PEREZIDA KAGAME: UMUCO WA 'PROTOCOL' SI MWIZA

  Рет қаралды 636,100

Kigali Today

Kigali Today

Күн бұрын

Perezida Paul Kagame yasabye abayobozi bitabiriye Umwiherero ku nshuro ya 15 kurangwa n’umuco wa ngombwa, umuco wo kwiyoroshya birinda kwiremereza mu kazi, bagashyira imbere gahunda zirebana n’inshingano zabo. Perezida Kagame yavuze ko hari igihe abayobozi bakorera mu kajagari mu gihe umuntu aje, Perezida aje, Minisitiri, Meya aho kugira ngo aze akosore ibitagenda neza bakajya kwishyura ibijyanye no ku mwakira no gushagara. Ati “Aho tuhatakariza byinshi, kandi biba ku nzego nyinshi, ikiguzi cyo kwakira, ikintu cyo kwakira abayobozi ni umuco mubi.”
Camera & Editing: Richard Kwizera

Пікірлер: 181
BA 'MEYA' BARIYE INDIMI KU KIBAZO CY'IMIRIRE MIBI!
39:36
Kigali Today
Рет қаралды 237 М.
Andi makuru utamenye ku iyegura rya Evode, Munyakazi na Gashumba
42:44
The CUTEST flower girl on YouTube (2019-2024)
00:10
Hungry FAM
Рет қаралды 40 МЛН
PEREZIDA KAGAME YAKEMUYE IBIBAZO BY'ABATURAGE UBWO YASURAGA KARONGI
12:12
"MUCIKE KU MUCO WO KWIREMEREZA" - PEREZIDA KAGAME
4:38
Kigali Today
Рет қаралды 37 М.
MITINGI JENOSIDERI: IMBOGAMIZI BAMPORIKI YAHUYE NAZO
16:05
Kigali Today
Рет қаралды 203 М.
IKIGANIRO CYA YAGO NA JADO NKA MURUMUNA NA MUKURU
1:24:34
B&B Kigali 89.7FM
Рет қаралды 43 М.