Djihad Reka Briane na Isimbi ni Abahanga cyane mu kunga Abantu , Kabisa niba Umuntu akosheje siko wahita umuta. Wawu Briane uri umunyabwengekweli Iyo umuntu agiye kwivuza kwa Muganga ntago ahita akira❤
@maombisuzana71843 ай бұрын
Brian ndagusomy cyan urumuvyeyi p mbeg inama nziz weeeeee ugongukund ruriyongey kbx❤❤❤
@nikuzececile75232 ай бұрын
Ubwo mwahuriye hamwe, ibi bizakemuka kdi vuba! Mubyereke Imana kdi Isimbi na Briane bababe hafi bizashira vuba .God be with us🙏
@ubuzimabuzimatv2 ай бұрын
Isimbi ❤ Gufasha umuntu wa mushyizeho Conditions ni Ubucakara ni Ijambo rya Bahanga kweli
@ChatRoomtvshow3 ай бұрын
Yemwe uyu mwana ngo ni jack yarahungabanye nonese uwo cousin wa Janet nimba family zabo zikundana kuki amumenye ejo bundi muriyi saga ikigaragara kasuku yarengere gusa uyu mwana afite depression yatewe numuryango
@nadiadushimimana54012 ай бұрын
Uko byamera kose uyu mwana nigisebo kumuryango.naho waba waramwibyaliye wamuhakana,iyo depression ayiterwa nuko yitwaye nabi bakarekura,ubwose yararanaga numupangayi akili under age atakili umwana urerwa
@fannyfanny5062 ай бұрын
Ntiwumvise se ko nyina yamutaye? Nibaza ko ari kwa kundi abantu babyara hanze nyuma umugabo yapfa uwo babyaranye akazana umwana kwa muhungu batari bazi ko yabyayr
Umucyo Kitchen TV mudutere inkunga nyamuneka mukande ho turebe ko natwe twazamuka muraba mukoze ❤❤❤
@Mugisha-yh9mp2 ай бұрын
Ko brianne numv wahindutse wadufashije ukiyunga na yago🙏
@ubuzimabuzimatv2 ай бұрын
Hhhhhhh Isimbi Noelline agiye kujya na Jacky mu kazi ndasetse ndapfuye
@Scovii-2 ай бұрын
Djihad ndagukunda pe ariko nta common understanding ugira pe intentions zawe nugushwanisha abantu pe kuva kuri case ya bwiza na knowless till now ntago ushobotse pe
@helenemarierobert85572 ай бұрын
JACKY sorry 😔 nta n’ubwo ukwiye kwisobanura, baguhe amahoro n’uwo mwana wamugiriye neza aho kuba muzima aba IGIHOMORA! So niba rero arengeje 18 akaba afite inzira y’ubuzima yahisemo azajye gushaka NYINA WAMUBYAYE NIWE USHOBORA KWIHANGANIRA IZO NGESO ZOSE ZE MBI! FULL STOP 🛑
Jk ikosa urakoze nu kwiyandarika nanjye mfite masenjye ariko aragatsindwa ni mana
@nadiadushimimana54012 ай бұрын
Anavugana ubushizi bwisoni ,Jacky njyewe nta ngingo nimwe mbona imurengera ,ark mulibaza umwana wikura mu ishuli atabuze minerval
@Eminzo122 ай бұрын
Djihad ndakwemera ariko hano muriki kiganiro warahengamye cane ntiwashats guhuza abantu du tout
@ubuzimabuzimatv2 ай бұрын
Nta muntu utagirana Ikibazo nu muryango we, Kasuku ikiza ntakajye yibasira imijyango ya Abantu sibyiza, Kandi Abafite ikibazo kubyerekeye DNA, Ibisabwa ngo ipimishwe , ni Igiciro tubararikiye Ikiganiro turi kubategurira ku Ubuzima Buzima TV
@victoriousg16122 ай бұрын
Ikindi djihad abana ni benshi bafashwe kungufu na bene wabo kandi ntanumwe warega kuko nigikomere cyawe ubana nacyo imiryango irabihishira mbega ucececyere uno mwana ahubwo yarashize kuba imfubyi iwanyu ukanafatwa kungufu ni pain triple
Uwo jacky se numwana babwirizagukora ikinu nonese kasuku yaramubwiyengo atuke Jannet ahubwo nukonawe aba ashaka kumutuka uwo mukobwa ahubwo nigihomora ibaze umwana uryamana numugabo wabandi ari underage ubuse na Yago yaramushutse da cg nawe aba ashaka kubivuga
@Uw812 ай бұрын
Abo babyeyi ndumva aribo bagayitse ni gute umwana wawe asambana nu mupangayi ubizi adakwije imyaka akakugumira murugo uwo mugabo ntunamutware mubuyobozi ? Ntabwo umuntu yashyigikira Jacky ariko imiryango nayo guhora yibutsa abana irera KO batababyaye KO atari inshingano zabo nabyo byatuma umwana yarangiritse. Uwo mwana niba yivugira KO yafatwaga na nyirarume urumva uwo nyirasenge yarashatse kumenya ukuri urumva bititwa KO abeshya ? Abana bangijwe ni miryango ni benshi gusa kujya muburaya namahitamo mabi.
@NyirahabimanaJamvier-n7m3 ай бұрын
Nubundi ongera umuhe urukundo rwa kibyeyi mama nubwo yagututse cg agutuka wiba nkawe kuko ndumva ugira nimpuhwe mugaruze urukundo nshuti y'Imana uzahembwa na ALLAH ukorere na musaza wawe umwana ntiwite kubye nshuti please
@helenemarierobert85572 ай бұрын
Ntabwo ari umwana we kandi nta cyaha afite Uyu Mubyeyi! Uyu mukobwa ntiyamenye ko ari imfubyi kandi imfubyi zumvira mu rusaku! Abandi twarireze kandi ba masenge nyokowacu buzuye, twarakuze kandi neza cyane nta papa nta maman
Uwarezwe na mama we na papa we yicecekere ashime Imana
@uwerapraxeda72402 ай бұрын
😂
@footballlegend27642 ай бұрын
Ese brianne kobamubwiyeko azabyara ikinyendaro ntiyakibyaye😂😂😂😂😂.
@MuhireFabrice-rx2ic3 ай бұрын
Niko Jiha nukuri nibamubabarire peeeee nukuri Janet namubabarire nukuri 🙏🙏🙏 ndi Israel
@UwinezaZawadi-c4r3 ай бұрын
Kasuku nagakabye
@helenemarierobert85572 ай бұрын
Abanyarwanda mwanga ukuri? None se niba nyoko wanyu akubwire ko atari nyoko uko si ukuri? Nyogosenge niba akubwiye ko atari so? Icyaha akoze ni ikihe? MUJYE MUVA MU MITETO! Mumenye ko niba nta So ufite nta nyoko, ubwo icyo usigaranye ni IGIHUGU FULL STOP ✋
Bamwe mubantu bumvako imiryango yabo yaricyo ibagomba!kdi bo bakumva ntacyo bayigomba.ese nyogosenge cg so wanyu ubundi niki bagomba umwana wa mushiki wabo cg wa mukuru we! Ese ise na nyina hari imigabane aba yarahaye abo bamasenge cg abandi yenda ngo babe baramuriye.rero sishingano zo kugufasha.iyo rero bagufashije kuki woe utagira imico myiza.bana mwumva ibi bintu niyo yaba ariso cg nyoko ugufasha wigize ikirara nawe ntaburanganzira bwo gukomeza kugufasha.
@fannyfanny5062 ай бұрын
Komera Jeanet ntibyoroshye kwakira kubona umwana wawe agucika kubera inzira yihitiyemo. Numvise kuva kera amagambo y'ibishegu amuvamo ndumirwa. The so called children bajye bkebuka nabo barebe niba ntaho babangamira ababarera. Twese ntitwabaho uko tubishaka gusa tujye dutekereza ko ubuzima ari ubwacu ntawe uzadutwarira ubuzima atari twe. Burya buri wese afite amahitamo ku buzima bwe. @Noela, ibyakubayeho (n'ubwo ari uruhande rwawe twumvise) ntibyakabaye kuba ari ifatiro y'ibindi... erega n'ukurera n'umuntu imyitwarire yawe ishobora kumubabaza. Ngo nyina w'undi si nyoko ariko na none n'umwana w'undi si umwana wawz
@KayokaStyleComedy3 ай бұрын
Kayoka Style Comedy 😂😂😂😂😂😂
@bugingocassien3 ай бұрын
Abantu twakomerekejwe nimiryango turuzuye kd ntabwo twaza ngo tujye kuri camera kd turiho So ibyimiryango nimiryango
@helenemarierobert85572 ай бұрын
Abanyarwanda dukwiye gusobanukirwa iby’imiryango! Umuryango ni iki? Papa+maman+abana! Abo bandi bavahe? Niba udafite umuryango ubwo nta papa ufite nta mama ufite! Abandi ntibitwa umuryango! Impamvu banabafata nabi ni uko atari umuryango wanyu! STOP muhe amahoro ba nyogosenge, ba nyoko wanyu, ba nyokorume, ba so wanyu, babyara banyu mubahe AMAHORO nabo bafite imiryango yabo! Muza kurira ngo masenge yamfashe nabi bla-bla-bla STOP STOP!