I like the way the lady in the left speaks with a lot of conviction. 😊
@thadiashigiro20696 ай бұрын
Ikiganiro cyanyu nikiza ariko murakoresha indimi zamahanga. Ngo ni taboo. Ngo afeckinga. It was sweet! Thank you. Mwikosore vuba
@seminegaaugustus79865 ай бұрын
Mwarakoze ku kiganiro kiza. Nubwo kugera ku ndunduro ari inshingano za bombi, umugabo ni we wabikora ku buryo bworoshye. Impamvu: na wa muco, ntumusaba kugira isoni, iyo ashatse gutinyura umugore aratinyuka noneho bombi bagatinyuka bagakoresha uburyo bwinshi kugirango umugore ajye agera ku ndunduro. Abagabo bagira ikibazo cyo kutagera ku ndunduro ni bacye cyane, ahubwo benshi bagira icyo kuyigeraho vuba.
Ese kuki abantu benshi bumvako umuntu wese aba azi gukora s3x?nonese twese tuzi gusonga ubugari?twese tuzi kubyina se?twese tuzi imibare se? Nyine hari abanyu benshi batazi kubikora. Kandi abiga bose siko batsinda ikizami. Hari abo binanira burundu, they can improve, yes but they cant get where they should be. They say only 20% of men know what is required to satishy a woman, rero muhame hamwe ikibazo ntikizigera gikemuka
@herve_covers6 ай бұрын
Ibyo aribyo byose wavutse uzi kurya, kndi niriya ni skill iba muri kamere, ahubwo hari ibyo dukora bituma iyo kamere igabanuka! Like kunywa ibisindisha, umubyibuho ukabije...
@Impano15 ай бұрын
Michelle is smart.
@catherinemuyango87413 ай бұрын
Kurangiza bizanwa no gutekereza kubyo uri gukorerwa ukabishyiraho umutima n ubwenge bwawe bwose ndetse ukibuka ibihe mwagize bisanzwe ndetse na honeymoon bizana kuryoherwa ❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
@Egide_20226 ай бұрын
Aissa nkamukunda kubi❤
@user-vc6yw7hc7k6 ай бұрын
U GUYS SOME. MEN NTABWO BAKUNDA KUGANIRA KURIBYO BINTU THATS WHY INGO ZARASHIZE BCZ MEN OR WOMEN THEY DON'T WANT TO COMMUNICATE NDABAKUNDA❤❤
Good stuff, I think in general couples need to talk about almost all subjects including but not limited to sex. As for, statistics you can do sondage for local information
@mariamtumwebaze3896 ай бұрын
Ibi ibiganiro byari bikenewe pe❤❤❤❤❤❤❤❤❤
@nkundimanajoseph266 ай бұрын
Nti mukabeshye Gucana Iyuma ningeso Yubupagani Ubundi wasenze Ibi byose birakorwa kd buriwese akanyurwa
STATISTIQUE uburyo ikorwa itanga ishusho ngari ituma ugira aho uhera kuko n abo 3000 muvuze baba ari sample yafashwe IGERAGEJE GUHAGARARIRA ABATUYE ISI kuko bikorwa n abahanga kandi ni science yigwa ikanononsorwa n abahanga. Abo 18% iyo mibare ubwo niko bihagaze kandi bigomba kutwereka ko ARI IKIBAZO GIKOMEYE!! Mukomeze mutange uwo musanzu kuko ni ikibazo gikomeye cyane !!
@odettekamanzi48425 ай бұрын
Erega kugira ngo muganire kur'ikyo kibazo kyo kutagera ku ndunduro ukab'ufite umugabo utavuga menshi i mean umugabo w'umucalme cyanee ukabura ho wamuhera wabigenz'ute?
@user-lf2ts6df1z6 ай бұрын
❤
@nsengumuremyizephanie91216 ай бұрын
Reka mbashimire kuri iyi topic nziza kandi ifite akamaro mu buzima bwiza bw'umuryango. Rero birakwiye ko abantu bihangana bagatereza igihe bazubakira ingo izabo kandi bashaka bakajya baganira ku guhuza ibitsina
@gasanajulie31325 ай бұрын
True
@eddienziza91776 ай бұрын
akantu ko kuririmba ni dope 🤣🤣🤣🤣🤣🤣
@musengimanajeanpierre85636 ай бұрын
Ibyo mwinjiyemo ni sexology bitandukanye n'ibyigwa mu ishuli bya réproduction kandi sintekereza ko mu by'ukuri sexology Ari ikintu cyo kwigishwa muri rusange! Ibyo bireba abantu bari muri marriage kandi bafite imyaka y'ubukure. Ikindi ibyo bigenda neza cyangwa nabi bitewe n'imiterere n'imibereho ya ba nyirabyo. Donc, personalities z'abashakanye nazo zigira uruhare runini
@alicekayihura38456 ай бұрын
Ibiganiro bifunguye bya couple
@odettekamanzi48425 ай бұрын
Ariko bize ubundi bumenyi bashobora kugir'utwo bahindura bikagenda biba byiza
@Nkindinkindi6 ай бұрын
Aissa nareke kuvuga ngo: "...abantu benshi basigaye bajya gushaka ibyo bintu barabikoze..." Ayo ni amakosa yo kwibwira ko ibyo wakoze cg uzi abantu bakoze ko ari rusange. Mu gihe ntamibare ugaragaza, si byiza kuvuga ngo abantu benshi bakoze iki.
@aristidetapirgapira98296 ай бұрын
Yavuze ibiriho binagaragara kuko n utabona arihumuriza akabyumva . Kereka niba wibera ahantu mu ijuru ukaba utaba kuri iyi mihanda?!
@Nkindinkindi6 ай бұрын
@@aristidetapirgapira9829 sinanze ko ubibona utyo, ariko mu gihe ntamibare ibigaragaza uko, wakwirinda kwanzura ko ari uko biri.
@aristidetapirgapira98296 ай бұрын
@@Nkindinkindi kuri wowe ukeneye ubushakashatsi bw umuntu ufite PhD muri sociologie se ra 😛 RESEARCH = OBSERVATION+ DEDUCTION .
@Nkindinkindi6 ай бұрын
@@aristidetapirgapira9829 ibyo navuze erega ni ibitekerezo byange. Sinemeranyijwe na we kandi ntacyo byishe.
@Mrkaka1979begeheyjugj6 ай бұрын
2024 gahunda ni uko bagomba kuririmba bose😂 Thx Virgile and Ishya Sisters
@Kimironko2Production-kd9jh6 ай бұрын
Guys thanks for this topic Ikibazo ntago ari ibya kera mwituyobya ibyo bintu babaga babizi cyane kuko mbere yuko umukobwa ashyingirwa yajyaga kwa nyirasenge agapfunyikirwa impamba imufasha that's one secondry umushyingira yabaga ari inkingi ya mwamba kubera ko yagomba gutanga inama ku ngingo zitandukanye zirimo ni izongizo Ikindi kubyita ibishitani byatewe ni amadini ariko siko byahoze please Lastly physiologically impande zose zishimye biragaragara ikindi abantu bashakanye be kuba confused with gutinya no kubaha hakemewe kubahana kuko iyo mutinyana bituma habaho urukuta hagati yanyu cyane cyane ko mu muco w'abanyafrica amagambo yerekeranye niyo ngingo
@aristidetapirgapira98296 ай бұрын
Yego cyane kera umuhungu yategurirwaga mu ITORERO naho umukobwa agategurirwa mu RUBOHERO !
A good relationship is when both couples accept the fact that sex is optimized via innovation. We all started not knowing how it's done but through stories we learn from the experienced, sex magazines, romantic movies, etc we have improved.
Ariko se nkawe ko uvangavanze ibitajyanye?igihugu niyi sujet bariho se bihuriye he?
@turabumukizatheogene4265 ай бұрын
Hara bantu bavanze mu mutwe ibaze kuzana igihugu muriyi siget
@akianglique6 ай бұрын
❤️❤️
@josephntamushobora29555 ай бұрын
Abantu ahubwo bagiye mu muco bakubaka urugo neza. Kuko abakurambere bari Bazi kurongora bazanye nuburyo butandukanye bwo kunyaza.
@jjalfa2516 ай бұрын
Ndikireba buri mudam uko aba areba iyo agiye kurangiza😂😂
@Uwimanalice6 ай бұрын
🤩🤩
@blessedgirl12526 ай бұрын
When you talking about kundunduro mutekereze kuri obésité cg umubyibuho ukabije,n ubusinzi bwuzuye surtout kubagabo ibi biri mu mpamvu zishobora gutuma performance ari ntayo akira a peine des secondes umugore ntagere kundunduro kuberako umagara mazima nayo n ingenzi
@snobbishruk7516 ай бұрын
Ako kantu ko kuririmba ni ukuri. Simuvuze izina ariko hari umukobwa nzi ujya uhamagara nyina nk’incuro 40 iyo ageze ku ndunduro.
@mysonmyjoy82955 ай бұрын
😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂
@VirgileUZABUMUGABO5 ай бұрын
😂😂😂😂😂 ni ikimenyetso ko aba yirekuye agasubira mu isi itagira imbereka yo mu bwana. Na bariya 18% icyabaha bakajya bagera aho baririmba.
@ihohotvshow96076 ай бұрын
Iyo unyara uzikunyonga uzi no kurongora umugabo umurihejuru uba wemeje umunyarwanda c tout utari nyirantsibura umenyekp ntarugo ufite.
@nyamutarekavaramathias33316 ай бұрын
Ko mudukangurira kubiganira , kandi namwe mwabiciye kure ???
@VirgileUZABUMUGABO5 ай бұрын
Ni uko ikiganiro goshobora kugwa mu biganza by'abana, ariko ari safe space ubundi byakabaye byiza mubiganiriyeho.
@aloys2006 ай бұрын
Musize mu nzira mba numva nahita mpfa. Ntibirambaho kumusiga mu nzira pe!! Tumaranye plus de 10 ans
@VirgileUZABUMUGABO5 ай бұрын
Ni ukuri jya ujyana n'undi mwana. Erega iyo mugeranyeyo byongera agasima no mu bindi byinshi musangiye. Finance, uburere bw'abana, umunezero.... Keep it up.
@user-yg3mt5mi9i6 ай бұрын
Kuganira kuri iyi ngingo namwe ntabwo aribyo ntimukayobye abantu , igiti kigororwa kikiri Gito , izi ni inshingano zakorwaga na ba Nyirasenge wumukobwa na ba sewabo wumuhungu umuntu akubaka urugo yiyizeye ari ndo .... nkuro.....😂😂😂😂 none ubu mwabibye inzangano mu miryango none birabacanze muhame hamwe
@revocathakabagwira37936 ай бұрын
Abatagira ba nyirasenge cg base wabo urumva bazahanurwa nabande!? Rata courage murikubaka society nyarwanda ❤
@emmanuelnkurunziza87366 ай бұрын
Aha rero mwere ko abavandimwe nababyeyi haribyo batabasha kukubwira kubera umuco kandi iterambere byaraje tubireba hano Kandi harabantu benshi batagira banyirasenge na base wabo cyangwa babafite bataganira rero ibi biranga babirebye kumbuga zitandukanye
@user-yg3mt5mi9i6 ай бұрын
Nukuri ibi ntabwo byabaga ari inshingano z'ababyeyi peee , kuko umubyeyi aba afite isoni kandi numwana nuko , ese bizigishwa mu mashuri , ku mugoroba w'abajene cg hhhh
@vicentiyakaremye5831 Simbona uri umugabo? Wowe iyo ubigiyemo kuki utabivamo utayigezeho.
@gihangadessalinesfrank3485 ай бұрын
shame on us for sure, nimba urwanda rufite ababyeyi nkamwe
@VirgileUZABUMUGABO5 ай бұрын
Ma we ugize uti bari kuvuga ibishitani? Cyangwa uri guxira urubanza abo 18% bagarukira mu cya kabiri?
@nsengumuremyizephanie91216 ай бұрын
Reka mbashimire kuri iyi topic nziza kandi ifite akamaro mu buzima bwiza bw'umuryango. Rero birakwiye ko abantu bihangana bagatereza igihe bazubakira ingo izabo kandi bashaka bakajya baganira ku guhuza ibitsina