Uyu mubyeyi arababaje cyane, ariko na Gitifu mumubabarire we mu mwanya arimo asabwa kubahiriza uko amategeko avuga, nta bimenyetso agakoresha amarangamutima yabiryozwa nawe yagongwa n andi mategeko. Byongeye kunyereka imbaraga z amategeko ukuntu abasha no kugukoresha.
Uyu munyamakuru adufashe atweke iyo attestation n amafoto agaragaza ko basezeranye maze tumwifashirize akorere abana be abarere kiriya kigabo akihorere, kizabona kiri I Rwanda .
@claudehabarugira75394 жыл бұрын
Imana iguhe kwihangana Mama.birarenze.
@vestinetuyishimire79224 жыл бұрын
ESE wamugabowe ubu urasezerana iki usize ibibondo bitanu, ese uwowarenze wamubyaza batanu utamukunda yumureka kare, ibibizakugaruka Imana yo mwijuru ihora ihoze. Reba icyo cyibondo ukikiye!
@jeany12able4 жыл бұрын
Sha sinvugire abagabo ariko abagore natwe turi ibicucu rwose umugabo akubyaraho abana 5 utaremenya uwa ariwe?
Ariko nge ndumva uko giyifu abivuga nabyo byumvikana nazana ibimenyetso bazamurenganura ariko batabasezeranyije kdi ntabyo yazanye nabo baba barenganye
@norahnn99304 жыл бұрын
Mama humura mwijuru hari Imana njy numva wamwihorera useng Imana igutunge urere abana bawe uko agutay niko azata nuwo
@lou-ma79993 жыл бұрын
Impore mama. Blessings to you and your kids
@emmanziza51334 жыл бұрын
Abagore muzi ko mwasezeranye na bagabo banyu byemewe na mategeko mbagire inama nziza mushake amakuru yizewe ko mwashyizwe muri system bisobanuye ko umugabo wawe akwanditseho kugirango mutazaba nkuyu Mubyeyi. Murakoze
Ariko se gitifu ni muzima mu mutwe koko? Ubukwe nk'ubu bwagahagaritswe Kuko byonyine kuba umugabo yiyemerera ko babyaranye bagakwiye kubanza gukora iperereza pe🤷
Ashake abantu Bari kumwe na bo bashyingirwa kimwe n'amafoto. Ikindi umugabo ashobora kuba yaribye agatabo k"ishyingirwa. Hari igihe ujya kwaka attention de marriage muri system ugasanga ukuri ingaragu.