Perezida wa Sena y' u Rwanda, Dr Iyamuremye Augustin yeguye ku mirimo ye ku mpamvu z'ubrwayi. Tega matwi ibyo yabwiye abasenateri bagenzi be
Пікірлер: 21
@mfurayimanziimena83642 жыл бұрын
"I jambo avuze ngo"Igihe cyose azakenerwa mu mbaraga azaba afite azitanga"Kwivuguruza byo mu rwego rwo hejuru kubyo yaramaze kuvuga ko yeguye kubera uburwayi" Rimwe na rimwe bakeka turi abanyamahanga!.😂.
Ntabwo uyu muginga betrayal yakoreye sebukwe yari kumugwa amahoro!!
@ndahayofrodouard37002 жыл бұрын
Ngo ngwiki? None se indwara itumye Dr ava Ku Buyobozi ni bwoko ki? Njyewe uko mbizi ni uko iyo urwaye baguha Conge Annuel ukagenda ukivuza wakira ukagaruka iyo Conge irangiye utarakira urakomeza ukivuza ukazazana repot medicals za Muganga ubundi ugakomeza akazi! Ni ubwa mbere numvise ngo umuntu arasezeye kuko arwaye!