Ark ibi ni ubuzima bwite bw'abantu mwajya mureka kubigira inkuru
@fabian250officialrwanda74 жыл бұрын
Wa mukobwa we uri umunyabwenge pe kd interview yawe wayigizemo ubwenge komerezaho
@josianeingabire4094 жыл бұрын
Ariko dix narinziko ariwe yatereye ivi ukuntu nabonaga bikundanira agikina muri rayon sport
@deepmindt28114 жыл бұрын
Uyu mukobwa ndamwemeye kabisa. Uko avuze seifu niko ameze seifu aritonda . Gusa n uyu mukobwa ni umuhanga. Azi kuganira. Imana izabafashe umwana wanyu azabone urukundo rwanyu mwembi pe. Nanjye nifuza kuzashaka abagore barenze umwe mais ntabwo idini ribyemera.
@user-dv9mm7rt5k2 жыл бұрын
Il faut lâcher prise sur la vie que l'on a planifiée, pour accepter celle qui nous attend. La vie c’est comme ça. n'abandonne jamais donatha et continue sefu tu es mon meilleur midfilider içi au 🇷🇼 . la vie est belle 😍
@leillanahimana44474 жыл бұрын
Ufis imishatsi mwiza can,courage
@nkusiemmanuel98604 жыл бұрын
Sha uyu mumama azi ubwenge! IMANA Izaguhe undi MUGABO Ugukunda!
Uyu mukobwa n umwana mwiza azi no gusubiza neza IMANA izamuha undi mwiza
@madeleinemusigwa89504 жыл бұрын
Mumpe like ninjyewe ubaye uwambere
@jonasiyamumpaye86674 жыл бұрын
Wazibonye
@ndahayoleandre51834 жыл бұрын
Bibere isomo n'abandi bakobwa usanga baba barasariye abastar kdi urukundo rwabo rujyana n'igihe nkuko habaho ibyo bita guhiting muri monde ya gistar so, rero akenshi iyo abonye undi ukurenze ujyanye na hit afite muri iyo minsi ubwo nyine wowe uba expired niba yaragukunze akina mwisonga urumva ko bitandukanye nubu akina muri Gitinyiro nyine wowe warujyanye n'isonga. Guc ihangane isi n'ishuri warize bihagije
@kirengaalexis89664 жыл бұрын
Baranabanye mbega hhhhhh
@byabagambitheonestebt33814 жыл бұрын
Kirenga Alexis cyane rwose
@felixhategekimana82414 жыл бұрын
Kubana imyaka itatu yose akamuta
@edwardfis77194 жыл бұрын
Wangubunyaramo ukazana ubunnyamo?..
@niyitegekajmv96224 жыл бұрын
Niwowe wamukundaga rero ubu yahisemo uwo akunda
@shyakaoreste57154 жыл бұрын
ubu ntimushaka kumusenyera kweri, that's not good
@viviiri71174 жыл бұрын
Gusenyera nde se? Ntabwo ari ibanga babanye mu nzu. Ikibi se nikihe kuba yavuze uburyo babayeho. Ntakindu gidasanzwe yavuze. Niba yarashatse uwo babana aziko yarafite umugore n umwana.
@linaemma75354 жыл бұрын
Impamvu yagutaye nuko ari wowe wamusavye urukundo, nawe yashetse akunde uwo umutima wiwe ukunda kugiti ce
@umugwanezajosiane79174 жыл бұрын
Coronavirus itumye umu Bishop ahangara perezida wa repubulika kzbin.info/www/bejne/aZ-2c5ajpKh2mZY
@theindustry224 жыл бұрын
Ubwo se iyi nkuru imaze iki gusebya sefu gusa abanyarwanda tujye twiga gushyigikira umuntu ari gutegura ubukwe ubuzanye story nkiyi kugirango bidufashe iki?? Cg sefu we bimufashe iki?? nibura x iyo ujya kuganiza umwe yambitse impeta nibura ko aribyo bifite igisobanuro plz ntimukinjire mubuzima bwabantu kubintu bidafite nicyo bimaze cyane muri bazako interview ya nejeje sefu cg uwo bagiye kubana
@umuhozaleah33574 жыл бұрын
Ubwose nkawe uvuze iki kweri munjye mureka ubuhemu bakoze bumenyekana ubwose urereba uyu mwana wu mukombwa hatari byishi ya mwiciye mubuzima.ariko niba nawe urumushurashuzi nkawe wa mukomera amashi.wowe abantu babanye munzu imwe none ara mutaye ahubwo x uwo asanze ataye amaraso ye urumva we aza mukunda uruhe. Plz u need to grow up mind.kandi tunjye tuba abanyakuri mubuzima.
@irihosehonore31224 жыл бұрын
Oya sibyo ibi bigomba kutwigisha ubu se ntiyahemukiye uyu mwana kweri
@buregeyaidrissa71674 жыл бұрын
Kyembade nkubaze ? Seif we atecyereza ate kuwo yambuye ubusugi bwe cg Ubukobwa bwe? Ese uwo mwana we azafate se gute? Nukoma urusyo ujye ukoma n' ingasire
@delphinemukundente93314 жыл бұрын
Niba umuntu yivugura ko ntakintu cyatuma uwo muntu asubirana na Se w'imfura ye murumva uwo Sefu yaritwayemo neza? Ahubwo Donatha n'mfura amubikiye ibanga, sinteze Sefu iminsi ariko biragaragara ko ariwe nyirabayazana w'isenyuka ry'urugo rwe. Umugore muto gutya uganira kw'itandukana n' umugabo uvuga ntarire yamaze kuba ikinya yapfuye umutima.
@theindustry224 жыл бұрын
Buregeya Idrissa ndabyumva ibyuvuga ariko mubyo yavuze byose ntaho yavuzeko ya mufashe kungufu barakundanye ndetse biyemeza kubana ntaho yavuzeko sefu ya muciye inyuma mugihe bamaranye cg amuhohotere icyabaye nuko bose babanye bakiri bato kuko bose bari barangije ishuri ukwimitsi yashiraga haribyo batumvikanyeho bemera gutandukana mu mahoro kugeza ubu nkuko umukobwa yabivuze sefu asura umwana uko bikwiye agokora ishingano ze nka papa none ndabaza sefu haricyaha afite muri byo yari kuguma we nyine?? Yashatse uwo babana ndumva nta mpamvu yiyinkuru kuko sefu ntago yanze umukobwa haribyo batumvikanyeho kuko tuta nabizi wasanga ukobwa ariwe wamugoye
@sagahutuhabyarimana83944 жыл бұрын
Ubundi ibi bitumariye iki? Niyo amakuru y umukino? Cg ni ugushaka views mugihe cya coronavirus??? Shau muracyari hasi cyane. Ubwo rero izi comments ziraje zigushuke ugirengo wakoze ibintu bihambaye 😂😂😂
@janviergatari75374 жыл бұрын
sagahutu weeee
@niyomungerimatic85614 жыл бұрын
Imana izamushumbusha nahumure ari serieux kbs
@yanisbebeto92084 жыл бұрын
Uri segahutu koko ntawakurenganya. Ubuse ibyavuze bisebeje nibiki wangegerawe yamaheru mabi
@clementrugamba95384 жыл бұрын
Ubu nta nkigisho ukuyemo sha Habyara we ntazo ukuyemo waba wagize bikugoye
@lambertniyongabo46724 жыл бұрын
we ntuzovayo nimba ataco ukuyemwo!Uwo mwari yihangane mbonue ari umwana atekereza cyan mibisubizo bye ni bigari