Рет қаралды 4,070
Mwiriwe!
Burya ngo bariya bantu bose tubona b'abakire/ abakuru b'ibihugu ndetse n'abantu b'ibyamamare tuzi bagira imyitwarire (Habits) bashyira mu buzima bwabo zibafasha kubigeraho.
Nyuma yo gusesengura iyo myitwarire naje gusanga hari myinshi bagenda bahuriraho bityo nange nyishyira mu buzima bwange ibasha guhindura imitekerereze yange ndetse no kumfasha kwiteza imbere mu buryo butandukanye n'ubwa mbere.
Nifuje kuyibaganiriza kugirango namwe murebe iyo muri gukoresha ndetse n'indi mwakongera muyo mufite hanyuma idufashe natwe kwiteza imbere ndetse no kugira impinduka tuzasiga ku Isi.
Mugire ibihe byiza
#habits #routine #saving #health