Рет қаралды 2,299
Abagore n’abakobwa bazi ko hari iminsi bageramo bakabishaka kurusha ikindi gihe, ariko icyo benshi badasobanukiwe ni uko iyo iyo minsi yageze ari nabwo umuntu aba ashobora gusama ugasanga atwaye inda atiteguye kubyara no kurera umwana. Ni ngombwa cyane ku mukobwa wese kumenya ibijyanye n’ukwezi kwe kuko bimufasha muri byinshi bijyanye n’ubuzima bwiza bw’imyororokere harimo no kwirinda gusama atiteguye kubyara.
Ku bindi bitekerezo wahamagara kuri +250788625963.