ABAHOZE MU MITWE ITANDUKANYE NKA FDRL, FLN.. BAHAWE IBIKORESHO BIZABAFASHA MU MYUGA BIGIYE I MUTOBO kzbin.info/www/bejne/qWPMf5eAltNsq6M
@Mugisha_Blaise11 ай бұрын
Abakunda scovia mukande like kuriyi comment❤ twajyiye
@JClaudeGasana11 ай бұрын
Sicovia ibyavuga nibyo kabisa imana ijye imuha umugisha pe arababwira nuko batumva
@JClaudeGasana11 ай бұрын
Mubyukuli inganda zari zitunze abantu binshi pe mu MJyaruguru ho nidange Uzi gusoresha umuntu cyu 18 kwi Jana warangiza ukamwogeraho 30 kwi Jana bikaba 48 kwijana ahaaa ahaaaa ntibyoroshye pe
@JClaudeGasana11 ай бұрын
Abashoramali bacu mwihangane nta kundi aliko leta nibireho inzara iratumara pe abajura bagiye kuba akangalo ndabarahiye Niko bimeze ni muzehe wacu. Ugomba kugikemura ntawundi ndabarahiye
@jeanfxjeanfx11 ай бұрын
Njye nkunda uyu mubyeyi kko atunengera mu ruhame ❤❤
@tuyizerepacifique863811 ай бұрын
Brilliant ideas yaba bakumvaga pe badushishikariza gukora business arko wayikora igahita ihura nurucantege rwa leta ese ubundi ibi nibiki koko😢
@claudinebigirimana540811 ай бұрын
Mutubwire mu Rwanda habayiki ? Ibi n’ibiki koko ? Ko biteyubwoba ?
@bamporikijeanpierre682011 ай бұрын
Aha hanze..umushoramari aza agomba kubwirwa ngo uzanye angahe???iraduha angahe ko uzajya ubona aya n aya!!!!!!???
@agefightingbeauty11 ай бұрын
Ntibizoroha pe
@hellodad239011 ай бұрын
Scovia Ubundi iyo batagufunze akantu ngo ujye kudedemanga no kuvuga ibyo utazi byo muri Congo, uri umunyamakuru mwiza w’umwuga uvuganira abaturage nkuko ihame ry’ubunyamakuru ribiteganya-True watchdog journalist. Next step ni kubijya imuzi ukareba n’ikibitera aho kubivuga gusa. We appreciate umusanzu wawe mu kubaka igihugu Mrs. Munyamakuru
Ukeka babikora batabizi se ushaka kubuza ubusinzi afumgira abantu ku manywa kuko nibwo abenshi baba bari mu mirimo ariko iyo bikozwe nijoro biba Ari ukubacungira umutekano ngo babeho batekanye
@mansuy25011 ай бұрын
byaba byiza agumye aho ari kuko muri byose dukeneye umuntu uduha ukuri kuko buri wese agira impano ye. Niba tubobs iyi ari yo mpano ye Imana imufashirize muri ibi kuko ushobora kumujyana mu bitari ibye bikamutonda
Tubura abajyanama, naho abafata ibyemezo bo baragwiriye.
@jjalfa25111 ай бұрын
Scovia, icecekere ntabwo amabi yibi bisambo ntiwayavamwo! From top to bottom. Moral corruption which is actually dangerous=100% in all sectors. Noneho wagerekaho corruption tuzi isanzwe bikaba agatogo.
@lespatates640811 ай бұрын
Baba bashaka ko amafaranga aguma hagati y'abantu bamwe gusa,abandi bakaguma ari ba nyakujya gusa, kugirango bakomeze kubatsikamira. Buriya umuntu wifite ,nta power undi apfa kumugiraho.
@utamurizaariane173511 ай бұрын
Abantu babonye umwanya uhagije wo kwidagadura no gukora cyane nta gutekereza nabi bagira! Nibafunga amasaaha yo gukora no kwidagadura bizakurikirwa n' ibintu bibi byinshi kurusha ubusinzi bitari bufite icyo butwaye!
Inganda zabaye nk'abazunguzayi nubundi gutera imbere nuguhera hasi inaha mu Rwanda byaraducanze abakire n'abakene barira amarira amwe😢😢
@homeappetit.t193811 ай бұрын
Mana weee Scovia ,wambabariye ukamba numero yawe nkakubwira ibyambayeho ko unshiniye ahambabaza ko ibyatubayeho aribyo uvuze koko nari narabuze uko mbigenza weee♥️♥️
Scovia ni umuhanga pe. Ingingo uhora uzana ziba zifitiye igihugu akamaro pe. Biragoye ko umuntu uri muri Lower class yabasha kugera muri middle class kubera ko ubushabitsi bwakabaye bubimufashamo butabasha gukoreka. Open economy irakenewe. A good and strong media is a catalyst of development for the society.
@dianakangwagye677511 ай бұрын
Scovia you make my day
@Ishimweolivierog11 ай бұрын
Merry niwowe bks
@remytv370711 ай бұрын
Madam munyamakuru yahageze ♥️🔥🔥🔥🔥🔥
@uwasebatamuriza889411 ай бұрын
Mubyeyi ndagukunda nkabura icyo naguha
@iragenanelson84288 ай бұрын
Ndagukunda cyane
@nkotanyigeofrey744311 ай бұрын
Thanks alot for this information but then kindly move in Eastern province more especially rwimuyaga ,bugaragara people have no water to use and people have leaders in that murenge they are dying for sure be there and talk for them 😊
@MunyanezaJeanpaul-bd6dq11 ай бұрын
Ndakwemera
@mukunziirene882711 ай бұрын
Izi nzego ntizemera competition muri business inganda iyo zibonye aba competitors zibasubiza hasi Kandi rubanda rugufi nabo babihomberamo.
JUICE, AKA "JI" @12:45' Ndashaka kukubwira ko ko juice ya make hano mu Rwanda ni icyo twita "SUPADIPU" Mfite umuvandimwe usobanukiwe ubuziranenge, mu gihugu, knd atububuza kunywa SUPADIPU iwacu!!!!! PS: abitubuza kuko supadipu atari nziza!!!
@user-vx4pq1jb7v11 ай бұрын
Uri ijwi rya beshi my scovia!❤ Imana iguhe umugisha❤❤❤