Inyigisho Pastor Rutayisire Antoine yigisha nziza cyane zumvwa n' abantu benshi. Muzamudusabire ibyo azajya avuga mu ndimi z' amahanga ajye yihangana abisobanure mu kinyarwanda kuko twese siko twize izo ndimi. N' ubundi ikigisho cg ikiganiro kiba kiri mu kinyarwanda. Nizere ko numvikanye neza. Uwiteka Imana y' amahoro ibahire.
@phocasnzobonankira2226 ай бұрын
Cette enseignement m'amène sur un autre niveau
@KabahiziIlluminee6 ай бұрын
kandi n'umugore wahukana n'umugabo we agashyingirwa undi, aba asambanye." (Mariko 10:12)
Sinemerenya n'a past ku byerekeye divorce none Imana ko yavuze ko icyoyafatanyije ntawe uzagitandukanya, bishatse kuvuga niba warahuye nicyo kibazo,ugomba kurwana urugamba kuko ntibihindura ijambo ry, Imana kuko n'a Yesu yabwiye abafrisayo ati:Mose yabemereye urupapuro rwa gatanya kubwo imitima yo kwinangira ariko mw,itangiro skobyaribimeze, abitekereze neza ,kk hari ababigenderamo , akazabibazwa imbere ya wa Mucamanzi wo mw,ijuru, icyo nigitekerezo cyanjye.
@twisunganetv69836 ай бұрын
Mwihangane benedata Pastor nawe yayoba nkabandi bose kuko niba ibyanditswe bivugako utandukanye numugabo agomba kuba IGISHUBAZIKO (kubaho atongeye Gushaka)none uyu mwigisha ati ntakibazo mwitonde mube maso uyu mugabo nta Juru afite azabajyanamo Imana Idufashe cyane abigisha biyiminsi bahuje nirari ryabadashaka kwikorera umusaraba wa Kristo Yesu
Divorce nyinshi zishingiye kukuba umwe mu bashakanye cg bose badashobora kwihanganirana buri umwe umwe agashaka shortcut yo kwinezeza cg gushakira amahoro ahandi ku giti cye atitaye ku ngaruka bizagira ku rubyaro biza nk'umuvumo ku muryango n'abazabakomokaho.
@ubushobozibwijamboryimanat28096 ай бұрын
Mushumba urakoze kubwiryo jambo Yesu yavuze kuba divorce Gusenda umugore utamuhoye gusambana abashumba benshi ntabwobavuga ahohantu.
@beniteigiraneza61096 ай бұрын
Mu myumvire ya Kinyarwanda harimo kumva ko kugandukira umugabo ari ukumwemerera amafuti ye yoseeeee. Yewe bakanabishimangiza umugani ngo " amafuti y'umugabo ni bwo buryo bwe" . Mbona ko umuco nyarwanda nawo ugira uruhare rukomeye mu kuzamura ego y' abagabo.
@kanezanestor93974 ай бұрын
None ko muba mwabaye umubiri umwe, divorce ni nko gukura igice c'umubiri wawe ukagita . None ndababaze, hari uwofata ukuboko akagukata akavuga ko atamumaro kukimufitiye? Mubisanzwe divorce iterwa n'uko umutima w'umwe mu bubakanye wakomantaye nay'ubundi Imana siko yabigeze. Matayo 19:8. "Arabishura, ati Mose yabarekuye kwirukana abagore banyu kukw imitima yanyu ikomantaye. Arik' uhereye ubga mbere hose ntivyari bimeze birtyo".
@JabonJMV5 ай бұрын
Divorse ni ikintu kibi cyane uko byagenda kose bigira ingaruka kubana no mu miryango ikindi biteza ubukene mu miryango bigatuma musubira kuri zero
@theophileumubikira4 ай бұрын
Ariko se ko numva indimi z'amahanga arizo zibereyemo gusa,twebwe abakurikiye ikiganiro ntibitureba ko mbona ahari muri guhugura abize gusa?
Pastor turifuza ko mwazategura ikiganiro cg inyigisho zizadufasha ku gushinga urugo ndavuga ku dusubiriramo inyigisho zidufasha muri uru rugendo rwurugo
@j.pmbonabuca14266 ай бұрын
Mbye ivyo twita ijuru ni iki, riba he?
@AnithaNininahazwe-n8d6 ай бұрын
Njye narumiwe
@mudakikwaemmanuel12166 ай бұрын
Gukora Divorce muri abakristo mwembi, nti byemewe. Keretse ari ubusambanyi bubiteye kandi nabwo buriwese agasigara ari igishubaziko 1 Abakorinto 7:11 Ariko niba yahukanye, abe igishubaziko cyangwa yiyunge n'umugabo we, kandi umugabo ye gusenda umugore we.
Arikose iba umugabo yanze kukora sex nu mugabo wawe abyanga pe amazi ukabinusaba akabyanga kugiraho umusi umugore abonye ko bi munaniye kubana numuntu ukunda ariko mubyerekeye kukora sex umugabo akabyanga pe bigatuma umugore ava murugo biriya se namakosa cyangwa ? Mubisobanuriye ?please I need to know if is sin
@Umugwanezachristine-z4i6 ай бұрын
Abandi ngo ugewihangana ukubitwe ngoniko zubakwa
@aimefabrice-l1v6 ай бұрын
Iki kiganiro ni cyiza kizafasha umuryango PE Ku bashaka guhinduka.
@mukabasingadeborah77806 ай бұрын
Yewe Hari abahita baguha usinde da iyo mubyaye ngo ntiyararana n'Umwana urira
@MuteteliVestine6 ай бұрын
500😊
@InnocentMutabazi-vl8xe6 ай бұрын
Ese wowe nta kibazo na kimwe utasubiza, wagize aho akavuga uko yabitekereza Aho guhita wiyemera ko ubizi, nyamara ntacyo Bibiliya ibivugaho
Nimba umudamu akunaniye wakora iki atagushaka ntuba urumukozi wima wakora iki
@MuteteliVestine6 ай бұрын
🎉😢😮😅😊 30:05 789
@ChristineInamuco6 ай бұрын
Mana warakoze kuduha paster Rutayisire. Ijwi ryawe rigere kure pe isi yabaye nabi
@Boss063624 ай бұрын
Gstring
@ChristineInamuco6 ай бұрын
Ivyuvuga ndemeranya nawe100/100
@nsengafrancis6 ай бұрын
Aho ntemera ni aho uvuze ngo Divorced azajya mu ijuru . uwageze aho ngaho nta by'ijuru aba akirimo bibiliya ivuga ko umwe mu ba divorced iyo ashatse undi aba asambanye . Agomba gusigara wenyine bibiliya ibyita igishubaziko mpaka avuye mu isi cg bagasubirana.
@Jesusarmychurch5 ай бұрын
Mbere suko byaribiri nuko imitima yanyu yinangiye. Imana idufashe . Matayo 19:7-8 Baramubaza bati “Niba ari uko, ni iki cyatumye Mose ategeka ko umugabo aha umugore urwandiko rwo kumusenda, abone uko yamwirukana?” Arabasubiza ati “Mose yabemereye gusenda abagore banyu kuko imitima yanyu inangiye, ariko uhereye mbere hose ntibyari bimeze bityo. Matayo 19:9 Ariko ndababwira yuko umuntu wese uzasenda umugore we atamuhora gusambana, akarongora undi azaba asambanye. Kandi ucyura uwasenzwe na we aba asambanye.” Kuko umutima wawe winangiye ukaba utababarira uzamusende ariko nimba wuzuye urukundo nkururi muri Yesu uzamubabarira. Imana yanga usenda (divorce).
@HabyarimanaBarabara6 ай бұрын
Timoteo1- 7-25
@KabahiziIlluminee6 ай бұрын
kandi n'umugore wahukana n'umugabo we agashyingirwa undi, aba asambanye." (Mariko 10:12)