Рет қаралды 35,350
Shikama yatawe muri yombi azira amagambo akomeye yakwirakwije avuga ko Leta imaze imyaka 6 itegura Jenoside mu gace atuyemo.
Muri ayo majwi avuga ko abaturage bo muri Kangondo bakorewe ivangura, ko abahatuye bashyizwe mu kato, ku buryo ngo bameze nk’abagiye “gukorerwa Jenoside”.
Ni amajwi avuga ko ari impuruza, ko Leta y’u Rwanda yateguye “Jenoside kuri Bannyahe”.