Anicet,wabyumvise nabi. Apfa kuba afite Licence+Any certificate muri Theology. Cg se A0 in Theology. Ibi mbona byari bikwiriye ku Muyobozi ufite inshingano zo guhagararira Itorero. Kwiga rwose ni byiza kd na Bible irabivuga neza ko abantu bagomba kwiga.Nange ndi mu basenze Imana impa kwiga kd ngeze kure.Plz,Imana siyo izakoresha abize ikigoroba kd amashuri ahari.
We uri umunyakuri ..Shaa uri umugabo.uvuze ivyo Benshi batinya😂😂
@joshuatvrwanda16 күн бұрын
Imana ikomeze kubashigikira muri byose uko niko kuri
@floridamujawamayira833820 күн бұрын
Ukuri kwawe ndagukunda cyane ,anicet uri umunyabwenge bwinshi bw Imana nkunda kobutishushanya nisi komera komeza usenga Yesu aragukundi hagarara mu bihe buzajya bigusanga aho URI nta change uramfashije pe
Cyakoze nange nfitemo amaso yumwuka uko amasoyange yumwuka anyereka aranyerekako wowe Rwose wofitemo imbaraga zumwuka wera apana zanzererezi nirirwambona hano Respect for you Mukozi Wima
@floridamujawamayira833820 күн бұрын
Imbuto z umwuka nizirute ishyaka rybumwuka urakoooozeee cyane ndafashijwe ariko waduha ingero zabarwana ishyaka ry umwuka
@blessing8019 күн бұрын
Reka ngire icyo mvuga kuri Africa haguruka, ni igiterane kurimo ibice 2, seminars ziba mu gitondo hamwe n ibiterane by ububyutse biba n imugoroba. Uyu mwaka ayo ma seminars yaberaga mu madini atandukanye( four square, Anglican i Remera...) kandi byigishijwemo n aba pasteurs b aba nyarwanda nka Ps Rutayisire...(ibi ni facts) Kubyerekeye gutumira abanyamahanga of Africans descendants, nibaza ko ari ukugira ngo abo bantu baba baje kwigisha bakangurirwe iryo yerekwa kandi barijyane n iwabo (ibi nibyo ntekereza ko ari zo mpamvu, my opinion)