Ndunva aruwiwacu gusa simuzi Ndaza kubaza abahari Umurwa wu Rda urawuzi: Ati ni MUMURWA, (Aha avuze habaga amazi aryohereye abantu bavuye hirya no hino bakajyanayo Inka zabo KUZUHIRA AYO MAZI.iyumunyamakuru abazi buriya bice yari kunva ko amusubije neza. Bwana munyamakuru uzajye kumushaka Centre ga Gataba ni hafi yo mumujyi wa Gikongoro Uzahakura nandi amakuru Ni centre ishushye cyaneeee
@ManishimweDiane-i7x6 ай бұрын
Unkundishije ubuzima mama disi imana iguhe umugisha disi
@nibaclemy4318 ай бұрын
Ese namwe banyamakuri ntimwumva bahora bababwira ko guha ibiganiro abantu nk'aba bafite ubumuga beo mu mutwe bitemewe ariko ntimwumva ,ubwo se ntubibona ko uburwamo ,hoya rwose murakabya cyane😢