Yesu niwe nzira yukuri nubugingo ntawuzagera kwa data atamujyanye ,
@nyamushanjadidier15375 ай бұрын
Abasilamu guhakanisha Bibiliya kandi batayemera ntago aribyo kuko ntibemera ko Bibiliya yose Ifite ukuri. Ahubwo bajye bakoresha Quran bahamye imyizerere yabo batitwaje Bibiliya kuko ni ibitabo bibiri kandi bitandukanye cyane rwose. Byonyine Injili ya Yohana igice cyambere cyose baragihakanya kandi Igitabo cya Yohana cyanditswe mumwaka wa 100AD nuko Muhamadi aza nyuma yimyaka 500 irengaho gato apinga Yohana igice cya 1 cyose . Ngaho mumbwire hagati ya Yohana wasangiye na Yesu akandika ibyo Yiyumviye Yesu avuga kandi akora , na Muhamadi waje nyuma yimyaka 500+ Ubutumwa buhari buhamya Ko Yesu ari umwana w'Imana ngo abibwiwe na malayika Gibril niwe Malayika Gabriel . Nigute twahamya ko ari Gabriel wagarutse apinga ko Yesu atakiri umwana w'Imana abibwira Muhamadi kandi yarabibwiye mbere ise wa yohana umubatiza ko Yesu ari umwana w'Imana. None mubona Quran ubwayo itarahumetswe na Antikristo nawe akaba yarakoresheje Gabriel wiwe gukopera Ubutumwa bwiza burwanywa !!!.?. Ibyo byakarangije impaka zose kbs
@mugiranezageorge5 ай бұрын
Nibyiza gukubitisha umuntu inkoni yizaniye.
@NezaMerry4345 ай бұрын
Bible(ivanjili) nijambo ry'imana knd Islam twemera ibitabo by imana100 %(zaburi, taurat injil na Qur'an) nkumwemera mana nyakuri knd Qur'an ikubiyemo ibitabo byose uko ari bine Guys ntacyiza mbona nko gusoma ibitabo by imana uburyo bwo gusoma Bible na Qu'ran ndabugutuye❤
@Munzb5 ай бұрын
Yesu yamamare❤
@uhfvf10836 ай бұрын
Muzatumire Antoine rutayisire sha Cg apotre Paul gitwaza
@rizindeeric98635 ай бұрын
Abagaratiya igice 3:26-28 haravuzengo mwese murabana b'Imana mubiheshejwe nokwizera Yesu Kristo ntabwo abayisiramu babyumva kuko batamwizera
@amkacreativetugirimana12458 ай бұрын
😅Abanyafurika, Icyampa ngo Umwami Imana adukore ku maso tubashe gusobanukirwa Ubukoroni bwo mu madini yabafirisitiya!!!! Kubera aya madini ubu twatakaje kalindari yacu, twatakaje kubara amasaha!!! Sa sita tuyibara iyo tubona isaha yanditse 12. Bityo bityo,.... Ikibabaje ni uko Abarabu nabashinwa,... Batubona nkibicucu!!! Kandi nijuru iyo Ritubona, ritubonamo Ibicucu!!! Injiji, ... Ni mibura ubwenge Nzabareka....
@kianatvshow95758 ай бұрын
Murasoma umurongo umwe wa bible mukawusobanura uko mushaka mujye musoma hose mureke kuyobya abantu
@MusanaberaEsther5 ай бұрын
Nibyo rata
@nyiransabajacqueline80076 ай бұрын
Itegeko Yesu yavugaga niryo gukundana...benedata mujye musoma bibiriya yose ntimugashukishwe nubucebuce bafashe mu mutwe kuko na Satani yashatse gushuka Yesu amubwira ibyo muri bibiriya,Yesu uko yamusubije murakuzi.Shalom
@SaidSaid-lm3re6 ай бұрын
😮😢😮😊q+
@obedbasabose60236 ай бұрын
Ndibaza buriya burimusiramu yumva amagambo yose neza yo mucyarabu asengamwo
Uyu mugabo se ari hano akora iki ko ari gutukisha Imana biragaragara ko bari kumukoresha nk'igikoresho cyabo icyambere ntazi gusoma bibiliya NTAZI IJAMBO murumva ukuntu bari gusoma ijambo nkuko bishakiye
@EvaristeNzihongarafiki4 ай бұрын
Nibyo ABA ni abafarizayo NTIbemera ijambo ry'imana bibiriya nibo batera amabombe mu nsengero
Yesu yabwiye abigishwa be umunsi yagendaga ageze mubafarasayo yabwiye abigishwa be ati ntimufatwe umusemburo wa bafarisayo Ube maso mukristo utagwa mu mutego wa shitani ugata ukwizera, kwawe kuko muri Yesu Ntabwo tuburana kuko ni umuvugizi wa kwizera🙏
Barabesha cyane izo alfabe ntabwo Ari icyarabu ahubwo igiheburayo
@sangwasamuel77085 ай бұрын
Mwabantu mwe ABA basiramu ni ABA farisayo muhunge umusemburo wabo
@BugirinkaPatrick-xi3xg8 ай бұрын
Icyakoze murababeshi Abafarisayo mwarateye mugende muzukuri uko Kuri Muzaguhishurirwa Mukurikire umushehe Hahindukiriye Kristo witwa Sheh mubaraka Hussein
@gilbert66196 ай бұрын
Jesus is a king, Lord and savior
@Me192076 ай бұрын
Ico mbony co nuko mufatirany umuntu, uwo mugabo mwamurengej induru knd ntabw asanzw azi bibiliya kuk ntiyar gutega umutwe nk'umumobwa. Muzotumire Antoine Rutayisire🙏
@naringezehetheophile73646 ай бұрын
Babakuye Kuri Yesu bahakanye ko Yesu atari umwana w'Imana atari Imana bagiye Kuri Muhamad
@sekibibijuvenal78446 ай бұрын
Ubuse ubundi nkubu uyu yajyaga he 😅😅😅
@IragenaBienfait-of7oz4 ай бұрын
Jesus is God
@umwamiwibigwiyazid46985 ай бұрын
Allah akibal ❤
@chantalrupfura99536 ай бұрын
Muzasobanukirwa neza uwo mwakurikiye Yesu nagaruka muzihisha nimwiyambarire boubou mwirire ni ipirawu gusa Yesu ahe abakwiriye agakiza bakakire.
@EmmyNizeyimana-gx8ky5 ай бұрын
Ubutumwa bwiza uko bwanditswe na Yohana 1_10_12 mwumve uko havuga abemera yesu kristo murasaba imana ibibumvishe kuruta uko navuga imana ibibumvishe
@BYIRINGIROKALISA5 ай бұрын
❤❤❤
@janeburu65384 ай бұрын
Manshalla tabarakara Allah azabahe ibihembi kuba mutanga Daawa abazimiye bakazimuruka
@fideleniyitegeka98816 ай бұрын
1 Kor 1:2 [2]turabandikiye mwebwe abo mu Itorero ry'Imana ry'i Korinto, berejwe muri Kristo Yesu kandi bahamagariwe kuba abera, *hamwe n'abantu bose bambariza hose izina ry'Umwami wacu Yesu Kristo, ari we Mwami wabo n'uwacu*. Unto the church of God which is at Corinth, to them that are sanctified in Christ Jesus, called to be saints, with all that in every place call upon the name of Jesus Christ our Lord, both theirs and ours:
@uhfvf10836 ай бұрын
Ririya jambo ryo muri zaburi 119 si cyarabu ahubwo ni giheburayo mubirebe no muri google 😂mbega abagabo
@NduwayezuAugustin-v2i5 ай бұрын
Bari hafi kuza ubwo ngo nabo noneho bemeye yesu gusa ntibarasoma icyo yesu yashakaga ariko bemeyeko bari muri yesu ese baretse kurara bashaka imirongo ibafasha kuvidura abantu ahandi basengera bakababwira icyo imana ibashakaho aho basengera hose SOMA 2SAMWELI 23:1-7 Cyanecyane umurongo wa 5
@ortho-promedltd27005 ай бұрын
Isezerano rya cyera n'igicucu cy'isezerano rishya, twe rero nk'aba Kristu ntitugitwarwa n'amategeko kuko Umwami wayo ariwe Yesu Kristu turi kumwe
imana yabasiramu ntifite ubushobozi ariko IMANA Ya Yesu niyo MANA gusanta yindi
@beatamukankuzi64488 ай бұрын
Yesu niwe nzira y'ukuri n 'ubugingo niyo mpamvu yabwiye Matayo ngo amukurikire, Basiramu c ni inzira y'ukuri n'ubugingo ku buryo mwamubwira ngo abakurikire?mureke kubeshya
Ishyaka mugira mu kwemeza abantu iyaba mwarigiraga mu kubwira abantu kwiyarura mu byaha mwazahembwa na Yesu. Ariko ikibabaje ni iki: Uko mu Rwanda ntawe urajya kwishyuza ko yakoze umuganda, ninako bizamera ku munsi dutegereje twese kuko hari imirimo itaranditswe)
@isaacvtv5476 ай бұрын
Ubasize kumaheka nka 12 bovayo bwagiye kugihe
@HadjiKing5 ай бұрын
Ok Ewan nibicar big kbs ❤❤❤
@khadijaty71486 ай бұрын
Bavandimwe Bayisilamu nabasavye mucubahir canyu umuntu azi gutora video kuri KZbin akayitora atarink iriko ikaba Ari video yonyene ahari hose ndasavye mucubahiro canyu ko yompa izi video igice cambere nicakabir Allahu niwe azomumpembera bikwiye ndasavye ndasavye uwumva ko aritayari ko Azi kunyishura aha nyene Nce ndamuha nimero ya Watsapu mbaye ndashimwe kuwuza kufasha akazimpa.ndabona harico zosha umuryango wanje nawe ukava mubuhakanyi🙏🙏🙏🙏
@ibrahimnkurunziza81982 ай бұрын
Allah Akbar
@djfelixsound5 ай бұрын
Uburyo musomamo Bible biragaragazako ibyobibazo mwabipanze kbs ntago uwomutype ubaza ibibazo arumurokore mwitubeshya. Kd yesu christo numwani