Рет қаралды 37,609
Hashize iminsi humvikana amakuru avuga ko abashoferi b’amakamyo n’abo bagendana bari kuba biganje mu mibare mishya y’abagaragayeho Coronavirus mu bihugu by’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC). Mu rwego rwo kwirinda ikwirakwira rya Coronavirus mu bwikorezi bw’ibicuruzwa byambukiranya imipaka, u Rwanda rwashyizeho serivisi yo guhererekanya ibicuruzwa hagati y’amakamyo yinjirira ku mupaka wa Rusumo mu Karere ka Kirehe n’abashoferi babigeza i Kigali.
Camera & Editing: Richard Kwizera