Yego nukuri ugereranyije namadini ari hanze aha,ubona ko hari ubuyobe tuu
@TwibanireMbonifasi2 ай бұрын
Uko usenze wabisomye niba ubwiriza bibiriya uko usenze bigaragarako utaramenya bibiriya
@NadiaMilynga4 ай бұрын
This is interesting questions and answers 🙌🏽🤍
@DisplayGospel4 ай бұрын
Biracyaza
@gashemezaisaac38642 ай бұрын
Mwaramutse neza? Byumvikanye ko SDA bagera ikirenge mucy'intumwa. Nibyukuri ko kuruhuka Isabato arihame none uko Yesu n'intumwa zakoraga mw'ibwirizabutumwa niko naryo rikora. Ingero: 1.Handitswe ngo(kuyoborwa n'ijambo ry'Imana) 2. Kudakorera ibihembo 3. Kutihuza n'idini y'abayuda 4. Kudashaka ubuzima gatozi na Leta, ....... Ese 1883, uvuze ko SDA ryahawe ubuzima gatozi, babuhawe nande?
@Sogokuru4Ай бұрын
Ntabwo iki kibazo bajya bagisubiza.
@peacerecordstudio1207Ай бұрын
Ubuzima gatozi twabuhawe na Yesu, Umuremyi w'Ijuru nisi
@Sogokuru4Ай бұрын
Urabeshye ubuzima gatozi mwabwatse muri Leta ya America nka syndicate ishaka gukoreramo, ndetse no Mu rwanda murayisabye. Yewe tujya no mu rwiyunge rw'amadini kandi bibujijwe. Hiyongeraho kwihuza hakandimwa bibiliya ikuraho ubuhanuzi buvuga kiliziya nabi. Ntabwo wwavugako mwahawe ubuzima gatozi na Yesu mu mwaka wa 1883 kandi mwaratangiye muri 1844. Ubwo imyaka yose 39 mwari mwarihaye umurimo yesu atangira kuwemera iyo ishize. Ndumva rero iyo utangiye nabi unasoza nabi rwose.
@harerimnasamlionel69662 ай бұрын
Ariko murambabaje muracyarwana ishaka ryamadini Aho kurwana ishaka rya Yesu, ubu Koko muracyatsimbaraye ku Munsi , urufatiro ruzima ni Kristo nukuri amategeko iyo ABA yihagije Kristo ntiyari kuza , ubwo yazaga izindi mfitiro zose zakuweho hasigara urufatiro rwa Yesu gusa , ibindi byamadabato , nibitambo byrangiranye numutambyi mukuru ariwe Yesu , Ese wibuka ko itorero ryintumwa ritangira ubwo Petero yigishaga hakihana abantu 3000 bwa mbere mu mateka byabaye ari ku Cyumweru kuki bitabaye ku isabato ?
Yesu ATI:" nimunkunda muzitondera amategeko yanjye". Yohana 14:15. Ntabwo wavuga NGO ukunda perezida utubahiriza amategeko y'igihugu ayoboye. Yego amategeko ntiyaguha agakiza ariko amategeko ni yo mushorera utugeza kuri Yesu. Umuntu amenya ko yakoze icyaha bitewe n'uko hari itegeko yishe. Si byo se? Ni byo. Amategeko ni nk'indorerwamo twireberamo ko twanduye hanyuma twasanga twanduye(twacumuye) tugasaba Imana kurubabarira kubwo kwizera igitambo cya Yesu Kristo watubambiwe I Gologotha. Murakoze. Iyo ni yo nyunganizi natangaga.