Luka 12:13-(15)-21 Arababwira ati “Mwitonde kandi mwirinde kwifuza kose, kuko ubugingo bw'umuntu butava mu bwinshi bw'ibintu bye.” Umukene wubaha Imana yabona ijuru,ubutunzi si bubi ariko kuba uri umutunzi,ntibiguhesha amahirwe automatically yo kuba mubaragwa Ijuru. Buri wese yaba umukire cg se Umukene ngombwa n'ikimwe ni ukwubaha Imana muri byose.kuba Umutunzi muby'ijuru biruta byose. Yari inyunganizi ya njye.
@NiyomwungeriReverienАй бұрын
😊😊
@Frankmpumwire-v2eАй бұрын
Nishimiye kumva kino kiganiro,nagiye numva inkuru nyinshi zitari nziza kuri bishop nkimara kumva iki kiganiro menye ukuri . Uri umuntu w'Imana pe God bless you bishop
@Zembedamius3 ай бұрын
Ko mubyibushye cyane bakozi beza ,agasport karakenewe na regime
@Username-jl7ey3 ай бұрын
Aba ntibajya biyiriza😂😂 ni ba Ndisonzeye😅😅😅ntamuntu wiyiriza wabyibuha gutya😅
@@morganangel3063Azakurikire amasengesho ya KANGUKA, amasengesho atambuka kuri KZbin buri wa Gatandatu.
@jaricJ-rs7nt2 ай бұрын
Yesu nashimwe cyane njyewe nabuze umuntu bas uza kukubwira ko Imana idashoboye ese kuki abantu batemera ko ifite imbaraga? Ese satani Arusha Imana imbaraga
@davidn.20943 ай бұрын
Murimo kubeshya cyaneee!! Mu gitondo navuganye n'umuntu uba muri ibyo kandi nta butunzi bwinshi afite habe n'amashuri meshi. Ibyo kuvuga ngo nta munyafurika ubamo ni ikinyoma cyambaye ubusa gusa!!
@minaniisaie75793 ай бұрын
Nimugasebanye wowese uyirimo tubwizukuri uyirimo ntugasuzugure abo yesu yahamagaye yesu akababarire
@barigirajeanpaul67403 ай бұрын
Ariko SE uyu niba Ari umushumba ,yibaza ko ubutunzi buruta ubugingo Ari ubuhe? Iyo utanze ubugingo baragutwara Afrika ntago isuzuguritse kuburyo habura abasatanik ,aribyo Yaba Ari Paradizo 5:13
@KirengaJames-e6cАй бұрын
Ndahamya ko ubwo Imana itimanye umwana wayo ntiyabura kumuduhana nibindi byose nyakubahwa Dr Bishop ndakwemera.
@@penina23 ntaho .nonese gitwaza ko Ari apotre arayambaye kg Niko adakorana n Imana? Ubuse natwe tuzazambara nibatwimika .amafaranga yabantu yabashizeho ajya mumifuka yabo ngo ni ugukorera Imana Kandi bayaka ku gahato ngo ufite 20000 aze musabire umugisha Kandi se byansitse muri bibiriya hehe.ubundi ugasanga imodoka afite na perezida ntayigira ngo ni Imana yayimuhaye! Kuri wa munsi bizasobanuka
@abayisengapapymoses9874Ай бұрын
@@NganiziJeandeDieu-zz3ug ariko mbona mwibaza nkabana peee nonese nkubaze sinzi imyemerere yawe ago ishingiye ariko nkubajije Papa cga abashumba bayoboye amayorero ntabo ubona bambara ama sheneti ese padiri ko yambara ishapure byanditsehe muri BIBLE? wigererany Appostol Dr Gitwaza na Bishop Dr Rugagi kuko bose basenga Imana but amatorero yabo aratandukanye.
@edenhomesconstructionltd3 ай бұрын
Mwakoze cyane ! Iki kiganiro ni cyiza Uzatuzanire na Apostle mignone
@ShemaNshizirunguIvan3 ай бұрын
Ahooo urabeshye cyane nzi umuryango wabaga muba rose croix muri Congo Kandi rwose uwo muryango ninkaho washize kubera ibitambo batangaga Kandi ni muri za 1995
@TheCharity.3 ай бұрын
Muri Afrika ABAFURAMASO barahari, hari Abapasitori bamwe n’abamwe n’Abaprezida bamwe bamwe bari mu muryango w’Abafuramaso.
@TrRb-bk7kn3 ай бұрын
@@TheCharity.Bari kubihunga ariko ahwo tujyezubu aba nyafrica nkyeka ko ntamuryango wibanga utabasangamo nimike rwose nahwo aba framason no mu Rwanda ntibakibihisha abenshi bari muri politique nyarwanda NDETSE nitangazamakuru barimo nimyidagaduro barimo benshi tuuu
@christinesemuto940Ай бұрын
@@TrRb-bk7knnone se urumva yabihakana gute agomba kuvuga ko nramunyadrica abayo. Jye mba narumiwe
@gakonikabakobwa16414 күн бұрын
Bizasobanukira kuri yorudani
@zuzukadafi73722 ай бұрын
Dr mubaze impamvu aba afite muswara yakora ku bantu bakagwa hasi , ziriya n'izihe mbaraga
@inumayamahoro3 ай бұрын
Ariko Mwakwizeye Yesu ibitamwamamaza mukabivamo?
@minaniisaie75793 ай бұрын
Imana uguhumugisha mushumba na yesu bamwise umukuruwabadayimoni
@abizeyejeanbosco3693 ай бұрын
Murasekeje cyakoza
@AnnikaNiyoyita3 ай бұрын
😂😂😂😂😂
@uwimanaizanyeangelique97653 ай бұрын
Tuuuuu urumutubuzi rugaryi we twarakumenyi
@claudineingabire43883 ай бұрын
Yagutuburiye iki se?
@davidmuneza51583 ай бұрын
Mbaye uwambere
@ijamboryumusiАй бұрын
Muraho turabakurikira Mutubarize Dr.Bishop Aho Akura Imbaraga ziruta Izintamaze ? Ese Umu Pastor niwe ugomba gusabira Aba Kristo cg umu Kristo yakwisebgera Imana Ikamwumva?
Ariko muransetsa ubwo se niba abibamo arabibemerera kweri
@immaculeenzamukosha38563 ай бұрын
Mbariza Rugagi ngo doctorat afite ni iyo mugihe Domaine?
@rosefiston23143 ай бұрын
Ijambo ry'umwimerere ntirikiba munsengero😢😢. Mubyo yabuze byose nta butumwa bwiza bwa Kristo
@umuhozajojo57583 ай бұрын
Mumumbarize impamvu agendana na bodgard kandi ari umukozi w imana .mumumbarize ko Imana itakirinda????
@claudineingabire43883 ай бұрын
Ibyo ntacyo bivuze na gato. Kuba amufite cg atamufite mugutwaye iki?
@christinesemuto940Ай бұрын
None se yizeye body gard kurusha Imana?@@claudineingabire4388
@abayisengapapymoses9874Ай бұрын
na Yesu intumwa ze ntabwo zemereraga abantu bose ko bamwisukiraho niba wibuka ijambo Yesu yavuze rigira riti: Mureke abana bato bansange......... ibi yabivuze kuko yabonaga ko abamucungira security bari batari kwemerera umuntu wese kumusanga rero si ibyiyu munsi gusa. Ndabona iki mugira ikibazo si ikibazo kbsa.
@nyamugishagoreth85563 ай бұрын
Yesu ntabo yatse ifaranga ngo bankorere Umugisha...none se we wabikuye he???
@NganiziJeandeDieu-zz3ug3 ай бұрын
Phanete uwamariya Joseline waramutambye na murumunawe nabandi benshi warabatambwe.kandi kuvuga ko ufite Yesu umuvuga ntibivuga ko utajya mu bapfumu byo rwose.keretse ntawe Uzi phanete watanzweho igitambo
@claudineingabire43883 ай бұрын
None se waba rarurikumwe nawe ajya kumutamba?
@NganiziJeandeDieu-zz3ug3 ай бұрын
@@claudineingabire4388 noneho uramushyigikiye ko nta ba illuminati baba muri afrika ubwo nta nabantu bajyai kuzimu baba muri afrika? Nubwo ntaba narajyanye nawe ariko umenye ko samweli yambwiye sawuli ko yari yajyanye nawe ajya kurwanya abamori n abamareki kuko umwuka wa Yehova hose agerayo
Kubara 20:12 Uwiteka abwira Mose na Aroni ati “Kuko mutanyizeye ngo mwerekanire kwera kwanjye mu maso y'Abisirayeli, ntimuzajyana iri teraniro mu gihugu mbahaye.”
@inumayamahoro3 ай бұрын
Ntabusobanuro mwatanga ko izo mpeta zitabamo imyuka mibi
Gutegeka kwa kabiri 3: 23-25 Mose ntazinjira mu gihugu cyasezeranijwe 23 Hanyuma nsaba Uwiteka ubutoni: 24 Ndamubwira nti: “Mwami Mwami, watangiye kwereka umugaragu wawe ubukuru bwawe n'imbaraga zawe; kandi niyihe mana, mwijuru no kwisi, ishobora gukora imirimo nkiyi, n'imbaraga nyinshi? Ndakwinginze, reka nambuke Yorodani [b] ndebe iki gihugu cyiza kiri hakurya, iki gihugu cyiza cy'imisozi, na Libani. »
@yobokadavid3503Ай бұрын
Babylon yigendera! Les confusionistes de ce monde! Umugisha Imana itanga ntabwo ari ibiboneshwa amaso,kuko abanyabyaha nibo batunze iby'isi byinshi,ahubwo umugisha Imana itanga ni ubugingo buhoraho!
@@G.76000 uyu n'intumwa ya satani aje kujijisha ngo atware abandi. Gusa abantu basome bibiriya bave muri ba bishops cg ba apostle, cg mujye adpr nubwo naho hari intambara ariko bo ntibagutamba.
@KayinamuraKabareNsolo2 ай бұрын
ubwo uduhaye amakuru ya Illiminati duhe na source zaho ubikura kuko ibyo uvuga ntibinduka ukuri kuko ubivuze cg se kuko witwa Rugagi gusa
@jeanbaptistebizimana3 ай бұрын
Jye nzi nibura aba Rose-Croix 3
@TheCharity.3 ай бұрын
Muri Afrika ntaba ILLIMINATI bahari, ariko #Abafuramaso barahari. Muri Afrika hari abaPerezida bamwe, hari naba Bapasitori bamwe na bamwe bari mu muryango w’Abafuramaso, bakoresha imyuka mibi y’Abafuramaso.😢😢
@whymeno17 күн бұрын
Ibyo bigabo ni ibisambo
@impambatv73 ай бұрын
Rugagi ibintu ko abivuga abica ku ruhande? Ayobewe kwishyira hejuru kw'abitwa abakozi b'Imana nawe arimo basigaye bafite aba body guards🙆. Kristu cyitegererezo cyabo, yari afite abarinzi bangahe? Ntibizoroha kbsa. Udafite cash ntabo ubona! Mwishakire Imana through Jesus Christ naho kunyura kubandi byo muzumirwa!
@niyomucyonadine3873 ай бұрын
Gusa abapaster cg aba bishop bakoresha indimyuka niyoyabi yabaranjyi
@hitimanapatrick8297Ай бұрын
Yagiye acitse igisebo
@hitimanapatrick8297Ай бұрын
Joe nawe urimo kubaza ubusa.
@bugingojeanbaptiste21543 ай бұрын
Love of money is source of all evil.Abanyarwanda twitonde kuko umwanzi shitani yamaze kwigarurira imitima ya benshi.gukunda amafaranga,ubusambanyi ubutinganyi,gukunda ubuzima bworoshye,uburyarya,kwiyahura,divorce zahato nahato."Gutinya Uhoraho nibwo bwenge kuva mu byaha niko kujijuka."Niduhinduke dukundane kuko nta kiruta umutima mwiza.
@Zacheentakiruta3 ай бұрын
Oyaa biragoye
@Dieu_estBon3 ай бұрын
Uri kubica ku rujande pe. Birashoboka ko uri no muri illuminati kuko ntasubyemera.naho woba utari muri bakuru ntiwohakana ko batogukoresha waba ubizi cangwa utabizi.ahubwo bakwitondre numva unabizi conditions zabajyayo.abo tubyumva kimwe LIKE ❤
Ayo mabanga ya Illuminati wayamenye gute niba utarashakishije amakuru yabo?
@mucunguzieulade45583 ай бұрын
Amaturo yarabayobotse kbsa😂😂😂
@AnnikaNiyoyita3 ай бұрын
😢😢😂😂😂😂😂😂😂
@claudineingabire43883 ай бұрын
Nawe uzayarye
@MusabyimanaEpiphanie-e5m3 ай бұрын
Rugagi Ari kubyirangagiza Kandi abizi aba bishop kubonanabo ni 200k
@claudineingabire43883 ай бұрын
Aba bishop ari we ntarimo peee
@hategekimanapatrick8645Ай бұрын
Rugagi we nta budoctor bwawe Iryo jambo ntabwo ark risobanura Matayo 5 risobanura gukena ko Mumutima keicisha bugufi kutigira najyuwa rero ibyo uvuga ngo ubukire sibyo rwose ahubwo njye ndumiwe sinzi ibyo wigisha pe
@Tnr89383 ай бұрын
Aba ni abakozi si abana ! Imigirire yabo ntiyafuma baba abana bayo Aba nxamitwe nk'aba ba Rugagi Ko utajya mu Iran se ko hakeneye ubutumwa bwiza mujye muvana imitwe aho?
@zuzukadafi73722 ай бұрын
Mubaze ese kwigira umubatizo yabikuyehe muri Bible ! Ko ntaho bible ivuga ko umubatizo bawigira .
@baskikaltd2886Ай бұрын
hahahaaa ba bishops rwose !!!!
@MusabyimanaEpiphanie-e5m3 ай бұрын
Ko wamagariwe kujya mumahanga yose none ko mutajya mubihugu bitarageramo ubutumwa bwiza (mubarabu) ahubwo mujya AHari amafranga
@claudineingabire43883 ай бұрын
Wowe uzajyeyo ubabwirize kuko nawe uri umunti wi Mana
@MusabyimanaEpiphanie-e5m3 ай бұрын
Nge ntabwo ndi bisho
@MusabyimanaEpiphanie-e5m3 ай бұрын
Ngo bafite mission.mission yokwiba bantu
@claudineingabire43883 ай бұрын
Ubutumwa bw,Imana ntabwo butangwa na bishop gusa muvandi