanda muri mu gihugu mute mwiza gushima kandi namwe mugire neza abandi kuko iyo umuntu nakoherereje 100€ cf 100$ si uko aba yabuze icyo azikoresha.ahubwo aba akwitangiye bitewe n'urukundo. Rero please mwige ikinyabupfura.ubuzima bwo hanze ntibworoshye
Somewhat nukuri ariko biterwa nuko wahinjiye. Iyo uhinjiye kuri green card ubuzima buba bugoye pe, kuko nta support ya government ubona nkuwaje ari impunzi. Gusa ndi USA. tumazeyo 4 yrs ariko umutware wanjye akorera 30 dollars hourly nkakorera 18 dollars. So byose ni mumutwe kdi Ikindi buri mwaka ukabona tax return itari munsi ya $9000 iyo ufite abana. Inah haba hari opportunities nyinshi iyo mushyize hamwe no matter what mugera kucyo mwifuza kdi nta stress za school fees kuva umwana atangiye nursery kugeza arangije secondary. Home sweet home but iyo imyaka yose wahabaye ntacyo wagezeho in 4yrs only ukaba ufite burikimwe ubwo urumva waherahe uvuga ko ntakigenda?? To be honest with you guys, I'm enjoying every single bite of this country!!! Icyo abenshi babura ni information zicyo ukeneye gukora kuko iyo uturanye nibigwari biguca intege gusa.
@janviermurwanashyaka6854 жыл бұрын
yego rata byose ni mu mutwe biterwa ni myumvire meme nahano mu Rwanda turi ntibyoroshye???
Uyu mu type muzongere mumutumire kuko avuze byo.Mba muri ayo mahanga niko bimeze pe
@mcypy4 жыл бұрын
Ddumba urakoze cyane kuvugisha ukuri rwose.👍
@jeanninenyinawumuntu93002 жыл бұрын
Uyu mugabo avuze ukuri rwose ,haba ku bya Divorce, abazungu babidushishikariza ku bwinyungu zabo,hanyuma n'abavandimwe bo mu Rwanda bajye bamenya ko utwo bita ducye umuntu amuhaye aba afite icyo yigomwe kugira ngo abashe kutumuha.
@rosmineakimana29764 жыл бұрын
Yes...Ikibazoo Juliett ubajih kiratahuritse!!ngo kuki umuntu avuga ngo ntakintu kizima cnk ntakintu kinini kiri mumahanga!!lkuvyukurii kumuntu akunda abantu kndi akavuga ukuri ntawe yobwira ngo amahanga araryoshe!!amahanga muvyukurii si meza...cane cane nko kubantu bagiye kwiga cnk kubayo basize famille iwabo( i mean ugiye kure yabavyeyi)!!milieu, société cnk communauté ni ikintu cambere c influence umuntu bigatuma ahindura comportement!! Duhurumbiraa amahanga twse kuko tubonaa muri tv ubuzima babayemwo uko bumeze, ahantu ingene hasa neza, ukabona ukuntu bambara vyose ingene biba bisa neza then ugashaka gushikayo!!one thinG i can tell here...irya ni pub, ofcoz bateyee imbere kudusumbaa...kw adverstisiNga ibintu vyabo cnk kubonaa berekanaa vyiza biri iwabo nukugiraa igihugu gisurwe kndi kimnyekane kwisi hose!! Biryaa tubonaa kum TV na hh mnya ko neza atariko bimeze uhashitsee...twibaza ko kuronka akazi ugezeyo cnk kuronka amaheraa ari ibintu vyoroshe cane or k non!!My dears...amahangaa ntanagato aryoshe, araguhindura ukaba umuntu musha, ugata akaranga kawe, ugataa n indero nariryaa uba wigiye kure yabavyeyii!! Amahanga mubisanzwe akwigishaa ubuzimaa ubwaribwa, ugakanura ugaca ubwenge!!Amahera sikintu corosh kuronka...abo mubona bose bas neza cnk ba slayiNg ukipfuza gusa nabo haryaa si ivyagusa!!bifise aho bivaa!mumahanga uba uri indépendant...ubuzima bwawe ubutwara uko wipfuza, ntawukuraba!ni wewe nyn rero wo guhitamwo!ukagira choix zawe bivanye nico ushka kuba mubuzima!!ushbora kuronla Amahera facilement, bivanye nuko uyaronka, ico uba wakoze kugira uronke àyo mahera!Harya muze murabe!! Iyo uronse amahera wayavunikiye, wakoze uko ushbora ngo uyaronke, ntuya spendinga uko ubonye, uko uvyiyumvamwo, mubintu ataco bimaze!!hubwo uregeranya ukana savinga ugatekereza ico woyakoza narirya utaba ubona uko ejo bishbora kugnda!Mumenye neza reo ko barya mubona bose basa neza kum IG, snap chat, facebook nayandi ma reseaux sociaux bose, ukab enviyA, ukagomba gusa nabo, arinaco gituma benshi bipfuza kuba nabo boshika aho hantu ngo babeho ubwo buzima!! Mn cher...iyo ubonye uko umuntu wundi abayeho cnk asa ntugashake gu copia ngo umere nkawe kuko wewe ntimubayeyo kumwe, aho akura siho ukura!!hubwo shaka kumnye ubwambere source de revenue (Aho vyikuri akura ayo mahera, inkomoko yayo, ico aba yakoze ngo ayaronke hama ngo ase uko)...benshii bakora birya cnk baki affich kuma réseaux sociaux amahera yabo ntava muri vyiza!! Ntitwovuga bibi gusa...duhereze kuri vyiza!! Amahanga ni meza kuwuzi ico yipfuza gushikako mubuzima, akemera gu struggliNga ngo akorere ayo mahera yipfuza, akajaa kungurayo ubwenge kuko tutirengagiza neza ko amashure meza n ubumnenyi bwinshi tuburahura hariya!! Kubwivyo...iyo umuntu ahageze, aba akwiye kubifata nka opportunité, nka chance, ugakora icakujanye hama ugataha gusangiza abiwanyu batashoboye kuhashika ubumenyi wakuyeyo kuko hari ama avantage menshi!!Tumenyee kutibagira iyo dukomoka no kugendana hose imico n akaranga kacu murakoze!!
@anetkiiza61184 жыл бұрын
He's very right, limited life.com gusa ababwiye ibyukuri, Canada ninka marriage umuhana avayo ntumuhana anjyayo, ntawewabwira ngo birakomeye ngoyunve.
@samuelintwari58504 жыл бұрын
hhhh mn it's truth Rwanda is paradise
@lynawamahoro34654 жыл бұрын
Samuel Intwari if you have a good payed job it is
@ndayishimiyeemmanuel91144 жыл бұрын
Thank you Ddumba and TBT
@fabienrugamba39634 жыл бұрын
Ubabwiye ukuri kuzima vraiment . Ndi muri diaspora. Ico nokwongerako kubijanye na l un des raisons zituma aba afrains birukira hanze. Ntimuboneko u Rwanda bimeze neza ,mwagize chance mubona the really leader ( Son Excellence Kagame ) , ni murabe gusa mindset yabo babegereye ( Burundis, Ugandans ). Des presidents qui ne se soucient pas du tout de l avenir de leurs peuples et patris. Corruptions, dictatures, tueries permanentes, pauvretes....abantu bakatakaza hope de leur avenir, ariko baga birukira hanze , abari basanze baba hanze nabo , bakabura uko bogaruka kugira investiment muri ivyo bihugu vyabo vyononekaye , Kandi bibandanya vyononekara
@MH-nq7wy4 жыл бұрын
100% System y'abazungu n'imwe. Erega Canadian system yaremwe n'abanyaburayi. Icyo bita gukanura ukarebesha amaso 4 n'ukuri . Hanze ubuzima buba bwiza kubantu bavuga ibitagenda mu Rwanda kuko nta bwoba bagira bwo kuvuga ibyo batekereje. Ibyerekeye ubuzima byo, byose yavuze nibyo. Ibyo yibagiwe kuvuga n'abantu bafite akazi keza barize college ku ma deni, ukagura inzu kuli credit, ukagenda mu modoka ya credit. Ukora balance ukumva gutaha bigoye. Noneho waba ufite umugore mutumvikana bigahumira ku mirari. Ubutaha muzamubaze kuli Depression, cg stress ikabije ibuza abashakanye kubaka urugo. Ndavuga mu buriri (Ngiyo ngaruka nr 1 yo gusenya) Africa iryoha ufite cash, ababishoboye ni mwiyizire ahantu inzara ari amateka. Uzi kwiga Masters ikugoye ukarutwa ubuzima n'umu motard? Be kuzababeshya uko bimeze kose Africa niwacu ntawanga iwabo, Ariko mumenyeko basic needs(Maslow pyramid) hano twazirenze. Mu Rwanda hari abacyabura Kaunga n'ibishyimbo. Reka sha benshi twifuza gusazira i Rwanda ariko kuhatura kuli jye ni 0,0001% nkunda kuvuga byose kubera ko system y'abazungu yanyinjiyemo. None mvuze ku mugaragaro ibitagenda muzi ko hali service ntahabwa? Ibyo nshima ni byinshi ariko nkagaya injustice nyinshi mu Rwanda. Ibi bituma nzigumira mubazungu ijisho nkarikanura.
@blessingvictory23634 жыл бұрын
Sha naho uba hari ibyo wavuga ukabizira gusa si cyane nka hano kuko hano tumenya iby ubutegetsi cyane kuko igihugu ni gito ariko naho ngaho hari abantu ubutegetsi bwica kuburyo wabivuga ukabizira, za amerika tubona uko birirwa bica abirabura. Kagame niwe ubishya ubuzima aha aho yica nuwitsamuye we arakabya pe.
@eddienziza91773 жыл бұрын
nta u mu aventurier wemera undi cyaneeee cyanye iyo muvuga rumwe na vision akenshi ziba zitandukanyecg c muri muri different stations or life style.
@kabwelerywamwatumu50784 жыл бұрын
DDUMBA speaks thruth! This is where the US is.
@sherifmpozembizi53354 жыл бұрын
Navukiye mucyaro najyaga mbaza ngo i Kigali hameze gute. Nza kuhagera ntangira kwibaza niburayi uko hameze, inkuru mbarirano iratuba muracyari bato mubiharanire ndabifuriza kuzahatemberera mukahibonera Kandi Imana ishobora byose. Naho abavayo bababwira uko hameze bagashyiramo n'umunyu n'isukari Kandi. Harabantu baza i Kigali bakahagirira umugisha kurusha nabo bahasanze,Abandi bagasubira inyuma bakarutwa nabo basize mucyaro. Vraie ou faux? Gusa ikigaragara mubihugu bikize ni mumuriro utazima igihugu cyose amazi meza gaz kaburimbo. Voilà.
@kamalijmv84374 жыл бұрын
Mony conz kuri Dumba kbsa! Utanze définition yuzuye ya TBT.
@muragaraphilippe90874 жыл бұрын
Ngira ngo africans bumvitse ko home is home 👍
@gerardnizigama1154 жыл бұрын
Ubundi muri Canada ubuzima ni bwiza cyane iyo ukora akazi kawe kndi kakaba kaguhembye umushahara utarimo discrimination. Abazungu barahembwa imishara minini bakkaronka byose bakeneye, ariko ugasanga wamwirabure bamyhaye umushahara uri music y'uwabazungu. Urumva ko hariho ibyo baronka ataronka. Ariko difference itari nini ugakoresha ubwenge nkuko Ndumba yabivuze, urabahho neza pe nntakibuza. Nduma yavuze ukuri Ku miryango y'abafrika usanga babanye nabi, icyo give na budgeting yayo baronka icya ibananira. Atiko in general ufite akazi agahembwa umushara ukwiye end moyenne, ubuzima ni bwiza, tube tuvugisha ukuri. Jewe mba ye muri diaspora 30+years, ariko buri mwaka MBA ndi muri Afrika, kubera home is always home. Naho twomara imyaka ijana, muhira ni muri Afrika. Tumenyeko muri diaspora uhabaye neza numuntu wamenye ko yajye guhaha kugira afire imishinga ifasha mama Afrika yamwibarutse. Ufise umutima canoe plan. Nkiyo, nini muri Canada abaho neza cyane, nta wasi wasi kubera aba afire icyo yishikije, nahi abazungu bimugirira discrimination ya hatari, ababona nkibicucu kubera aba yifitiye imigambi iwabo Afrika. Ndumba icyo atababwiye nuko iyo system yavuze, abafiae imishara ikwiye ubuzima ni bwiza cyane muri Canada. Nkumuntu ukorera $20 kugeza $25 kwisaha, akuyemo ama tax, na depended zibdi zose, ubwo abitse buried kwezi nka $1500 mu mwaka akaba abitse $18000 ntabwo ubona ko ubuzima ari bwiza koko! Ahubwo Ndumba icyo utasiguye nneza nuko utavuze discrimination ihaba ku mushahara, bikaba aribyo bituma inyishu nziza watanze iba ujuri ago wavuga ko usanga ibyo Ababa b'abazungu baronka abandi Atari abazungu ntibabibone. Ariko uwabinye unushahara mwiza nkakonkarorero nguhaye, Canada abaho neza pe. Kuvyerekeye divorce, wihenze gato, mbaye Canada 30+, abazungu bars divorsa cyane. Erega diverse igeze kuri 70%, benshi n'abazungu. Uzasanga kenshi abazungu nka benshi ari "my ex-wife" nujuvuga ko aba afire uwugira kabiri undi baratanye. Iyo niyo nkunga ntanze kuri TBT RWANDA, ndabakunda cyane. Kandi mwirinde juvuga ibyama carto kubera yako kazi baba bagakora hamwe n'abandi bazungu, be n'ayandi ma nationalities yose. In the west ntakazi gasuzugurwa. Ndetse na karya ko gusibura imiserege kwibarabara, ubuzima bumwe abafrika babubonye Nazi ko bugayitse, usanga ata mwirabure bagaha ari abazungu gusa kubera gahemba menshyi cyaaane. Rero mubaze Ndumba abasigurire no kuricyo. Ubundi, byosevbihavuye, umu diaspora uzi ubwenge numenya ko "a piece of wood in a river will never be a crocodile" Ntitizikwigera tuba abazungu, into twajye guhaha, iwacyu ni Mama Afrika.
@jn68984 жыл бұрын
Uvuze neza cyane Gérard, je suis 100/100 d 'accord avec toi. Je suis à Qbc. 23 ans
@MsJefx4 жыл бұрын
Ariko rero ibi by'imishahara, abazungu n'abanyafurika bahembwa amwe ahantu henshi. Ndamvuga muri Québec . Gusa uko byagenda kose dufite amaraso y'Africa. Tugomba gukunda ibihugu byacu, nubwo Hari avantage waba ubona izarizo zose, ugatekereza gushora mu gihugu cyawe. Ndebera Aho ubushinwa bugeze, bagiye bajya muri ibi bihugu ariko bagakora baziko igihugu cyabo ari ubushinwa
@fabricendayambaje92024 жыл бұрын
Gerrard wamapaye email ukoresha ko nshaka kukuvugisha privately? Thanks
@ayii7794 жыл бұрын
Gerard Nizigama ariko imishahara nimwe mugenzi ! Ntabwo umwirabura numuzungu bakora akazi kamwe ngo maze umuzungu akurushe ntaho byabaye! Kdi ntaburiganya ibintu byabo biba bisobanutse. Cyeretse uvuze uti hari poste abirabura badapfa kubona kdi ndabumva! Imyanya myinshi ikomeye nayo bitewe na domaine mais siyose. Aba infirmières n utundi tuzi dusanzwe twese duhuza imishahara.