Рет қаралды 5,156
muvugizi Wungirije w’Ingabo z’u Rwanda, Lt Col Simon Kabera, yavuze ko mu myaka yatambutse hari Abanyarwanda babaye ibigwari, bajyana igihugu mu icuraburindi ariko na none nyuma haza abandi b’intwari baracyitangira bivuye mu mahitamo yabo.