Reka nanjye mvuge kuribi bintu bimaze igihe bivugwa kuri Pastor Mutesi. Pastor Mutesi yabuze umukunzi ntiyabuze umugabo kuko ntampeta bari bwambikane mu ruhame,ego yari kugira ikigandaro nkuwabuze umukunzi bitegurana kurushinga ariko ntibyari ngombwa ko aja kubivuga kuri za Caméra,kugandara yari kubikora ariko ntabigire ibikabyo kuko hari abana babuze se abo nibo bagandara bikwiye. Bigaragara ko hari impamvu yabikoze kandi niwe ayizi. Kwibasirwa ndabona Mutesi yabigizemo uruhara, abemeranya nanjye mumpe likes.
@HabyarimanaJacquis-ej3xz7 ай бұрын
Umva pastor Claude , imana yo mwijuru igufunge uwo munwa. Mutesi si muzi ariko niyo waba umwanga, ntiwashinyagura bigeze aho. Imana igukore ikintu kugufunge umunwa
@futuren1267 ай бұрын
Nukuri pe
@EustochieUsaba7 ай бұрын
Nanjye nuko sinzi neza ibya Mutesi ariko icyo nabonye nuko uyu ari pastor mubi cyane abarokore bafite mugihugu.mubonye kenshi yishimira ibyago by'abapastor bagenzi be.
Kuva nakumenya sindabona ikiganiro ubwiriza uvuga Imana pe wigisha ryari ukora umurimo ryari Ese uwukorerahe ngo nibura bagukurikireho numva ngo uri pst Claude sha bikomeje kugorana pe nkawe wakamukingiye ikibaba nka mugenzi wawe ntimuryane kuko mwese mukora umurimo umwe muri mumuhamagaro umwe mugashyigikirana aho gusebanya
@MukobwaJeannne7 ай бұрын
Ubwo se koko wowe n’umugore wawe mwari mugiye gusura cg mwari mugiye gushinyagura. Kura Murindahabi mu kwanwa kawe mwa njiji we. Komera Irene💔🌹
@consolatesindayigaya2217 ай бұрын
Ariko ndibariz,ninde yahaye contract Claude yo gusebya Mutesi na Rusagara ko mbona yabigize akazi?iconzi co iyi contract ni temporary, akazi nikahera uzokwicara
@jacquelineuwitonze21757 ай бұрын
Ariko se hari ikintu nibaza kuko Umugore wa Pastor Claude atajya amugira inama Koko nibura ngo agabanye amagambo Mubyukuri niba Claude abuze ubwenge umugore we ntabwo yamugira inama?
@DenyseMUHAWENIMANA-e1v7 ай бұрын
Nukuri nange ndabyibaza pe
@consolatesindayigaya2217 ай бұрын
Uwo urabona yumva afise amatwi yo kuvyumva?nomunyegeza infunguzo zimodoka menye kagiy kurogota kuri Social media ukuu,abagore bikoreye imisaraba itandukanye,uyuwo uraremereye pe😂😂😂😂
@murungidivine68497 ай бұрын
Claude ,arivuguruza cyane rimwe ngo ntiyapfushije! Jyamuri bibiriya utwereke ahanditse isezerano Imana yemera! Wihe igisubizo , mone ko wabihakanaga ko atapfishije none ko yatashye u ubukwe yapfushije!!!!!!?
@NteguzaFanny-zf7qm7 ай бұрын
Cloude aravuga ukuri
@uwumukizamarieleatitia88187 ай бұрын
Kandi mbona paster claude asa nuwakuriye muri mayibobo?ubu se kuki abantu abereye umushumba batamuhana?
@DativeNyiranzeyimana7 ай бұрын
Ni abahe se KO Ayo ari Ama title bihaye nindi wamwimitse kubupasteur? Muruhe rusengero se ahubwo?
Rero Mutesi mumureke rwose!Umuntu wabanye n'umugabo kuba yabaho atamufite ababishobora ni bacye cyane!Gusa kuba Pastor byo yabireka kuko ntabwo bigendanye no gushaka kenshi uri Pastor!
@DativeNyiranzeyimana7 ай бұрын
Ariko kuki atabyitwa KO azabazwa ibye murimwe hari uwo imana yahaye akazi KO kumucunga ngo adakora icyaha?
@MukobwaJeannne7 ай бұрын
Ikibazo se ufite ni icyuko Rusagara yizeraga umugore we Mutesi akamumebyesha byose. Niba wowe hari ibyo uhisha umugore wawe, Rusagara ntiyari nk’uwo. RIP Rusagara 🌹💔
@DenyseMUHAWENIMANA-e1v7 ай бұрын
Sha ntamuntu afite umugabo umara icyumweru cyose asebya umuntu wa maze gupfa yewe ataranashyingurwa Koko ubwo urumva ariki Koko?
@TAFTechnology7 ай бұрын
Uyu igihe nikigera bazamuvana muri society nyarwanda😢kuko araroga abakiribato
@HabyarimanaJacquis-ej3xz7 ай бұрын
Ariko Claude nta discipline ugira. Nayo kuba pastor byo ntacyo urimo
Nyamara Pastor Claude & Pastor Mutesi barapfundikanye baziranyeho byinshi birenze ibyo twibaza. Ariko nubwo Pastor Claude ntawe asaba ibiryo, biragaragara ko yatangiye gushiramo imyuka kuko ndabona yaguye nk'ikoma ryabaye ishara
Craude we! Wiseka abandi kuko ntaho utandukaniye na mayibobo kbs!
@Rwemabella0937 ай бұрын
Ijuru uzaryumva mu matangazo wa mugabo
@Twese.017 ай бұрын
Abantu bibasira Claude nuko mutaba mwafashe akanya ngo mumwumve njye ndamaze kubona neza ko Pastor Claude ari mu bantu bavuga ukuri.Kandi ikindi kuba ari pastor uvuga kuri social medias bibatwaye iki?Mwe mumubona 1h ou 2h gusa kuri KZbin ariko ntimuzi mumasaha 22h asigaye uko ayakoresha, ibyo biramureba ba mureka abantu babeho ubuzima bwabo namwe mubeho ubwanyu. Pastor Claude, hejuru cane, from🇨🇦
Mbona abantu benshi babwira Claude "ngo nturi Pastor,..."mpita nibaza abo ba Pastors muvuga barusha iki Claude ko benshi tubazi ari abajura, escrocs, barwanira icubahiro gusa,etc. Aba pastors bavuga ukuri nka Pastor Claude ni bake cyane,mumwanka ko avuga ibintu benshi biyumvira but batabasha kuvuga.
Ese iryo jwi ubitse uzorirekura muri kuburana mwijuru?uzogende ugishe inama ba Rutayisire,ushake usabe ubufasha na Tom close urusha imyaka,Aya majambo uvugira aha utatabiza ntiyarakwiriye kuri Camera naho Mutesi yoba ari mumakosa,ibi vyerekana ko washizemwo nishari canke ivyo mupfa vyabereye aho tutazi.LORD have mercy 😢😢😢😢😢😢😢😢ako kanwa kawe ntikubahisha IMANA ivyo ubimenye.Aba pasitori bo muri Corona mutigeze ahantu,iyi ni ingaruka za Genocide
@Umuhoza1997 ай бұрын
Arko Clau byibuze wakubashye title umugore washatse ariho ukava ubujajwa bwa showbiz vraiment 🤭 🤭 🤭 ibuka ko uri mw'isi kdi isi s'ijuru
@NdayizeyeJoselyne7 ай бұрын
Ubwo abanyarwanda murakomeye neza kubisanzw mutesi niyiyakir ntakintu yokora ngomumuvug neza.none ubukwe bimaz igihe butegurwa woc ubusivya après une semaine mutesi Na senge yihorere.naho yopfa mwovuga KO atapfuye claude.icongusabira ahugejej mutesi Abe ariho uzogerezwa Hama ubonye mutesi uzomurek ntunamuramutse kuko urishetani nubuzima bwiwe
@karabayingavenuste59137 ай бұрын
ariko ibigambo ugira warangiza ngo URI pastor ,pastor winjiji nkawe Koko ubu usenga imana yahe???
Se kuba mutari kuvuga rumwe bivuze kumwandagaza wa ngegera we yumunyamakuru buruya bukww bumaze iminsi yabuvuze ku isimbi Se ko mwimitse ubugome 😢 gupfusha ntibyabuza ubuzima gukomeza 😢
@pacifiquemunezero22657 ай бұрын
Pastor Claude alias buretse wumve afite ubwino we😊😊 azi Mutesi koko n ibisigaye azabizana muri iyi mihanda 😢😢😢
@lolitaimena97827 ай бұрын
Ntaww😂😂azi kuba umaze imyaka myinshi uziranye numuntu ntibusobanuys ko umuzi umuntu ni mugari cyne
@UtetiwaboVeve-jm2cq7 ай бұрын
Uyu si pasteur ninzererezi yumunwa usongoye yumujura claude wowe uzapfa nabi bazarebe nexa ko utari umugore ufite ubwanwa wambara ipantalo wagirango bakurongoye mukannwa😅
Ese ubu uraryama ugasinzira kweri Urikora agahora mu nkuru za bantu bitahiye ibyo bikumariye iki koko Utatinya abantu ntiwatinya lmana uvuga ko ukorera .