project za melody na hit ze na award ze uwaziha the ben cg melody noneho ntawabakira njye mwinyobya ndabona melody ari on top ahubwo izo legend nizicare zige
@serramonteregalo110k4 ай бұрын
😮ngewe ndabona ahubwo muri kubicurika personally mbona ahubwo Ben yungukira muribibintu kurusha Melodie kuko niyo amaze 2 years nta song abakiri kuvugwa kubera Melodie ,ikindi ibya Legend mubishyire kuruhande kuko Buri muhanzi agira ibihebye so iki nicyogihe cya Melodie don't compare them
@Jk-up6wh4 ай бұрын
Erega Ben and Meddy are professional and have respects and good manners. Na bana bafite burere kavukire. Ariko melody yego araririmba ariko nta burere nta muco agira. Nicyo kibazo gihari.
@RebaTV4 ай бұрын
Ibyo se bihuriyehe ,uri injiji
@RugoriArmel4 ай бұрын
Melody ni namber one❤
@duharanireamahoro86274 ай бұрын
Melody on the top hano I Rwanda
@niyukurifulgence58374 ай бұрын
Melody is an other level ntimukagereranye imbeba na Tiger. Melody ararenze muvyemere tuuuu
@afrobeatshits41494 ай бұрын
Ni gute x pt frere atavugira gra frère iyi TV musa nkabari kwikinisha
@sebananisamuel78864 ай бұрын
ni on top mumutwe wawe bact rwose munyakazi ari hejuru rwose abo turabemera igihe cyabo barakoze rwose ariko ubu rwose ntabahari kandi nari umugabo ntihabwa inebe
@soloup33404 ай бұрын
Nonese urumva bact nyine yavuga iki ko nawe kuva afrimax yamukatira nawe yahobagiye ko muzi kureba mujya mubona harumuntu muzima uzi ubwenjye ucyegera Bac T
@apotlemichaelthementor4 ай бұрын
@@soloup3340 ubwo nawe rero uri ikiwerewere nta bwenge ufite kuko ukireba ibiganiro bye
Kbs iyo ukuze uba ukuze tuje twemera The Ben arakubiye merod nawe nari two gusa nuko yishira hejuru cane kbs Bakiti ndakwemera ❤❤❤❤❤ uzadusure nimusanze
@karangwajules72664 ай бұрын
Melody aramurenze cyane
@Jk-up6wh4 ай бұрын
Kumurenga sicyo gikuru, ahubwo imyitwarire myiza nicyo kigenzi ni nacyo umuntu areba. Ushabora kuba ufite talent nziza ariko udafite ikinyabupfura no kwicisha bugufi, bya bihangano byawe ntibihabwe agaciro. bikagupfana ubusa, ikinyabupfura cyiza mubyukora byose ningezi. kidahari ibihangano byawe ntagaciro byaba bifite. That's the only issue btn the two.
@Jackjack2994 ай бұрын
The Ben komeza ukunde bagenzi bawe you are perfect human being
@timetvshow2504 ай бұрын
Keep this We On Yo Back It's not about interview it's all about talk BACT 4LIFE 🔥🔥🔥🔥🔥🔥
@munez25024 ай бұрын
Arko koko namwe b'abagabo mujya impaka kutuntu nk'utwo?! Bruce Medodie ibyo akora ntakibazo na gito kibirimo. Niba Ben adashaka kuvugwa azave muby'umuziki abe umuntu usanzwe arebeko Melodie azongera kumukoraho comment. As long as Bruce ataba yatukanye cg yakoze ibigize icyaha akagira opinion ku mu star mugenzi we nta birenze. Ibyo by'urwango mubikurahe koko?! Mwagiye mumenya gukora business koko!
@euladendikubwimana78334 ай бұрын
Both; Melody, Meddy, and Ben are unique. Better not to compare them. Murakoze 😁
@claireuwamahoro31124 ай бұрын
True
@estherizabayo44854 ай бұрын
Melody is still number one mubyange mubyemere.
@user-lu8vg8uh2d4 ай бұрын
❤❤❤❤❤❤
@irankundaj-lj9ml4 ай бұрын
Bruce hejuru cyane
@KabebeHeartbeat4 ай бұрын
Nimwe mutuma The Ben n Meddy baba abanembwe kuko ntago ari ba Legend ahubwo ntimuzongere namwe mujye muvugisha ukuli !
@FrankRukundo-jw7xp4 ай бұрын
Mumutwe wawe ntabwo ari aba legend ark reality they are legends
@RebaTV4 ай бұрын
Abavuga ko ari aba legends ntibazi gutandukanya a legend and famous
@user-ys3wt2yf8k4 ай бұрын
Na Baki x?
@RebaTV4 ай бұрын
Ni aba famous
@FrankRukundo-jw7xp4 ай бұрын
@@RebaTV Hhhh ndasetse
@user-ds7ws8sk4x4 ай бұрын
Number one the ben turamukunda nimfura kbx ayo mateshwa ya melodi ntayajyamo
@iradukundagad52774 ай бұрын
Ni he wumvise Melodie atuka The Ben nk'uko abo kwa The Ben bamutuka ibitutsi by'ibihindugembe ? Melodi nta rwango afite ahubwo abamwibasira ni ishyari kuko amaze ku kubarenga .Mu byukuri haba Meddy cyangwa The Ben nta numwe wanditse amateka muri muzika kurusha Melodie
@TuyishimeRorance4 ай бұрын
Ben nuwambere kbx❤❤
@KiraboCyimana-bl8hy4 ай бұрын
Bruce Melody 🎵 ni igitangaza ❤️❤️❤️❤️ uburyo mu mwabaga nibwo butuma abona umugisha Azajya ahambira abambuzi bareba Azajya akama amata yi uburyo Na yi ibumoso mwe muzane ubigamboo Sinshobora gufungura iki kiganiro kubera title mbonye mwanditseho inkende ben muri kumutera umwaku Atarajya mu matiku ya bene wabo yari yimereye neza None Uyu mu bibi wishwe nibibiyobyabwenge bimaze kubica nabi baje gutukana Ngo inkende??? Sha muribeshya ni mwe nkende mwataye so mu kizu cya abatindi akicwa ni inzara ni inyota Mukaza kurara amakoti mwiriza nimwe mufitiye Bruce Melody urwango Gushimira cyawe giherutae ku mutuka mukuru wawe aherutse ku mutuka Ngo kibikiwerewere Kandi arimwe mwanakibyaye ubwo mwumva muba mutituka koko?? Ikindi nibi byi inkende mwanditse ubwo ukurusha Wowe kuba inkende ninde ko mwiyemera😭
@inezawilly45434 ай бұрын
Imana nsenga izandindire Green P amazon atazongera kurisha ibyatsi kuko urabona ko ari na Sitamina and Swagga Kibiriti vayo niwe utunaniye
@Ernestoche6914 ай бұрын
Kibiriti byagenze gute?
@MugishaPaccy-by9zq4 ай бұрын
Ben is living iconic legend 👏 ❤
@RebaTV4 ай бұрын
Hahaha ntuzi ibyo uvuze he is a famous not a legend
@byiringirobosco7734 ай бұрын
Bruce men yes Ben and Meddy they're legends but Bruce we surrendered
Ark Ubundi Bruce melody yagiye atuza kwabobakoboyi bakoze cyane kuvazamn
@PabloEscobar123-l5h4 ай бұрын
Back T analyse wakoze niyo ariko melody yibeshye akava mu muziki abandi bose bahinduka imbeba.He is the “there”I mean the top.the lead to follow.Period
@soloup33404 ай бұрын
Ben yifuzako abahanzi bose bazamuka yazamuye bangahe😂😂
@ntareromas6994 ай бұрын
Ntabo
@sebananisamuel78864 ай бұрын
ntanumwe😅
@user-xh9jg7uj3c4 ай бұрын
Nonec we yazamuwe nande nabo babyimenyere
@derrichord20334 ай бұрын
Shafi yazamuwe nande sha
@RebaTV4 ай бұрын
Ntawe yazamuy3 kuko even nawe aracyari hasi ,ntibazi icyo bita legend (Bac T...)
@Dance-n4m4 ай бұрын
Ariko bact nawe ntugakabye theben na meddy ntago baraba legend kuko ntago baragera kururwo rwego ahubwo Bruce ntago aramenya abo ashoraho urugambo ubundi entertainment Bruce ashaka ntago ba theben bayumva kuko iriya beef akurura abagirango avugwe cyane biriya birakora cyane ntarwango Bruce abishyiramo ahubwo abizana kuri theben wumunebwe udashaka gukora music ngo ajye mwihangana bikanga
@Kaboss94 ай бұрын
Kabisa
@Franklinn45394 ай бұрын
Nkunda uburyo usubiza green 👏
@harrietumuruta50084 ай бұрын
Erega sinzi ikintu ibyo mwita kuba legend bakoze mubihe byabo nundi nawe Ari gukora mubihe bye
@m.mabeba19724 ай бұрын
7:20 Green P is my man: translation in kirundi "nyimba arikwo umeze(umuziki) ...... nyimba iri ukwo mwawudugije.... musanga...". then he was helpless and felt useless in conversion. and his mic was off! angree!
@ndayishimiyeamani95224 ай бұрын
Melody on the top top top
@user-lu8vg8uh2d4 ай бұрын
Bruce hejuru cyane❤❤❤
@ChefWacu4 ай бұрын
Hejuru hehe koko kweli
@Kgb60454 ай бұрын
Cyze green p ararenze ukuri gusa muve kunyende zitendekaa😂😂😂😂😂
@Kaboss94 ай бұрын
Hhhhhhh Green ndibuka ikiganiro yakoze yarakubiswe asebya mukuru we ngo ariyemera ngo yanze umuryango ,ngo ntacyo amfasha, gusa inkende ,imondo niko kabi , gusa ibyo yakwita Melody byose ntiyapfa amwigejejeho muri music .
Football is divided into football ya Messi na Ronaldo and the second is for the rest,na music yo murwanda nuko bariya bafite iyo bicaye naho melody we natuze ayobore abana kbxaa
@sugashTv4 ай бұрын
Bruce on top ❤❤❤❤
@user-tg8oe5vl6i4 ай бұрын
Reka niyicare yige
@ChefWacu4 ай бұрын
Top hehe koko arinyuma ryizina the ben ukuri kuraryana
@Stonnez4 ай бұрын
Hhhh icara Utagwa @@ChefWacu
@ChefWacu4 ай бұрын
@@Stonnez #NKUNDATHEBEN
@rwandadigitaltv63974 ай бұрын
Ben aba legend Gute mhn he is also competitor in Rwandan music anyways melody ni umukozi mhn ariko Bac-t nikimpara bijyanye nibyo yibaraguzwa bro
@user-zn8wk6xz1l4 ай бұрын
Bact you are the best person ever used the truth 🙏🙏🙏🙏🙏🙏
@dukundanejeandedieu71994 ай бұрын
Meddy na Ben ntakintu cyahatari bakoze kurusha Bruce usibyeko harigihe umuntu yigirira igikundiro gusa kuko abo ntanicyo barushije Timu
@mugenzijean16 күн бұрын
Mn mureke amarangamutima nogushaka kurya hit melodi imbere
@byukusengepatrick23774 ай бұрын
Big town ndayikunda. Kd nkunda The Ben cyane!
@BPCSHOW4 ай бұрын
Theben numusaza sana mugakino Azabazengereza mpaka😂😂❤ 🔥 bo ntibasanzwe baririmba karahanyuze,umuto umukuru bararirimba bakanezerwa😅
Koko woe watumuye Green P ,ngo avuge Melody uziko mufite ikibazo gikomeye uwo Green P ni pet free wa Then urumva yamuvugaho iki Koko !!!
@KiberwaEsther-yb3qv4 ай бұрын
Melodie niwe wacu❤
@mustafa40-14 ай бұрын
Man murwanya melody muburyo bwose kbs
@Uwer6474 ай бұрын
Ntibazamushobora
@yvesmugisha4 ай бұрын
Ariko se bamurwa nya gute ninde wirirwa uvuga ibigambo nkawe kuri za KZbin Kandi avuga umuntumwe. Abafana ba brus mumeze nkawe. Nta kwiyubaha kbs abantu mutabona kuriya mu jama arengera kumuntu utamusubiza. Ese ubundi ko muvuga ko amurenze yirwa yikina gute Kandi arenze, bro biriya biriya ni mikino yabatindi..
@mustafa40-14 ай бұрын
@@yvesmugisha ase kowabigize intambara broze😂 Relax 😁
@MusafiriJeandeDieu4 ай бұрын
Ndakwemera Bac-t urumusaza rwose ndagukunda ngomba gushyiraho burikimwe cyose unsaba bibangombwak umuntu Akora subscribe nkigihumbi nazishyiraho umusaza wateje imberabandi kd utajyabigira amagambo benshi wabinjije muri Games kbs bariga ikibabaje nibaza nimba bajya banakwibuka bikancanga njyankwibuka cyera nimbari 2018 muzana Gemu woe na super manager mugatwika Koko nabandi babareberaho Respectful musaza byose ndabikox ibikugomba Bac-c nukuri nkundako ntashyari ugira kbs
Big up brother mn ntamuntu udasaza mn iyo utari mukazi urasaza iyi industrial ntanyirayo bro uribuka ukuntu wari king wa mic bakaza kugusenya but you fight 2cme pack on mic . Ngewe navuga byishi arko mn one day wantumiye nkagukorera isesengura kuri industrial yacyu mn hari ibyo mutavugaho kndi bikenyewe
Areke bamunnyeho se ngo nubucuti? Bamumariye iki se kuburyo ababuze yahomba bikomeye?
@kundacyaneprudent81824 ай бұрын
Ubwose Koko nkamwe the Ben yabatumyee peh kwelii 😂😂😂😂😂😂😂
@Jackjack2994 ай бұрын
Well explained green p Gusa mbambona side ya Ben nabantu be nta rwango bafitiye Bruce gusa Bruce niyibeshyako abamwogeza ko arenze bikamutera kwishongora nudakora bazakwibasira Kandi uko umeze gutyo urikurema urwango rukomeye ruzagukurikira muminsi irimbere ujyeze Aho kubahwa
@claireuwamahoro31124 ай бұрын
Ntugatege abantu iminsi nturi imana dore ko mwigize imvuzibuzi, uretse urwango abo kwa ben banga melody nabandi nkamwe muzaruhorane arko nahutangariza ko buri muntu wese afite inzira imana ysmuciriye so ntabwo rero uri rurema
@vugaicyongerezacyizaspeake37724 ай бұрын
Bruce mwimuvuga ararenze. Ibya respect ntitubireba cyaneko ataribyo bishimisha abafana. It's a feather in my cap to be on Melody's side
@JohnHabiribanje-eg9cj4 ай бұрын
Habaye ibyo mutatekerezaga azabakoma mpaka hahahahahahaha😂😂😂😂😂
@UwimanaEjkile4 ай бұрын
Melod is my guy
@iradukundagad52774 ай бұрын
Njye mbabwize ukuri The Ben ndamukunda kandi nizereka nanabaye umufana we kurusha uko nafanaga Bruce Melodie. Ariko aho ibintu bigeze The Ben mbona ari umwe muri ya masaha ya kibarabaswa Diplomat yaririmbye ati"kurya mubona acuruzwa ni uko gusa yamamazwa" Bruce Melodie mu bikorwa ubu abarenze cyaneeee , Rwose tujye twemera ukuri Meddy na The Ben ubu bari hasi Ibi simbivuze nk'umufana ahubwo mbivuze kuko ari ko kuri mbona gusa Isi ntikunda ukuri 😂😂
@u.hassan71854 ай бұрын
byonyine kuba content yose yabaye bruce melody nicyimetso cyuko ibyo yashakaga biri kugerwaho. kumuvuga cyane kujyezaho mwibagirwa abandi 😂😂