Kubivuga njye ndumva ari nta kibazo kirimo. Ahubwo ni amasomo ku bandi bantu bari mu ngo bumvikana cg oya. Kandi aho kwicana, mwatandukana,buri wese akabaho ubuzima bwe. Nta muntu kamara ubaho kuri iyi si ya Rurema.
@claudettemukabutera43628 күн бұрын
Courage mon frère , laisses ton épouse partir mais saches que l'argent ne fait pas de bonheur. Elle va regretter.
@user-mo6mm3le8v27 күн бұрын
Pas trop loin meme tout se paye d'ici bas!
@tambatv536226 күн бұрын
Elle ne regrettera jamais ,parcequ'elle n a jamais l'aimer! C est pas la divorce c est plutôt se réaliser. Mais elle poura seulement payer le karma du temps du Elle avait pris à son ex_partenaire.
@MrRudac24 күн бұрын
l'argent ne fait pas le bonheur des pauvres... disait Coluche kzbin.info/www/bejne/eZ3QanuAjrafaKs
@Niyiturinda21 күн бұрын
Aba Canada yitwa .......... yashatse undi mugabo witwa ........... ariko buriya koko wabon yatarwanaga no kugukunda bikanga..disi......ariko ako kantu k'umushoferi..akararana na mafamu niko kabi pe.....mwihangane mwese muzsabane imbabazi bibaho mu buzima.peace and love
@junismukamana60218 күн бұрын
Elle ne va pas regrette parceque nawe agiye kwisobanura wasanga uyu nawe atari shyashya . Iby’ingo ntimujye mubyitereramo cyane 😊
@user-xl2dq7cb7m28 күн бұрын
Ntawamenya,gusa ushyira igisitaza imbere ya mugenzi we azabona ishyano! Mvuze gutyoo kuko buriya umugore ashobora Kuza ugasanga bihinduye isura
@habimanaemmanuel818527 күн бұрын
😂😂😂😂😂 arewe !
@KiraboCyimana-bl8hy27 күн бұрын
@habimanaemmanuel8185 😅😅😅😅
@francinembabazi69527 күн бұрын
@@habimanaemmanuel8185ko ntawamenya se kuki uri guca imanza?ubaye ubazi nibwo wabyumva muntu w'Imana.
But there’s 2 sides to every story, his ex wife may tell us completely Opposite…
@muzerwadeo6387 күн бұрын
But this man look like a free and a true man. Most of ladies in USA and Europe are not easy! Je voulais vraiment dire que tu dois etre un rwandais ressortissant de chez-moi a' Bukavu. Pole mon cher frere.
@dnk38526 күн бұрын
Yes very true, there's always 2 sides of every story.
@dnk38526 күн бұрын
@@muzerwadeo638 African men in Europe and USA aren't easy at all either..
@muzerwadeo6386 күн бұрын
@@dnk3852 I know it but generally ladies are first to disturb their men.
@inezakabayaorganization734128 күн бұрын
Dit a papa Gilbert que la vie n'est pas limite malgré la déception soit for t. Dieu est la pour vous consoler
@user-dr3ls5bd4b28 күн бұрын
Oooh!,Quel bon mot!!❤❤
@uramutsem.jeanne468227 күн бұрын
Uretse n'inshuti n'imiryango irakureka! Oooohhhhhh Eglise urazivuga se ........... twarajugunywe,ariko Imana ni urukundo,yo igumana natwe!
Vraiment ozoyemba bien makasi papa You remain me papa Wemba .
@BernadetteNyampinga27 күн бұрын
Ubwo nu bwenjye buke nonese iyutandukanye numugobo se nihutavunika iyo wabyaye wigish'abana bawe akazi bakagufasha ubundi umuryango ugakomeza divorce iragatsindwa mu muryango ngo hanze bateka kuri gaz uterekaho inkono nyinshi icyarimwe bamesesha imashini abagore bajyera hanze bakarengwa Imana ibahindure peee
@Nova772627 күн бұрын
Ndahaba bararengwa iyo ufite abana njye mbona nta mpamvu yo kumva ko umugabo ntacyo yagufashije kuko umugabo ABA afite izindi nshingano ziremereye n'umugabo njye abana banjye baramfasha kandi ndakora papa wabo ni gacye simurebaho cyane kuko ABA yagiye guhigura urugo niwe winjiza menshi numva dukwiye kwikubita agashyi abagore b'ino mwarahindutse ikintangaza abarabukazi bagumana umuco wabo kandi bakubakana nta mugabo w'umwarabu ujya mu gikoni koza cga kubururukana n'abana KO bubaka??ni ukunanirana nimuve Ku bagore b'ino ntiboroshye
@theresacochran891927 күн бұрын
Olivier coup de chapeau. You are genius man highly respected.❤
@Nova772627 күн бұрын
Yemwe nuko uyu mu papa yavuga bakamutera amabuye nanjye ndi umugore kandi uba mu burayi ariko iraha risenye ingo nyinshi ibyo yavuze by'amaherana y'ama or kugura ibintu buri munsi usanga bisa n'indwara ibi biri mu bagore benshi kandi abagabo benshi b'abanyaburayi bafite iki kibazo kuko n'ibintu bisa n'indwara kugura ntugire control kubera ibintu byiza bihaba njye nzi undi muntu urwaye iyi ndwara mu buryo bukomeye kandi nawe yicara urugo rubyina rwose aho njye ndamwumva uri muri Africa wagira ngo aririza ariko iki ni ikibazo gikomeye mu ngo rimwe bivamo no gusenyuka akagenda ashakisha umuha byinshi birenze gukunda ibyiza si bibi ariko gukabya nzia ingo bisenye kubera gusesagura
@XxNath_niel27 күн бұрын
Ariko kugeza ubu njya nibaza nti ,iyo umugore cyangwa umugabo aje kuri social médias kuvuga ikuru y’urugo rwe rwasenyutse aba agamije iki y’aba ari mu kuri cyangwa arengana. Wenda uje gusaba ubufasha ubuzima bwanze birumvika ,abasigaye bose mumbwire icyo baba bagamije byukuri ,ubwo se uwo ni umucyo twashigikira mu ndangagaciro za kinyarwanda? Munsubize ndabinginze.
@user-tb2zu2qp9l27 күн бұрын
C'est dommage wa muntu we nta Banga rikibaho,ibintu byose ni Ku karubanda 😢 Njye simbyemera de toute les façons kuko si byiza gusangiza ubuzima bwawe isi, ababukeneye n abatabukeneye vraiment birabishye
@uwizeyeemmy909427 күн бұрын
Hari abo bifasha guhinduka cg mwisubireho. Nkuyu mugabo we urumva ko abivuga mu bwenge ntamabanga yurugo ari gushyira hanze
@user-me7lu4sj1u27 күн бұрын
Nta muntu uhuza ibibazo n undi ,buli wese agira igeno rye,ibibazo bye,... kuza kuvuga hano mbona nta bwenge burimo @@uwizeyeemmy9094
@user-me7lu4sj1u27 күн бұрын
@@XxNath_nielnanjye mba numiwe,ibi koko biba ari ngombwa? Kuvugaaaaaaa..... Kandi nta bahuza ibibazo erega buri wese n umusaraba we
@kanya199819 күн бұрын
yigishije neza pe...ariko akantu gato twakosora nukuvugako abana iyo bari i Burayi ariho babona future gusa, kuko hari benshi barerewe Rda kandi babayeho neza cyane, nibaza ko ari destin iya yajyanye umuntu, naho ibya future y'abana ntaho nukwibeshya, cyane ko hari ababagezayo bakabananira!
@KamalMugisha27 күн бұрын
Urakoze cane,jewe harivyo nkwigiyeho
@mugwanashakamadiba87269 күн бұрын
Ariko uretse nubucucu...ibyo nibisanzwe wakunda umugore we atagukunda..ko utarongoye abo babyeyi😂😂😂 ibyo ni no sense.ntukazane ubugoryi
@umurerwaantoinette609727 күн бұрын
Pole Gilbert! Wanyigishije computer. Ms dos😅 en 2000!
@AngelNyiramatama-rl8vk20 күн бұрын
Uyu musaza ko ndeba ari umusirimu aruta udusore twinshi twinaha mbabazi wampuje nawe nkamwimarira agahinda tukikundanira ❤❤❤
@yamuragiyeali755027 күн бұрын
Uyu Mugabo yanyigishije MS DOS, Word na Excel mukigo Martin Luther King, Kuri Centre Christus i Remera. Hari nko muri 1997 - 1998, batwigishije ku buntu, baduha na Cerificate. Barakoze cyane.
@NiyigenaInnocente25 күн бұрын
Birashoboka ko umugore yakunanira ariko wisuzumye ushobora gusanga ari wowe wamuhaye impamvu yo kubikora umugabo yumva ko uko yakwitwara kose ugomba kubyakira ariko iyo ufashe umwanzuro nawe ukabaho uko ushaka atangira kuvuga ko wamunaniye kd ariwe waguhatirije kubikora
@muhirwaegide274123 күн бұрын
Nonese nabo bana bakurikiye kuko babonaga papa wabo yari mubi???
Ngo n'iyo wamukubita urushyi ntiyagenda ngo aba ari soumise! So ubwo mwageze i Burayi ushaka ko mukomeza kubaho nk'uko mwahoze mu Rwanda? Umutuke aceceke, umukubite aceceke, ukore ibyo ushaka aceceke? I am so sorry for you! 😭
@user-ez3ju4hb4z28 күн бұрын
Pole sana Papa, ubwo buzima tubusangiye turi benshi kumiryango myinshi yagiye iza kuba mumahanga. Tumara kuhagera Abadam bamara kubona amafaranga niyo freedom yo gukora icyo bashaka, akagusubiza icyo ashaka, guhuza ni abagabo bikanga rwose. Ni ubwo atari bose but ubu buhamya tubusangiye turi benshi mumahanga😱😱😱😱😱😱
@BellaBella-ng1mh28 күн бұрын
Ni muze muri Afrika haracyari abagore bazima bakeneye abagabo. Nukwihangana satani yahagurukiye ingo😢
Aha nihatari abagabo bagowe yego yego bariho! Ariko abagabo nkaba baba barakuriye muri ambiences nkizi baba bashaka kutava mutugesoooo keshi ndabubashyeeee😢😢😢😢😮😮
@newlyrics25026 күн бұрын
RWEME MBABAZI ndagufana pe uri role model wanjye
@chantalrupfura995324 күн бұрын
Ooooh pole Papa Abagabo nabo nibaze baruhuke imiti barahari benshii bashinjagira bashira Ariko karibu muze namwe rwose.
@marietuyisenge271328 күн бұрын
NIBYO KOKO ABAZUNGU NI OUI OU NON YAGUKUNZE ARAGUKUNDA PEEE NAHO TWEBWE NTIBYOROSHYE...ABANTU BAJE BAKUZE NI IKIBAZO CYANEEE KUBERA KUTAGIRA UMUKOZI HABA AGASIGANE CYANE KUBERA IMILIMO YO MU RUGO INO TURAVUNIKA CYANE NONEHO UMUGABO HABA IGIHE ADAKORA NO MU RUGO NTAGIRE ICYO AFASHA WA MUGORE WATASHYE ANANIWE CYANEEE
@JlmnVhio-ns5cg27 күн бұрын
@marietuyisenge uribeshya cyane niba hari indyarya za mbere zibaho ni abazungu muribeshya cyane iyo muvuga ngo bakwanze barabikwereka ntimubazi,ni nabo banyabinyoma bambere babaho.
@hawamuwanga24628 күн бұрын
Enjoying the story but I don't understand french
@UwaseInnocent26 күн бұрын
Mihigo barasa sana oohhh pole sana Daddy
@MamanOdilo27 күн бұрын
Wouah mbega umuvyeyi aririmba neza!!!❤
@jesusismylifelovefamily591727 күн бұрын
Elle a les yeux Revolver elle a le regard qui tue elle tiré la première m'a touché c'est foutu (Marc Lavoine)
@lydiaabera532824 күн бұрын
Bless you Papa
@murangwadjafar178128 күн бұрын
Umugore wawe ndamwibika yitwa Bazubagira twari duturanye Mu gitega. Isi ihindura abantu. Nizere ko atari we uri kuvuga
@user-qw2mg6zd7v27 күн бұрын
Urumva ari nde wundi?
@ingabirecharlotte45527 күн бұрын
😢niwe frolence
@kaberaetienne31427 күн бұрын
Sha uri umunyagitega oji!!!!Baxubagira👌
@umulisaaimee380326 күн бұрын
Ahubwo se nanjye nabonaga ariwe avukana se na Mihigo François Chouchou?
@nayiturikiver697722 күн бұрын
IL faut éviter de juger tutazi les 2 versions!!! C'est une très belle femme, courageuse et très aimante! Gumana souvenir nziza umuziho iby'abagore n'abagabo nibo babyimenyera
Ooh!! Becos Courage... TU es UN bon papa... Bon entrepreneur... Uzahamagare abanyeshuri bawe Bose mufatanye mukore business.... Uzatera imbere... Uzabona undi mugore.
@ngirimanajacques24 күн бұрын
Tu es un bon Homme.
@mamawinnie92627 күн бұрын
😭😭😭😭😭 nagerageje guhisha amarangamutima ariko ndarize.Pole basi
@user-ev9py2nq6l27 күн бұрын
Pole Sana Papa!
@gloriatumushime286726 күн бұрын
Le pauvre Bekos, ukuntu witonze ni ukuri madame yaraguhombye . Pole kabisa bro,heureusement ko wabaye intwali ukabyakira.
@gwizanaomi338726 күн бұрын
Very true 👍 iyo uri mubibazo nibwo ubona abantu wita incuti😊
@hatangimanaeduige155227 күн бұрын
Waou j’aime bien les ancien chasson francaise 🔥🔥🔥🔥
@kazunguzungu9 күн бұрын
Lui et son grand frère sont de très bons musiciens. Ils sont rentrés d’exil au Zaïre fin 1994 et ont rejoint Magloire Buddy et Albert au Piano Bar. Ils ont donc contribué à la renaissance artistique de Kigali post 1994. Chapeau bas mon vieux et pole sana kwa mambo ya nyumbani lakini ungeacha Yale ma dossiers intimes ndani kwa famille. Salimia Mihigo F Chouchou de notre part. Piga tu miziki baba, Sanaa ni dawa !
@jmbwanandeke799527 күн бұрын
Ngewe narinzi KO niwe Shushu, barasa cyane, yoo j' étais sûre que c' est Chuchu.
😂😂😂😂 nta gahunda afite yavuze ko uwo barikumwe ari perlé.urunva uko byifashe.aranezerewe.mu bigaragara yamenya gukundwakaza ariko yarafatishije disi. ihangane
Wenda yakubaniye nabi Yego arko c ko ushaje ndakeka numugore wawe agakiri umwana kdi murakujije Ese koko ningombwa kujya murayo menshi amaze imyaka myinshi Gusa pole sana
@godisgood391427 күн бұрын
Gye ndabona uyu mu papa avugishs ukuri pe nubgo nsgye ndi umubyeyi ariko iyo ntakosa uvuga wemye courage Imana izakubakire .
@nayiturikiver697720 күн бұрын
L'habit ne fait pas le moine!
@boscokanyangoga762428 күн бұрын
Courage Frère Wa Mihigo Chouchou muri abana beza mihigo muzi Mu Ngeri ku gisenyi
@eastafricanlinksltd559127 күн бұрын
Ariko uzi ko aribyo di 😮nari nayobewe aho muzi😊.Urakoze vrmnt
Abagabo Imana yarabay umutima special Bashobora kuvuga agahinda kabo bagaheza batariz amasozi yabo aja munda aha iyaba umugor nishati yari gutota. En plus bavuga baziga ntibavuga vyos bagumiriza amabanga abo bakundany naho biba vyayangay ✔️
@kminumayurukundo79327 күн бұрын
Nta mugabo w’umunyafrika unezezwa nuko umugore amurusha umushahara cg ubushobozi. Ntubigereke ku mugore gusa nawe complexe yatuma uhindura imico.
@uwimanahamida866227 күн бұрын
Wooow Azi kuririmba
@user-ze8zj1qj2u14 күн бұрын
Mwakoze kuri iki kiganiro gifite Inyigisho nyinshi zijyanye na Society turimo uyu munsi.Umutumirwa yakoze cyane kutajya kuri Details za Mdme we.Yakoze cyane. Ikintu cyo kuvuga ko inshuti uzibona mu bibazo nicyo Cyane.kumenya gutandukana Abantu muziranye n'Inshuti.nagifashe Cyane.
@VitaNdayambaze-jc3om6 күн бұрын
Iyinkuru impaye isomo murakoze
@Infocedric27 күн бұрын
Pole musaza, ibi bihugu twajemo bikorerwamo na satani wibasira ingo cyane.🤔🥱🙆♂️
@Elyza74827 күн бұрын
😂😂😂😂😂😂 ni ukuyitokesha
@arleneisingizwe150328 күн бұрын
Olala pole mubyeyi. Warakubititse pee
@micomyizayvonne56615 сағат бұрын
Uzi kuganira disi❤,nubwo harimo ibi babaje 😢
@Hilaire-dd5sx25 күн бұрын
Benshi mu Bagore Bibagirwa iyo bavuye cyane iyo bikanze impapuro(amafaranga),Reste Fort Frere.
@user-fx7vr7kx7i27 күн бұрын
Becose we uteye imbwuzu cyane ❤
@BellaBella-ng1mh28 күн бұрын
Gilbert nabonye ikiganiro cyawe kwa Rose. Pole bibaho abantu babazwa ni abafite urukundo rw'ukuri. Gusa humura uwawe arahari,cg uze unyigirire umugore dore nanjye nta mugabo kdi ndamukeneye ndetse nzi no gukunda.
@mugabodavid300628 күн бұрын
Yasobanuye neza ko nyuma y'imyaka ine, yagarutse mu Rwanda pour se remarier, kandi ko ubu couple ibanye neza. Gusa nawe Imana ikwiteho, kuko byose irabishoboye.
@jeanrutimirwa337327 күн бұрын
Wouw
@mukundentetheodosie860628 күн бұрын
Yoooo sorry Gilbert.njye waranyigishije computer en 2000.courage
Uramuharabitse kabisa! Avuze version ye wabura aho ukwirwa ni uko nyine atabikora par respect pour la relation que vous avez eue et par respect pour vos enfants! En tout cas wabuze une très jolie femme très courageuse et qui a beaucoup de classe!!!! Amarira yariraga twese twarayabonye , je ne peux pas entrer en détail par respect pour tous , gusa nizere ko anytime uzamusaba imbabazi kuko urahemutse!