Рет қаралды 1,604
Rev.Kabango Francis :umu pastoro uri mukiruhuko kizabukuru,atuye i Nduba- Gasabo ,aherutse gutanga ubutaka bungana na 1/2 cya Hegitare bwe mu mujyi wa Kigali abuha Docese ya Gasabo ngo yubakemo urusengero
ni umusaza utangaje ,w'umukristo ukunda Imana cyane,akaba umuvandimwe wa Bishop John Rucyahana wayoboye Diocese ya Shyira
kurikira ikiganiro kirambuye yagiranye na Radio Inkoramutima ubwo yamusuraga murugo iwe i Nduba atuganiriza amateka ye,uko yakoze umurimo w'Imana nuko abayeho mukiruhuko cyizabukuru
wifuza kutuvusha cyangwa gushyigikira uyu murimo kugirango ubutaha tuzagere no kubandi basaza bakoreye itorero bari muzabukuru watwandikira 0788810180