Ariko Matsiko genda ukunda likes rwose 😀😀 kanyiguhe p nanjye Past Mutesi araje ndishima.
@irmatsiko6387 Жыл бұрын
@@pacifiquenyiramana1672 sinzi nange impamvu rwose pe
@balancedlifetv Жыл бұрын
👍🍓❤️
@kabehoclemence1041 Жыл бұрын
Matsiko amakuru?
@irmatsiko6387 Жыл бұрын
@@kabehoclemence1041 muraho neza
@mucomarie9726 Жыл бұрын
N igitangaza cane, Ujambo ry Imana rivuga ngo: abayoborwa na Mpwemu w Imana ngo ni bo bana b Imana, Mpwemu Yera afise ikibanza gito muri uyu " MUKOZI W IMANA" !!!!!
Ndakunda inyishu zawe.ukuntu zuzuye ubwenge .Ubu ingo nyishi zibayeho atarukundo bafitaniye n'a gato.ahubwo Ubu ngira nta rukundo rukibaho
@uwasececile6555 Жыл бұрын
Uri kuri Galaxy hotel se
@uwajenezagrace9989 Жыл бұрын
Mana yanjye njye sindi mo kumva kandi ibindi biganiro ndabyumva
@fezaantoinette9102 Жыл бұрын
Nanjye ni uko pe.
@Ingomatvshow Жыл бұрын
P Mutesi agira facts ❤
@umutonisandrine7213 Жыл бұрын
Imana iguhe umugisha
@anatoliebishahu5069 Жыл бұрын
Pasta ndagukunda trop
@faveurimperiale862 Жыл бұрын
Merci maman 🤰, Ndaje vyihuta muriyo ministère 🌹 🌹💐💐🥀🥀🌼Pee❤️❤️. Le reste j'ai toujours dit que cette maman 🤰 est plus Sypchologue que Pasteur , très ntelligente, très ouverte ndashyima kw'Imana yamuhaye ivyovyose à la fois même plus . Ta fille en Belgique CHAPEAU 🤠 🤠MUMPE LIKE ABAKUNZI BA MUTESI
@@carinemanirambona2708 Ouiii icyonshaka kuvuga nuko hari ibibazo bitandukanya abantu ,kandi haruburyo byakemuka , Habaye ho ibiganiro ,!!!Bitabujije ko harinibindi bibibazo biba byarananiranye malgré la discussion 💬
@nsabimanafesto5521 Жыл бұрын
Pastor I can't stop to thank you for coming up to inspire the world, You're true definition of a mother... Am very blessed to be part of this interview .May the good Lord continue to protect you .Great thanks to Mr Sabin for hosting our Mummy. Watching live from Ravnstrupvej Denmark but am Ugandan from kisoro
Sabin, ukunda kubaza utu tubazo ari hari ibintu tuburira izina kubera ururimi cg imico n'imigenzo yacu. Mu congereza hari father and Daddy cg dad. Father ni uyu muntu wese angana na Papa wawe cg agufata nk'umwana we. Ariko Daddy n'uwakubyaye cg ugutunze akagufata nk'umwana yikuriye mu nda. Rero umugabo wa Mama mu kinyarwanda bamwita Papa cg umugabo wa Mama. Nta birebire, nta yandi mazina agira.
Waaaaooooh, Narinkumbuye uyumuvyeyi Can... Ndagukunda Can Pasta, Ugirahuba wubahwe🙏🙏🙏💕💕💕
@princesslili5481 Жыл бұрын
Sabin nukuri nunjya uganiriza pastor mutesi bas munjye muganira 2 hours umuha iminota micye peh we need time for her turamukunda cyane❤️❤️❤️❤️❤️❤️❤️🙏🙏🙏 imana injye umugirira neza
@denisehabogorimana7148 Жыл бұрын
MUTESI NDAGUNDA UVUGA DES REALITES DE LA VIE AUSSI UFISE LA SAGESSE MUVYO UVUGA NDI UMURUNDIKAZI
Ngo umugabo wese yaba father ariko it takes a special man to be a dad… same with women umugore wese ashobora kubyara but it takes a special woman to be a mom.. ubyeyi mwiza Imana ibihe umugisha itagabanije
@KubwimanaJoseph-p8p7 ай бұрын
Past ukobyagendakose ndagukunda uhabw umugis
@berry5284 Жыл бұрын
Kuntu Pastor abanza agatekereza😍...turagukunda mubyeyi ❤️
Uzambarize Pastor Ikibazo: kuki hamwe Yesu bamufata nk'imana ahandi akaba mu butatu butagatifu kandi yari umuntu wagizwe umuhuza n'Imana?Reference: 1TIOMTEYO 2:3-5 3. Ibyo ni byo byiza byemerwa imbere y’Imana Umukiza wacu, 4. ishaka ko abantu bose bakizwa bakamenya ukuri. 5. Kuko hariho Imana imwe, kandi hariho Umuhuza umwe w’Imana n’abantu, na we ni umuntu, ari we Yesu Kristo .
@oliveZimm Жыл бұрын
12. NDIHO (Yohana 8:58) Yesu arababwira ati"Ni ukuri, ni ukuri, ndababwira yuko Aburahamu ataravuka, ndiho." (Yohana 14:19) Hasigaye umwanya muto ab'isi ntibabe bakimbona, ariko mwebweho muzambona, kuko ndiho namwe muzabaho. 13. UKURI (Yohana 17:17) Ubereshe ukuri: ijambo ryawe ni ryo kuri. (Yohana 14:6) Yesu aramubwira ati"Ni jye nzira n'ukuri n'ubugingo: nta wujya kwa Data ntamujyanye. 14. IREMBO RY'INTAMA (Yohana 10:7-9) 7 Nuko Yesu arongera arababwira ati"Ni ukuri, ni ukuri, ndababwira yuko ari jye rembo ry'intama. 8 Abambanjirije bose bari abajura n'abanyazi, ariko intama ntizabumvise. 9 Ni jye rembo, umuntu niyinjira muri jye azakizwa, azinjira asohoke kandi azabona urwuri. 15. UMWUNGERI MWIZA (Yohana 10:11;14) 11 "Ni jye mwungeri mwiza. Umwungeri mwiza apfira intama ze, 12 ariko uragirira ibihembo, utari umwungeri bwite kandi n'intama atari ize, iyo abonye isega rije asiga intama agahunga, isega rikazifata rikazitatanya. 13 Kuko ari uw'ibihembo, arahunga ntiyite ku ntama. 14 Ni jye mwungeri mwiza kandi menya izanjye, izanjye zikamenya 16. UMWANA W'UMUHUNGU/ W’UMUNTU. 17. IGITANGAZA 18. UMUJYANAMA (Yesaya 9:5) Nuko umwana yatuvukiye duhawe umwana w'umuhungu, ubutware buzaba ku bitugu bye. Azitwa Igitangaza, umujyanama, Imana ikomeye, Data wa twese Uhoraho, Umwami w'amahoro. 19. DATA WA TWESE UHORAHO. (Yohana 14:7-9) 7 Iyaba mwaramenye, muba mwaramenye na Data. Uhereye none muramuzi kandi mwamurebye." 8 Filipo aramubwira ati "Databuja, twereke Data wa twese biraba bihagije." 9 Yesu aramubaza ati"Nabanye namwe iminsi ingana ityo, kandi ntiwari wamenya, Filipo? Umbonye aba abonye Data. Ni iki gitumye uvuga uti 'Twereke Data wa twese'? (Yohana 10:30) 30 Jyewe na Data turi umwe. 20. IMANA IKOMEYE (Tito 2:13) dutegereje ibyiringiro by'umugisha, ari byo kuzaboneka k'ubwiza bwa Yesu Kristo, ari we Mana yacu ikomeye n'Umukiza (2 Petero 1:1) Simoni Petero imbata ya Yesu Kristo n'intumwa ye, ndabandikiye mwebwe abagabanye kwizera kw'igiciro cyinshi guhwanye n'ukwacu, muguheshejwe no gukiranuka kwa Yesu Kristo, ari we Mana yacu n'Umukiza. (Yohana 20:27;29) 27 Maze abwira Toma ati"Zana hano urutoki rwawe urebe ibiganza byanjye, kandi uzane n'ikiganza cyawe ugishyire mu rubavu rwanjye, kandi we kuba utizera ahubwo ube uwizeye." 28 Toma aramusubiza ati"Mwami wanjye! Kandi Mana yanjye!" 29 Yesu aramubwira ati"Wijejwe n'uko umbonye, hahirwa abizeye batambonye." 21. UMWAMI W'AMAHORO (2 Abatesaloniki 3:16) Nuko rero Umwami wacu w'amahoro ajye abaha amahoro iteka ryose mu buryo bwose. Umwami abane namwe mwese. 22. UMWUKA WERA (2 Abakorinto 3:17) Nuko rero Umwami ni we Mwuka, kandi aho Umwuka w'Umwami ari ni ho haba umudendezo. (Yohana 14:16-17) 16 Nanjye nzasaba Data, na we azabaha undi Mufasha wo kubana namwe ibihe byose, 17 ni we Mwuka w'ukuri. Ntibishoboka ko ab'isi bamuhabwa, kuko batamurora kandi batamuzi, ariko mwebweho muramuzi kuko abana namwe, kandi azaba muri mwe. 23. ALFA NA OMEGA (Ibyahishuwe 21:5-7) 5 Iyicara kuri ya ntebe iravuga iti"Dore byose ndabihindura bishya." Kandi iti"Andika kuko ayo magambo ari ayo kwizerwa n'ay'ukuri." 6 Kandi iti"Birarangiye. Ni jye Alufa na Omega, Itangiriro n'iherezo. Ufite inyota nzamuhera ubuntu kunywa ku isoko y'amazi y'ubugingo. 7 Unesha azaragwa byose, nanjye nzaba Imana ye na we abe umwana wanjye. (Ibyahishuwe 22:12;16) 12 "Dore ndaza vuba nzanye ingororano, kugira ngo ngororere umuntu wese ibikwiriye ibyo yakoze. 13 Ndi Alufa na Omega, uwa mbere n'uwa nyuma, Itangiriro n'iherezo. 14 "Hahirwa abamesera ibishura byabo kugira ngo bemererwe kwegera cya giti cy'ubugingo, kandi banyure mu marembo binjire muri rwa rurembo.