Рет қаралды 305,494
Iyi videwo irasubiza umukunzi umwe ku bibazo bibiri yabajijie:
2. Biterwe n'iki kumva igitsina gisa n'ikifashe, waba usa nk'ugiye kurekura ikintu, ariko ukumva byikatiye imbere, mbese ibintu ntazi uko nabisobanura neza. Ese hari icyo ubiziho?
2. Biterwa n'iki kumva ushaka gukora imibonano n'umugabo wawe ariko bigasa nk'ibiri mu mutwe gusa ku gitsina bitagaragara; mbese nta matembabuzi ahari, gusa mwabikora akaza? Ese ubwo si ikibazo?
#Imyororokere
#Urukundo
#Gusubiza