I like Aissa’s way of expressing her views. Yani society, family, religion comes after… plus weddings be hella expensive. Muzantumire nanjye tuganire please
@kayirebwacecile63692 жыл бұрын
I love u gyz😍
@nayigizikiguillaume49872 жыл бұрын
Iki kiganiro ni cyiza, Ariko icyo nakongeraho ni uko hari ubwoko butandukanye bwo kuvuka k' umuryango" ubukwe" ( marriage),harimo " marriage civil cyangwa regale : imbere cyangwa izwi n' amategeke ya leta; marriage religieuse ( imbere cyangwa izwi n' idini) na marriage familiale cyangwa cutimiere ( imbere y' umuryango cyangwa izwi n' imiryango y' ababashingiranywe). Muri uku gushingiranywa ukuruta ibindi byose ni ugushingiranywa kuzwi n' imiryango , ni nako gusubiza ibibazo by' abana igihe habayeho kuba umwe mubashakanye atakibana na mugenzi we( urupfu cyangwa divorce). Ndetse ni nako guhabwa umwanya mu nini Kandi wingenzi mukubakira cyangwa kigira inama abashakanye iyo habaye ikibazo hagati y' abashakanye. Ubukwe bukorewe mu idini ,burangira ku musi wo gushingiranywa. Ubukwe bukorewe imbere y' amategeko ( marriage civile cyangwa regale) ubu bwo ni ukwiyandikisha mu butegetsi gusa, ndetse ubu bwo uretse kuba amategeko yafasha cyangwa yakorohereza abantu gutandukana Kandi nabwo bagatandukana nabi, ntakindi ubu bukwe bumarira abashakanye. Ingero: iyo abashakanye imbere y' amategeko batandukanye imbere y' amategeko * abanshi * bagabana imitungo batagize uruhari rungana mu kuyibona: ibi bikaba byatuma bashingiranywa bakeneye imitungo kubandu; iyo batandukanye hagenywa aho abana bazaba , Kenshi ugasanga umubyeyi urera abana agize uruhari mukwangisha abana undi mu byeyi, cyane cyane ko abana bahabwa umwe mu babyeyi be, Kandi burya Kenshi na Kenshi ugutandukana gutanzwe n' amategeko umuryango mugari ntumenya impamvu yabyo kuko abashingiranywe mu mategeko icyo bareba ari itegeko , batareba ukuri kw' ikibazo" philosophy behind" ibi bigatuma ni imiryango yabashyingiranywe ihita itandukana Kubera kwitana bamwana nabyo bitewe no kuyamenya icyatumye abana babo batandukana. ibi bikaba bitandukanye naho iyo abashingiranywe babikoze k'ubwumuryango, iyo habaye ikibazo abashakanye bakananiranywa, akenshi abana bavutse basigara mu miryango y' ababyeyi babo, bakarererwa , ababyeyi babo bakajya gushaka ubundi buzima( muzakore ubushakashatsi kuri iyi ngingo) cyane cyane ko mbere y' uko batandukanye imiryango iba yaragiye mu bibazo byabo inshuro nyinshi izi n' ikibazo neza , bigatuma nayo idatandukanywa no gutandukana kw' abana bayo, kuko iba izi impamvu yatumye abana babo batandukana. Byaba byiza cyane izi" marriage " zose zikozwe, Ariko iyambere muri byose ikaba " marriage familiale cyangwa cutimiere". Murakoze
@lysbrendakalisa20202 жыл бұрын
Hari aho Michèle yabajije ati niba mushaka gukora cost sharing (ku bijyanye no gukodesha amazu abiri bibavuna mwembi) kuki mutabikora by the book ngo musezerane? Jyewe uko mbibona, kuba abantu babiri bakundana sibyo byonyine bagenderaho kugira ngo bafate umwanzuro wa mariage. Ushobora gusanga hari ibyo mwifuza kubanza kugera ho mbere yo kugira ngo mutangire urugendo rwa mariage (personal growth) ariko mukavuga muti n’ubwo tukiri muri urwo rugendo buri wese ku giti cye, ariko kubana (concubinage) ntacyo bidutwaye. Aho ni na ho muhera mudefinissa boundaries zanyu.
@pacifiqueuwamahoro39792 жыл бұрын
Michelle,Christelle na Aissa ndabakunda cyane ibiganiro byanyu biranyubaka nubwo mbireba niceceye.Hanyuma kuriyo topic nagize ikibazo kigira kiti, nimbana numu tipe ngira ngo tugerageze kumumenya biruseho,uwa 1 bikanga tugatandukana,uwa 2 bikaba uko uwa 3 uko ubwo wahera muri urwo amaherezo yazaba ayahe?? Mumbwira aho uko umuntu yabyitwaramo
@ishimweirakozejustine93922 жыл бұрын
🥰
@cyuzuzo30372 жыл бұрын
😂😂😂😂
@JescaMug2 жыл бұрын
Njyewe ndumvako ibyiza aruko twabanza kubana kuko ubona uko wiga umuntu ukamenya ko uzafata ya ndahiro uri sure ko muzabana koko