Mwabantu mwe murindahabi bamaze iminsi bamuhigango bamushyire hasi ariko shitani atsindwe irene akorera imana ahubwo aka nakayora ko gukira
@Iyvre6 сағат бұрын
Abagore barira bimukiye hano?!!😂😅 Gusa iyi nkuru imaze igihe wasanga ari byo biryo Irene yaryaga! Akaza gusanga yarayobye! Arko niba ari ukuri va kuri za Microphones uyoboke ubutabera🧑✈️
@amishadycom3 сағат бұрын
Kuba yarabivuyemo ndamwemeye Pe
@tuyishimeyvette694712 сағат бұрын
Arko kurikwirya gagura nkutazi ikinyarwanda😂😂😂😂
@Yvonne-y8l1b9 сағат бұрын
Wabibonye name Ngo mugiproso 😂😂😂😂mugiproso nikinyarwanda Mada Za déjà zirigukoreshwa ahatariho hahhhhhh
@Hazfir.Official7 сағат бұрын
😂😂😂😂😂😅
@tuyishimesolange90026 сағат бұрын
Gusa yari yarayobye!!😊
@Ntwarichristian-x9d2 сағат бұрын
Ikinyoma cyambaaye ubusa
@damasjdtwiringirimana97335 сағат бұрын
Aba bagore baza barira twari tubamenyereye ku ISIMBI TV
Aheeeeee,kiriya se ni igiki,urabona arusha iki uyu mubyeyi koko?
@SAMHHT3 сағат бұрын
Kubera iki ntashyukwa
@IzandokoraIzandokoradiane59 минут бұрын
😂😂ubwo bubeshi yogufata yogusuguma ingene uri keza nyene.
@nyiransengiyumvamaricerine71843 минут бұрын
Uri kubeshya ngo ushaka kumenyekana rwose biragaragako ibyo uvuga uri kubyinekera uri kubihimba
@uwajenezapauline45632 сағат бұрын
Mbega shema we Mana yanjye ni ukubeshya pe Irene ambabarire ntazigere asubizanya nawe Urashaka gutwika muvandi wiharabika Irene kubera ko urabizi neza ko atari ukuri 😂😂😂😂😂
@egidedusabe66052 сағат бұрын
Nkurikije uko ubivuze urasa numuzi kdi ko usanahuziko yagiye kubutegura yabikubwiye .nizeye ibyuvuze ndabona uvuze ukuri wowe
@UwamahoroDelphine-ee9jx2 сағат бұрын
Gusebanya kweli bibamarira iki
@mutoniwaseange609653 минут бұрын
Ababonako aragatwiko mumpe like 😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂
@mariembasabire21 минут бұрын
Ariko se ubwo baba bamuhaye angahe,gusebanya no kwisebya ,cyakora kurira byo ntabyo mbonye nukubeshya
Chou wazaje nkakiguha kora kuriyo FOTO yanjye uraba number yawe unyandikiye gusa mwihangane pe 😢😢
@uwerajanvielle70493 сағат бұрын
Mbega amarira weee,sha gukina film ntiwanabishobora kuko ayo si amarira yakababaro pe,Irene wee umbabarire ntugire icyo uvuga kuri ibi bintu,kuki utagiye mu buyobozi gusaba indezo,niba mwarabanye iwabo,niwanyu batabizi wari indaya ye ntiwari umugore we